Uyu si minister ahubwo ni mama disi abana be nabsnyamugisha. Nkeka ko bafite ikinyabupfura nuburere bigaragarira mumaso nomumivugire mama Rwanda we love you so much
Hon. Minister ni umubyeyi. Yashubije neza cyane kandi ibyo yasobanuye birumvikana cyane. Iyi Topic iri sensible cyane mu Rwanda ariko tension yayigabanyije.
Mubareke bashake nabafite 16 mubareke kuko nubundi benshi si abakobwa ni bagore. At least yashatse yabura ubusugi yarashatse atagiye gusambana. Ba mam ntibubatse ingo se. Wenda bavuga bati ntiwerewe gushaka umwana wa 16 ufite imyak runaka
Uyu mubyeyi Minister arasobanutse cyane kandi byose birumvikana pe Scovia nawe ntiyoroshye mwese muri abanyamwuga as Rwandans we are very proudly of you
Ese ubwo kuba imfubyi ni impamvu ituma umwana abura uko agira akajya gushaka adakuze nkaho ababyeyi bandi batagihari😢none se gufata umwana wese nk' uwawe byaba bivuze iki😢😢😢 agire agahinda ko kuba imfubyi !!!!!agire no kuruha ari muto 😭😭😭😭
Ntabwo itegeko riri clear neza rwose, wumvise ko na minister avuze ko rigomba kunozwa. Min 19:34. Ubwo rero ikibazo kiracyahabaye mu kinko rwose. Barinoze ahubwo mbere y’uko ritorwa.
NI RYARI AMATEGEKO AHA ISHINGIRO GUSHIDIKANYA IBYO UMUNTU AKORA BIGIZE ICYAHA? th-cam.com/video/NSaK_39bsbQ/w-d-xo.html
Amategeko ndumva akenewe kuvugururwa kubwinshi kbsa ntampamvu yo kuvanga amakariso yonyina kufite chatto n'imodoka
Mutubarire ukuntu Ibiza bivangwa' kuko umuntu' avanga ibyafite
Scovia, genda urumuhanga kbs!!!!
cyakoze scovia wacu uzi kubaza pe
natwe tugukunda ntabunebwe pe❤❤❤❤
Uyu si minister ahubwo ni mama disi abana be nabsnyamugisha. Nkeka ko bafite ikinyabupfura nuburere bigaragarira mumaso nomumivugire mama Rwanda we love you so much
Nibyo rata Afite ikinyabupfura
mbega ukuntu minister yuzuye amahoro menshiii💗
Uyu mubyeyi ni Minister kbs. Imana imuhe uburame na Perezida amuhe kuramba mu nshingano. Ndamukunda pe.
Nukuli nkunze ukuntu minister asubiza!! Yitonze...
Ndagukunze .
Atega amatwi, amarangamutima.....
Niwowe minister wumuryango koko
Hon. Minister ni umubyeyi. Yashubije neza cyane kandi ibyo yasobanuye birumvikana cyane. Iyi Topic iri sensible cyane mu Rwanda ariko tension yayigabanyije.
Yeg,murakoze cyane "kungingo yabana haricyo mutavuzeho" mugihe ababyeyi batandukanye umwe muribo agasaba abana.urugero nk'umugore ahawe umwana aramujyanye igihe kirageze ashatse undimugabo bagasezerana ko umwana ajya kwanyirakuru Kandi ubwo ntibishoboye icyogihe uwo"mwana azarengerwa ate mubijye nuburezi
Uko ni ukuri ivangamutungo risesuye nirikurweho ababishaka babisabe.scovia hejuru❤❤❤
Abantu. Bavanga icyo bafite kuki uvanga nudafite icyo afite biveho abantu bavange 50/50 kubyo basezeranye bafite.
Arko rero ngew ndumva aribisanzwe ntawe bategeka gusezerana ahubwo nubushake bwabashakanye nibo bahitamo ibyo basezerana ahubwo ubugegera bwabantu ntumenya targuet yuwusezeranye nawe ubimenya yaguhindutse
Imana ijye iha umugisha uwo mubyeyi ndamukunda cyane
Yes , ningera mu Rwanda nzahahira muri scovia fashion house
Twishimiye cyane icyo kiganiro, Minister WA MIGEPROF Rwose nakomerezaho
Niba umuntu yiba 20M akemera agafungwa 10years ariko akavamo akayarya .wambwira ko 5years arimyinshi kumuntu ufite target yo
Ntibyoroshy pe ufite target wayihanganira da
Exactly brother. Ahubwo bajye bavuga basezerane Kuvanga angana ku itangiriro noneho arenzeho agumane nyirayo noneho igihe cyo gutandukana bazagabane 50/50.
