Nikiganiro cyabakuze Ntimuseke nasonye i book yitwa ngo reka ndebe mumaso yawe . Bavuze nyuma yijyikorwa kohari inyifato ikenewe. what's care shoul be provided? Or niyihe nyifato niyihe nyifato wakora nyuma yijyikorwa ,ko muriyo book bagaragazako abagabo bahita bijyendera iyo bahejeje ! Ese biremewe guhita ujyenda or hariho indi care ikenewe? Murakoze. Dukunda inama zanyu
Communication is the key nibyo mukavuga rwose ko byari butamuuu...😍🤣😂🙌😁...Mana weee uratuma Nemera 💍kuko ayamasomo nkeneye Practise lol 😂🤣😂...Shalom 🙏😇
Muvyeyi Imana ibandanye kubabungabunga murivyose muradufasha cane tubipfurije kurambana n'abanyu merci beaucoup
Murakoze cyane kunama nyinshi mutugira turabakurikurana cyane turi muri diaspora ariko twifuzako mwajya mwadukurikuranira ibintu bishimisha abagabo babanyamahanga muhereye kubaturanyi kuko umunyarwandakazi ntabwo abengukwa numunyarwanda gusa . Murakoze
Urakoze cane uduhanura nkumuvyeyi nyezina Imana iguhe umugisha.
Urumubyeyi ureba kure
Thank you Shangazi God bless you
ngukundira uburyo ubivugamo ex:amagambo atabogamye,no mumaso yawe birabisa ryose I love your videos👌👏
Emma coup de chapeau,vrmt inyigish zaw zingezaho cane gose.
Mwomfasha mukampa whatsapp yanyu
Urakoze cya ne Kuna ma utwijyisha zo ku me nya kwi ta ku muga boneza
Urimwizauwakuma nayiguha
Thanks batinya kutwisanzuraho kuko batinya ko twabakekaho uburaya gs umubano wa 2 ugomba kubanziriza ibyo byiza.
Ndakunda inama zawe shangazi! Nacanecane amajambo ukoresha nimvugo zawe, nizumumama yubaha, simvugo zubusutwa nimitetezwa. I love you
Urakoze sha.gazi
Ibaze Muri Garden mu Rwanda ...Walahiii I can't wait to get married and Try it Mu Rwagasabo....God have mercy...😍 😂🤣🤣🤣🙌
turagunda duhe numero ukoresha kuri watsapp
zimpe haribyishi shaka kukubaza plz
Nange ndazishakape
I love you mubyeyi izo nama zawe ntizikabure peuh
Shangazi ndagukunda cane ariko hariho ico nkeneye kukubaza hofasha nimero zawe
Bien dit Mme!
Urakoze shangazi inama zawe zirampimbaa
Emma urakoze cyane. Gusa biragoye cyane ku miryango y'iki gihe. Aho usanga inzu zabo zituma abubatse batisanzura. Abana, abakozi, abashyitsi, ..... ntibyoroshye! Ikindi, abanyarwandakazi birekure ku bagabo babo, ibyo bumva byabashimisha babikore ndetse babyige babigerageze uko bashoboye. Abagabo na bo nibabona hari agashya umugore yazanye ntibatekereze ko ari ingeso mbi badukanye. Murakoze cyane.
TUYIZERE Alice aha ntibyoroshye
Najyaga nkumva kuri radio Kera papa agahita atwohereza kuryama ubu ndagukurikira%
Hhhh
Hhhhhhhh uransekeje
Uransekeje kbs😂😂😂😂
hhhhhhhh
Mumbyire impanvu ituma umugore abyara akagira munda hanini chane, kandi akiri umukobwa yarafite munda hatoya. Mubyire nuko nakora kugirango ngire munda hatoya nkuko narindi nkiri umukobwa.
Yewe ugomba kukora sport kandi ukirinda kurya ibiryo birimo amavuta menshi ukanywa amazi menshi ngayo nguko
@@umutonisalimasolange8695 urakoze chane nukuri.
Ndagukunda changazi uri umuhanga pe
Umva ndakwemera cyane
Ibyobyose narabikoraga ariko nubundi umugabo yaranyanze
Merci urandukunda cyane
Ok
Mr6 shangazi, mukomez kujatanga izo health education muje muguha utu video twokunyaza. Basi inbox yanj mwoba mukoz .
