Mvuye mw'Ijuru/Ngibi Ibibera mu rwambariro rw'Abera/Ubutumwa nahawe Kuzanira Abatuye ISI/Mama Moise
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 15 ต.ค. 2024
- #MamaMoise0788753439-Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi,kudutera inkunga y'ibitekerezo ndetse n'iyuburyo bufatika kugirango uyu murimo w'ivugabutumwa dukora urusheho kugenda neza cyangwa ukaba ufite inkuru n'ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250783103298 iri no kuri whatsaap.
Facebook: Joel Jo Shobiz, e_mail: sengujoe@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-KCB ACCOUNT: 4402218276 (Joel Sengurebe)
-Moble Money: 0783103298(Joel Sengurebe)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Iyaba byashobokaga umuntuwese Akifuza kujya mwijuru byarushaho kuba byiza ngewe ndabyifuza cyaneee nawe byifuze
hhhhhh#ho
Reka nkubwire iyomana usenga n,igicucu kbs muzarimbuka muzize ikinyoma
Amen. mpamya neza ko Ijuru ririho ndetse ni kuzimu habaho . kandi nemerako umukiranutsi azaragwa ubwami bwiju ndetse nukiranirwa azababarizwa muri gihenomu yakumuriro . ujye witondera guhakana cg kwemera ibyo wumva cg ubona kuko ntakuri kwanyako ubufite.ndakunda cyane! by!
Ndashaka inema yo gukorera imana cyane nigute navugisha uwo muvugabutumwa.
Amena amena ishobora byose .
Amen nanjye imana izangezeyo ngaruke
Imana ishimwe. Uzaduhe nimeroyawe dufatanyegusenga
Mpamimeroze uwo mubyeyi
Yesu yatubereye igitambo none nigute tuyibera igitambo ese nukuri koko imana niyo izi ukuri
Amen amen amen murakoze cyane
Hallelujah Imana ishimwe
Imana isho boze nukuri
Imana ihabwe icyubahiro! Ijuru rirahari,abarikorera bazaritaha!
Mama Mossi Imana ibahe umugisha
Imana ibahe umugisha mwinshi
Mwiriweneza?uravuze
amariray'umwukandatangaracyane kuko nayjaganterwanamarira iyonibutse urukundo yesu yadukunze nkagirango nubugoryi urakozekombihishuriwe nibwonkikizwa Imana iguhe umugisha
Maman Mose yesu aguhezagire ndafashijwe pe Ibyobintutatu ibimpe
Kugirana Imana amasezerano ntakobisa nukuri natwe niyaduhe mwizina ryayesu amen
Muntu w'Imana nukabeshye ntabwo wagiye mw'Ijuru nukatubeshye yenda wararose ariko ntimukatubeshye
Imana ishimwe ko ijuru ririho,hararambiranye guhora twunva abajya ngo mu kuzimu,none Imana itwoherereje uvuye mw'ijuru. Ok
Imana idushoboze nkuko yamushoboje
Amen mukozi wi Imana ndafashijwe nagye Imana Izarigyezemo
Nshaka kujya mu ijuru. Mbabariye abampemukiye bose, nsabye Imana ngo impe kwihangana....
Mana Ucubahiro kibe icawe ibihe bidashiraa. Ariko ndifuza ko mwansobaburira neza,Yesu yasavye igitambo cy'amaraso?
Kandi we ubwiwe yaritanze ko igitambo?simbyumva!!
Uyu ni Satan wigize Malika wumucyo kugira ngo ayobye abantu. Yesu ntabitambo asaba, Kandi ntago ajyisha umuntu inama yicyo Akora!@@delphinemusavyimana8472
Imanauguhe umugisha
Yesu niwe wera yishizeho urubanza rwacu atwita abakiranutsi kubwicyo yakoze kumusaraba, no gukunda,kubabarira,kwihanga nimbuto z'umwuka tubihabwa na mwuka w'Imana ukorera muri twebwe. Plus tubana n'Imana plus tugaragaza ubuzima bw'Imana aho turi hose.
Tugeze mu bihe bikomeye cyane, kuko Na Satani yiyambika uruhu rw'intama,akigira nka Malayika w'umucyo. None se murunva bitajya gusa na ba bandi ngo bajya gushaka ubutunzi, ko nabo babasaba ibitambo by'ababo ,kugirango babone ubwo butunzi bw'ibintu byo mw,isi. None uwo mu mama nawe yatanze umwana,nyuma ahakura impano zitandukanye. Ni urudubi. Nta rubanza muciriye, ariko byose nukubisengera cyane ngo Imana ijye Iduha kurobanura iby'imyuka. Yesu Kristu ,Umwami Wera, Aduhe gukiranuka muri byose.
