Antoine RUTAYISIRE arabihishuye: Ukuri ku cyacumi n'Amaturo | Abapasteur barababeshya | Si itegeko
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 10 ก.ค. 2021
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - บันเทิง
Murakoze mushyumba kubw’inyigisho nziza, ariko hari ubwo tugira confusion kuko bibiliya ivuga yuko icyacumi cyari icyabalewi kuko niwo mugabane Imana yabaraze kuko nta yindi gakondo bahawe usibye kuba abatambyi.
Ikibazo mfite nuko abiyita abatambyi ubu usanga abenshi bafite business bakora hanze kandi zifatika ubwo se yaba akiri umutambyi ?
Icyo gihe icyacumi kizaba kidakora inshingano yacyo nkuko biri mu Bibiliya.
Murakoze kutugezaho inyigisho Imana ibakomereze amaboko.
Rv Pasteur Antoine Dukunda cyane abigisha ukuri ninyangamugayo aritonda nimfuru no urugero rwiza abandi ba Pasteur bakwiye kwihiraho.
Yesu Mwami wacu, ibyo dutunze natwe abwacu ni iby'ibyawe mucunguzi. Udushoboze kudutura kuko ni wowe udutunze.
Umukozi w' Imana arakoze
Mushumba murakoze kuko uyumunsi nibwo nsobanukiwe byuzuye kandi kuva uyumunsi sinzongera gutura nkutura umuntu ahubwo nzajya ntura ntura Umwami wajye,Imana ibahe umugisha
Ukuri kutavanze. Urakoze Pasteur uhoraho abandanye kuguha umugisha.
Pasteur Antoine avuze amagambo yubaka rwose ariko Hari abigize abami mu cyimbo cya kristo , imbere y' uwo mwami uzadufashe gusesengura aho ariho mu by' ukuri!
N'ubundi jye sinyuzwe pe! Ikibazo mfite ni uko ahenshi abakira ayo maturo n'ibya cumi batanyuranye cyane na bene Eli. Ku buryo bigoye kunyumvisha ko iyo mbashyikirije ibyo "byera" koko mba mbihaye Imana. Ku bwanjye mbishoboye hari n'amadini narinda amafaranga kugira ngo amahoro ahinde. Umushumba Rutayisire ndamwemera ariko reka ndindire inyigisho zikurikiyeho. Jye numva amaturo uyu munsi tuvugishije ukuri tukabwira abantu ko ari imisanzu yo kubaka itorero byarushaho kumvikana. Na ho ahenshi rwose amaturo yubaka ubwami bw'abayakira ntiyubaka ubw'Imana.
Icyo dukuyemo ni ishingiro ryo gutanga amaturo n'icya cumi ! Imana izamfashe kumva ibizakurikira! Amen.
Icyo n’ibagiwe cyingenzi n’umunyabwenge, inyigisho ze 👌 . Iyi nyigisho atanze yerekeye icyacumi ikuyeho urujijo kuri benshi nanjye ndimwo.
Turagomba ikiganiro cakurikiye iki.Imana ibahe umugisha mushumba w' Umwami abasubirize aho mwakuye.
Thank you Pastor. You talked of Jesus fulfilling the law. Kindly talk about the sabbath. We who pray on Sunday, aren't we breaking the law of " remember the sabbath and observe it. Commandment 3. Thank
Sabbath se ni ryari?
Jesus himself is the sabbath. It’s now about observing all the 613 laws of Moses, it is about loving God (hating sins). The laws are already written in our heart. Even before the gospel arrived in our country, killing, stealing, insulting people,… were condemned. And remember that we are saved by grace.
Amen mukoziwi mana yesu agukomeze
Aruwatuye umutima nuwatuye imitungo yesu yashimye nde?
Good teaching, murakoze cyane, twari tubikeneye. Blessing to our Pastor
Pastor ntabwo abashije kugaragaza ihuriro n'itandukaniro ku isezerano rya kera n'irishya
Tekereza biramutse bibaye ngombwa ko umuntu akwiriye kuza imbere y'Imana aruko hari icyo uzanye byarangira abenshi bahacitse.
Gutanga ibifasha amadini abantu babarizwa mo ndabyemera ariko muby'ukuri icyacumi n'amaturo ntibikiri itegeko kuko bibaye ariko bimeze Pastor yadusobanurira impamvu asiga inyuma kweza isabato mu mirimo itegetswe n'amategeko yari imbere.
Amena Pasteur
Mukoze cyane pastor
Imana ibahe umugisha kukonanjye ndasobanukiwe
Uri umugisha pastor!
Umunsi nagarutse mu Rwanda uru nirwo rusengero nifuza kujyamwo👌
Imana ni umwami cyane
Imana iguhe umugisha pastor
Yesu aguhe umugisha pst
Shalom. Nyakwubahwa Docteur Rutayisire, ndumva mwarakoze recherches zikomeye kuri Bible, ariko murasubiramwo mukore recherches zisumba ngaho. Umwami Yesu Kristo abahezagire.
