AMARASO YANYU SINZAYABAZWA😭Harabura Amezi 6 Gusa😲ashize Ubwoba AVUGA IBIRI MU NDANGAMUNTU IGIYE KUZA
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 8 ก.ย. 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR)
KORA SUBSCRIBE kuri LE 12 OUVRIER : youtube.com/@lesouvriers?si=MkklIgtMMNhNHci1
Twabikoze kera cyane.
None se uzamubarize Niki Imana isaba umukristo byawe icyo gihe?konunva bigoye?koi yumuntu akeneye byose nibyutakwihanganira bisaba iyo Digital ID?ntituzarya?ntituzarura munzu?ntawuzivuza?leta twayicikirahe twanze Gufata izo ID ninkingo za corona ntaho wajyaga utabyerekanye none c ubwo ndunva aruguhitamo urupfu?jyewe nimumbwire Niki cyakorwa mutajimije ngo nuguhitamo umusaraba wo hagati nikoko dukunda Christo ark c byibura harumuringo uvuga Niki bazahitamo nibiba kugira ngo bazabe arabakristo?
Imana ikubundikire kuko ibyuvuga bitoroshye
Benedata dukwiriye guhagarara imbere yumutware wabiyisi kd tudatsinzwe nuburiganya bwe rero tuzakomere kumunsi mubi twebwe namwe Amen
Gukizwa ni none kandi uhunga lmana ayihungiraho.lmana ibahe umugisha bene data mukomeze mube ibikoresho by'lmana byiza bikoreshwa ibyo igiciro.amen duhunge duhunge umujinya uzarimbura isi
Kamanzi, ndibuka😂 bwa mbere utangira kuvuga ibi bintu, abantu benshi baguteye amabuye!
Abanyarwanda bari bari mu kinya, parfois je me dis que les Rwandais sont très naïfs!! Ariko Imana ishimwe ko babashije kubyumva
Ndashima cyane Imana yaguhaye uyu muhamagaro, kandi ikakubashisha kurwana intambara zitandukanye Satani akugabaho
Data wo mu ijuru, Imana muremyi aguhe umugisha, agukomereze amaboko!! Au nom de Jésus Christ, Amen
Imana iguhe umugisha kutuburira Yesu Kristo atwuzuze imbaraga
Ukwo muri babiri mbakunda kubi muramfasha munzira y'agakiza Imana ibahe umugisha ❤❤❤❤❤❤❤
Ibyo muvuga nukuri njye ndabyumva cyane ahubwo ndigusaba lmana ngo inyuzuze imbaraga zumwuka wera
Pastor kamanzi Patrick urakoze cyane gukumbuza abantu igihugu cyiza cyo mwijuru mumujyi uzaba urimo imihanda yizahabu namazu meza
Yesu aguhe umugisha pe, izi nyigisho ntizikunda kwigishwa mu nsengero. Ubalikiwe saana
Njye ndabyumva cyane mukozi w'lmana Yesu yaravuzengo ibyo nimuwubona bibaye muzararame murebe mwijuru twakagomye gukumbura ijuru kuko mw'isi ntamahoro arimo sinzi icyo tuyikundira Mana we uzampe ijuru kuko iyisi yarambabaje cyanee!!! Ndifuza kuzajya mw'ljuru.
Murakoze cyane kudusobanurira tuzemera gupfa biduheshe ubugingo buhoraho, mukomere uyumurimo Umwami wabami umutware wabatware Imana ikomeye
Uwazutse mubapfuye adukomeze.
Amen Amen Amen ndafashijwe cane Uhoraho aguhumugisha mwinshi utagabanije kubutumwa mutugezaho budukangurira kuba maso caane kukiminsi ari mibi 🙏🙏🙏👌👌👌
Imana ibahe umugisha bakozi b'Imana kubw'ubutumwa bwiza,Uwiteka atumurikire KD azaduhe gukomera muribyo bihe tugiye kwinjiramo,mwukawera atuyobore muri byose mw'Izina ry'Umwami wacu YESU Christo w'Inazareti Amen.Amahoro y'Imana abane namwe.