Ni bimwe! Yahuye na SATANI.
Iyinkuru wayikoze mugihe kingana iki?ukeneye guhura na Yesu kuko uri munzira yo kurimbuka
Ameeeeeeeeeeen ;ngiye kubandanya imirimo ya Ndiho
Ndasobanukiwe ni mama mose Urakoze nanjye nalinfite amabanga nayo iguhezagire Uwiwanjye ndabtemwye yarigezemo
Thank you Lord Jesus. Mama Imana iguhe umugisha kdi igukomeze natwe iduhe imbaraga zogukora ibiyinezeza. Thxxx Iyobobamana Tv
amena nukuri ntacyi nucyiba i Imana atazi impamvu yacyo iyakuremye yaribiziko uzayi korera gusa Imana induhe kwiha na naguhi nduka maze tuza bone ubu gigo buho raho🙏🙏🙏🙏
Nuko mujya gutamba abana banyu mubazimu ngo mwagiye mwijuru Hahaha izo ninyigisho zibinyoma...nib Imana yaramweretse mwijuru iryo nirarikwa ahubwo yihane ibyaha bye.
Uraho neza maman Mo? Imana ishimwe cyane ko itajya idutererana muri byose iba ihari
Imirimo niyo izaturimbishiriza amakanzu yera🙏Imana iguhe umugisha mubyeyi uratwigishije
Amen amen sister 🙏
Wasanga ari yesu wo kwa msyimuna,meotonde cyane ,ntabwo inzira,yukuli habamo gutoranya,kuko Imana ikunda abantu bose ,niyompamvu iba ishaka ko nabanyabyaha bivuza kugirango batazarimbuka
Widuca intege dore tugiye mwijuru ncuti ahubwo ngwino tujyane gusa haraho bincanze kuko bene data bavarokore bavugako ntamuntu uragera mwijuru ngo twese dutegereje umuzuko ubwo abo yamwetse baririmba bagezeyo bate? Ndumva aramayobera
Amena nukuri Imana izaduhe ijuru
Imana izatunezeze natwe
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤ineza imana yangiriye sinabasha kubonan Icyo nayitura uretse ubutima nurukundo shimwa Mana uhabwe Icyubahiro
Urakoze cyane kubwububuhamya uduhaye. Imana ikomeze ikongerere amavuta
Imana ikongerere Imbaraga
Mana weeee !!! Icyampa nkazapfa nkuko abakiranutsi bapfa iherezo ryanjye rikaba nkiryabo
Uzabikorere imana izabiguha
Nta Mana yaka ibitambo .iyo ni shitani wagabije umwana wawe
Imyuka iragwira pe! Mube maso
Hi ndifuzako uzansengera Mama nitwa gatesi pfite imyaka 14
Ariko,Yesu aza adusaba gutanga abantu koko?n'ukuraba neza kweli...
Ntibibaho ni shitani niyo ikora ityo
Ariko mumbwire nigute Imana ihitishamumuntu uwigomba gucyura? sinzi pe! Uwiteka arengerabe kk tugeze muminsi igoye . Imana irakora na Satani arakora. niwowe woguhitamo uwukorera byukuri kk burumwe afitingororano azahemba abamukorera bakiri mwisi. ❤Imana yamahoro ibarinde ndabakunda cyane!!!!❤
Nanjye mana nshaka kubina mwijuru no kuzabayo❤❤❤
Mana utugirire Ubuntu tuzabone ubwamibwawe bwomwijuru
Imana ishemue cyane pe
Yes ntago asaba ibitambo
Mama Mose Imana iguhe umugisha uturemye amaboko habwa umugisha nukuri ubwo Ijuru ribaho ntewe umwete no kuzarigamo 🙏🙏🙏🙏
Uwo Mwana yaremwe nkawe nta burenganzira wari.umufiteho bwo kumutanga.
Se wamubyaye we ukumva arumirwa
NDIHO, UWITEKA, UHORAHO n'ujwana we YESU *KRISTO* nawe MWUKA WERA W'IMANA Aturengere muri iyi minsi y'imperuka kuko birasaba ubwenge buturuka mu Ijuru kugirango tunenye neza ubutumwa buvuye kwande ,??
Kuko YESU *KRISTO* Ntabwo tuzi umuntu yasuye ngo amusabe igitambo cy'umuntu hanyuma abone kumuha IMPANO zo gukora ibitangaza, Keretse niba bitangiye ubu ,??
