BARAFINDA YARAKAYE😤UTAZONGERA KUMBAZA UBUSA GUTYO💪UMUGABO USEBYA UMUGORE WE UTANGA IGITEKEREZO
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 6 ต.ค. 2024
- #URUGENDOTV0788781423 wifuza kuvugana na URUGENDO TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250788781423
urugendoThis video was created for entertainment purpose; Please Like Share and SUBSCRIBE for more news and entertaining videos.
THANKS FOR WATCHING.
Subscribe here for more videos from our channel:
Subscribe here for more videos from our channel:
Umuhanuzi wacu umugore yaramutaye ajya kwiyahuza inzoga. Abakozi b Imana baragwira. Ezekiel warasebye uzaze usabe imbabazi abafana bawe
Bwana president wacu bidafite gahunda ntabwo tubigushakamo nk'aba Ruda. Ibyo bikwiriye gukora n'ashinzwe umuryango muri Ruda naho prezidenti ibyo biganiro wapi
❤❤❤❤❤ yego yego muntu wanjye turikumwe murakoze
Barafinda na Madame muri imfura za cyera zitakibaho. Mukomere..
❤❤❤❤❤ 🌎 Nibyo koko birakwiye
Umucyo Kitchen TV nyamuneka mudutere inkunga ❤❤😂😂😂
Komera cyane rwose
Ntimugafate prezida wacu wabaruda ngo mumuhuze ninzererezi nkizi zose mujye mumushakira abantu banganya ubumenyi
Uvuze neza ejo batazamusiga imbaragasa
Nibyo rwose kumuhuza nizo nzererezi ntago ari sawa
Inzerezi mbi izamuzanira ishyano
Barafinda kurumugabo ,uzubwejye kuki uganira ninjajwa kweli ,watubabariye kk ukava mumafuti utazababaza abantu
number one . 🎉
Barafinda afite ubwenge mu bisuzizo atanga
❤❤❤❤❤ 🌎 yego yego dukomerane dukomerane twese hamwe UMU R2UDA OYE
Ezekiel ndabona Asa Na Bosco nshuti bafitanye isano?
Mudufashe perzd wacu mujye mumuha abafite gb 62
❤❤❤❤❤ yego yego muntu wanjye turikumwe murakoze
120gb
Ariko ukoresha Barafinda mugushaka views
Ark se nkubu president wabaruda abavugana iki nabaturage nkaba koko nyumvira ngo umugabo aguciye inyuma mwatandukana? Ubuse nkicyokibazo umubajije cyafasha iki abanyarwanda u
Barafinda abo bantu baba bakuzabira kuganira nawe,baba bagutesha agaciro.jya ubanza urebe abo mugiye kuganira nabo.Ibyo biganiro byabo bana ntitubigushakamo.
❤❤❤❤❤ 🌎 R2UDA OYE
umunsi nunva ngo uriguhanura nibwo nabonye ko uri gicucu