Iyi nkuru ni nziza knd ifite inyigisho kurubyiruko,Asante sana Dudu kuduha ku inkuru yawe ,Mu byukuri ndize knd ukomere cyn lmana mur kumwe,wakoze cyn❤❤❤
Gusenga ntaco bivuze. Mu masengero hari abarozi, abicanyi etc. GIKURU CA MBERE ni IMIGENDERANIRE UFISE N'IMANA biciye muri KRISTO YESU. Utaravuka ubwakabiri, ntaco bihindura kangahe uja gusenga; upfuye uzoja mu muriro udahera. Bana b'Imana ntimuhendwe. Nta musambanyi azokwinjira mu Bwami bw'Imana
Komera pe, cyakoze uwo umugabo wawe wa 3 yakina film neza wee mbega umugabo usekeje aba mwisi ya wenyine idafite amategeko or umuco !!! Gusa nshimye ukuntu uri strong women, ntuzaheranwe nabagabo babi uzashake uwa 3 mwiza mwizina rya yesu uzamubona uri mwiza cyane❤️💐
Kubavuga se Shahu. Iyi ndwara y'Ubushyuhe kubagabo NI DANGE. NONESE ABICURUZA BITWA INDAYA BAGURWA NA BANDE? Abenshi SI abubatse ingo?UMUGABO WESE UDAFITE YESU. YABIKORA
Pole sana mukobwa wanjye! Nta makuru yawe naherukaga, im really shocked!! Ubuzima ni ishuri ritarangira, komera cyane Uwiteka Yasezeranye kuzakuba hafi iteka! Ntabwo uri wenyine, turagukunda!!!
Ntabwo ari bose nshuti, jyewe mu rugo rwacu ari umugabo ari umugore ndetse n, abana bakuru nta code ziba mu ma Telephone yacu kandi , umuntu akoresha irimo amafaranga iyariyo yose ntacyibazo. Iyo isonnye ndi nko muri Douche uwo twashakanye aritaba akamubwira ati buretse gato ari muri Douche kandi najye nuko. Iye nyirebamo uko nshaka kandi nawe nuko ntanubwo njya nsiba message kandi tumaranye 21 ans.
Kirazira kuvuga ko umugore ari mubi! Uvuga ko umugore afise ubwiza udakunda! Abagore bose bafise ubwiza ariko umwe wese aba afise uwushobora kumubwira ko ari mwiza!
Dusabe 0787319211
@@heavenbukuru5396 nawe Wazize Gufuha Se?Mugabanye Gufuha Badata Basogoguru Ndetse Nubu Harabagabo Bikwakuzi Batunze Abarenga 3 Wamennye Ibanga Ryurugo
Shimirimana ko wabonye ukwakira bakakumva himbaza uramye njye ndakumva cyaneee
@@KagoyireJuliennett ou uS de de
Hh@@heavenbukuru5396gghhhhhhhh😂h😂h😅hh😊hhhhhh😊hhhhhhh😊hhhh😢hhh3hh😢😊hh😂
Urabiziseko umugabo ari umwe gusa kd numugore ni umwe gusa . Indi mibare yabandi ntiyemewe umuntu apfusha akara rimwe ntakandi wowe nubwo utaruri umwana mubi ark ikosa ryawe nuko wahukanye kd ntibibaho imbere y lmana
Abakunda aka karirimbo "umviyinkuru"mukaba mubona ukuntu kanjyanye nizi nkuru Gerald akora place your likes to see how many are you!!!
Ahubwo se umuntu yakumvirahe lose batakavugiramo?