Ntawundi uzabishobora keretse uwamize Yesu muri we kandi kababishobozwa n'umwuka wera. Yesu atwambike imbaraga zidasanzwe kugirango tuzambuke iyi yorodani iri mbere. Amen
Amen , Imana ibahe umugisha kubwubu butumwa bwiza. Imana itwambike imbaraga zayo kandi iduhe ubwenge bukomoka mwijuru.
Imana iguhezagire Patrick kamanzi.wewe uvuga ivyimana yagimutumye ntuja kuvuga abandi bakozi b'Imana bagenzi bawe, ntazina ryumuntu uvuga uvugira mubwenge bakwunva Abo biraba
Imana iguhe umugisha mukozi w, Imana tugomba kubera maso ubugingo
Urakoze cyane kutumenera ibanga nkunda kugukuricyira cyane Imana ikomeze kukwagura mu buryo bwumwuka
Bavandimwe nimukomere Imana Ibampere imigisha ni Kwizera bonny kampara
Hari aho nasye ijambo rivuga ngo ab'Imana iyo bavuga ab'isi ntibabunva ,ariko ab,Imana bo barunvikana. Niyo mpanvu.
Murakoze cyane lmana ibahe umugisha!!
Imana yonyine niyo ifite kurengengera abantu bayo🙏
Thank you so much our Pastors
Good bless you all.🙏🙏
Imana iguhe umugisha! imbaraga, n' amavuta no gukomera, ndagukunda cyane
Bavandi biragoye. Ariko hamwe nogusenga Imana izaduha imbaraga. Ariko turahaguye pe.
Gusa. Nintwarane zizahaca pe
Urakoze mukoziwimana abwirwa benchi hakumva beneyo
Uwiteka Imana ibahe umugisha bene DATA Uwiteka atwambike imbaraga
Turagukunda Utubera maso Imana Iguhe Imigisha Kand udusengere Ibipfuzubwenge noguhera ubwoba bwibiteyubwoba bigiye kuza ndasha kizobona yesu nkabana nawe❤
Nanjye narayumvishe kbx Imana igihe umugisha mwishi
Amina ndafashijwe nukuri❤❤
Mana ngirira imbabazi ahondakubabaza hose muvyonkora bitaguhimbara nu muryango wanje.
Imana ishimwe cane kuba yaciye muri Wewe kugirango iduhishurire ibugambanyi shetani ari gutegura.none rero dushaba Imana igukomeze Kandi natwe turasaba ngo Amaraso ya YESU azatuzigame.kuko twebwe abantu ntacodushoboye
Mukozi w'lmana imbaraga uri kuvuga ibintu byiza ndikuzura umwuka kb mureke tubwize abantu ukuri amaraso yabo ntakuyabazwa wavuze yabwiye Ezekiel iti nimbwira umunyabyaha nti gupfako uzapfa nawe ntumuburire agapfana ibyaha bye amarasoye uzayabazwa arko numubwira ntiyumve azabipfiramo arko ni wowe uzaba ukijije ubugingo bwawe
Imana iturengere🙏🙏🙏🙏
Gs dukwiriye kubera maso ubugingo bwacu kuko aribwo buzabona Imana
Yohani yeretswe abambayimyambaroyera barimwijuru, abajije baramubwira ngo bariya, bavuye mumakuba akomeye,tuzemeradupfe dupfiriye muriyesu
Imana ibahe umugisha mwinshi
Mukomeze muvuze ikondera wenda twaro koka
Manu ntiyashize mu ijuru;kandi twibuke ko abayisraheri mubutayu batitwaje barangamiraga gusa inzoka y'umuringa bagakira.UZEMERA GUSHYIRA AMIZERO YE MURI YEZU KRISTU AZAMBUTSWA IBYO BIHE ATARWAYE ADASHONJE
Umwuka wera w'Imana adufashe atuyobore tumenye icyo gukora.Mana rengera abana bawe
