SINEMERA IMANA|Wamugabo avuze ibintu biteye ubwoba duhagarika ikiganiro|Arikwandika Bibiliya ye
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 2 ก.พ. 2022
- #UrugendoOnlineTv #SamGakire
Niba wifuza kuvugana Natwe kuduha inyunganizi ku Makuru tubagezaho ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gisangiza Abanyarwanda cyangwa se wifuza kudutera inkunga yaba y'Ibitekerezo ndetse no muburyo bufatika waduhamagara cyangwa ukatwandikira kuri +250787087467(Sam Gakire) - ภาพยนตร์และแอนิเมชัน
Imana iti ibyo murabikora nkabihorera mukibwira ko mpanye nawe.
Ubu koko iyo ushaka ikindi ukora koko.
Uyu mugabo ibyo avuga ni ukuri ariko kubyumva bisaba ubwenge bwinshi abantu benshi badafite.
Ntiwakumva ikiganiro inshuro imwe,ntacyo wakumvamo❤
Cyumve wongere ucyumve !!
Yes he's right
Gusa cyakora imana batwigishije siyo pe .
Tuyishidikanyaho
Uco gipfu yesu yaragipfiriye kuko iyataba yesu cahinduka nka mukaroti mukuri ndunva urwanda mwaratewe kweri
Gutekereza nibyo byambere dukwiye kujijuka👍👍👍👍
ibyo uvuga nukuri cyanee 🤝🤝🤝🤝 ndagu shyigikiye birenze!!
Ibyo bibi bikorerwa mw'isi bizashyira m'urubanza uwabikoze nturambirwe gukora ibyiza.Ese iyo Imana ibaye itakidiho uba ukigendagenda,ugihumeka,ukiriho?Ntawasimbura Imana,uzi ko kurema umuntu byabananiye,ntigererangwa.Iterambere ryose n'Imana iritanga.
Iman umwamiwacu arihokadi azahoraho amen🙏🙏🙏
Abagabo bibigoryi nkamwe nimwe muduteje akaga wituka imana witubwira ibyobigirwamana byawe niwowe njiji wowe utemera iyakuremye urigipfu urigipfu sha uzabona akaga uzabona ishyano
Ahubwo abamutuka mwitonde mugirubushakashatsi bwanyu aho musengera murasanga mutari mukwiye kumutuka
ibyo uri kuvuga ni ukuri pe!!
Icyokora kuricyo cyabakoroni cyo nicyo pe
Baraakwica ababaswe n amadini ndakurayihe😂😂
Izina Imana na satani byari bikwiye kuva mu mazina y'ikinyarwanda kuko ni amahimbano ,hazasigare amazina yibisingizo urugendo: Rurema ,Data wa twese . Imana na shitani ntabibaho ,hariho isanzure ni umuremyi waryo
Uwiteka aturengere nibyaremwebikubwirako imanihari ningari irashoboye kbsa
Muraho neza Umwami w'Abami Yesu kristo Ashimwe mbifurije kwemerwa n'Imana buri wese yita kw'iherezo rye naho uyuwe afite ikibazo mumutwe utazi ikimuhatse areba inkoresho ya se igitsure,uwo mwuka uhumeka niwo ukoshya ntuzi naho uva ukavuga ubusa kukarubanda:Yobu:28:28 Maze Ibwira Umuntu Iti Kubaha Uwiteka Ni bwo bwenge Kandi kuva mu byaha Niko kujijuka, Imigani:8:13 Kubaha Uwiteka Ni ukwanga ibibi ubwibone n'agasuzuguro n'inzira y'ibibi n'akanwa k'ubugoryi nibyo nanga, Mariko:1:15 Igihe kirasohoye Ubwami bw'Imana buri hafi Nuko Mwihane mwemere Ubutumwa Bwiza,
Ibyo uvuga si ukuri Imana izibyose ishoborabyose ireba hose kandi izahoraho itekaryose.
