Iyi nama umugiriye ninziza cyaneee kuko arikumva uyu metre yaje kuri mama urwagasabo akumva arinkaho barikumwe Kandi kuvugana nawe kugiti cyawe ni ukubanza kwishyura ,1M,ya avoka ,Aya dny ,bijyejeje umwana muri sinia 6@@kayongamike6618
Ese kuba abanyeshuri ba secondary Wenda abenda kurangiza, bashyiriweho isomo ry'amategeko - mubona bitafasha society Nyararwanda!! Mubyigeho mutubarize
Njye numva bazagendera kubindi bitari imirimo yo mu rugo kuko akenshi hari ababa bafite abakozi bo mu rugo babikora. Ahubwo yirirwa mu rugo yiryamiye gusa. Naho imirimo ikorerwa munsi ya supanet ni ibyishimo bya bombi nta mpamvu yo mubibara. Hazarebwe izindi ngingo zifatika.
Kuri iyi ngingo njyewe ndashyigikira ko bashyira amaboko hasi bagakora bagashaka imitungo. Kuba ntacyo umukobwa yazana cg umusore si ikibazo bafite gahunda. Kuba umukobwa atagetinga imitungo w'umugabo yamusanganye imyaka 5 ndayemera
#M23 KUVUGA KO IGIYE KWEREKEZA I #KINSHASA YABA YATSINZE SADC? KUKI IDAFATA GOMA MBERE YO KUJYAYO?th-cam.com/video/ke9O20UdUP4/w-d-xo.html
Maitre na Sikovia mukomere cyane kukijyanye rero nogusezerana ivangamutungo Rusanjye numuntu udafite ibyo Afite ndababwizukuriko cgane mkomucgaro Bagiyifu babigiramo uruhare. Njyewe harabinzi bagiye gusezerana mpari ndeba umusore bamubajije bati urasezerana mubuhe biryo umusore ati nivangamutungo muhahano. Sha Gitifu yahise Amusohora ngo nabanze Ajye kubitecyerezaho.
Congz Nyambo umwe mubabyeyi barikuvuga neza ikinyarwanda Kandi wunva ko accent Ari Congolese,akari kunyica ni ibiramahire ikinyarwanda cyiza cyane nubwenge bwinshi mubyo abazwa ❤
Buriyarero abantu turishuka cyane nigute washakakuvanga amaraso numuntu hanyuma ugashaka kuvangura imitindi yimitungo Koko ubwose urumva atarubutane mutarabana Koko ntirengagijeko harabashaka bagamije imitungo gusa, adashakakubaka umuryango, kandi uretse gusaba Imana ikagufasha guhitamo ugendeyekumahame kuvangura sigisubizope satani yibasiye umuryango abantu bakunze ibintu kurusha ukobikunda nonese ko upfa ukabisiga bikaribwa nabutazi ubwo iryovangura rikumariye iki mbabwireko umugore nubwo akenshyi ubona ntabifatika yinjiza cg yazanye afite umurimo uruta uwumukuru wigihugu kuko igihugu gifite abanturagebazima bava mumuryango.Karutangira twaritugifite nuko haribamwe baribagitinya umuco nyarwanda wokuvanga muzarebe abazungu ahobibageze ikimbabaza nabana bazavuka murubwobutane bwimitungo Ubu abagore nabagabo bagiyekwirirwabacengana nkabakinnyi bumupira wamaguru
Nukuri nange bano iyo usanga abantu bivugisha ngo ni gute ukuntu avanga numugore ntacyo azanye ariko mubyukuri sintekerezako ntakintu aba azanye, ikindi kuvanga imitungo ntago ari iyi mitungo iba igaragara gusa hari nitagaragara tutajya muri details, rero sintekerezako umuntu muba mugiye kubakana umuryango akabyara akarera akakubera umufasha wubuzima bwose sinibaza icyo uba ugomba kumwima ubundi iyomitungo uba uzayijyana hehe koko? Yego nabakobwa bibisambo bariho ariko SI Bose hari nababa bashaka kubaka kdi nibo bensi ntitugafatire urugero kubantu babi.
Umva uwo mumetre ndamushaka kabisa azamburanire umugabo yihakanye umwana kd yishakiye nundi mugore yarambwiye ngo nzamurege aho nshaka azitaba kd sinzamutsinda ngo niyo bapima DN azangura 😢😢 igaragare ko itariye
Ishakemo ubushobozi wirerere umwana.iyo weretse umuntu ko ubuzima bwanyu bumushingiyeho arushaho kugusuzugura tubana nabyo kdi ubuzima burakomeza mama
Umva yewe ishake mo ubushobozi ? Nabona utaribwa azagufasha utabimusabye
Amafrnga uzishyura Lawyer uzayahereho urere umwana wawe Uwo siwe MANA yawe ubufate nkudahari igihe cyizamuha ukuri
Iyi nama umugiriye ninziza cyaneee kuko arikumva uyu metre yaje kuri mama urwagasabo akumva arinkaho barikumwe Kandi kuvugana nawe kugiti cyawe ni ukubanza kwishyura ,1M,ya avoka ,Aya dny ,bijyejeje umwana muri sinia 6@@kayongamike6618
waretse icyohe ukirerera umwana SE???