@@benetkarori9841 umbaze nkubaze? RWEME azatubwire uko kitwa nuwakririmbye
Muriyimis nsigaye nzinduka rwose❤❤❤❤❤❤
Mwoza murandemera muciy kuriyo foto yanj mwaba mukoze❤❤❤❤❤❤
Iyi nkuru ni nziza knd ifite inyigisho kurubyiruko,Asante sana Dudu kuduha ku inkuru yawe ,Mu byukuri ndize knd ukomere cyn lmana mur kumwe,wakoze cyn❤❤❤
kumera
Uyu mu mama rero ikibazo yagize uriya mutype wa mbere yaramukundaga cyane, kuba ataramusambanyaga nuko yari afite aho yimarira irari, rero bamaze kubana kakageso yari afite ko gusambana umugore we akiri muto akiri mu ishuri karagaruka. Ariko mubigaragara yaramukundaga. Uyu mu mama rero kubera yarakiri numwana, yarahubutse umujinya nagahinda bimurusha imbaraga yanga kubabarira. Nibyo bavuze rero baciye umugani ngo wirukana umugore uguguna igufa ukazana urimira bunguri😢😢. Ubu dudu yumvaga ko agiye guhima uwa mbere none nyumvira ibyo yahuriyemo nuwa kabiri. Gusa gucibwa inyuma sikintu cyo kwihanganirwa na buri wese ababishobora ni bakeya noneho umwifatiye imbonankubone.
Impore mubyeyi satani ntiyishimira ingo
Avoka wacu mu mwari turamukunda.gusa niyongera kwiyumvamo umuhamagaro wo gushing urugo,azasabe impano yo kubabarira.kuko burya iyo wababaye ukananirwa kubabarira usigara ubabaza abandi utabizi komera bibaho❤❤❤
Dudu komera rwose. Warababaye ariko kubera ukuntu wimereye naturellement ntabwo uzi kubara inkuru ariko twakumvishe. Komera, impore kandi Imana yumve amasengesho tukuvugira.
Inama nagira abagore cg abagabo bubatse mujye mwihanganirana kuko kugirango ubone umuntu utaguca inyuma biragoye cyane. Gusa utazigera utandukana numuntu kubera yaguciye inyuma. Kuko niyo washaka undi nawe niko bizagenda. Niyo utashaka kandi nubundi uzarongorwa cg urongore abandi batandukanye ahubwo usange aribwo wandagaye. Iyo niyo nama natanga.
Iyo Nama ni inyamibwa❤
Uvuzukuri
Nukuri kwuzuye kuko ntamalaika urikuriyisi
Gusenga ntaco bivuze. Mu masengero hari abarozi, abicanyi etc. GIKURU CA MBERE ni IMIGENDERANIRE UFISE N'IMANA biciye muri KRISTO YESU. Utaravuka ubwakabiri, ntaco bihindura kangahe uja gusenga; upfuye uzoja mu muriro udahera. Bana b'Imana ntimuhendwe. Nta musambanyi azokwinjira mu Bwami bw'Imana
Ooooooh sha pole, gusa munkandire kugafoto nanjye nuzuze 1k❤❤😊
Ndumiwe koko!! Abagabo bakozwe bate? Umugore mwiza gutyaa!!! Ntibanyurwa pe!!!! Ihangane cyane! Haruwo nabonye yandika ngo Uyu mudamu numutesi ngo yarikwihanganira gucibwa inyuma!!! Birababazaza ukababona noneho!!! Kutabimenya byonyine nibyo byahesha Amahoro
ndumva uwo mugabo nta mutima agira pe akoze mwibuye yanze abagore beza nabana ndumva avumye
Ooooooh Mana weee warababajwe cyane 😢 ariko inkuru yawe iraryoshye unyuzamo ugaseka natwe tugaseka , ariko Uwiteka Imana igira neza izagushumbusha maman
Mu izina rya Yesu ntunzongera kuruha. Ikigaragra n'uko uri umuntu mwiza 💓 Imana izakomore kandi iguhe umugabo muzima 🙏
Yooo 😢😢😢
Mbega umuvandimwe wahuye n'akaga weeee! Ihangane mama mwizina wifitiye umutima mwiza Ntagushidikanya IMANA izaguhoza ayo marira
Uru ni urugero rwa babantu babaho ntakimwe babuze ari ntamahoro y'umutima
Niyo mpamvu tugombo kwemera uko twibeteyeho
Uzi kugira inzu igeretse karindwi urara uyiririramo bukarinda bucya?