Ukuri kuzoja ahabona bitebe bitebuke vuga mugenzi
Iyi nisatani yigendera atsindwe mwizina rya yesu
Ahubwo Umwami Yesu kristo winazaleti akwiyereke nukuri birakenewe urababaye
Iyaba kristo Atari kungoma wahunyuk
Imana iguhe kwisobanukirwa neza utazahinduka inyo nka herode
Twese dutekerwje nk uyu bwcya twakize mbese uburayi twirukira byababiri iwacu
Mushake uwiteka bigishoboka ko abonwa mumwambaze akiri bugufi ,umuntu wese areke ingeso ze mbi , kandi izabakina kumubyimba icyo batinyaga kibagezeho.
Ese niba Imana itabaho uwo mwuka uhumeka uwukura he?,uwishyura iki?
Wowe urarenze kabisa
Ufite ukuri k abantu ba cyera .
Ninako twavukijwe n abazanye ibyo bitabo bituyobya
Yewe naragenze ndabona!
Ibaze kweri ariko se wamugani bibiriya ninde wayanditse? N'Imana?
Yanditswe n'abantu basanzwe ariko buriwese afite uko yumva Imana. Nyuma yegeranywa n'abazungu mu nyungu za politike ninayo bayoboje bakanibisha isi n'abayituye.
Nimana yabwiraga abantu bakandika ibyibabwiye
Banditse ibyo bakeneye bitewe niccyo bashakaga.
Burya ngo Hari n ibyo baduhishe
Love from wivyi tv ndabakunda
Isi irarangiye kbx Kandi nawe wumva uvuga ukuri? Imana ikubabarire kbx
Vyose birahinduka imyizerere , inyigisho, uko urungano ruzagenda rukurikirana hazajya hahinduka vyinshi. Imitekereze igomba kuyja ihinduka. Mureke abantu bajye batekereza mubumve maze namwe mwandike, ariko ntimutuke abantu kuko n’abashakashatsi n’abacu. Kuki mwemera gusa abazungu n’abanyamahanga??????
Uyu ntakomeye
Uratukura nawe. Ubwawe.
KD Ubu ikibabaje, hari abantu Bari kubona uyu Mugabo nk'umuhanga!!
Uyu mugano ni umuhanga witinya kuvuga❤
Ubwox ufite mumutwe hakora neza?
Ubu ndumiwe pe! Ubuse uyu muntu ntabwoba afite we!?
Sha wowe urambabaje nimuhura nayo uzambwira ubundi iyo uvuga ayomagambo Imana ukinisha urayizi
Ubwo se uragira uti izamukindura😂😂
Yaba Ari ingome😂😂
Isi yarangiye aho umuntu asigaye yifatira mu gahanga Imana yaremye isi n'ijuru
Iryo nidayimoni ryigendera ntabwoba uwiteka atuziho kuko twaracunguwe numwani wacu yesu kristo
Ahaaaaa,karabauye,musejyepe
Ibyo wibwira ntabwo arukuri imana igutabare
Nutayemera se bizayibuza kuba Imana.?Kuyemera ni wowe bifitiye inyungu kdi nutayemera abandi tuzayemera tuyite Ishobora byose.
ibyo avuga nibyo rwose.
Wa njiji we se n'utayemera izabura abayemera bakanayikorera? Injiji nkawe nazo ngo ibyo uvuga n'ukuri. Wapfuye uhagaze, kandi umenye ko uzapfa ariko Imana n'Uwiteka. Ihoraho.
