Uko ni ukuri. Tera ijisho ku baba bâabahanzi bâabakristo, bamwe mubakozi bâimana agahinda karakwica. Imana Ibabarire abana bâabantu. Be blessed man of God
Iyi msg ya Pamphille ntaho ivangiye na gato. Mpiseko ko ntegura amasengesho yo kubanza kwiyeza jye ubwanjye hanyuma no gusengera itorero rya Kristo kuko niryo rigenderewe.
Bantu b'Imana ibi bintu byo kuzirura ibyaziraga maze minsi yumva mbifitiye ubwoba ngo ni iterambere ngo ni ukwisobanukirwa gusa buri wese yite ku iherezo rye Kandi agume uko yari Ari agihamagarwa
Mwenedata, Imana ijye iguha umugisha turagukurikira kandi Imana ishyigikire impano yawe kuko uravuga ibitakivugwa nyamara niko kuri. Imana ihe aba kristo gukanguka no kuba maso kuko iminsi ni mibi
Ariko muhanuzi reka nkubaze kdi byukuri sinkubahutse pee ndashaka kumenya, ubwo nuvuga ko tugiye gusenga amatakirangoyiðĒbishatse kuvuga ko Imana itakitwumva?? Mumfashe gusobanukirwa Bene data
Urakoze gutumika..
Buriya ntanduru zivugira ubusa kumusozi...Nyabuneka Nyabuneka buriwese nahindure ingesoze..bikiri kumanwa...!
Imana iguhumugisha kandi ikurinde
Imana iguhe umugisha kuko turimunsi yanyuma abantu bakeneye kwigishwa ariko ntibarikumva icyonzicyo imana
Imana,izaza ntizaceceka kbs,,birakomeye,irondo ryivanze n,ibisambo.
Uko ni ukuri. Tera ijisho ku baba bâabahanzi bâabakristo, bamwe mubakozi bâimana agahinda karakwica. Imana Ibabarire abana bâabantu.
Be blessed man of God
IMANA ikurinde! âĪntacyo bazagutwara ! uvuzebko nyiri urugo yapfuye siwe uba wamwishe!
Imana iguhe imigishaaa âĪ nukuri ibyuvuga nukuri pe
Yesu akomeze kutwibutswa gukora ibikwiriye
Imana iguhe umugisha kubwiki kiganiro.
Ariko wa mugani nange uko mbizi Yesu azima ingoma imyaka 1000 mu ijuru
Pamphile ntabwo ari itorero nâamadini itorero rirahagaze umushumba ni Yesu.
Iyi msg ya Pamphille ntaho ivangiye na gato.
Mpiseko ko ntegura amasengesho yo kubanza kwiyeza jye ubwanjye hanyuma no gusengera itorero rya Kristo kuko niryo rigenderewe.
Bantu b'Imana ibi bintu byo kuzirura ibyaziraga maze minsi yumva mbifitiye ubwoba ngo ni iterambere ngo ni ukwisobanukirwa gusa buri wese yite ku iherezo rye Kandi agume uko yari Ari agihamagarwa
Imana itubabarire Kandi Imana iguhe umugisha ðĒðĒ ðĒ
Yesu adutabare p kuko
Ntabwo byoroshye
Papmle Ibyuvudlga nukuri kabs âĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪ yesu agire icyokako nahubundi ntibyoroshe
Imana iguhe umugisha wo kuba umushumba kugirango ubikosore byose.
Yesu aturinde umuregwe!!
Imana idushoboze kuko amazi siyayandi
Imana iguhumugisha kd igukomereze impano nukuri ibyuvuga Niko biri lmana iturenger
Ariko umukiranutsi wanjye azabeshwaho no kwizera. Nyamara nasubira inyuma, umutima wanjye ntuzamwishimira."
(Abaheburayo 10:38)
Yesu aduhe kwisuzuma,twambare ibigunira
AmenðððâĪ
Imana itubabarire kdi itweze kdi idutunganye tuyisabye imbabazi
Dusabye imbabazi pe!!!