Uzi kugira imodoka ukajya uyigendamo utazi aho ugiye?
Uyu mubyeyi araboshye akeneye kubohorwa ari kumubiri no kumutima
Incwuiiii mbega umudamu mwizaaa, ni nk'ikirabo pe🌹 humura shenge uzi umuntu ukubabaza kdi umukunda 💔
Komera mama warashavuye pe! Umutima wawe urababaye ariko Imana ikwiteho iguhumurize❤ ndumva mbabajwe n' iyi nkuru
Mufite story kweri.
Ariko Pole wa Mugore we.
Komera cyane bibaho!!!
Ureba kumaso hawe warangiritse cyane nkurikije ukuntu inkuru imeze n'ukuntu watangiye inkuru ntabwo wari buhite wihutira gushaka undi niba yari yagusabye imbabazi wagombaga gutuzaho Gato ukareba Aho byerekeza ukareka guhimana gsa tuza you are still young reka byite gutyo
Nibe nawe ntiyayihakanye😮twe ko badufashe kungufu bakanazihakana 😅ntanababye fite😢ibyo ntibiri worth 😢
Komera cyane Dudu ,ndumva waranyunze muri byishi birababaje ariko humura uzahura Imana izagushyumbusha.Abize murugando nimpe Like sha njyewe ndi Kanoti nanjye niho ninze.
Icyo nkuyemo nuko Niba warufite ababyeyi ndetse nabakuru bawe cyangwa basaza bawe bakuru bose Nibigoryi ntacyo bakumariye nanibo baguteye uwo muruho, ni gute umwana w'Umukobwa ungana uko wanganaga bamutegeza cg bamureresha Umusore utari musaza we ndumiwe pe nako biteye agahinda.
Urakoze cane!! N'ikizira ko Umwana w'umukobwa yegera abana b'abahungu kuva akiri muto. Nyina yarihe kweri?
Byapfiriye aho ababyeyi bakurekera umuhungu ucyiri umwana kirazira ukemera no kurarana nawe ngo ntacyo akora ark ntibibaho nkuko imbwa izira umuheha cyirazira kd icyindi ntamugabo wa2cg wa3 oya ntibazakubeshye pe
Imberey lmana ni ubusambanyi
Umvugiye comment mbega hari ibintu wumva nka firme ngo mujyane Ntakibazo yappapa mana abantu nibakangukee 😏
Agahwa Kari kuwundi karahandurika,iyo ikintu kitarakubaho wumva bidashoboka,sorry Dudu
Komera mugore mwiza wabaye umwana cyane. Umugabo wa mbere wari kumubabarira. Ariko Imana ijya yongera igatanga amahirwe. Ndagusabiye izaguhe urugo rwiza ikumare umubabaro wakuye ku bagabo 2. Ihangane ni ukuri. Ubundi Imana nimara kukugirira neza uzirinfe kureba muri telephone y umugabo byazanagusaza. Nkwifurije amahirwe masa.
Wamugore we wabaye umutesi kbs umugabo wawe wambere yaragukundaga pe cyaneeeeeeeeeeeeeeeeeeee kuguca inyuma yego nibibi ariko sibyo byarigutuma ugenda cg usenya pe nabandi barabikorerwa nimba ataragukubitaga agutoteze ubuse undi washatse ntimwahise mutandukana kuko ntarukundo yaragufitiye nkuwambere wabyitwaye cyanaa kuko yagukundaga cyanee warikugoragaza
Ariko rwose biratangaje ukuntu abantu benshi bafite imyumvire yo gushyigikira ubusambanyi mu bashakanye nk'ikintu cyoroshye!Kutabona agaciro k'undi n'amahirwe ufite yo kumugira nibyo bitera ubwo busambanyi, umuntu nkuwo rero kumureka akagenda ni ukugarukana icyubahiro n'ubumuntu bwawe uba waratakaje ngo uri kumwihanganira. None se ari ukwikunda ukihitamo wowe no guharanira ko umuntu utakwitayeho agukunda wahitamo iki? Ntitugacire imanza abantu batihanganira ubusambanyi, njye mbona ahubwo ari abantu bafite imbaraga zikomeye kubera ko gutakaza umuntu wakundaga utabikubahira ntibiba biboroheye. Urugo ni abantu 2 bubahana!