Harabagore baryoshya kweli uwanjye arandyohereza birenze
Nabenawe sha njyewe uwanjye ni inyatsi cyane, nkunda care ariko narazibuze
Kkkkkk pôle Sana
@@interestingvideotowatch2075 eeeeh oh sorry ubwo ntuzamuta Koko jyumubwira akurikira shangazi binba atariko yavutse kuko twese ntituremetse kimwe
Urakoze kumugira inama nziza
Merci bcp Emma
Shangazi ndakuramutsa cane jewe ndumurundi vyukuri muratwigisha vyishi ariki jewe fise ikibazo iyo nkoze akambere mpeza vuba none nofata iki kugura nkore umwanya muremure ntera akabariro
Imisi yose kambere ntikigera gateba ntibigucintege wibaze ngo nikibazo oya
Ndagukundaa shangaz inyigisho zaw
Nikiganiro cyabakuze
Ntimuseke nasonye i book yitwa ngo reka ndebe mumaso yawe .
Bavuze nyuma yijyikorwa kohari inyifato ikenewe.
what's care shoul be provided? Or niyihe nyifato niyihe nyifato wakora nyuma yijyikorwa ,ko muriyo book bagaragazako abagabo bahita bijyendera iyo bahejeje ! Ese biremewe guhita ujyenda or hariho indi care ikenewe? Murakoze.
Dukunda inama zanyu
Nbega Mugore mwiza uwugufise ari mw'Ijuru mbega amahirwa Ndagukunda Ndagukunda Ndagukunda bivuye K"Umutima Imana ikwongere Imigisha Bay!!!!!!!!!!!
Ahhh ariko uramukunze pe😘😘
Beatrice Nimpaye uramwemera pee
😅
🎉❤
Sawa,
Inyigisho zawe ziratwubakira cyane pe!gusa byaba byiza kurushaho umpaye nomero yawe.
Nkunda inyigisho zanyu.
Gusa abanyarwanda kazi bagomba kujyerajyeza ,
Ariko uwo ugura indaya umunyeko indaya iba yarabijyize umwuga kandi nibyo ahoramo yiga ntakandi kazi afite .utandikanye indaya numugore wawe kure cyane .
Film nyarwanda Catherine
Murakoze
Eeeeh! Kabisa aya masomo ni inyamibwa ahubwo abagabo benshi twifitiye ikibazo ko tubura umwanya wo kubikora bityo abagore bacu urumvako bapfa ubusa 😂😂
Impano waha incuti yawe kumutsi wabakundanye
Urakoze Cyn !!!!!
Shangazi we abagore b'abanyarwandakazi bigirishwa ubusoni niyo mwaba mwarashakanye batuma bibiha kwivugishwa ngo ibyo biteye isoni kandi mwarashakanye niyo mpamvu nyamukuru hafi abagabo bose bikundira icyo hanze kuko mu ngo wapi bikaba n'intaro za ma divorce kuko hari igihe ushaka umugore ukamutaho ibyawe byose wamugeza mu rugo ukicuza uti uyu na mujyanagahe?kandi ibyishimo by'urugo nihariya bishingiye.
Byobyo kabisa
💟💟💟
Umuco wacu ni mwiza cyane: "umugabo arayobora muri byose". Positions ni nyinshi cyane; hari izo ubushakashatsi bwagaragaje. Uzi indirimbo y'Inkotanyi ivuga ngo: "Abazungu ni babi, bazanye amakariso"? Tandukanya "indaya" n'"abakundana".
Ikiganiro cyiza cyane.
Ndagusabe ushire muri grup shangaei
Namye mvuga ko ngukunda... Bajye kugura lingeries!!
😂🤣🤣
turinyumacyaneeee Kodetugirazimezenabi mumitwecyereka batanzumuganda wokozamumitwe yabamwekuko nkibyoyabumugore cyangwamugabo bosekimwe gusanasabaga number yanyuniba byashoboka tukanjyatwiganirira abanyarwanda turinyumacyaneee sinzukonabivuga kukomuribyo muvuzeturabizi kotwembi twafashanya arkoharuwo wakerekagashya uwomunsukanjyiwanyu nidanjeingozubu
Alice Vicky. umezutec?
Umugore wiyaminiya niwe shaka jyewe ndi rusizi
Merci bcp,
Ibyo ndabishigikiye kbs shangazi.urakoze kutwongera ubumenyi.
Nukuri Niko bimeze.
