UMUGENI BAROZE AGIKORA UBUKWE😢Umwambaro w'imbere BATWAYE NIWO NTANDARO|N'umusatsi😢Namaze imyaka 8...
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 16 ม.ค. 2023
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#NumeroYe_0783233146
NUMERO YA VESTINE: +250783233146
Uyu muntu afite ubwiza natural ✨️ 😍
Cyane gose
@ISIMBI TV muzatumire umugabo we ndumva afite uco abwira Abanyarwanda, kandi yubahwe😊
Dukeneye nubuhamya bwumutware we
Ni umugabo wintwali pe
Ubwiza ufite nibwo bakuzizaga ariko Ntibaziko Imana yabuguhaye Izakurindana nabwo Dushimiye Imana yagukijije 🙏
Nduwambere mumpe twatuntu nanje 😂😂 numve uko tumera 😂😂😂😂
Gaseve Sha ndakuzi warikeza cyane urinumwana mwiza Sha intunga bararoga baragahamba baroze na sister wae Sha pole
Abavuga Yuko urukundo rutakibaho namahomvu thanks Lord
Wahuye nibikomeye Mubyeyi mwiza! Gsa Imana yarahabaye ibakoza Isoni🙏🙏🙏🙏 Ikomeze Ababe hafi Shenge wow numutware wae!
Imana ishimwe yakurinze mugore mwiza.
Kndi uwo mutware wawe y’ubahwe 💕
Ohhhhhh uyu mwana wiwacu sinari mbizi ko yarwaye rwose namuherukaga kera tumushyingira imana ishimwe ko yakize akaba ari muzima sinaherukaga amakuru ye rwose pole sana Vestine (gaseve) nzagushaka nkusure Ndababaye kuba ntarabimenye
Gaseve yamaze igihe kinini pee ariko IMANA ishimwe ko ubu Ari muzima@
Rukera nawe warabuze
Yego nukuri RUKERA wacu Uwiteka aguhe umugisha mama. Ndaho meze neza
@@Queenmirene Sha simpaba ariko please ndaza ku kwandikira sinarinzi ibyakubayeho peee
Komera mama Kandi umugabo wawe ni imfura 😊. Imana ibajye imbere ❤
sha iyi si iratangaje cyane!
Gusa Nyagasani ashimwe kubwawe Mubyeyi mwiza
Sabin nawe Imana iguhe umugisha😘😘
Mbega umugore mwiza weeeeee imfura cyane! Humura Yesu yarakubohoye.
Pole cn mukunzi mwiza ndakomeye kubwu buhamya bwawe ibyo turigucamo none bizarangira kandi uri mwiza ❤
Mwabantu mwe Mu Rwanda harimo❤ amarozi kurwego rwo hejuru Reta sinzi niba haricyo yakora gusa ikibazo ntago bayemera
Ntago babyemera sha ariko mu Rda bateye ubwoba mu marozi najye ndi umuhamya
Uri mwiza shenge 💕
Imana ishimwe knd irakomeye. Uzayinambeho. Knd uzayikorere mukuri.
Ma queen disi ndakuzi mugore mwiza numugabo wae Clava wumwana mwiza kubi🥰🥰🥰🥰🥰Imana Ikomeze ibashyigikire
Warahuritse wo kanyagwa we !!
Impore mama.
Uwomugabo Imana imuhe imigisha myinshi
Mm Queen mubyeyi shuti yanjye ndagukunda cyanee
Yoooo! Vestine ! Imana ishimwe yakurinze 🙌🙌🙌🙌
Kandi umutware wawe Imana izamuhe ijuru! Uwiteka akomeze kubana namwe kdi ijye irinda umuryango wanyu🙏🙏
Genereuse weeee murakoze Imana turi kumwe peeeee
Imana ishimwe ko wakize , nshimiye umugabo wawe nubwo ntamuzi ni infura ya iRwanda Imana izamuhe umugisha kandi nawe uzamwubahe kugeza kwi iherezo❤️❤️
Amen kd amen
Yesu ahimbazwe iteka.Yarakoze cane kukuba hafi turamushimiye
Uwo murozi yatumye ubaho.mubuzima buhangayitse agutesha umwanya yenda wari nogukomeza amashuri nkuko wabyifuzaga. Ariko umugabo wawe akwiye kuba urugero rwabenshi. Muracyari bato ibyiza birimbere mama. Imana Ifite impamvu yakomeje kukurinda. Ariko ushatse kuba wasubira mumashuri byakunda ukazaba umuganga nkikifuzo warufite
Yewe mama! Imana igushimishe iminsi ingana ndetse iruta Iyo wababaye mu izina rya Yesu
Iyi couple turayishaka Sabin Vestine n’umutware
Bonne à côté
Nshimiye Imana caane yakurinze no kwiyahura.Umutware nawe ndamukuriye inkofero.Imana izomunezereze iminsi musigaje kubana nuri iyi si from 🇧🇮
Ariko abarozi bibamarira icyi,kujyirira nabi umuntu ntacyo yagutwaye.njya mbyibaza nkabura ubusobanuro.gusa Imana ijye ibahana yihanucyiriye.ntacyindi nabasabira
Abarozi bajye bapfa baveho ,bunguka iki Se ubugome gusa
Ohhhh,my God ,Hashimwe Yesu wabanye nawe
Komera mama iyi si yuzuyemo ubugome bwinshi, Imana ishimwe ko yagukijije kd Umugabo wawe yubahwe
Sabin uzamugarure arikumwe numugabo we
Vestine ndagusuhuje naguherukaga cyera I Gahini, Unsuhurize umutware wawe, Claver, imfura cyane
Mubyeyi imana irakora cyanee
Urugo nkuru nirwo Imana yishimira.Imana yarakoze kugusubiza ubuzima.