Urukundo n'iki?? Nta muntu agukunda akuvanga! Urwo s'urukundo. Kangahe yaramaze gusambana n'abandi? Yamufashe kabiri!! Ariko ashobora kuba yaramaze kubikora kenshi!! Yari gushobora no kuhandurira SIDA. Yagize neza kugenda. Ikosa yagize n'ukurondera uwundi- mubi ; ariko yaramubeshe. Ico nogusaba Madame ivy'abagabo bihebe. Utekereze urere abana ntakindi
@@Iblongtohim Ibyo uvuga nibyo ariko rwose kumugira inama yo guheba iby'abagabo ndumva wapi. None se abagabo 2 bamuhemukeye bahagarariye abagabo bose? Ahubwo ubutaha yazarushaho kwitonda agashishoza mu guhitamo!
@@iyubakukiretv8580 muri bibiliya ntaho tubona ivyo vya remarriage. Navyo nukuvyitondera, biroroshe kurwa mu mutego Matthew 5:32.
Nyine ngo agahwa karikuwundi karahandurika ivugire😢 ese wowe kombona urinigitsigabo ubwo usanze umugore wawe yaguciye inyuma wakihangana ra??
Wamubyeyiwe iyinkuru yongeye kunkomeza ariko iranankungura mumutwe😭😭😭😭😭
Mpore maaa,lmana uguhezagire,warwanye nibikomeye😢😢😢😢
Disi umu maman mwiza yahuye n’ivyago. Courage madame
Nshyigikira unkandire kw'ifoto 💕💕
Mwaramutse! None se Dudu niba uburana uburenganzira bwawe, kuki utinya kurega, nushaka avocat mureke kuko udatinya kuriganywa imitungo ,ariko uzabohorwa kuri uwo mugabo cyane ko ufite ibimenyetso bidashidikanwaho ,ikindi hari urundi rubanza rwabaye rufitanye isano n'urwawe, !wowe rega cyane ko uziko hari ibimenyetso ubwabyo bizivugira!
Dudu ubutabera asha ni nzu
Kandi arikubeshya birumvikana neza kuwomugaboyamusanganye imitungo myinshi batigeze bahahana niyompamvu ntamwavocat washyobora kuburana urubanza rwumuntu nshaka kurimanganya imitungo yuwomusaza kandi yivugiyeneza ko yasanze uwomusaza afite abana batanu
Humura nawe irakuzi, humura nawe ikwitayeho. Nubwo Amateka yawe ASHARIRIYE, Humura nawe Irakuzi🙏❗
Dudu jyewe ndumva waratakaje umugabo wagukundaga cyane. Warahubutse rwose kureka umugabo wagukundaga. Nkwifurije kuzahura numugabo ugukunda nukuri. Ubutaha utazatandukana numugabo kubera yaguciye inyuma. Ibyo byahozeho kuva cyera ndetse bizahoraho. Uzabaze abakuru bo hambere ahaa...!!
abagore ndabahanure iki uzosenge nturonke umugabo ukunda ahubwo uzoreke umugabo abe ariwe agukunda na Buboliya ivuga iti umugabo nakunde umugore wiwe umugaore nawe ngamburukire umugabo wiwe rero umugabo wawe naho yogucinyuma ariko akaba agukunda wewe guma umugamburukira urugu ntaho ruzoja rero ushaka kubura amahoro uzote umugabo uje kuwundi rero isi irakwigisha itagufatishije ikaramu mwibuke wamugani ngurugo rutagirumugabo ntakitarukengera reka kujurahirika
Uyumugore niwe wisenyeye urugo peeeeee abagabo batwara umubiri ntibarwara umutima ninde wabona ataguca inyuma
@@MuragwaEric-n1uAgaciro ni umuntu ukiha.Urugo rutarimo umugabo se hazamo abo utahamagaye ngo ni uko uri umugore?