Ndabakunda❤❤❤
Sikovia nkukunda nabuntebwe ❤❤❤ pe
Courage Maitre Emelyne . Uri umuhanga rwose
Esekuki muvugako ntacyoyaje azanye ,yazanye umutima ,Azana ubumuntu ,Azana ibitekerezo ,agufasha kwagura umuryango ,ibintunibishakwa ,arikubumuntu buravukanwa😊
Ngaho nyumvira ngwazanye umutima😢😢😢😢 uwabasanzese namutima abafite kweri
Murakoze namwe kuduha ikiganiro cyiza cyane
N' abagabo babara imitungo y' iwabo w' umukobwa bariho rero. Ako gakino kari ku mpande zombi!!
Muzatubarize niba byashobokako amasezerano aseswa hagakorwa andi urugero : ubaye warasezeranye ivanga mutungo risesuye nyuma mukumvikana ko mwayahindura
Ibyo uvuga birakorwa
Birashoboka ariko nubundi
Kubyara ngo ntagiciro uzi gutwita rimwe narimwe ukaba wahasiga ubuzima,uziko kubyara no kurera aribyo akeshi bitubuza gushaka ako kazi ngo tutajya kure y,umuryango,yewe maitre rwose agaciro k,umugore kubahwe,uzi protection dushyiramo ingufu ngo atarya ibyamwangiza
Erega scovia nibyacitse ,ese nkubaze wakambara ubusa mumuhanda ,wakabarira ubusa se uwo uwariwe wese oya!rero kubagabo kuko nangw ndiwe iyo dukora tuba dufite target yo kuzatunga umuryango mwiza kdi wihagije niyo mpamvu twatanga ibyo dufite byose tukamubona ushaka kubaka ibintu ntacyo bivuze kuko umugabo yemera no guphira urugo rwe nkanswe ibintu,njye sinibaza ukuntu wakemera kuvanga amaraso numuntu hanyuma ngo ntimwavanga imitungo ,usibye ibyacitse umuntu abona undi akamubonamo imitungo naho ubundi kubaka urugo ruzima ntago bisaba kubanza kureba kumitungo kuko turapha tukayisiga
Wowe uracyari umugabo muzima rata ngo hari ibihumbi 7000 bitari byapfukamira bayali nawe urimo
Abagore bafite akarengane cyane cyane abatarasezeranye
Uyu munyamategeko ndamwemera yaranyigishije muri high school.
Nkosore irina rye ni Nyembo Emelyne ntago ari Nyambo
Scovia urakabaho gusa ❤❤❤
Hahubwo gatanya zigiye kubanyinshi uwakoze byinshi acuranwe nutaragize icyazana kugirango imyaka itazabagereraho 5 bazajya batanduka itaragera
Bazatekereze nokugira contract zigihegito nibura imyaka 2-5 bashaka gukomeza kubana bakayongera, ariko bagahitamo nabashaka kubana ubuziraherezo !
Inkwano nikimenyetso cyumuco. Ubusanzwe mumuco n'inka 1 ihabwa umuryango.
Ahubwo mujye musezeranya abangana
Sicovia ndagukunda nkubura icyo nguha ukwanga arakagwa muri w.c pe
Ese kuba abanyeshuri ba secondary Wenda abenda kurangiza, bashyiriweho isomo ry'amategeko - mubona bitafasha society Nyararwanda!! Mubyigeho mutubarize
Urukundo rurimo imibare ni rushyashya. Ni ugushyira hanze ibiba biri mu mitima ya bamwe.
Men are always men, ibibazo duhuye nabyo turwana no kubyikemurira. Kwaka indezo umugore ntibiri muri twe.
❤
Of course njye mpora ni baza impamvu ivanga mutungo muhahano iyo ushatse kuri sinya bishidikankwaho nuwo mugiye kubana nukubera iki??
ahubwo uwishyuye inkwano arayasubizwa.
Ese guhitamo ivanga mutungo nabyo bivugirwa kwidarapo abantu bose bumva? Niba ariko bimeze nicyo kibazo kuko biragoye kuvugira imbere yabantu ngo ntituzavanga ibyiza nuko byaba ibanga hagati yabo bakabisinyira twe tutabyumvishe abanyarwanda bahita batangira kukumvishako uwo mugabo cg uwomugore atagukunda kuko mutavanze kd sibyo pe harubwo abagukunda ahubwo afite ubwoba ko wazamuhinduka
Nugusaba bakongeramo mwitegeko ababana bataraseserana imbere yamategeko mugihe batandqtukanye kandi hari ibyo bagezeho barikumwe. Barebe ningingo izarengera abana bari munsi y 18 year mugihe iwabo batandukanye
Itegeko ribivugaho urisome neza
Birababaje kwumva ko aho kureba hejo hazaza kuwo uri mu kaga, yatinda ku bintu, kugabanya imitungo. Ese ko ntabyo yazajyana apfuye, abishakira iki?