Imana ishimwe cyane
Imana ishimwe
Lie aliko umugome bwabanya rwanda nigute alimwe muja mwijuru nalumiwe kandi ubwo bamwe babyemeye koko nintama nyine
Habwa umugisha utagabanyijeho!
Imana igukomezemo umwete wo kuyikorera.
Amen ijuru ririho ndabihamya naje naragiriwe ubuntu bgokukayo kabisa abera bambaye amakanzu yeracane gose nama Bgira Imana izofashe nzojeyo nsinzentahire kuribona nsindarijemwo😭😭😭😭🇸🇦🇧🇮
Gusa ndakwibuka cyane nubwo haciyemwo igihe kinini warumuhanuzi uhanura cyane bikanasohora ibyowampanuriye byose narabibonye ariko ndumva ntumvaneza ibyo urikuvuga nuwomwana witahiye watubwiyeyuko umuturanyi wawe mwarimuturanye ariwe wamuhumanije arapfa
Yesu we
Uvuye mwijuru ndumiwe koko
Hhhhhhhhhhhh njyewe sinataha nagumayo hahahahhha
Nibyiza kuba inshuti ya yesu nange nemerako ijuru ririho Kandi uzarikorera azaribona pee
Mama wamose imana iguhe imigisha uranyigishije!!
ima a ikomeze ikwagure nonese mwampaye nimero zuwo mubyeyi muraba mukoze
Amen and Amen. Imana ishimwe
Ubwose Yesu yakubwira ngo ubike ibanga ukanga? Imana wowe yaguhaga imbaraga
Muraho neza ndishimye kwayo magambo Imana ibahumugisha
Turahari pe tubabate cyane p
Amen and ameni
Hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah
Yesu uzomp iherezo ryiza
Ntimuzongere rero kuvuga ko upfuye ajya aho basinziriye adahita ajya mu ijuru. Urumva ko Yezu yakubwiye ko umwana wawe yagiye mu ijuru.
Uyu mumama afite intentions nziza zo gukorera Imana ariko afite ikibazo gikomeye kuko atazi umwuka umukoreramo! Umwuka wa Nyabingi(abadayimoni) ni wo bamusabye umwana we, nawe yishimira kumutanga yibwira ko ari Yesu umumusabye. Akwiriye amasengesho!
uvuze ukuri pe imana izakomeze iguhe ubushishozi
Uritonde utisanga wise umwuka w'Imana uwa Nyabingi (abadayimoni), gusa binabayeho ntiwaba uri uwambere ubikoze, na Yesu barabimubwiye.
24 Ariko Abafarisayo babyumvise baravuga bati"Uyu nta wundi umuha kwirukana abadayimoni, keretse Belizebuli umutware w'abadayimoni."
27 Nanjye niba ari Belizebuli umpa kwirukana abadayimoni, abana banyu ni nde ubaha kubirukana? Ni cyo gituma ari bo babacira urubanza.
(Matayo 12:24;27)
@@gedeontv1 Nonese mwene data, ni hehe muri bible Yesu yasabye umuntu , hanyuma bakamumuha agapfa ?Yesu yaje kuduha ubugingo; ntabwo yaje kutuvutsa ubugingo.
@@iradukundajanuary4381 naho se ibya Nyabingi (abadayimoni) byo byo gusaba umuntu muri Bibiliya hari aho wabisomye?
@@iradukundajanuary4381 tandukanya ubugingo nko kubaho mu isi n'ubugingo nko kubaho kw'iteka (eternal life). Yesu yaje ngo aduhe kubaho kw'iteka si ukubaho mu isi tugapfa kuko yaje tubaho n'ubundi
Muraho ,muduhe subscribed
Hallelujah
Amené amené yesu tukomezepe
Nanjyaga mbikora none ubu ngiye kurushaho gukora kugirango Amakamba yiyongere
Jyew numva twakagombye kubwira inzira y'ukuri izadushikana kwa data, ni Yesu nta yindi iriho, imirimo myiza izaduherekeza ntabwo izatubanziriza. Tube maso tube mu byanditswe byera nibwo dusobanukirwa ko message ivuye ku Mana.