Mbega inkuru weee reka nkukurikire mugore mwiza😘😘😘
Iraryoshye cyaneee iri mu nkuru nkeya ngiye kureba nkayirangiza
@oliveruwera4031 🤣🤣 noneho uranyishe kumbe umeze nkanje
Nanjyeee peee@@oliveruwera4031
Uwampa kumenya ikyintu abagabo bakunda
Ndebera iyuimudamu mwiza gutya ukamusiga kokoooo❤❤❤
Bakunda imyenge mwishi gusa sibose
umusubije nabi cyane rwose, abagabo ntibakunda imyenge nyinshi nk uko ubivuze. ahubwo
ijambo rigira riti Uwiteka niwe wubaka urugo iyo atariwe urwubaka abazubaka baba bubakira ubusa.
bityo rero Ingo nyinshi zisenywa na Satani kandi uriho rwasenyutse ari umugabo ari numugore we bose baba nabigizemo uruhare nkuko baba baragize uruhare two kirushinga.
igikwiye ni ugukoreza Imana imiryango yacu kuko ubwami BWA sekibi burwanya umuryango cyane kuko niyo soko , uruganda,ishuli, ibimbiro yrs buri muntu.
rero iyo urugo rusenyutse n'abazirimo bose baba habaye umunyago wa satani.rero ntitugacire imanza abo Ingo zabo zasenyutse ahubwo tubasengere kuko natwe umwanzi wabasenyeye niwe umaramariza gusenya izacu.
Ubu se koko?
Uganiriye nabi
@@UwamahoroSafina-xu2wo 😄 🤣
Mbabazi we! hariho abagabo binterahamwe pe! kuko umugabo ashobora kukwanjyiza umugore mumutwe muburyo bukome cyane Mbabazi we! ntakintu kibabaza nkogusanga umugabo wawe arimo kurongora undi mugore noneho ukamwifatir! rimwe kabiri uzinuka umugabo burundu nushatse kuguha andimahirwe ntubyemera kuko ugira ubwoba bwokonjyera gukunda kuburyo nokojyera kuryamana numugabo ubizinuka
Mbega weee nabe no kubyumva ariko kubibona nikibazo pe 😢😢😢
Sha byihorere nabagore nuko Ahubwo lmana ige idufasha kwirerera abana.
Eeee😢😢😢🙆♀️🙆♀️🙆♀️mbuze icyo mvuga pe 🤔
Imana ikumve pe🙏
Dudu pole umwami Yesu akuwiteho cyan
Dudu disi narinziko urumurundikazi usa nabiwacu urimwiza nukuri et sympatique ❤
Imana igukomeze kandi izaguhoza amarira mubyeyi, komeza usenge kandi unashaka ubutabera gusa njye urugo runaniye umugore si narujyamo,😢
Nanjye sinarubamo reka shwii
Njye ndumva ibyakubayeho ibifitemo uruhare Kandi n'amakosa uwa mbere yakoze uko yayitwayemo wagonbaga kumubanarira kuko urukundo rurihangana Kandi ruraababarira nubwo bigoye kumva uruhande rumwe ukajuja
Komera pe, cyakoze uwo umugabo wawe wa 3 yakina film neza wee mbega umugabo usekeje aba mwisi ya wenyine idafite amategeko or umuco !!! Gusa nshimye ukuntu uri strong women, ntuzaheranwe nabagabo babi uzashake uwa 3 mwiza mwizina rya yesu uzamubona uri mwiza cyane❤️💐
Yooo pole Sana dudu disi warababaye nukuntu wari umwana mwiza nkwibutse KDA Imana izaguhoze amarira mwiza
Kobavugango murwanda ntaruzwa ibyo niki😮😮😮
Urikuvugisha ukuri urumugore mwiza ❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️🥰🥰🥰
numvise inkuru yinshi ariko iyi nkuru yawe inkoze kumutima, ihangane wahuye nabyinshi byagukomerekeje, ejo hazaza niho heza kurusha ahahise, jya usenga Imana ikubere igisubizo cya byose.