Aiko ndakubaze se Shangazi, murya abagore bose barafise amavangingo?ok
Barinayo Bose gusa bagabo nibo batazi kuyakubita.
Nibyiza PE uzadushirireho iki kiganiro no mu giswahili
Byiza cyane
iyi ninsya video canke kdi zose video ninzima gusa
Good 👍
Uvugana kwiyubaha ....warigishijwe.
Bravo
Utugira inyama rwose
Uzukuntu kubikorera murutoki cg mumasaka ari byiza
Hhhhhhh😂😂😂👏👏👏👏
Ahwiii mpise nseka
Nonese Shanga utanyuzwe wabyerekana nkubu ushatse umugabo mukamarana imyaka 15 ntanumunsi numwe akubaza niba wageze kundunduro wanabimubwira ko utishimye ukabona adashaka kukumva wakoriki
Byiza cyane❤❤❤
Communication is the key nibyo mukavuga rwose ko byari butamuuu...😍🤣😂🙌😁...Mana weee uratuma Nemera 💍kuko ayamasomo nkeneye Practise lol 😂🤣😂...Shalom 🙏😇
Thanks
Thx my shanga
ese nigute ubagore bakumva iyonama mubyukuri dufite abagore batatwitaho niyompamvu ducaninyuma
Ibintu 6 umuntu yokwirinda gukora kugira agere kwiterambere.raba hano:th-cam.com/video/Gc5xvYXpdzQ/w-d-xo.html
Urakoze
Nice
Ndikumva,mbishaka
murakoze kutigira inama shanga
Icyakoraufiteamagamboyubwenge
Jtm bcp
Ndagukunda cyaneee changa
Uradukorera ikiganiro no kubagore bakenera kwambara imyenda miremire mucumba
Ndetse nibihugu byiburaya ……etc
Agate ruhangara
Thank you you
Mwazadusobanuriye umugabowe yishima ate mugikorw cyabashakanye
Nibyo
Hi vicky .?
Imyenda bambara bagiye kuryama nsibeshi bazironka igihari nuko mwoba mwiyumvanamwo iryokosa beshi bararifise cokudashimira umuntu ahejeje gutera akabariro
ibi nikibeshya,nnc kuki ugura indaya ikagushimisha uba wayiteguye?iyo unyara uba unyara ntimukatubeshye
Oriya ndaya Uzi umubare wabagabo yabonanye nabo!!!!so mujye mwitonda..!
Bamwe bakoresha imiti ntiwari ubizi ,
2.
@@cyriaquesibomana923 ibyo kunyara byo rwose murabeshya cyaaaane
Turagukunda
Jya ubahugura
GT MPa numéro y'a watsapp
Nifuzaga. Inomero yanyu
Nibyiza ibiganiro byanyu mumpe number what's app ICO ndabibariza mwibanga
Ncy😢😢😢😢
Kbs
Wakoze kwigishya
Turashakanumber zawe
Yes noneho nangye nceneye numero yawe wangu
Mbese umukobwa utarabyara yanyara
Amakuru yiminsi ibyigisho zanyu ningirakamaro
mwiriwe neza ndi tanzanie ndashima inama mutugira nashaka numéro yanyu ya watsapp je ni +255764379661 mfite ico ndabibariza
Njye ndabikora pee
Jya urAsa kuntego
Muri jardin... 🤣 🤣 🤣 N'akatazaza uzakana wallah!!! 🤣 🤣
Inama nziza
Abagore ko bagira isoni zo kuba ariwe ubanza
Shanga nawe uratugurisha
Pe,hanze koko
'
Nkeney umukunz 1
Isutwa puuuu
Bt ema mukomey har ikint mpora mparira numugab wanj nshak kumeny amavangingo sarya umugab anyaza nn arya aza umushats cank ukabona arizany bayita ngwiki
Ariko muransetsa ahandi nkumva mumbabaza ese ntamugore ashobora gukora ibyobyose mwavuze ariko umugabo akamurenga akaja hanze mubandi bagore hanze ndasaba mumpe inyishu
Kandi turasaba inamba zawe tukagira ibyo tukubaza
Yegoko shangazi! Muri salon? Mugikoni? Muri Jardin? Keretse mutarabyara , nta mukozi, ntamushyitsi
Weekend my friend
Oya mubitangira mumagambo nomumarenga muri jardin ariko igikorwa nyirizina kikabera mucyumba
@@tontogerard1467 ntaho cyitabera rero
Number irakenewe
Whtpp number