Amen murakoze mama
Yesu niwowe wokuturengera, komera vestine it's ok
Iyi couple irakenewe Sabin
YoooooImana ibahe umugisha, Umugabo nzamusaba nawe abaganirize.
Abantu batemera uburozi bameze nkanjye mu myaka ya 2006 na mbere yahoo.
Ariko Imyumvire yanjye yarahindutse kuva muri 2007 ubwo barogaga sister wanjye tukavuze Chuk,King Faycal akanga gukira kdi hari ibyo uyu mudamu yavuze numvise hari aho bari barwaye kimwe!!yaje gukirira mu bavuzi ba Kinyarwanda na Roi Faycal bari barananiwe.
Ahui mbega urukundo WE ,nyagasani abyunve nifurije umugisha umugabo wawe nyagasani azamuhe byose kubwibyo bintu yakoze
Amen kd nawe habwa Umugisha
Yoo pole mama Gaseve i Gahini ndakwibutse komera mukobwa w'u Rwanda warahuritse,twasenganaga muri groupe amahoro.
Komera komera waruzi kurirmba uri namwiza kdi Imana ishimwe ko ukiriho disi .
Warufite ubwoya mu maboko koko
Ahwiiiiii mbabarira winsetsa mado. Bwashizeho kubera uburozi
Mana Uri Imana ❣
Hashimwe Imana yagukijije nukuri
Ubuse disi ko uvuze Aho utuye ntibazakurangiza Burundu 😭😭😭☹️
Urwo nirwo rukundo kbsa
Yes Gaseve!!! Mpise nkusuhuza ntarumva n'Ikiganiro.Sabin Uhabwe Umugisha kumutuzanira.
G.S.Gahini hejuru cyane!
Mamique wanjyeeee weeeeeeeeeeeeeeeee hobeeeeeer
Umugabo wawe Imana imuhe imigisha
Noneho kuntu ntinya uburozi manayanjyeweee😭😭😭😭😭😭😭 mbega ibintu biteyubwoba😓 gusa Imana yarahabaye urimuzima urinamwuza cyane Uwiteka ashimwe ibihebyose😅🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌
Hhh ntabyo Uzi nyine😭
Niyesu wagize neza mama ndiho ndashima
Mbega ubwiza bw'imana🥰🥰🥰🥰🥰🥰
Nukuri
Ahubwo wagira afise 18 ndumiwe kweri
Sabin, ujye wihaangaana, umuntu naba ari kuvuga inkuru ube uretse kumuhata guhita a jumping kuri final😊. Hari aho uyu mu maman ageze avuga, umuciye mu ijambo numva nahita😅😅
Oya aretse umuntu ngo avuge vyose kimwekukindi harabo usanga ikiganiro ntitohera
Niwe uba uyoboye ikiganiro erega kdi aba agirango kitaza kuturambira .
ayobora ikiganiro neza cyane, ntana kimwe kinancika. Ariko feedback iba ikenewe, hari aho umutumirwa aba ashaka kubivuga ukuntu kwe, akamuhata kugera finale. uhita ubona ko n'umutumirwa iyo bigenze gutyo, abaye somehow disturbed. Ni akantu gato ko gukosora, naho ibindi byose ni sawa.
@@seasonsofmotherhood7151
Nukuri ndabashimira mwese wkurikiye ubuhamya bwajye. Muhirwe kd Uwiteka abarinde umubi mubantu
Pole bambe warababaye
Nukwihangana Cyanee
Abanyarwandakazi turi beza cyanee❤️❤️
Ni ukuri koko Imana niyo idushoboza byose. Uyu Mubyeyi ndamuzi.
Nkusi ndakwibuka shaweeee nanjye I gahini twigana mama BIOCHIMIE
Number one located in United States
Wouw congs kabisa
What a beautiful husband.
Ariko ndumva mu Rwanda hateye ubwoba rero
Birenze
Vestine disi twariganye hotelerie i Rubona komera cyane Imana ishimwe ko yagutabaye
Chantal ndakwibuka nawe kwa KIMONYO disi
Ndakwibuka I Gahini disi uri muri ADPER.God bless you.
Ndibaza ubuntakirimo?