Dudu urimwiza caaaane!!!!
Numvirije inkuru yawe gushima uheze. Uvuga neza cane. Ariko Imana igufitiye un bon plan.❤❤❤
Ndifuza tel yawe Ngo ndakuramutse. Je t' aime beaucoup naho ndakubonye ubwa mbere.Nzohora ndagusengera.
Abagabo mbabwire ntabwo aribyiza kwereka umugore wawe ko urumusambanyi biramubabaza cyane kubyihanganira ntibyoroha cyane iyontacyo wamuburanye ntanicyo abuze mumitere! nagahinda
Umugorese we abikweretse byagenda gute
Umugorese we abikweretse byagenda gute
Ark abantu nuzakizwa ryari u u ikikiganiro ninterahamwe bihuriyehe koko
@iranzijackyson8664 numugore nawe ubikweretse ubikweretse birakwanjyiza kuko bigutera ig'ikomere ariko kumugabo we! ubuzima bushobora gukomez'agashaka kumugore wapi!
Wamubyeyi we pole kbs gusa birababaje kubona umuntu yifuza gushaka ark gahunda ye arugutesha umutwe undi muntu gusa nkaho bidahagije ugashaka ugashaka undi mugore nawe ukamujugunya koko ubawumva kubaho utwerera abantu agahinda gusa bizakugwa amahoro 😢
Sabagabo gusa
Uyumu mama ndamukunda muri film umwari😊
Nibe niyo wigumanira n’uwa mbere !! Nuko nyine inzira itabwira umugenzi !!! Imana ibijyemo !!
Mpore maman Imana ifise vyose izoguhoze ayowarize❤❤❤❤
Pole wangu !Ariko abagabo Imana yakugeneye ni dangers! Bavuge tubamenye Dusabe wee!!
Kubavuga se Shahu. Iyi ndwara y'Ubushyuhe kubagabo NI DANGE.
NONESE ABICURUZA BITWA INDAYA BAGURWA NA BANDE? Abenshi SI abubatse ingo?UMUGABO WESE UDAFITE YESU. YABIKORA
Maze gukurikirana ikiganiro umugabo wawe wa mbere waramuhemukiye kandi yaragukundaga pe.
Komera cyane cousine nkunda Dudu. Ibyiza birimbere. Ndagukunda urabizi. Nishimiye kukubona kwa Gerard Rweme ndamukunda cyane.❤️❤️
Pole sana wahuye nabesikoro babagabo ushobora kuba warahumanyijwe kukutubaka. Uzashake abakozi b'Imana bazima bagusengere umenye ibyaribyo. It's terrible ibaze gushaka attestation de deces yumuntu uriho ugasezerana bushyashya, uzajye kumurega wake gatanya kuki uvugako ntabimenyetso ufite byayiguhesha? kuko numunyabyaha ukomeye nubu wasanga harabandi arimo kubikorera umutangabuhamya nuwo mugore wundi basezeranye yabeshyeko wapfuye. Icara wige dossier neza ntanumwavoka ukeneye, ibyo agukanga ngo azakubeshyera urire shyira ubutesi hasi.
Gusenga turasenga mundangira abazima batari abescorot nange nshaka kubohokaa nkazashaka undi mugabo nubwo nshaje
@@ahirwa0077😅😅ako gusaza wongeyeho niko kabi😅😅anway
@@ahirwa0077😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂uti nubwo nshaje
@@ahirwa0077Uzajye muri grace room minister uzabohoka.
Hh, uti nubwo nshaje
Iyo uza kubabarira umugabo wambere mwarikubana wazize kutagira umutima wokubabarira
ntago wabihamya kuko abantu basambana iyo amenyereye ko umubabarira arakomeza da
None c ubu urabona ibyamubayeho nyuma ataribyo bibi kuruta ko yarikubabarira uriya wambere wamukundaga bingana kuriya
Ark uretse kwishushanya umuntu ugukunda yatekereza kuguca inyuma? @@RutunganyaFrank
Umva yeweeee cyanee yaguca inyuma abagabo niko duteye umukobwa mwiza ashobora kugucaho akumukurikiza amaso ako kanya numutima ukaba uramurarikiye ko mwaryamana gusa knd bitavuze ko udakunda umugore wawe
Nonese kuki kwa muganga atari wowe igisubizo bagihaga? Ababyeyi bawe bararangaye cyane bikomeye.