Muze tujye kwa Yesu,nimuhumure azatwam bika umubiri utababara azaturengera ntanzara tuzumva Amina
Ndagize yambu Man of God,sindagupinze kuko ivyuvuga nivyo ivyo bizaba vuba cane,ariko uburumwa urikwamamaza nubwo guhinkomezi shetani,umwansi iyurikuvuga imbaraga ziwe uburikuterubwoba abarwanyi,kandi shetani arazi k agomba gukorera cane kubwoba bwabantu,rero warukwiye kwamamaza uburumwa bwiza bwa Christo ugashishikariza kubwira abantu bame mwijambo ryali Imana,kuko ivyo naho arivyo ntibizoba ishengero rikiri kwisi,abera bazoba baraduze,shengero humura Christo yaranesheje ntabushobozi akidufiseko nimba warizeye Yesu Christo nkumwami numukiza bamwijambo cane kugirango ubone kwera mbikorwa vyawe ibisigaye uhumure iri niterabwoba ryumwansi satani, ntarabohorwa aracaboshe. gusa ishengero musenge cne kuko nimwe mubujije anti Christo gukora
Muraho neza
Nifuzaga kugira icyo mvuga kuri comment watanze
Wavuze ngo ari guha inkomezi satani...
gute?niba avuze imitego ya satani niko gutanga inkomezi??
None se gutanga amakuru yibiriho natwe tubona ni ugutera ubwoba?!!!
Urukingo ntiyaruvuze bamwamagana ubu benshi bakaba bicuza ?
Kuvuga ko itorero bizaba ryaragiye ,
niyo mpamvu agomba kubivuga ngo bose bagire amakenga baryinjiremo kuko ariho hari ubuhungiro
Ahubwo kurwanya ko abivuga nibyo satani ashaka kuko benshi bicwa no kutamenya
Muraho neza
Nifuzaga kugira icyo mvuga kuri comment watanze
Wavuze ngo ari guha inkomezi satani...
gute?niba avuze imitego ya satani niko gutanga inkomezi??
None se gutanga amakuru yibiriho natwe tubona ni ugutera ubwoba?!!!
Urukingo ntiyaruvuze bamwamagana ubu benshi bakaba bicuza ?
Kuvuga ko itorero bizaba ryaragiye ,
niyo mpamvu agomba kubivuga ngo bose bagire amakenga baryinjiremo kuko ariho hari ubuhungiro
Ahubwo kurwanya ko abivuga nibyo satani ashaka kuko benshi bicwa no kutamenya
Jewe nibaza ko ari vyiza kumenya urugamba twimirije.tumenye ko duhungira muri Yesu christo
❤❤ yesu abahe umugisha cyane
Patric kamanzi nous vs suivons cent pour cent
Ikibazo cyajye, ibi mutubwiye bizaba itorero ritarazamuka? Icya kabiri nkuko mwaduhaye ibyanditswe bigiye gusohora maagombye kufuha nibindi biburira abana b’ Jmana kugirango tutazagwa muricyo cyobo, murakoze cyane
Itorero rizaba rihari cyane.
Usenge Imana igusobanurire muvandimwe kuko haraho urugamba ruzagera ururwane ku giti cyawe utarebye cg ngo ubaze uwo ariwe wese
Je suis avertie je te remercie le sait esprit a voulu que je suive …cette émission merci 🙏
Mwabagabo mwe muri abahanga peee kdi Imana ikomeze kubashyigikira kubwo gusakaza inkuru nziza zagakiz kwisi . Gusa ibibihebyo biteye ubwoba peee
Uwapfuye yarihuse,akaga karagwira,mana uzaduhe kubizabitambukamo neza tudatsinzwe nuburiganya bwa satani
Badi mpita bibaza kubana bacu cyane
Uwapfuye yaruhutse pee
Turagowe peeee
Ubuse ko bigoye bavandi !