Ndashaka uzampurize uyu mugabo na Rutangarwamaboko na Janvier Popote baduhugure wenda twazashyira tukaba abantu
Ubu turi ibiburaburyo
Aha👏 kanda kuriyo photo yange ubundi unkandire subscribe uraba uduteye inkunga 🙏
Ibyo uvuga ni byo
Mutubarize uti muri abo bakandika azatorande
Ntinegurizwa izuru naho ibyuvuga numubanaro mwishi wakurenze ahubwo ukeneye ubufasha bwareta bakaguhuza nabafasha myumvire
Gusapee ikugirire imbabazi naba christo bawe abo urikuyobya uza babazwa .
ibarura rusange ry'abaturage n'imiturire ritaha rizagaragaza umubare wisumbuye w'abatagira amadini. bizaba ari sawa.
Muba mushaka0 views, gusa muzabona ishyano.ayo makote wambaye uzambara ubusa.
Uwo mugabo nigipfu kuko Bibiriya ivugango igipfu cibwirango ntaman ihari
Abantu nkabo babaho, Mwibuke François d’Assise en Italie au 12ème siècle, Mwibuke un philosophe grec yitwa Socrate, Mwibuke Martini Luther mu Budagi yamaganye idini rya catholique au 15eme siècle, en France Mwibuke Monsieur l’abbé Pierre, St Nicolas de Flue en Suisse etc… Abantu batekereza ukwabo baramaganwa ariko siko vyaribikwiye kugenda. Il faut les écouter et faire vos propres réflexions
Bibiliya ivuga kubagabo bibi goryi sinsobanukirwe neza ariko ndababonye pe
Egoko Mugabo 😏😏😏
Ati duhuye nugukubita hahahaha uyuwe rwose hahahahaha
Iyo mana yawe ujye uyisenga wenyine nimwe mugiye kurangiza isi ahubwo se iyo mana yawe ibyo biba yo yakoze iki Kwa jina raYesu abazimu bashye ahubwo ngaho abapfuye bazure
Uyu mugabo yahuye na shitani kandi n'uwashitani kandi azopfa nabi kandi azopfa yinnyako ateko aje mumuriro
Osaga wakongeye ugafa icake ibindi ukabivamo
Ikikigabo nishitani wigendera
Come on 💪💪💪💪 ✅✅✅
Uzige ikitwa Realism
Uyu munyu afite ikibazo cyo mumutwe,muzampuze nawe,ikiremwa muntu cyaremeww kubaho nyuma kigasubira mugitaka ntakibaze nkabapfapfa gupfa ningombwa,2 imsna yagiye yicisha inkota ubwami nimbaga babaga bateshutse,izontambara nimfu zo mu isi nimigsmbi ya satani nabambari bayo kuko satani yamanukiye kurwanya abantu,imanA umugsmbi wayo ugahora Ari mwiza ku Bantu kdi buri umwe akagira shebuja Ari nawe umuhemba nawe uwo skorera azamuhemba,kwandik ibitabo nubwenge ariko we nta meuka w ubwenge umurimo yeww ndunva nimitekerereze ye iri hasi yanditse ubusaxi bwe uwo mupfapfa ubwe ntiyigeze amenya amateka amategeko
Uyumugabo yarahishuriwe nimba imanaye arakamuga nuko bimeze nimba arinjiji nuko bimez ariko? Uko? Wizera niko? Bikubera. Ese? Iyo yindikira igitabo agagenda ashyiramwo ibyimana ariko? Ntiyiterenye ni Mana.
😮😮😮😮
Turagowe Isi yaheze
Isi yaheze hehe ko mwarozwe namadini nimwakire gukira turekure uburozi twarozwe
Nyamara ushaka lcyiganiro cyubaka abantu ntiyagihabwa Ahhhhh!!!!!!
None se ubu arasenya
Ahubwo arubaka bikaze
Anti Christo ku mugaragaro😢
Hhhhhhh Munyamakuru Ati manje kwiragiza Imana . Hhhhhh uuuuuu . Mbega Aho isi igeze ngo Imana yarapfuye? Babeshyeye agapfuka munwa mutabare noneho duhuye nagaho mamunwa hhhhh mube maso bantu b"Imana.