Imana itubabarireððððð
Imana imbabarire
Imana itubabarire kandi yongere itwihishurire
Erega abantu muri rusange ntabwo arabanyarwanda gusa nisi muri rusange Imana ntabwo arinjajwa iyi vuze irasohoza yaratuburiye ntitwumva twebwe abantu yiremeye nitwe twizaniye ishyano muhame hamwe data nzinezako harabakuha kd nzineza ko uzarinda abakubashye kd ngo ntakibi kizegera ihema ryukubaha kd ngo uzadutegekera abamarayika kuturinda mureke duce bugufi.
Nukuri lmana itubabarire kubwurukundo rwayo nimbabazi zayo kdi idushoboze kwihanira kureka lmana yirengagize ubugoryi nubupfapfa byacu yibuze uburakari kdi lmana ikomeze ikwagure cyane
Pamphile we byihorere ibyo nsigaye mbona mu bitwa abakozi b'Imana , baba Intama cg abazishumbye birababaje, ibyari ibizira byaraziruwe ,gusa nyine , abakobwa ntibakizi indangagaciro z'umukobwa w'umutima twabuze ubukristo tubura n'ubunyarwanda. Utambaye mini-jupe cg iyo bita peut Être ntuba uri umusirimu, abandi bakohereza amafoto bambaye uko bavutse knd ari abaririmbyi wabibabuza bakarakara ngo ni ukubinjirira mu buzima, abasore ni uko abagabo,abagore mbese twihakanye Imana pe . Gusa urakoze kutuburira wenda umwana w'ubugingo azabyumva arokoke ntabapfira gushira
Yoooh! Imana itubabarire. Weeee!
Yooooi Mama tubabarire urukundo rwabenshirwarakonjye mbere bazanaga umurwayi bakamara iminsi bamusenjyera nonubu ni banza umpe ayonsigira abana cg umugore ntarukundo rukiri mubantuððððMana turenjyere
Gusa Imana yongere ibabarire abanyarwanda mururusange imbabazi zayo ziracyariho pe
Ziracahari aruko bihanye bagasaba imbabazi BYONYINE sibyo rata???
Cyane rwoseâ@@ghyslainensabimana2509
Imana iguhe umugisha kukwibutsa Kandi uwiteka atubabarire
Abashumba bo bareke,Uwiteka azabavutagura
Ndagukunda cyan ndashaka no.mero yaw. Kuk tunyuzwe nibikorwa byawe
Imana itubabarire Kandi Imana iguhe umugisha
Imbabaziz'ImananizitubehokukotwarateshutseðĒðĒððð
Amen amen
Imigani 1:24-31
" Narabahamagaye muraninira, nabaramburiye ukuboko ntihagira ubyitaho, ahubwo mwahinyuye inama zange zose, no kubacyaha kwange ntimubyitaho. Nuko nange rero nzabakina ku mubyimba mwagize ibyago, nzabaseka icyo mwatinyaga kibagezeho. Igihe muzatungurwa n'ubwoba nk' umugaru, ibyago byanyu bikaza nka serwakira, igihe umubabaro n' uburibwe bizabageraho. Nibwo bazantankambira nkabihorera, bazanshakana umwete ntibazambona. Kuko banze kumenya kandi ntibahisemo kubaha Uwiteka.ntibemeye inama zange, bahinyuye guhana kwange kose, nicyo gituma bazarya ibiva mu ngeso zabo, kandi bazahazwa n'imigambi yabo."
IMANA idutabarire igihugu. Ntabwo izatureka
Amavuta,Amavuta mukozi wIsumba byose. Turagukunda caane. Urimwo neza
Imana iguhe umugisha ,uvuze ibintu bikomeye si benshi bapfa gutinyuka kuvuga amagambo nk'aya akomeye kdi yuzuyemo impuguro!Imana kdi yongere ishimwe kuko ikitwihanganira igirango irebe ko tugera ku rugero rushyitse!
Imana ikurinde
Biteye ubwoba
Uncle ni nyirarume
Mana uturengere kandi uduhe kuba indahemuka burimunsi.
Gewe ubanza lmana nzi atariyo bamwe umuntu ati ndi umukozi w'lmana avuga ubutumwa abana n'umugabo batasezeranye ahanura, abwiriza mbese byarancanze pe
Pamphi utumye nibuka indirimbo yitwa Akamanyu k' umutsima . Mana dutabare.
