NASANZE UMUGABO WANJYE HEJURU Y'UNDI MUGORE BASAMBANA MUKUBITA FERABETO😭UMURUHO WAMPINDUYE INDAYA😭
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 2 ต.ค. 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Yewe nababwiraga ko kunyara kuburiri kumwana mukuru si daimoni ahubwo ni depression. Nibenshi byabayeho cyane abana bimfubyi cyanga bagize ibibazo ari bato .Yesu ajya arera imfubyi.😭😭
Abafite abana banyara mu buriri bihangane bijya bigira iherezo kuko uwanjye nari narakubise nararushye aiko yabivuyeho burundu afite imyaka 15 nta muti anyoye.
Hari abanyara kuburiri arimyuka mibi ibibatera icyo gihe arasengerwa agakira, hari nabandi bahanyara ari trauma bifitiye benabo bavurwa hakoresheje counselling (ibiganiro) bagakira,
Harinabandi banyara muburiri arukunanirwa kwi kontorora.
Abanyarwanda bafise amateka nibikomere birenze,Imana ije ibatabara.
Sibo gusa n'amoko yose. Kuko umwe wese afise umubabaro anyuramwo
Bavandimwe nanjye mfite umwana ufite imyaka 11 anyara ku buriri,uwamenya umuti yandangira birakabije
Manawe! Mbega ubuhamya! Igice cya 2 mugitebutse
Ijana narinziko bakubitwa 100 abagore 50 nihatari
Barakunoba ijana namiyaga
Bagomba kubanoba da
Yewe, ntibiba byoroshye pe!
Mana we mbega ubuhamya...Mana tabara imfubyi..Imana ishimwe ko wamenye Yesu..
Aurdinateur se si igifaransa pamphi? Ko uvuze ko kera ari ko bazitaga.
😢
Njye we iwacu bahakubitiye umugabo numugore bishyingiye ibyo nibisanzwe muri islam
Komera mukobwa mwiza. Yesu azakugirira neza ntarirarenga
Ariko Mana weee!!!
Impore mama
Ukuntu uri mwiza