Ndakuva kandi mundusengere kukojewe birantera ubwoba nahebye kunja murusengero kuko bakubwira ibyamahoro kandi atamahoro yisi utakoze cyane kukomwebwe uvuga ukuri kandi iyisi yanka ukuri kuvakera mugihe umwami Mana icyibikwemera tubwire abumva bazumva mwemuyera adufashe
A d e p r ruñavu abana b iImana nimube maso kuko akarengane kabana bImana kaje kumugaragaro Imana twizeye itwambikimbaraga zo kuzahamya kristo byukuri mukozi w Imana nigukomeze iguhumugisha
Imana ibashyigikire kubwoguhishura amabanga yumwanzi
Muvandimwe urakoze cane ubutumwa nkubu nibwo dukeneye muriyimisi apana kutuzanira abambaye ubusa bakirigwa bavuga indimi umengo nimpimbano
Mukomere kuburira ubwo bw,Imana Kandi ndabakunda cyane Imana izaduhe imbaraga zidushoboza kunesha imigambi y,umubisha
Yesu abahe umugisha mwish cane bakunzi b'umusalaba wa Kristo
Imana iturwngere byoc niyo ibitegeka knd iduhe gukomera muriyimitsi yomeruka,😢😢😢
Murakoze cyane kutumenyesha Aho isi igeze ariko njye ndumva iyo ID tuzayigunga ahubwo nibazana kubyinjiza mu mubiri nibyo tutazemera
Ya ndishimye cyane byibuze ukuri kugiye kumugaragaro ndagukunze warkoze kuba urikuvuga ukuri
Muhabge umugisha bavandimwe muri Kristo❤
Hallelujah 🙌🙌🙌 God bless you
Mu kimenyestso cya 4 yesu yamennye ikizima cya kane kiti ngwino haza ifarasi igajutse yitwa rupfu kuzimu amwoma inyuma . 5 Abera bahabwa ibishura byera ,bategereje abandi bazarenganirizwa guhamya Yesu. Igihe n'iki::::.
Imana idutabare
Salut mon frère, je t'encourage beaucoup kuko uri gutanga amakuru yaho turi kugana
Que Dieu te bénisse
Imana ibahe imigisha Imana itwambike imbaraga zogukuca muri yinzira yinzitane
Ibi bintu ngewe mbizi kuva kera nkiri umwana none birashyize biraje umwana w ubugingo niwe utazajyaho icyo kimenyetso kd ibyo bintu ntago abantu bashaka kubyumva murabona ko batinye no guteraho comment uziko arko ibi bintu byumvwa nabantu bake cyakora hazaca uwambaye
Uko Niko kuri pe
Murakoze cyane lmana Iba akomereze amaboko
Ayii Kristo dutabare ntidushoboye dushoboze Mana!tuzabane nawe mu ijuru!
