ABAKIRISITO NTIBAKWIYE GUTANGA AMATURO N’ICYACUMI MU BIHE NKIBI - Pastor ZIGIRINSHUTI AVUZE IBIHE 4

แชร์
ฝัง
  • เผยแพร่เมื่อ 22 ต.ค. 2024

ความคิดเห็น • 11

  • @muhayimanacallixte1758
    @muhayimanacallixte1758 4 ปีที่แล้ว

    Pasteri zigirishuti uwiteka lmana nyirijuru yicara kubakerubi ikugende imbere ninyuma iguhe umugisha mumajya namaza

  • @alicerugerindinda8879
    @alicerugerindinda8879 4 ปีที่แล้ว

    Imana ishimwe ko Ariyo nyiri Torero naho ubundi ahacu ntihari kuba hakibukwa. Kumenya iby'Imana nibitari iby'Imana bizamenywa nufite Umwuka Wera. Imana yongere yigaragarize abantu bayo

  • @alicerugerindinda8879
    @alicerugerindinda8879 4 ปีที่แล้ว

    Nkurikije ibisobanuro muri gutanga, amaturo Imana yangaga yari ayabayicumuyeho. Kuko uretse no kuba bacumuye hari naho yabwiraga abatambyi ati umuntu uzemezwa n'umutima we azabe ariwe mwakira ituro rye.

  • @micomanasseh3497
    @micomanasseh3497 4 ปีที่แล้ว

    Mu nsengero.

  • @kayirangamarcel4935
    @kayirangamarcel4935 4 ปีที่แล้ว

    Muzatubarize Michel ukuntu kimwe mu icuri ari igitambo? Ndabona arimo kuvanga ibintu atera confusion abateze amatwi. Niba kimwe mu icumi ari igitambo, akaba avuga ko abakristo bakwiriye kugitanga, Yesu yaba yarabambiwe ubusa, kuko yasimbuye ibitambo byose. Ubundi kandi ibintu byo guhuza ubutambyi n'igipasitoro rwose ntabwo ari ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo.

  • @kayirangamarcel4935
    @kayirangamarcel4935 4 ปีที่แล้ว

    Ndumiwe gusa. Ukuri kwapfukireanywe, iyo ari ukw'Imana, kwishakira inzira. Michel nzi neza ko n'ubundi yigishaga ibyo gutanga kimwe mu icumi, azi neza ko ari ukwikoreza abaKristo imitwaro itabareba rwose. Kimwe mu icumi cyabarirwaga mu bitegekwa n'amategeko y'imihango, kandi ayo ntabwo areba twebwe abanyamahanga bahindukiriye Imana kubwa Kristo Yesu.
    Ngo Imana irakariye abatura?!🤔🙆‍♀️ Rwose Michel niyerure avuge ukuri, areke kuguma mu kinyoma yigishije igihe kirekire.

    • @muhayimanajacques4136
      @muhayimanajacques4136 4 ปีที่แล้ว

      Past.lmana iguhe Umugisha kdi igukomeze Uri muribabandi bibiriya ivugako harabo Uwiteka yisigarije,ibyuvuga n'Ukuri .

    • @muhayimanajacques4136
      @muhayimanajacques4136 4 ปีที่แล้ว

      Past Michel se arerura iki kdi kurenza ibyo arigusobanura byanditse ,ahubwo wowe nturikumva neza ibyo yigisha .

    • @muhayimanajacques4136
      @muhayimanajacques4136 4 ปีที่แล้ว

      Past jyambere kdi Uwiteka agukomeze

  • @micomanasseh3497
    @micomanasseh3497 4 ปีที่แล้ว

    Itorero rya none rikeneye abantu nkaba bavugisha ukuri,ariko icyibabaje nkiri jambo ntirikivugirwa my nsengero kuko bakumirwa ,harakabaho T.v nkizi.

  • @jeandedieukaremera9016
    @jeandedieukaremera9016 4 ปีที่แล้ว

    Ariko se bwiza TV mufite micro phone imwe kuburyo umunyamakuru uvuga bituma atumvikana kweli, ahandi ni Sawa