Ahubwo bajye bavuga basezerane Kuvanga angana ku itangiriro noneho arenzeho agumane nyirayo hanyuma igihe cyo gutandukana bazagabane 50/50.
Murakoze kubwiki kiganiro Minister natubwire itandukaniro ryabarebwa n'Itegeko ryemerera gushyingira kumyaka 18, murakoze Scovia Ndagufana sana❤
Mwaramutse neza,
Mwakoze cyane kuri iki kiganiro,
Gusa mbona uyu mushinga w' itegeko utubahiriza uburinganire imbere y'amategeko .
Ni gute abantu bavuga ko bavanze umutungo kandi hari uterekana umutekano yavanze.
Nukuri bazagerageze itegeko ryubahirize itegeko nshinga bajye bavanga ibihari kandi bibarika.
Nukuri byazagabanya ibibazo by'umutungo bitera itandukana n'irari ry'imitungo rimaze kugaragara mu muryango nyarwanda kuko urugarijwe
Wow .. umu mama wu umuhanga, mujye muza kenshi Ku karubanda tumenye ibyo mukora. Nkiri tegeko nyuma yu ubusobanuro mutanze birumvikanye nka 80% .. kabisa muve muri office muganirize abo mukorera .. Scovia jyera no muri minisiteri yu umurimo ❤❤❤❤❤
Umezegute Nkotanyi warakoze kubwicyi,cyiganiro kandirwose uyu Mumama nimfura,cyane nakunzecyane uburyo asubizamo kandi mubwitonzi bwishi Noneho ibibintu bazabyitondere kubazaba batanga izompamvu hajyehabaho igihe byibuze nkibyumweru2 System irusheho kubisesengura ububasha ntibabuharire Moyor
Minister ni umubyeyi rwose.uwo mushinga ntabwo nawe awemera neza ukurikije uko abivuga.Asante nawe Scovia uba wasesenguye.
Bariya,babyeyi bimfura barimunteko ndabizera cyane muburyo bwamategeko aturengera kandi anaduhana ariko kwiyingingo ububushobozi bwahawe moyor ngewe,oya kandi,bazibukeko abahinzi bajyinama ninyoni zijya,indi,
Mama Scovia Vraiment ndagushimiye cyane uburyo wagairiye na Minister w'umuryango, ariko ankuyeho rwose uti Nanjye ugenda n'amaguru ntibarankubita none wowe ugenda wazamuye ibirahure bya fime
Nyakubahwa Minister,mukimara kubona ko amategeko mwatoye mbere,harabo yagizeho Ingaruka,mwagakwiye kuba mubaha,indishyi.
Mubareke bashake nabafite 16 mubareke kuko nubundi benshi si abakobwa ni bagore. At least yashatse yabura ubusugi yarashatse atagiye gusambana. Ba mam ntibubatse ingo se. Wenda bavuga bati ntiwerewe gushaka umwana wa 16 ufite imyak runaka
Ahubwo nibareke 18 basezerane muburyo bufunguye kuko n'ubundi aba afite uburenganzira mbonezamubano (civil rights) n'ubundi babona batategereza 21 bakibanira ninabyo bituma ababashatse babata bagasezerana n'abandi kuko ntasezeeano baba bafitanye bagasezerana n'abandi
Scovia turakwemera cyane uzatubarize kubabana batarasezeranye icyo gutandukana bivugwaho
Hari umuntu duturanye ubanye numugabo imyaka 20 babyaranye 3 ariko umugabo yaramunaniye burundu ninshigano zurugo nko guhaha nokwambika abana ntabyo akora Kandi afite ubushobozi Kandi umugore ibyiwabo yarafite yarabigurishaga akazana ngo afatanye numugabo kubaka ariko kugeza ubu Ari mugahinda kenshi noneho umugabo muminsi ishize yaguze inzu ayandikaho mushikiwe
Aho ntacyo itegeko ribivugaho nundi wasoma iyi comment abaye haricyo ayiziho yatubwira tukagira inama uyu mubyeyi
Scvia ndakwemera❤️❤️❤️ ;nonese umuntu ashakanye numuntu arko ukaba ufite umutungo ufatanije nundi uwo mwashakanye azaba afiteho uruhare ngo nuko mwasezeranye ivangamutungo risesuye
Njye ndumva azaba afite uburenganzira kuri shares uwo bashakanye afitemo.
