Byarangiye twatashye😳😳 Inka yamaze kubagwa/Ap.Gitwaza avuze byooose/Dr.Jado indangamuntu ayivuzemo
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 7 ก.พ. 2025
- Bakunzi bajye mbashimiye uburyo mukomeza gushyigikira ibikorwa byajye cyane cyane BAVAKURE !
Hari abakomeje kubwira muma comment ko babuze uko batugeraho , yaba kubifuza kuduha ibitekerezo cg ubundi bufasha...
Niba ufite igitekerezo cg ubundi bufasha watwandikira kuri +25#0788469364_whatsapp
MURAKOZE!
Nakufuatilia ukoko mwalimu muzuri basi Mungu akupe Ngugu maana Duniya ya Leo inahitajiwatu kamaninyi Asanti sana 🎉❤🎉🎉🎉🎉❤🎉🎉🎉❤❤
Kugabanya abarimbuka ❤ iyi n'inshingano ya Buri mwana w'Imana wese. Imana itwongere imbaraga n'ububyutse idukoreshe umurimo wayo. Imana ibahe umugisha .
Mwami Yesu si ngororotse ukwo ubishaka muga ndashaka agakiza gashitse kandi ndasaba undinde kurimbuka cank nugukenyuka ndashak kuba igikoreshoo cawe nipfuza kugukorera muri iyi misi nsigaje mwisi, ndabisenze nizeye mw'izina rya Yesu ameeéeeeeen🎉🎉🎉
Uhabwe umugisha ariko ujye ugaruka ukomeze ibyo watwemereye
Ese niyo mpamvu umuntu iyo agiye mungendo cg mubindi. dutera ibiganza kumashina, no kudufora muruhanga, Imana ibahe umugisha
Urakoze cyane cyane Uwiteka arikumwe nawe amen
Najyaga ngukurikira kuri radio none ndakubonye.niwowe dukeneye mugihe cyanone.Imana ibahe umugisha
pastor urumuhanga ryose Imana ikomeze ikwagure mubumenyi bwawe, numvise byinshicyane ntarinzi , arikonibura haribicye mbashije kukumenyeraho Imana iguhe umugisha.
Pastor jado muraho komeza ubabwire abumva bumve
Umunyabwenge we ageze hafi yumuryanga bugufi bwo gutaha igihecyo yooo cyarangije kuvunja ibihe twatashye umugeni ari guterwa umubavu niho turi nicyo cyanyuma kiri gukorwa Agahe nako
Imaniguhu mugisha pastor yesu azaduhe iherezo ryiza
Contente yo kubona un initié mu Rwanda... nari ntangiye gukeka ko Imana yatwibagiwe 🙌🙌🙌
Oya. Ntimugakekeranye, Imana ikumeza amasezerano, natwe tugire ikwizra gukomeye,
Oya. Ntimugakekeranye, Imana ikumeza amasezerano, natwe tugire ikwizra gukomeye,nivyo vyingenzi
Mukomere cyane Imana bahe umugisha bakozi bimana muze kunsobanurira itagwa ryicyacyumi murikigihe murakoze
Iyo mugitanga icyacumi n'amaturo: Bivuze ko mwanze umutabyi , mwanze isezerano rishya, ahubwo mukunze isezerano rya Mose.
Imana..ibahumugisha.kufusobanurirakwibibintu
Kueri mukozi woman ubareba sanaaaa said tubuiyebyinshi nibindi byose turabikeneye tune mujihirahiro pe ubalikiwe sana ❤❤❤❤❤❤
Pasta lmana iguhe umugishape uvuze ukuripe nomubapfuma babafasha ntibakaze kudushakaho amakuru yimburamumaro uwiteka aguhe umugisha
Byose byaravuzwe Kandi byarumviswe kubaha Imana nibwo bwenge mukomereze aho njyewe bindyohera kuruta ibiryoshye .kuko twari tumaze iminsi twigishwa ibitavuga kugutaha kwitorero
Yewe najyaga nkumva none ndakubonye
Ndagukunda uvuga IMANA neza gusa urankanguye nanone unkumbuje gutaha pe
Imana .iguhe imigisha ndukomeze kubamaso .igihe cyatwegereye
Imana iguhe umugisha nisabatu urayizi ahubwo Imana izaguhekuyiruka
Pastor mwadusobanuriye kubijyanye na gogi na magogi aho bihurira nu burusiya kugirango turusheho kumenya aho tugeze muriki gihe murakoze imana ibahe umugisha.
Mukomere cyane mukozi wimana
Nikoko abayoborwa numwuka nibo bana b,lmana.dukeneye abantu nkamwe muriyi minsi yimperuka turabyumva cyane !
Yesu azaza mugihe mudatekereza. Iyo nka ntaho ihuriye n'ubutumwa bwiza.