Ukoniko kuri ibizira byose byinjiye abashumba barebera kandi babizi neza ko ibizira birimo kwinjira ibizira baraberereka
Imana iturengere Habakuki 3.2
Hembura umurimo wawe Mana
Uhanuye ukuri wewe,ntumeze nkuhanura amahoro ntayo
Uwiteka tugirire imbabaziiiiðĒ
Imana y'Umwami wacu Yesu Kristo iguhe umugisha unsubizamw integ p ndakund ikir mur wew kndi Ukomere
Imana itubabarire kubwo gutera Imana umubabaro ungana gutyo ðĒðĒðĒ.
Introduction yawe inteye kwicara ngiye kumva pe! Ndumva turi mu Mwuka umwe
Mana utweze
Uwiteka aturengere âĪ mukozi w'Imana ntibyoroshye, ni amarira gusa,
Kandi nkuko umugisha w'Imana wamaze igihe niko numuvumo uzamara igihe?ðð
Umurimo ni uwayo izadutabara
Nyamara ibibintu biteyubwoba gutandukanya umuchristu numupagani biragoye. Imana idutabare pe! Mana byabagenze bite koko?ðĒðĒ
ð
Utwo dushyimbo si lentilles ?
Manaweeeee ðĒðĒðĒðĒ
Abashumba se kweri pamphile ?amatwi arimo urupfu ntiyumva
Pamphile barakwica
Ntabwo baribumwice Kristo ya mutumye atabyemeye.
Barabigerageje Ariko bibapfira ubusa.. Azataha igihe ce kigeze.
Bitarimubushake bwaba kozi ba sekibi.
Ntacyo bamutwara icyo barigukora nukumusohora,Kandi ndakeka ntabyabo agihagarariye so vuga kuko twe baraducecekesheje munsengero
ðððð
Mwenedata, Imana ijye iguha umugisha turagukurikira kandi Imana ishyigikire impano yawe kuko uravuga ibitakivugwa nyamara niko kuri. Imana ihe aba kristo gukanguka no kuba maso kuko iminsi ni mibi
Imana itubabarire pe ice inkoni izamba
Ariko muhanuzi reka nkubaze kdi byukuri sinkubahutse pee ndashaka kumenya, ubwo nuvuga ko tugiye gusenga amatakirangoyiðĒbishatse kuvuga ko Imana itakitwumva?? Mumfashe gusobanukirwa Bene data
@@mandeladelpine9396 amatakirangoyi nukuvuga kwibuka gusenga lmana itabumva
Gusenga amatakirangoyi nuko abantu bataye Imana bakazasaba Imqna gutabarwa ariko ntibumve nibiri bube vuba ibyImana bigenzuzwa umwuka nubihuza namarangamutima yawe urabijyana muri Politike kandi ntaho bihuriyr ubuhanuzi nubwabanyamwuka abantu bagiye gushaka kongera gihamagara Imana kuko batayishaka ahubwo kubera bazaba bari mubyago
Wowe wibereye mu mubiri.Umuhanuzi arabwira Abanyamwuka.
Amatakirangoyi namasengesho abantu basenga barimubibazo mugihe bari badamaraye barabazaga ngo IMANA Niki ninko gusaba uwo wimye ndibaza aribyo muncamake
Yesu aguhe umugisha @ pamphile
Bashyize Amfaranga imbere iby 'umukumbi ntubibabaze ntibibareba
Pamphile barakwica
Nubundi azapfa ariko azahorwe KRISTO YESU âĪâĪâĪâĪâĪâĪâĪ
Iryo ni iterabwoba umuzanyeho pe! Baramwica se kubera iki? Baravuga mu kinyarwanda ngo kuvugisha ukuri ntibyica umutumirano!
Rero nagirango nkubwire ko Pamphile avuga ibyo abandi bose batinye kuvuga kdi ga burya ngo uhagarikiwe n'Ingwe aravoma!
Pamphile nawe arabizi ko ziriya ntumwa za Satani zitamukunda na gato kdi yavuze ko ntan'agasatsi ke na kamwe gashobora kugwa hasi Imana itabizi, ibyo rero nibyo bimwongerera imbaraha zo guhamya Yesu Kristo.
Icyo nabisabira ku bamukunda, aho kumubwira ayo magambo y'iterabwoba ngo bacamwica ahubwo mujye mufata ibihe mu musengere.
Bande se?
Bande bamwica se? Bamwicira iki?
Ameeennn âĪâĪâĪ