Uzaduhe party 2 wamfashije cyane 😢
Ihangane Mama warakomeretse Bose barakubabaje gusa lmana izabahane pe gusa uri mwiza Mama abeza nibyo bahura nibibazo gusa singushinyaguriye bambe.
Yooo Komera cyane nshuti mama ajya avuga ngo umuntu ashaka rimwe. Ubwo 2 bihira bake. Ubundi nasomye Akantu ejo ngo utandukana numugaabo wagu cheatinze ukajya gushakana nundi watandukanye kubera gu cheatinga ukagwa muri multiplication ihangane. Ngo abagabo benshi ngo barasambana umubi nufashwe ubanza ariko kuri nukumenya uko ubyitwaramo. Iyo agukunda nisawa kuko uwo ukunda arakugora
Iyi nkuru irababaje , gusa hari amategeko yamurengera, azegere ababishinzwe .❤❤
Ndakwibuka twiga secondary I Nyanza
🤭🤭🤭Mbega we uziko Karande ya Dawidi 👉Salomo yokamye abagabo⁉️🤦🤭❓
✍️Guhazwa n'Umugore Umwe biragaragara ko bisaba Izindi mbaraga
Uyu mu dame arambabaje ariko ntawutanga Imana kwihebura komeza wifata nk'umupfasoni imbere ni heza ma soeur courage
Mbega mugaboweee
Mbega inkuruwe 😅😅
Komera mama
Impore impore nejejwe nuko ur umukristo, kandi uriwe bikugaragaho tegereza ngobwa y’Imana Yesu mufitiye icyizere azaguhoza amarira.🥰
Yoo Dusabe disiii , imana izahidura amateka you know 😘
Woooow mbega umugore mwizaaaa❤❤❤❤
Ukomere waciye mu bigeragezo , Imana ikomeze ikurinde
Komera nshuti,Imana Izakugirira neza ntute Ibyiringiro,Gusa ndizeye Izakugirira neza,Ndagukunda
Rweme ❤❤❤❤ mubyeyi ihangane kd bizakunda uwomugabo reta irahari ❤❤❤❤
Nkandira kwifoto shaa❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Murakoze Gerrary Imana injye iguha umugisha kunkuru mutugezajo
Ukuntu ari cija bababeee! Abagabo nk'abo ni babi cyane ahubwo Imana ishimwe ko yabagukijije.
Ndumva amatwi acuze injereri ariko koko bene uwo muntu nubwo bafunga koko umutima wahinduka?yarangiza ngo arasenga?Satani ni mubi koko
Mana yanjye najye ndumva duhuje imico yokwigira umuhanuzi😂😂😂
Uwambereyaragukundaga warahubutse warutarakura.abagabobose barasambana
Kuguca inyuma ntibikabasenyere umuntu abikora agataha agakunda abana agahaha ntibizababuze kubaka pe.nukuri
Bajye babikora ariko ntitukabimemye pe,wabimenye ntiwatuza.
@@nezaalphonsine3076ntabwo bazi uburyo bibabaza ubivuga nuwo bitarabaho.ariko uzi kwibaza icyo yabuze kugirango aguhemukire gutyo ntako utagize.musigeho wa.uwo bitarabaho yivugire
Yoooh pole Sana nanjye abagabo narabahuzwe burundu.
Umva mbese noneho bavugirizwe impundu?
Ubwose ubwoko bw'urukundo bwo kuguca inyuma ni ubuhe? Rata warababaye .