A bantu barimumunyenga kd nokugihe cyanoa niko byaribiri bararyaga
Bara nywaga bararongora umwuzute uba
Shyikaho ubatunguye
Urakoze mukozi wimana nivyo niho hari rembo rirya mwijuru.
Imana ibahe umugisha kuko mwerekana ko igihegisohoye
Nukuri iryo jambo riryoheye amatwi,Imana iguhe umugisha
Umwami yesu christo abahezagire nukuri ,kdi mukomeze kuhugura murikigihe ,abantu ntibigishijwe ntavyo tuzi👋👋
Imana imuhe umugisha Pasta wacu ese wakomeza gusobanurira abantu aho tugeze
Pasta harabadashaka kubyumva ubundi kuva muri2010 nigeze kwibwira mumutima wanje numva turi mubuzima bwo muvyahishuwe Merc bcp
😮Fxfx😮😮😮😮😮fxx😮
.pasta murakoze cyane rwose tubasaba kuzabandanya muduha ububumenyi mubyumwuka
Mbariza pasta izonka zisobanuyiki ❤
Imana ibahe umugisha gusa nagirango mbibutse ko igihe nicyacyo ntabwo umwana Asuka ngo ahite yuzura ingobyi ubutumwa batwigishije mubyumba no munsengero cyarifihe cyo kubwira abàntu agakiza kazanwana Yesu abantu bagombaga kubwirwa agakiza ikigihe nacyo nicyo kubwira abantu ibyo kugarika kwa Kristo nuva ntabwo arukutamenya kwa bigisha ahubwo Paul yaravuze ngo nkiri umwana muto naramizwaga amata maze gukuranguguna amagufa ubu nigihe cyubu butumwa bwa magufa
KBS
Muhabwe umugisha 🙌
Yesu araje
Yesu araje kwima ingoma abantu nibezwe ,Marayika arikunyura mumudugudu ashyira ikimenyetso ku bwokobwe, ezekeli 9
Pastor Jado komera cyane
Paster ,urumuhanga pe!, abantu tuzize kutamenya rwose
Uwiteka aguhe umugisha muribyose
IMANA iguhe umugisha
Mushumba arabisobanura neza nahabwe umugisha,gusa kubyumva neza ntibiba byoroshye ,age agaruka
Naho kugaruka kwa Yesu bizaba kumugaragaro
Urakoze mukozi w'Imana kunyigisho zikomeye.
Bjr paster IMANA igukomeze ikwagurire imbago zumwuka wera. Inyigisho yawe iranyuzepe.
Sinzakwibagirwa jado unsejyera 2012 ndwaye indwara yari yaranze gukira Imana ijye iguha umugisha
Wampaye num ye muvandi
Oooh wouh byiza
Amena🙏
Imana iguhumugisha kubwihishurirwa ryibiganza bareke kuturambikaho ibiganza abakristu babimenye rwose ?
Uraryoshe gukurikira paster
Ibyahishuwe byasohoye kbsa mwongere ubusobanuro kubatabisobanukiwe gitwaza ntabwo yabeshye ese,ibyobimenyetso nicyaha dore mureandaho bibidukora kungufu
Barikiwa ubuvyuke turikumwe
Mwitekereza ko naj 1:17:53 e guhindura ibihe n'amategeko ni yesu wabivuze muri matayo 5:17niinde watanze uburenganzira bwogusenga kucyumweru uretse Roma, nttarwitwazo urwarirwo rwose rwokuvuguruza icyo Imana yavuzeze, uburyarya bwaroma nubwo bwashyizeho icyumweru bavuga ko bubahiriza izuka rya yezu, barokore musenge cyane mubaze Imana ibyo sabato
Mwebwe se isabato muyubahiriza uko bikwiye mureke nyirumurimo arahari
Ariko ntanikindi abantu bakora uko bikwiye, niba ariko bimeze abantu basambane bible kuko nubundi batabikora uko bikwiye, ntamaranga mutima muby'Imanà uramya Imana ku çyumweru amenyeko aruhuka igihiimbano cya Roma(umunsi wizuba)Kandi nsubirisha bibiriya, nicyo cyapa kiyobora abagenzi
Ariko ndibaza igikomeye ni isabato koko ? Icyangombwa ni imbuto.
@@G.76000Kwizera no kugendera ku mategeko y'uwo wizeye.
Abaheburayo 4 haragusubiza cyane uwinjiye muburuhukiro bwa Yesu kristu ntabindi akeneye
Mwiriwe amahoro y'Imana abane namwe,
Ikiganiro ndi kugikurikira pasteur yakomeje kuvugango itorero riri Hafi gutaha , itorero rivugwa nirihe? Ku twumva Kandi tukaba dufite amatorero atandukanye iryenda gutaha nirihe cg ni yose.