Imanihabwicubahiro nukuba maso
Amen, Amen, ndafashijwe, yesu, agukomeze, gosetuzohurire, mwijuru🙏🙏🙏
Amen
Mubyeyiwacu lmana ijyinagurira imbago,kind ibashoboze,ibakomeze kind ijyibarindira ubugingo, ubugingo nikintugikomeye kukobnibwobuzabona lmana
Imana iduhumure Amaso Imana mukugiranira ikiganiro igusaba umuntu🤣🤣🤣🙄yoooo Mukama hubwo nugusenga cane satani niwasaba ibitambo vyabantu🏃♀️🤣
Ntawavuye mwijuru atari Yesu wenyene
Mama Mose urakoze cyane ufite ubutumwa bwiza.ujye udusengera Imana iduhe imbaraga
Mana uduhe ubwenge bwokumva neza ibyudusaba ( urukundo,kwihangana,kubabarira)
Mubyeyi Yesu araboneka mu maso kdi Umuntu akabaho....ahubwo tandukanya Yesu n Imana.......ibaze ngo ntabwo umwana wabyaye yakugoye Koko??? Mana HUMURA AMASO YABANTU BAMENYEKO ATARI WOWE USHAKA IBITAMBO BYAMARASO YABANA BABANTU KUKO AYO WATUMENEYE AHAGIJE....
Mana.weee.ese icompa nanje nkazogera mwijuru
Amen amen
Gusa umwanawe yarimuto nubundi yarumunjyeni nubwo yesu atarikubikubwira amezi 5
Amen abera tuzataha
Amen
ndagukunze Mubyeyi
Uvuye mwijuru shahu muzasha mwumve
Umwami wacu Yesu kristo abane nanyu.
Ubuhamya bwe nubwanjye burasa gusa jye nari ntarakizwa
Kuki Impano zose ufite wazihawe aruko umwana wawe amaze gupfa???? Ubwo ntacyo wumvamo??? Izo condition ntahantu muzi zi ra????
Ikaze
Ameen
Egoko ndumiwe ngeweeee,amayerekwa ndabona aba menshii,Uwiteka aduhe kumenua ibyukuri ngewe ubi simbyemera mbambona mudupfunyikira
Kubera iki utabyemera?
Ntabwo Yesu akeneye igitambo cg umugeni kugirango igire icyo idukoresha.....Yesu yabaye igitambo kumwe cyera kdi gishimwa...ntakeneye kwica Umuntu kugirango akoreshe undi...tube maso kdi dusenge kuko aberekwa bamaze kuba benshi...tugenzuze byose ubwenge NDETSE numwuka twahawe...ntabwo Imana yakwicira umugabo cg umwana ngo ibone kugukoresha......bagore mugandukire abagabo nkuko mugandukira kristo....abana numwandu uva KU Uwiteka hahirwa ufite urugo rubuzuye kuko azavuganira numwanzi KU Marembo....igitambo Yesu ashaka Ni wowe gusa Kwemera gukoreshwa nawe...nonubwo Imaana ntiyaba irobanura kubutoni kwica umwe kugirango ikoreshe undi?...Twese turi abana bayo do idukunda kimwe gusa ituma uwo ishaka ariko numubyeyi wa twese. Dusome ijambo ry Imana kdi dusenge ....byose byicwa nuko turabana badashaka kwivuganira numubyeyi ahubwo tugakunda kumvibyo dukuye kubavandimwe kurusha kubikura kuri Data. Watch and PRAY.....ikizana satani Ni kwica kwiba no kurimbura Imana si umwicanyi.
Mbega byiza duharanire kuzajyayo
Mana uzampe iherezo ryiza
Yona 8.44 umutekamutwe andikibitabonibaribyokoko Abanyarwanda baragatoye ??irikise
Nanjye unsengere muvandimwe.
Amen Amen ,mumpe numero yuwo mubyeyi
reka kubesha ntanisoni ngo wagiye mwijuru ariko ubwo buhanuzi mwihay muriyimis muzabazwa
Mama Mose disi nari ngukumbuye disi umubyeyi mwiza
Mbega inzoga za babuloni Mana wee!Mwakwigishije ubutumwa bwiza buri muri Bibiliya urwandiko rwera!! Imana ngo yaka umwana maze ikamutwara yamwishe,iyo ni satani kuko ni mwicanyi Yoh 8:44 ,nta mugeni wa Yesu uzajyanwa mu ijuru ari umupfu ahubwo bose bazazuka Danyeli 12:2 kandi uwatuwe Imana ni Samweli wajyanywe kuyikirera mu buturo bwera 1Sam 1:23-28 . Eliya na Enoki bajyiye mu ijuru ari bazima,nta wapfuye ngo ajye mu ijuru. Yakobo yeretswe urwego abamarayika banyuraho Itang.28:12,none uyu ngo yajyiye mu ijuru ari muri asanseri,ntawajyiye mu ijuru ngo agaruke. Ibi ni ibinyoma, ahubwo umwana yamutanzeho igitambo Ku mwicanyi yanze gutanga umugabo we kuko amukunda,ntabitambo nk'ibyo Imana yigeze yaka Itang. 22:2.