Cyakoza Muri iki kiganiro minister yabyitwayemo nez vrmt, yasobanuye ndanyurwa.
Numubyeyi cyane!!!
Mureke habeho gusezerana ivangamutungo muhahano!
Kbc abaje bakurikiye ibyabandi bafite ibibazo
Uzubwenge
Byose nikimwe ko agukurikiraho akazi wagerayo ugahembwa ayakwambura nkaho ujya kwiga mwajyanye?? Uzi ubugegera burihano hanze?
Uyu niwe muministri nemera kbs( muburezi yahinduye ibintu,none no muri ministeri yumuryango ahinduye ibintu bravo kbs , abandi bakora iki ko bitagaragara🤷♀️
Numwana mwiz ,yabaye teacher wanjye muri universite (NUR)
Azasubire mu burezi yari yakoze pe. Bazamugumishemo nk'imyaka 10. Afite ubushishozi no kwitonda muri we. Imana igumye imuzigame
Jye mbona gukuraho agahimbazamusyi mu mashuri acumbikira abanyeshuri atarashishoje neza. Muri service zimwe na zime prime zibaho kd zirarutana bitewe n'aho ukorera. Urugero umuganga ukorera Faisal afita prime itandukanye n,iy'ukorera CHUK. Ntabwo rero mwarimu wigisha muri nine akwiye gufatwa kimwe n'uwigisha Lycée de Kigali.
@@ug500 Muraho neza. Niyo mpamvu dusaba abayobozi mu bushishozi bwabo ko bamusubizaho kuko ntabwo yabasha gukora ibyo yari gukora byose mu gihe bamuhaye igihe gito. Kuko ubanza yaramazemo imyaka 2 cg 3 muri iriya minisiteri ni mike rero gusa urebye uko yakoze yakoraga neza bazamuhe igihe gihagije ayishyire ku murongo. Abanyarwanda twaramukunze twaranamushimye pe
Nkunze aho musoreje, Nyakubahwa Minister iyaba buri mubyeyi yabyumvaga. Ababyeyi twataye inshingano z'ububyeyi kandi rwose nitudahinduka biraduhindukana rwose. Icyakora akanyafu rwose kagarukeho gacyemura ibibazo byinshi
Ikiganiro cyiza cyane. wakoze cyane scovia. Dushimiye na Minister
Njyewe numva umwana wimyaka18 adakwiye gushinga urugo ntaba arashobora kuba yakihanganira ibibazo byurugo
Sikovia. Abaza Ibibazo. Nkumva ndichimye
Iri tegeko rirakocamye cyane. Abashakanye bajye bavanga urukundo. Ibyo byose byimitungo nibyo bizana ibibazo. Ubwabo niba bakundanye bazamenya ibyo buri wese atunze...Ubundi buri wese agire icyo yakoreye bo bihitiremo ibyo bahuriyeho bamenye ni uko babyiyandikaho bombi. Nta mategeko ajyana cyangwa ashingirwa kuri emotion..urujijo rurimo ruraha abacamanza ibyanzu byo kubogama.
Mu mategeko nta byurukundo ikindi kandi urukundo rwabantu ni feelings ziza zikanagenda 🤷🏽♀️🤷🏽♀️🤷🏽♀️ biragoye kumenya niba umuntu azagukunda iteka cg agukunda byukuri 😢😢😢 kuko amafaranga niyo yerekana uko umuntu ateye byukuri 🙏🏽
Uyu mubyeyi Minister arasobanutse cyane kandi byose birumvikana pe Scovia nawe ntiyoroshye mwese muri abanyamwuga as Rwandans we are very proudly of you
Mutes wakoze cyane kuricyo kiganiro jyewe ndumva uriya mucananza bamuhaye ububasha adakwiye ndabona hazagaragaramo rushwa nyishi nakarengane
Wowe na Minister murabahanga kbx
Minister byamucanze,Noe mumufashe gusa Scovia arabyumva❤❤❤ good discussion
Warumumereyenabi nibizope Yesu ajye agushoboza mukazikawe❤
Hoya mama Minista ntamubyeyi wagutinyuka mukunvako ibyuvuga wabogamye hoya hoya wamfurawe urumubyeyi uhamye ahubwo munanuke mubacyebure cyanga Scovia nkuko tumukurikira turibeshi mwazajya mufata umwanya mukaduha ibiganiro nabyo byafasha,cyane mwijwiryanyu murakoze
Kd komerezaho mubyeyi turakwikundira mubyeyi mwiza
Iki kiganiro nicyiza cyane. Ariko ivangamutungo risesuye rikurwe mu itegeko. Hanyuma mu kugabanya hatekerezwe umugabane wahabwa abana kuko ikitwa indezo cyabaye nzambe. Wakoze Scovia
Minister arasobanutse rwose
Ubundi woe ntuzanzwe Mrs scovia. Waje ukenewe kbs courage!