Itorero nirimwe mumoko ataramwe ntamatorero meshi ariho ya kiristo
Nibyiza rwose kumenya ibibintu neza
Kuradusenge disi,namuherukaga cyera twiga S4 twamwitaga paster
Jado ahabwe umugisha asobanura neza umuntu akamenya ukuri, amavuta nimbaraga bikomeze bikomeho pastor
Niyo mpanvu nanze umuntu wese wansukaho Amavuta rwose nimitswe N, Uwiteka njyendana amavuta na Mwuka wera wimana
Nukuri iminsi iradushiranye ibyanditwe byamaze gusohora imana iduhe imbaraga zokuyinambaho
Amena
Merci pasta. Ikibazo c'imyaka 100 kiraguhakije
Umuvugishwa wikinyoma
Ch noneho mbonye umuntu usenga kucyumweru Uzi bible ndakwemeye plaster nukur warasomye kuba Uzi mubyahishuwe na Daniel thank u komeza ubwirize kuko benshi bazahinduka nukur mubujyane munsenjyero🎉
Mujye mutubwira ibyo muvuga aho byanditse bizadufasha murakoze
Mwiruwe neza pasteur !
Pastor, rwose muzadufashe mudusobanurire kuri ibi bijyanye n'amazina y'imunsi kuko hahishemo satanism nyinshi.
Ntibyumvikana! Abantu bamwe bagenda abandi bagasigara ku isi? Imana yanakora idaciye muri iryo meneka ry amaraso n intambara rwose.
Uko nukuri pe kumenya ikiguzi Ayiweee Mana tabara
Jyuza kenshi tukumve be blessed
Ariko yesu yaragusobanuyepe yaguhaye ubwenge peeee
Nawafuatilia
Ahubwo mwongere amasaha nashaka Abe 10
Umwuka wimana akuriho🙌
Nange ndikugukurikirana
Ndi nyabugogo uwomukozi afite ubutunzi bukomeye dukeneye ibiganiro bye uwo mukoziwimana
IMANA ikongerere imbaraga n,amavuta
Numvise ikintu gikomeye, "kumenya iyo ishengero rija". Abahamagawe ni barabe aho rigeze rija kwa nyeneryo.
Ntabwo Benyhinn akomoka kuri Patrick ahubwo akomoka Idahosa (mu mwuka)
Kandi mpwemuyera amafashe gukomeza gutahuza abakritso❤❤❤
Pleases Pastor tubwire ibyo susengerwa badukora mumutwe
Yesu ashimwe Mushumba Imana ishimwe yaguhaye kumenya ibintu byiza nkibi kdi ikaguha n'ubwenge bwo kubitanga.
Ariko urwo rusengero mwubaka ko Yesu tavuze ngo we nibarusenya azarwubaka muminsi tatu bivuga kubambwakwe no kuzuka kumunsi wagatatu Kandi ko yarwejesheje amaraso ye yamazira nenge mwebwe urwo mwubaka rundi nuruvugiki nkaba Kuba kristo
Amen.
Amen
Hello pastor, uzubwenge kbs nkunze ukuntu wasomye, nonex umuntu yakubona Ute?
Mana yo muijuru ntuzabura uko ugenza abantu bakubaha
Ubundaye nicaye ngo mbyumve mbirangize
Yewe Mwami wanjye Yesu kristo ndumiwe noneho baratumaze pe
Dusobanuriere amarembo 12 Ari mumutu plz
Bjr?ese izo nka zavuyehe?
Nzayifata mbere yabandi
Rushi :bivuga Uburusiya
Mesheki: bivuga Moscou
Tubari:Tubareski ahobacurira intwaro
Ndumva mukaze
Komera jado wange ni tumaini
Yesu abahe umugisha,Pastor urumwigisha mwiza pe!
Mujyahe mwabakoroni mwe
Pastor ndibaza ko urubyaro rwa Esau arirwo rubyaro rwitwa Abaedomu rutakiba kw’isi
Aime ntadukanya kuzamuka kwitorero no kugaruka kwa Yesu. Kuzamuka kwitorero, Yesu ntazaza ku isi. Azazanganira itorero mu kirere
Oya se,azahagarara mukirere tumusanganire❤❤❤❤
Turabashimiye
Turakumva cane
Pastor muzadufashe gusobanukirwa ikintu kijyanye ni isabato n'amategeko kuko abantu bitiranya agakiza n'amategeko kuri twebwe bagize itorero
pastor arabeshya itorero rizava mwisi Yesu agarutse ,abavugako ibyo byose bizaba itorero ryagiye izo ninyigisho zibabuloni zibinyoma.
Hoya pe
Umva muvandi kugaruka kwa yesu bitandukanye nitorero gusanga kristo mukirere. Muri make impanda nivuga itorero rizasanganira Kristo mukirere hanyuma agarukane naryo maze banacire imanza imiryango ya isirayeli.
@@callixtensengiyumva4233urakoze muvandimwe.
@@callixtensengiyumva4233ikinyoma nicyo.
@@callixtensengiyumva4233ibyo se. Wabibonye he mwagiye mureka kubeshya
Imana itugireneza