Hubert yabajije ibibazo byinshi
Benshi batekereza
Ariko batavuga
Imana ishobora byose
Ikareka ikibi kikababo ....
Génocide
Intambara
Uburwayi.
Imibabaro.
Nabuze verset nimwe yo muri Bible ibisobanura ngo binyure.🤷
Mwihorere Yivovote Sha ,ninyempuhwe cyane
🤷🤷🙊🙊🙊🙊🙊
Ibyo avuga nibyo 99%, icyo ntandukaniyeho nawe nuko atibaza uwaremye ibiriho byose, na ordre bifite ntago byakwishyiraho, imana iriho, ahubwo bibiliya yabazungu yo nanjye sinyemera yewe nta nidini najyamo, nsenga uwandemye gusa not padiri pasteri Nandi mabandi, naza bibiliya zububeshyi bwabo ndetse nubusambo, uwamaze kujijuka wese ibyamadini nibitabo byayo abitera umushoti, senga uwakuremye ufashe abaken uharanire gukora ibyiza, iyo niyo dini yukuri, nta muntu mugenzi wawe wo kukuyobora ngakubeshye ko hahirwa abakene Kandi we akize agutwara nutwawe, big up professor, jijura abantu ,
Kuki mutanga ikiganiro k'umuntu nkuyu koko? namwe mufite ikibazo 🙆😢
Agutwayiki
Gumana ibyawe ureke nabandi biyumvire
Yewe ni ukwagura ibitaro!!!
Njyewe ndabona uyumuntu afite ikibazo cyo mumutwe ahubwo mumwiteho mumuvuze kuko afite ihungabana
Kuba akoresha ubwenge bwe cyane ntibimugira umurwayi ahubwo bimushyira ku ntera abaswa batagetaho.
Kuba akoresha ubwenge bwe cyane ntibimugira unurwayi ahubwo bimushyira ku ntera abaswa batagetaho.
None usanze ariwowe utarimuzima ? Uyumugabo afite ukuri kuko araduha reference zumvikana
Urakoze cyane rwose
Nabandi bumvireho
NO COMMENT.
Urumuganga nubwo ntagushigikiye
Hérode yazize iki?Nebukandineza yamaze imyaka ingahe arisha ivyatsi nkibikoko?
Uyumurengwe wabanyarwanda abasinzi indaya abahakana Imana abahanuzi ngewe ninzuyange nitandukanije nuwo munyabwenge nuwamutumiye nawe
Imana iti ibyo murabikora nkabihorera mukibwira ko mpanye namwe.
None se filozofi yawe ni Imana yayikwigishije?Niba utari umwigishwa w'Imana uri uwa satani.Iyo mana ipfa nkawe ,ikayobora imana ngenzi zayo ,ubwo utwo tumana tuzayoborwa nimwe muri zo ? Uwo ni antiKristo kabisa!!! Imana twizeye igufate nkuko yagenje Paulo.
Uyu mugabo afise ingorane ariko ntibitangaje kuko bibiriya iratanga inyishu kubantu nkaba nashaka kwiyita abanyabwenge ariko ari abaswa bo kurwego rwohejuru bibiriya ivugango igipfu cibwira mumutima ngo nta Mana ihari Zaburi 14:1
Ahubwo wewe urumusazi
Harya wamfasha mukandangira aho. Barafinda yavurijwe, tugasaba nuyu bakamujyanayo ko mbona indwara. Barwaye ihuye neze neza!!!!! Uyu ni Barafinda uje mu yindi sura!!!?
Ariko nawe waboze mumutwe, urabona uyu mugabo munganya ubwenge
Kigoryiii😢
😂😂😂! Munyamakuru emera musengane😂 mukanya ndumva wirutse uhunga!
Urakora ubusa twaramize gucira ntibishoboka gusa kwifurije guhura na yesu mwami wa bami
Urumuhanga nubwo ntagushigikiye