Icyo nanjye ntasobanukiwe kuki kuvangura bishidikanywaho kuvanga ntibabaze icyo bavanga Dr azongere abidusobanurireho,murakoze.
Rwose birakwiye,kuvanga bisesuye bivuyeho,amakimbirane kubashakanye yaganamuka,erega hari igihe ureba ibyo bavanga ukabibura
Ahhhhh ndabona gatanya ariburimunsi❤
Dr wacu , mwibutse muburezi . uri umubyeyi mwiza ibyo wadukoreye byiza muburezi turabizirikana. kdi twizeye ko niyo Ministery uzayishobora .
Ese ubwo kuba imfubyi ni impamvu ituma umwana abura uko agira akajya gushaka adakuze nkaho ababyeyi bandi batagihari😢none se gufata umwana wese nk' uwawe byaba bivuze iki😢😢😢 agire agahinda ko kuba imfubyi !!!!!agire no kuruha ari muto 😭😭😭😭
Journaliste est bien placer❤
Ibyo Gushyingirwa,nimushyiremoko Umuntu ashyingirwa akuze ,ubukurebwe bwemezwe n'umuryango we iby'imyaka mubireke
Scovia, muzadutangire igitekerezo cyibizajya bihabwa abana kuko ntaburenganzira bagira mugihe cya Gatanya. abana baza kwisi kubushake bw'ababyeyi, ibaze rero ko iyo bagiye gutandukana batibuka ko abana nabo bari mubyo bagezeho bagomba kugabana cg kugabanya nabo imitungo. Rero, murwego rwo kurengera abana, bazafate percentage igomba guhabwa abana hanyuma nababyeyi bakagira percentage zabo. si non, igihugu cyaba kirikujya habi kuko abana tugisigira ni abanyabikomere n'akarengane.
Hagakwiye kurebwa nuwabaye nyirabayazana nawe akaba penalized. Kuko kuba umugabo ashatse afite imitungo, akaza akitwara uko yiboneye , akakwicira ubuzima , agukuye iwanyu . Hejuru yo kureba imitungo harebwe nuwakoreye undi amakosa nawe abe penalized. Kuko ushobora gushaka wowe ufite umutima wo kubaka ugahura nundi urata imitungo ariko ari indara akakwicira ubuzima gusa yarangiza ngo ugiye amaramasa ngo ntamitungo wazanye
Scovia iki nacyo nyabuna uzakirebeho
Abantu nibajye gushaka bafite umutima wo gushaka no kubaka rukaguma. Apana gushaka ugakomeza imikino ukajya guhamgayikisha umwana wabandi.
Rero impamvu yo gutandukana niyitabweho uwo bigaragayeho guhemuka bititawe ko ariwenyiri imitungo ajjyende amaramasa, muzabibona ko ibi bikozwe byamaraho izi divorce kuko umuntu yashaka yiyemeje kubaka no kuba indahemuka, kuko ikintu abantu bakunda ni imitungo. Umwe mubashakanye namenya ko naba intandaro ibimenyetso bihari azagenda amaramasa muzareba ko divorce zidahagarara kuko abantu bombi bazitwararika kandi badhakane bafite intego
Imitungo ihabwe uwahemukiwe cg uwabaniwe nabi abireremo abana b inzirakarengane. Icyi cyonyine kirahagije ngo abantu bahinduke intama, babane neza akaramata , umuryango nyarwanda ube ntamakemwa, nabana bakure neza
Scovia ndagukunda ariko nutekereza kuri ibi nzagukunda kurusha
Nukuri nibareke tuvange Ibyo tuzakorera
Erega namahitamo yanyu
Minister uvuga neza rwox Kandi wicishije bugufi ndumva nkukunze nukuri peee ❤❤
Ivanga mutungo barikureho kuko riradukandamiza haba kubagabo nabagore twese bamwe twanze gusezerana kuko iyo umbwiye umuntu ko mukora ivangura mutungo abantu babyumva nabi
Nanjye numva bajya basezerana ivanga mutungo muhahano
Mubyeyi reka kubogama sobanurira minist neza
Sikovia ndagushimye cyane nkunda ukuntu utubariza ahubwo abazanywa nimitungo babashakire nibihano kuko biraturambiye
Nibasubizeho uburenganzira bw'abana. Usanga uwahawe kurera abana ameze nkuri mu bihano.