Yego peeee
Ubu. Ndi muri Anglican Church nahinduriye umugabo
Chr Gaseve,nugira ubuzima uzajye muri buki,uryoherwe isi y’abarozi ntabwo abantu barayiha umwanya ngo bayimenye,,amashyari yabaye menshi ni ugusenga peee
Ndakuzi mama warababajwe gusa wibuke Yobu cg Mordikayi uko Nyagasani yabasubije ibyiza nyuma y’inigeragezo
Jya ushima mwana w’iwacu
Yego nzajyayo Mukwa buki pe, mbanumva mpakeneyeeee,,
⁰
Vestine disi ndakwibuka🥰
Uwo murozi muvuge izina abantu bamumenye bamwirinde si uwo guhishirwa Rwose🙄🙄🙄🙆🙆🙆🙆🙆
Uragira bamufunge yahita amurega ko yamuteye urubwa kuko mu Rwanda ntibemera amarozi
Mbega umumama mwizaaaaa
mana nukuri abarozi babaho urabivuga nkabyunva bareke bazahanwa imana izabakubita inkoni izonkozi zibibi
See god
Iyo biba nka Tz cyangwa Ug barikumutwika
Ihangane maa…. mana Niyonkuru
Abanya Rwanda nabarozi ruhebwa!!
Save ndarize nukuri
Sabin courage ndabakunda
Hashimwe gitare camahanga wakurinze
I Kibungo bararoga da! Niyo mateka yaho. Sinzigera ndota no kuhatura shwi
Hihihihihi😁😁😁 hatari pe
Arasa neza yemwe
Nturashime ko Avuze ikirundi Uwomuma
Abatemerako uburozi bubaho, ndabakomeje. utaranigwa agaramye yibwirako ijuru ririhafi
😫😭😭😭
Murugo si mukiriziya
Ariko abarozi bagiye bababarira abantu koko
Sorry mama .warababe pe .ihangane rwose
Pole sana Vestine( Gaseve) nshuti yanjye
Akantu kuko umuntu yakwigishije kudoda munzozi Niko kancanze pe ntahandi hantu wabibonye🤭😂
Yewe Ib yanjye ni story nabimenye muri covid muri lockdown
😢😢😢😢😢
Abanyarwanda nabagome pe ubu bibamariyiki kuroga koko ?
Inkorora
Ntabwo mwatubwiye, bagukoreraga ibyo byose bakuziza iki vrmnt ???
Twamaganye imyuka iturondora mw'izina rya YESU🖐️ KRISTO.TURWANYIJE SATANI NABADAIMONI TWIRUKANYE ABAZIMU NABAKOZI BA SATANI MWIZINA RYA YESU KRISTO 🖐️WA NAZARETI.USOMA IYI MESSAGE WESE IMANA IMUKUREHO AMABOKO YA SATANI..🖐️.NUBUTWARE BWUMWIJIMA.KATIKA JINA LA YESU🖐️IBITEYE UBWOBA BYA NIJORO!HEJURU YUBUTWARE BWOSE DUFITE📌☝️✍️ YESU ✍️☝️📌YESU KRISTO NASHIMWE 💜 MAMA YESU YARAHABAYE!
Arik biriy bintu vy maquillage tuvyishirako kubera ik muramboner ingene aberew ari naturelle ?
Pol kwel ndumv vyar bikomey pol
Mwalimu wanjye urinyangamugayo Kandi urumukristo
Amen cherie
Sabin turagushaka kuri Regina pacis kinindo nkuko usenjgera muri Regina pacis sabin watubabariye ukaza ubundi imana izahaguhera imigisha isumba iyumaze kubona yose
See God🙌
Imana ibahe umugisha
Hashimwe Yesu kristo watsinze satani
# 1 mumpe likes
Ye baba weee uzi konanjye ncira utunyama nyama duseye mbimaranye imyaka 14
IMANA igutabare ncuti
Egoko Yesu mwiza uducira utaziriye se?
Yesu weeee
Amaraso ya yesu yeze ubuzima bwae mvdi🙏😓
@@tuyishimeimelda7612 urakoze cyn kusabira narivuje henshi mubitaro byo mubihugu bitandukanye byaranze
Tuyishimire nshuti ndakwibuka irubona disi nshuti nari narakubuze
Claudette Chris uraho neza maaas
Ndayunva ubu nanjye niko meze nfite ikiroso nishimisha byakwanga nkishimisha amazi yotsa cyn
Yooo Imana ikurengere
Humura uzakira , izere Imana gusa ,nanjye yankuye muburibwe bukomeye
Imana igusange nukuri
Pole bambe
Pole mama Imana irahindura humura
Hhhhh-hhhhhh uwakubona bambe yagirango uri umuntu mwiza kandi byahe byokajya , watumye nkwanga
aq
Aho bikomerera niho Imana ibera igitangaza kandi uyizeye ntakorwa nisoni yesu yarakoze kukurinda
Uwomugabo Imana imuhe imigisha myinshi
Abapagani nimuze duhaguruke dusengere abarokore kuko bararogana cyane icyo cyaha cyarabananiye kukireka hamwe nubusambanyi
🤔😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆😆
🤣🤣🤣🤣
Hahhhhhhh
😅😅😅😅😅
😂😂😂😂😂😂😂
Ariko se ibi bintu byose bibaho koko ? Jye ndumva bimeze nkinzozi kuko zihurura cyane pe!