@@christinebamurange4991uguca inyuma aba agukunda? Gute wakwihanganira iryo hohoterwa ryiyica rubozo.nibivugire
Kubera umutima wa kimuntu ufite,Simpamya ko uwiueka atazaguho,za amarira warize, Imana izaguhe ibyo wifuza byose,Ishimwe yo yagukijije iyo shitani,Komera cyane Mukobwa mwiza.❤
IMANA yarakurinze disi wariguhava ugwara STROKE.
Muvandi,uzambabarire duhure umfashe😢
Avocat wacu mu umwari series❤️❤️❤️❤️
Pole sana mukobwa wanjye! Nta makuru yawe naherukaga, im really shocked!! Ubuzima ni ishuri ritarangira, komera cyane Uwiteka Yasezeranye kuzakuba hafi iteka! Ntabwo uri wenyine, turagukunda!!!
Ariko mana nukuri nkunda inkuru yajye ❤️❤️❤️
Avocat wa Domina na Birasa pole sana ukowibwe hakoreshejwe indangamuntu yawe nanjye mbyambayeho gusa nahise mbimenya,ndabura mbasha gutsindq
Icyonzicyo nuko ucunze phone y'umugabo ushatse waba upakira ibikapu byawe ukabishyira hafi yumuryango.
Ntabwo ari bose nshuti, jyewe mu rugo rwacu ari umugabo ari umugore ndetse n, abana bakuru nta code ziba mu ma Telephone yacu kandi , umuntu akoresha irimo amafaranga iyariyo yose ntacyibazo. Iyo isonnye ndi nko muri Douche uwo twashakanye aritaba akamubwira ati buretse gato ari muri Douche kandi najye nuko. Iye nyirebamo uko nshaka kandi nawe nuko ntanubwo njya nsiba message kandi tumaranye 21 ans.
warabivumbuye wowe
😅😅😅😅😅😅😅😅😅ntayonacunga
@@samsungmobile589namahirwe wagize sha twebwe ntanumwe ureba muri phone yundi gusa njyewe arihisha akayirebamo Kandi njyewe sinjyamfata iyiwe ntanjya ayishyira hasi
Yewe uvuze ukuri mukundwa, uko yaba ameze kose wihaye kugenzura phone ye agahinda kakwica😂
Kirazira kuvuga ko umugore ari mubi! Uvuga ko umugore afise ubwiza udakunda! Abagore bose bafise ubwiza ariko umwe wese aba afise uwushobora kumubwira ko ari mwiza!
Impore maman abagabo barababaje
Pore dudu Imana Irahari gusa nunva Umugabo wawe arumwe wambere satani yarakunyaze
Ufite agahinda chr umva ukuntu uvuga wirihutsa ninkaho wakarize ariko humura bizagenda neza❤
Yego disi
Umugore ni umupfakazi naho umugabo ni umupfakare.
Gerard he is very professional journalist
Merci Gerrard
Iyinkuru irababaje ariko irimo ninyigisho
Kurimwiza nkuko none bagucinyuma bakuburanyee ikii?
Inama naha abagore nukubona ibyo bereswe gushaka amakuru no kunekana nukwiyica uhagaze, naho Marayika ntawubaho umugabo udaca inyuma ntabaho 😢😢😢😢
Muri ikigihe kubona nkuwo biragoye pole knd usenge cyane
Dudu Ihangane dear Yesu arahari kubwawe kandi muri byose hasi henjuru humura
Ndagukunze cyane❤️❤️❤️❤️
Wowe senga imana ntakindi cyamugukuraho
Mbega inkuru ibabaje weee😭 pore cherie
Dudu komera wabaye umugabo (wabaye intwari ukomere) uze umwihoze uze umureke abarongora. Tekana uze urere abana bawe .
Ngusabe ikintu kimwe uze wandike igitabo kizokwigisha benshi IMANA ikomeze kukubahafi.
gushaka uwabireka kuko numva aruguta igihe mubuzima bwacu
Pole dudu hagumubuzima Kandi ubuzima nibugufi .
❤❤❤ Pole sana❤❤❤
Mbega inkuru ibabaje! Wamugore we Imana izakumare uwomubabaro