,
Uzabaze mwuka wera agusobanurire ukuri ntukihitire gupinga ese nusanga ari ukuri wabajije umwuka wera nawe?
Rata uravuga ukuri ibi ni ibinyoma kuko aravuga ibyo yabonye kwisi ni ibiri mu mutwe wiwe
Ndagukunze cyane Imana iguhe umugisha
*Matayo18,10* Yezu atwemeza ko baturinda ntibahwema kureba uruhanga rwa Nyirubutagatifu badusabira.cyane iyo twemeye kumera nkabana bato.
🔜Kuba abamalayika batagatifu badufasha reba *Heb 1,14* ;
Byongeye reba *Heb* *12,1* , haratwizeza ko duhagarariwe n'inteko zo mu ijuru,muri make turinzwe n'iyo nteko!
Wagira Uti se ubwo basimbuye Imana? Oya ab'ijuru barakorana ntakuvuguruzanya ntashyari ntamwaga, ibyo ntabibayo. Ntabwo batenguhana. Ntabwo Imana itenguha ingabo zayo. Inzaduka zirasenyutse mu izina rya YEZU. 🙏,nsuribiza Uti AMEN 🧏♂️
Hish 5.5 Ariko umwe muri ba Bakambwe arambwira ati *"WIRIRA ! Dore INTARE YO MU MURYANGO WA YUDA,INKOMOKO YA DAWUDI,YARATSINZE ;NI WE UZABUMBURA IGITABO,AHAMBURE N'IKASHE ZACYO UKO ARI NDWI"* !!! Ab Ijuru Baravuze bati WIRIRA, KOMERA,HUMURA! Batagatifu b'Imana mutanga ihumure, Mwe muduhumuriza Umunsi kuwundi ntimureke Sekibi atujya muzuba. Umunsi WA none bwira Shitani Uti "Hoshi mva muzuba,hunga urugo rwa Data,wowe Sekibi": Iyo Kwa Nyiringabo bahora baramya Nyiribiremwa banadusabira,banaturwanirira.NTIBIIKUNDA ngo birebeho , nka twe tukiri mu mubiri,twigiramo agakeregeshwa kurukundo ruke uyu munsi, Ejo n ejobundi tukadohoka. muri make BARADUSABIRA kubera Imana🙏.
Umubiri w'intege NKE ZACU uzazukan imbaraga . Umubiri ugira mugitaka gushanguka ukazukana ukudashanguka. twamburwa Umubiri upf ,tukazukana Umubiri udapfa, Mu izuka tuzamera nk abamalayika natwe,Nikoko tuzahindurwa ukundi twe abazaba bakiriho ni ukuvuga abazakomeza kubaho na Nyuma y ubu buzima buhita.Pawulo Mutagatifu wagize ati "twe abazaba bakiriho....", ntabwo yaravangiwe,oya! ntabwo yibeshyaga,ahubwo n'ubu aracyariho.natwe rero ,Tuzabeshwaho na ROHO ,Umubiri ntakavuro,nib ariko Koko duhindutse tukemera tukagendera mu mahame abeshaho ya Yezu KRISTU natwe tuzakomeza kubaho ..
[7/20, 5:55 AM] Ndayishimiye Prosper: *Ntitwahwemye kubabwira ko abamalayika b Imana,abatagatifu b Imana imbere y'Umuremyi bahora bamuramya bamusenga bamusingiza ubudahwema bati Nyirubutagatifu Nyirubutagatifu Nyirubutagatifu, Ntitwahwemye Kub umvisha ko mu Misa ya Yezu Kristu,twe hamwe n'abo, nabamalayika dusubira muri iyo ntero duti Nyirubutagatifu Nyirubutagatifu Nyirubutagatifu . Hish 5.8-14 haratsinda umuhakanyi wabyo wese. Ariko hahirwa uwemera gutsindwa n'ijambo ry'Imana. N' Umuhanuzi Izayi mu itangira ry' umuhamagaro We yarabyiboneye*.
Alors ,utanabihakanye kandi ,wikwizanira ibyawe Uti byose nigusenga ,bipfa kuba bisa N'Ubundi nibya Kiliziya,uti ntaho utasanga Imana. Yezu yifuje UBUMWE kuva kera na Kare .kunga UBUMWE na We muri Kiliziya ye,tukamuhabwa mu UKARISTIYA*✍️✍️
Wagiye mwijuru hhhhhh arko nkamwe mwumva mwuzuye mumutwe cyangwa ivyo muvuga ntimubizi