MWITONDERE IZI NIGI Ziri Kwambarwa mu BUKWE😭Imana Imanuye Ibihano Bikomeye Ku banze Kuyumvira💔
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 5 ก.พ. 2025
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Imana iguhe umugisha ark rekangusabe iyonyigisho uzagerageze zigere munsengero zose kuko twaratewepe nange maze iminsi nibaza kuribyo binigi icyampa abakristo twese tukumva iyinyigisho nyagasani agushyigikire
Yesu ashimwe, ibi bintu uveze birakomeye nanje nakuze nziko abakizwa batambara ibinigi ariko narumiwe mbonye bose badigaye bakora marriage bakambara ibinigi bagafata inkoni Imana iguhe umugisha nanje vyari vyanteye urujijjo. Reka dukizwe neza nukuri tureke kwivanga ni Imana yacu irafuha.
Urakoze pastor,ibitenge byinshi ntabwo byirukana dayimoni.
Tugwize ijambo ry'Imana muri twe
Yesu aguhe umugisha pasta 🙏🏻
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana
Mose rwose!
Habwa umugisha na Yesu.
Yesu Ashimwe bakunzi b’umusaraba !
Jyewe sinerekwa ariko imyambabalire y’abageni cyane mu gusaba no gukwa bambara ( include abakwe ) banigirije ibigini ndabyanga cyane n’utundi duhango dusigaye dukorwa
Imana imbabarire
Imana iguhe umugisha mukozi wimana
lmana iduhe imbaraga zokunesha
Twaravangavanze yeweee
imikenyero ku basore bagiye gusaba na rugabire nabyo nimyenda yavuye ikuzimu bride shower na baby shower nabyo byaturutse kwa satani muzahenzure neza abakoze biriya muzarebe ingaruka zabyo jyewe narabibonye bose bagiye bagira ibibazo bitandukanye nko kubagwa ugiye kubyara gukuramo inda gupfusja umwana yaravutse gutandukana kw'ingo n'ibindi
Nkabakritso nukuri nukuba maso tugahitamo ibidukwiriye kuko ibintu byose sibyera😢
Yego ra izo mbaraga zivahe ?
Umuco wahe none rugabire harya ngo nizo yesu tambaraga cest du commerce none ntimwagiye nkimpumyi .mureke rutangarwamaboko abemeze ubwo mwananiwe kwemera yezu
Kwivuguruza pe ngo abaarokore ntibambara ama chaîne nudukomo ibyo binigi byo mu bukwe bitaniyehe .ikindi ngo ntimusuka .ubwibone bwo mubitambaro nabwo bomwe birimo forme zibisuko aha .mumese kaamwe byarabacanze imibyinire nyongamabuno wagirango ni kadirake yahinduriwe isura . .muwivanze nkabisi niyo mpamvu basirimba bakavamo basambanye urusaku rutagira lmpamvu utumva nibyo bavuga isengesho rye heeeee heeee burya ibi byose bibtuma ntine abo hanze biyizira mu munyenga nibyo kwitwararika ningombwa ariko kwambara nkamaraya wapi nicyo kirangije abantu .lmana idutabare