Iritegeko niritworwa hazasaba ubungenzuzi bukomeye cyane . gusa iki kiganiro cyadufashije gusobanukirwa mwakoze cyane turabakunda 🥰
Scovia❤ mwaganiriye neza
1. umubano utari mwiza hagati yumugore numugabo bigira ingaruka kubana bavuka muri uwo muryango nta burere bwiza babona
2. Ikoranabuhanga riri ku isonga mubyangiza abana muri iki gihe, kuko barashaka ubuzima babona kuri social media kandi kenshi ntago ari ubuzima bw'ukuri
3. Ababyeyi basubire ku nshingano rwose naho ubundi turugarijwe pe
Inkwano nimihango yose ikorwa ntagciro byahabwa kuko uba ukiri umukobwa ahubwo bwo kugirango bizahabwe agaciro gusaba no gukwa bijye biba abantu bavuye mumurenge 😂😂😂❤️👍
Oya babivuze ko inkwano zizahabwa agaciro
Ndagukunda cyane sikovia mwiza
Minister munjya kunganya ubuhanga ❤❤
Minister Scovia Hejuru cyaneeee
Minister, hari ubusambanyi burasenya umuryango.
Rwose ndemeranya n'a ministère. Mbivuga kenshi ko ikibazo atari abana. Ni ababyeyi bataye inshingano zabo, ni ishuri, ni société muri rusange. Umwana nuwariwe kubera amateka ye yihariye ahera hariya muri fondation ye yumuryango, nibihashamikiyeho( umuryango mugari wumwana, amashuri, aho atuye, abayobozi.....)
Nyakubahwa minister abantu benshi barashaka bakurikiye imitungo ntarukundo rukiriho ahubwo basigaye baza arurupagaso arinayo mpamvu umunyamakuru akubwirako ashobora gufunga umwuka iyo myaka 5 nkuri kukazi nyine
Havuyeho icyitwa ivanga mutungo risesuye haboneka imibanire myiza ishingiye kurukundo gusa murakoze
Dr rwose njyewe numva abantu bajya basezerana ivanga murungo bahereye kubuzima batangiye bwurugo ibyo bari batunze batarashakana bitarimo
Ariko ibyo nabyo byitwabivanga mutungo muhahano na yo biremewe rwose.
Niyi myaka itanu tuyishimire Imana ariko byigweho neza izabe mirongo ine aho umuntu aba amaze no kujyira urubyaro imitungo yagirira akamaro pee!!
Ndabashimiye cyane ariko itegeko ryo gusezeranya imyaka cumi 18 ubworero nimukunda nzamutera inda ngende gusezerana scovi mama wikigora nukumutera inda yujuje 18 uwomunsi ngahita nsaba gusezerana niko mbibona
Ariko njye uko byumva,barikujya bareka abantu bagasezerana,noneho bo ubwabo,bakazabitekerezaho nyuma yigihe runaka,bakaza gusinyako bemeye kuvanga imitungo, uvanga imitungu ikaba Etap yakabiri ariko ishingiye kubwumvikane bwabo,, ariko biramutse bibaye ngobwako batagaruka gusinya kubyo kuvanga imitungo,itegeko rikajyira ibyo riteganya kubana
Umva abeshi bashaka kuberako. Batwite noe umukobwa utwite. Umugabo yamumbwura ngo nkwino tubane. Ukabyanga kd uziko. Utwite. Kuko ndiwamurega. Yaguteye iyonda ufite imyaka yubukure. Noe ibyo gusezerana wabizana gute. Uziko utwite ugize amahirwe wumvise iryo jambo utingwino tubane. Ukazana ibyo gusezerana. Uremera ukanjya kurututo rwumugabo. Umva niberebire. Kudasezerana byo ndabwo aribyo guhora. Umugore Wenda wamuhora. Imbamvu. Yatwise atabiteganyije
Amena tugiye kujijuka agakayi hafi
Ikindi nta vangamutungo risesuye ribaho,habaho ivangamutungo rusange, ivangamutungo muhahano, n'ivanguramutungo risesuye.