Ayiweeeeeeee😭😭😭😭Mana nyambika imbaraga z'umwukawera mbashe gukomera ku mwuka mubi
May God bless you more
Nukuri ntibyoroshye ariko Imana izadushoboze.bakozi bimana mukomere kd Imna ibehe umugisha
Ingoma 20-10 uko abayuda batsinze abamowabu bagatakambira uwika bakavuga batirwose tubuze ukotwabigenza none niwowe duhanze amaso turikumwe numugabo udangwa nimuhure ingabo ziturwanya zizisanga arimirambo timujizasi nimuhure niwemuyobozi wurugendo❤❤❤
Hano mubihugu byiburayi iyo nimero turayikoresha services yose ushaka ugomba kuba ufite iyo nimero nimibare 12 ahubwo ndumva igisigaye arukuyidushyira mumubiri Yesu adutabare🙏🙏
Nukuri uruwumumaro pee!! Imana igukomereze amaboko mukozi w'lmana
Abakristu ntabwo bumva kuko Satani ari kukazi ke, natwe turi muri Évangile de prospérité yadufunze amatwi n'amaso igihe Yesu azagaruka ntitubimenye 😢😢😢
Nukuri ntakiruta kuzabana na yesu ubuziraherezo❤
Nyagasani udushoboze uduhe imbaraga
Icyatuma tutibeshya kukimenyetso cyinyamaswa nuko twamanza tukamenya ikimenyetso cyImana. ( ikindi nukumenya antikristo..kuko anti kristo numuntu kandi ubuhanuzi bumuhishura neza)
Courage mwene data
Imana igihe umugisha mwinshi
Yesu ajye abaha umugisha mwinshi
Imana ibahe umugisha kd iturengere
Yesu nubundi nawe ni ibyo yavugaga sinzi ngo wamuvugaho ibihe bitari ibyo Imana idufungurire amaso y’umutima
Imana ibahe umugisha kandi umwukawera abane natwe kuko ariwe uzatuyobora icyo dukora
Arko iyonzira izitwa iyo kwera no gukiranuka gwabagenzi naho bobabaswa ntibazayiyoba
Izakurokora ibyago bitandatu ndetse birindwi, Kandi nta kibi kizakuzaho. Mu gihe cy'inzara izagukiza urupfu, no mu ntambara izagukiza imbaraga y'inkota. Uzahishwa intonganya z'ururimi, Kandi ntuzatinya kurimbuka kuje. Kurimbuka n'inzara uzabiseka, Kandi ntuzatinya inyamaswa zo mu isi.
YOBU 5;19-22
Imana ishimwe cyane
Dukiranuke neza uyumunsi niwowacu ejo sahacu bavandimwe imana yamahoro itwambike imbaraga
Nukuri Imana iduhe kwitekerezaho kd tubashe gufata umwanzuro wo gusanga Uwiteka
1 Nta bufasha uzahabwa bwerekeranye n’ubuzima utayifite
2. Nta burenganzira ukagira ku byo utinze utayifite 3.
Amen 🙏🙏
Imana niturengere pe, ahubwose ninde uzabisimbuka ko numva bikomeye.
Nukujya kwibera mucyaro
Muhumure Bavandimwe Yesu Ari ku ngoma
Yesu yaraje icyo kimenyetso ntacyo cyaza kumara kwisi.
Ntabwo Yesu azaneshwanibyo
Nukuri nkuzi cyera uri umusirikare wa kiristo kbs tok live tok I love you so much
Ntiba bitagoye, mwatubwira itorero musengeramo
Erega byanga byakunda ibyanditswe bigomba gusohora😊😊
Mufite impungenge zubusa abatoranyijwe n'Imana basobanukirwa neza ibihe barimo ibyahise nibizaza. Birakwiye ko ubutumwa bw'Imana bubwirizwa amahanga yose niwo mumurongo w'Imana umugenga wibihe byose!
Yesu ashimwe, murakoze kuduha amakuru kugirango tumenye uko twifata. None tuzokwifata gute? Muduhe solution rero yuko tuzitwara?
Mana weee!!!mbega ibintu bibabaje mbega ibintu biteye ubwoba!!satani numugome pee!!niyompamvu mwanga!!!ark aribenshya ntiyigeze arema umuntu kdi ntazi aha yaremewe!!!Yesu christo niwe uzatwambutsa!!!
Nonese kugufunga no kukwica nabyo bizaba bisaba iyorangamuntu yikorana buhanga??
Yesu nashimwe❤
Ndshakanimeroyawe
❤❤❤❤❤❤
Jembona uwutavutse yaratomboje, harahiriwe uwopfa yejejwe agahishwa ibigiye kuba kwisi. Ikindi abafise imiryango bavyaye nihatari mugani wa paulo nguwovyokundira yoba nkanje
Bigeze aho ndafashwa yesu atwambike imbaraga.
Imana izaturengere
Uzamukunda and a