Ivujyisha ukuri nkagukunda
Ndagukunda mubyeyi
I like him so much
Mwampa imirongo ivuga mu gutanga icya cumi God bless you
Malake 3:10
Ikigisho kiza pastor! Ndafashijwe
Haleluya
Amen!Pastor iki kibwiriza ni kiza ,gusa muzadusobanurire neza kubara 1/10kuko turacyubaha cyane bijya bigorana cyane ex:umuntu ufite ideni rya banque
Mu gihe Pastor atarasubiza, reka ngusangize ibi. Ubundi mu gutanga icyacumi, tubikora tuzi ko Imana idusukaho umugisha, ngo ndetse tukabura aho tuwukwiza (Malaki 3:10). None se Imana igusutseho umugisha ubura aho ukwiza, wananirwa kwishyura uwo mwenda? Rero, kubara icya cumi ntidukwiye kubikora twibaza ngo ndasigarana iki, kuko aho tuba dushaka kwirwanirira mu bushobozi bwacu, nyamara Imana yarashyizeho icyacumi ngo ibone uko idutabara. Imana ni Imana igendera ku mahame yayo, ntabwo ipfa kwivanga mu buzima bwawe utayitumiye. Ariko iyo uyitumiye nk'uko, ukayishyira imbere muri byose n'umutima uyizeye, iza mu byawe ikabikemura mu buryo nawe utangara!
ntabwo usobanuye icyo abajije arko nange bashaka kumva ufite credit wahembwaga 300k ugasigara uhembwa 150k
@@zackmuhire7370 Mbwira wumva umuntu yatanga icyacumi kuyahe , pls tel mi
God bless you
yooo , karibu mushingantahe antoine kayisire , ndaku respekta caane kubera umwuka wimana
amen amen
Uyu niwe wenyine nemera mu pasteur bose baba mu Rwanda, ni inyangamugayo ,acabugufi, 👌 ntabwo yigwizaho imitungo nkabandi ba pasteur,
Amen
God bless you Man of God, offering is like the obligation
Yegope
mbaye uwambere hano
Nashaka mumbwire abapasteur nabo Batanga icicumi
Igitambo gikuru n'umutima umenetse widucacanya
Mushumba Wacu, Imana Ikomeze Ibashigikire, Turabakunda cyane
Yesu ni Umwami n'Umukiza wanjye naremeye ngo anyiyoborere
Nibarize niba mubinyemereye: Icyacumi ni rimwe mu mwaka cg niburi kwezi? Murakoze
Uko wungutse utanga icyacumi
Ariko ntiwatandukanije ikigiracumi n'ishikanwa.Ico nemera ntakuza mu ngoro y"Imana iminwe misa.Ariko ikigira cumi nibazako kitari mumategeko.None kugenyerwa ou circoncision ko mutavyigisha ?kandi navyo vyari muri loi de Moïse.umuntu akwiye gutanga bivuye mu mutima uko arongowe na mpwemu.
Umwuka Wera atuyobora binyuze mu Ijambo ry'Imana. Mu Migani 3:5 haravuga ngo we kwishingikiriza ku buhanga bwawe. Rero, niba udafite ubumenyi bw'Ijambo ry'Imana, ibiri mu mutima wawe bizakuyobora mu zindi nzira bitewe n'ibyuzuye muri wo.
Ubwo uko nshobojwe ndagitanga pe ariko impungenge nuko naba ntanga ikidashyitse ,nkacyita 1/10 ataricyo🙏
😄😄😄😄😃😃😃😀 ubundi abenshi batanga icacumi kidakwiye bibwira ngo kirashitse
Ese icyacumi nikimwe kuki mudatanga byose??
Ikinyoma cyidini.
Mw'isezerano rishasha ntacacumi kibaho
Iki cyigisho kinteye kwibaza ibi bibazo:
1) ltandukaniro hagati y'isezerano rya kera (amategeko, ubuhanuzi, n'imihango n'ubutambyi byashushanyaga Kristo) n'irishya tubonamo ugusohora kwabyo.
2) Ese Imana yacu tuyisanga muri izi nsengero zubatswe n'amaboko y'abantu nk'uko byari kera mu isezerano rya kera?
Dufite ikibazo cyo kutamenya gutandukanya aya masezerano bigatuma n'abatambyi bishushanya n'aba Kera bikagendana n'imihango byagendanaga tukiyibagiza ko byarangiye ubwo hahishurwaga nyirabyo ariwe Kristo Yesu muzasome neza igitabo cy'abahebulayo kirabisobanura neza.
Murakoze!
Ariko none ko mwi sezerano risha, kuva Mathayo ugashitsa mu vyahishuriwe Yohana , kwa ta nahamwe ijambo ikigira cumi kivugwa.
Ko utadusomeye mu baroma 8kuvakumurongo 1kugeza 31
Ikigiracumi iyumuntu agitanze mugikoresha iki? Ndifuza kubimenya icogikora murakoze
None ho ikindi bamwe tudasobanukirwa neza ugasanga ufite nirindi deni yenda ujya ku kazi uteze ,ubundi ugasanga waranikopesheje rimwe na rimwe ugasigara muri mainazi?
Prioritizing tasks:
- Helping needy people
- Delivering offering at church
Referring to the Word of God, what comes first?
Helping the needy comes first for that is the religion of Heaven.
Icacumi ni obligation spirituelle, ntabwo wabitahura uri mumubiri, kuko mumubiri uc'ubibara kwa Pastor ngo arakirya. Tube maso beneDa inyigisho z'ubu c'est du paradoxe, ni musenge muyoborwe n'Umwuka wera, sinon vous serez traqué à mort. À bon entendeur, salut!!
Ese umuntu ubarizwa mu itorero rifite ubushobozi ashobora guhitamo kujya yohereza icyacumi mu itorero ritari irye mu rwego rwo gushyigikira umurimo w'Imana mu matorero akennye??
Ariko icyacumi rwose kuri mumategeko y'abanya Israel ntago itorero bitureba peee
Icyacumi ningenzi ngewe ndagitanga
None ga Sha pasteur
Niba usengera abarwaye???
Ni kuki utobwira abo ba docteurs boooose baraho i Kigali basohoke hanze bave mu bitaro
Hama nawe winjire usengere abarwaye booose harimwo na barwaye ba covid-19
Bakire atamiti bafashe
Amen
Amen
Amen
Amen