Ubwo murashishikariza abazasezerana kuri 18 gutangira guteretana bakiri 16,17, akamushaka ari 18 😮mwitegure kurihindura cyangwa mwagure gereza kuko bazakora amahano!
Bagabanye gufunga ahubwo bafashe Abo bana nihahandi ntibafunga ngo Abo bana babeho neza
Kubijyanye n'ivanganga mutungo risesuye itegeko ryagombye kuba clear hakajya hagaragazwa ibyo abantu bavanze kuko niho ikibazo kiri kugeza ubu
Scovi, ako kantu ushyizemo ngo habe n’amazi baduhaye…. niko kabi 🤣🤣🤣
Babyita gutebya 😂
😂😂😂😂
Ahubwo njye icyo numva nuko bigiye kwigisha abantu icyo abanyarwanda bise" gupfurika." (Gukora atsimba utwe nundi gutyo).
Gufunga umwuka byo birashoboka target y'imyaka itanu birashoboka kdi ntanabyare rwose (agiye ariyotarget)
Ark. Sikovia. Abaza ikibazo. Nakumva. Ndichimye p
Komerezaho scav
Ikikiganiro nicyiza cyane gusa kukijyanye numuryango njye uko mbibona nuko igihe kugabana bigiye kuba hakagobye kurebwa muburyo bwimbitse uwihishye inyuma yogusenyuka kumuryango akagenerwa nka 15 percent akagenda cg iyo myaka itanu bakayigira 15 kuko aha ho abamaze kubona ibipfa nibikira nibikura
Ahaaa nukumirwa !
gushaka kare kubera ubuphubyi changwa watwaye India ntamuti urimo. Abo bana bakabaye bafashwa mu buryo bwabafsha kubaho no gukomeza kwiga. Icyo rwose ntabwo bikemura ikibazo ahubwo aba azagura nibibazo mururwo rugo
Rimwe papa i Roma yigeze kwemeza KO ingo z'iyo myaka 18 zitaramba benshi bisoreza mu marira, divorce,..'
Iki kiganiro nikiza cyane ibintu by' imitungo birenda gusaza abantu kumpande zombi byafashe intera pe, Scovia Imana ikwagure kuko ureberera rubanda, naho urukundo rwo rwaragiye.
🎉
Minister rwose uru mubyeyi pe umubyeyi ndakwishimiye scovia ndagukunda Cyn
Waje ukenewe mama urwagasabo. Crg kbx
Scovia,ujye ubaza umuntu ureke asubize utamuvugiramo.uwo ni Honorable SI Sam
Ahubwo nazane contracts Kandi. Niritegeko zizagire. Retroactivity bityo nabashyingiwe mbere bazaryifashishe
Ukoma ururyo akoma n'ingasire,ku inganga mutungo risesuye,iyo habaye gutana,usanga umucamanza nta gaciro aha abana ku mitungo y'ababyeyi,akivugira gusa kubashakanye gusa!!
Scovia you're the best ❤❤❤
Courage kbx
Ministri ndagukunda
Abantu bakagombye kubanza kubaruza ibyo bahereyeho mu kubaka urugo.Burya umukobwa ibyo agura biva mu nkwano zatanzwe n'umugano,yewe n'inzoga zinyobwa ziba zatanzwe n'umusore ariko mu kuvanga umugore akazana umubiri we gusa.Ibyo nabyo bikwiyevguhinduka cg itegeko rigatekerezwaho neza
Ngukunda cyaneeeeee!!
Aya mategeko badushyiriraho,atuma abantu bamwe,baba abanebwe,agasenya ningo.Urugero umwe akanga gukora cg agakora abihisha,agamije kuzatwara ibyamugenziwe.
courage Ms Scovia
Cyakoze uruwambere
Minisitiri arabeshya, muhe abacyamanza ibyo bagenderaho.
Ruswa mwiyiha icyuho.
Kwicana kw'abashakanye kubera imitugo, ASSURANCE ni icyorezo muri Occident.
Ntabwo itegeko riri clear neza rwose, wumvise ko na minister avuze ko rigomba kunozwa. Min 19:34. Ubwo rero ikibazo kiracyahabaye mu kinko rwose. Barinoze ahubwo mbere y’uko ritorwa.
Ahubwo buriwese age yerekana umutungowe nimyendaye nibajya gutandukana inkiko zizajye zibirebaho hakurikijwe ibyo buriwese yarafite.
Inkwano rwose reka tubyizere ko muzazibariramo mutibagiwe na budget yubukwe umugabo aba yarashoye