Ese konumva kubyara kurera bimeze nkaho ari favors umugore akorera umugore
Yego koko
Yewe harinijyihuza akanakunaniza nubundi Kandi wowe waruje ukeneye kubaka
Ahubwo se akenshi sibyo byiberaho gusa kuko abagabo benshi baba bashaka guhinduranya abagore da araguharurukwa
Scovia urwo rubanza rw'uyo mukobwa baruciye uko kweri ngo ni umwere uyo mugabo???Ibara ryaraguye
Scovia ibuka ko inkwano bayigabana kuko iwabo w'umukobwa bazana indongoranyo, ikindi batanga ibirongoranwa bakanambika umugeni ubwose ni gute ziguma iwabo w'umugore gusa?
Ku bijyanye no gutandukana mbere cg nyuma y'imyaka itanu, munibaze ugihe nyir'ukugira imitungo myinshi ariwe unaniza mugenzi we ngo batane mbere y'imyaka 5. Ubwo abenshi niba bandi bazaba barongoye abakobwa ba 18 ku gahato nyuma yo kubatera inda.
Ese scovia Ko ntacyo wazanye iyo akubwira muhahano warikwemera erega ntawusezerana ashaka gukwepa ubuse kukimwumvakoabagabo aribo bagira imitungo gusa alliah ntayifite sumukobwa
Cyangwa bashabe
Hari nabandi benshi bayifite uko abagabo bakora ni abakobwa barakora bakinjiza amafaranga akenshi mutangira urugo mwese muri abakozi muhembwa umushara ungana mugafatanya kubaka ariko iyo bibonetse bitangira kwitirirwa umugabo gusa nkaho umugore yirirwaga yicaye
Umugabo utarakoye ahaaa
Scovia erega abaturage b'URwanda ntabwo basobanukiwe n'amategeko y'umuryango. Mbona hakabayeho ko abagiye gusezerana bakabanje kwigishwa nk'uko twiga umubano kwa padiri. Kugirango muhitemo uburyo bwo gucunga umutungo muzi neza ibyo itegeko rigena.
Ubutaha muzatubwire no kubabana batarasezeranye⁉️⁉️
Uzi ukuntu uvanga umutungo umwe akaba ntibindeba ,ati twasinye ivanga mutungo.
Scovia komerezaho mubyeyi dukunda. Nukuripe uvigira rubanda ruhufi nubwo bigoyea riko bizashoboka
Munyumve neza
.
Uwo mutumirwa arigukoresha amarangamutima cyane
Ndabona umushinga utaha Ari ukujya basezerana kuri contract! Mugahana imyaka uti nirangira umwe azakomeza ukwe nundi ukwe!
Nzaguha inka mukobwa wacu
Ahandi, uba ufite abana niwe uhabwa child support.
Inkwano bagakwiye kuyifata nka investment kuko ni igishoro umusore aba yatanze ngo urugo rw'ubakwe. Kuki abantu iyo bagabana bagabana amasahani, nibindi byose umugore yazanye, ariko ntibagabane inkwano umusore yatanze!? Amategeko yacu arimo Ibyuho kbxa.
Niyo mpamvu narebye imitungo ukuntu iteza ibibazo,bituma nshakana numuntu utagize icyo afite ,Kandi ubu yubanye neza
Scovia ufite ibitekerezo,uwo Me niyemere ko inkwano yaba part y'umutungo w'urugo kuko inkwano niyo foundation y'urugo
Inkwano niveho cgwa se bajye bavangu4a ninkwano zirimwo
Scovia mumbarize, nonese nibamuha 39% , nukuvugako 61% bisigaye byo bizajya bihabwa umugabo cg nabyo azajya abigana numugore?
Mutubwire rwose
Scovi reka nkubaze ubu byibuze ugukoye menshi ntiyarenza1M mubanyarwanda nonec urebye ibyo umukobwa atahana agakodesha ibyo azabakiriza kokoc bihura niyo nkwano?
@@mukamishamireille5226 warasigaye umuntu usigaye akabwa make ya nyuma ni 2 million kuko Hari nabo bakwa kuva 5-14 ans ndabazi
Imitungo kbs isi we?
Kuvyerekeye inkwano,dot, uwo munyamategeko arahunga ikibazo.
Umuhungu yafashe crédit, akamara des années ayishura. Nibatana, azobandanya yishura. Cokimwe n'ivyo bafashe kugira bagire mariage.
Kandi afata iyo crédit kwari kugira ashinge uwo muryango.
None nimba bagabura patrimoine, n'amadeni yategerezwa guharurwa.
Actif- Passif
Noneho batanye ataraheza kuyishura, none ko
Abagabo bambuwe ubutware bazakomeza kurengana kugeza bemerewe gushaka abagore 2 bakabana n'ababubaha ubusambanyi buzaba bucitse no kugumirwa
Ibyo scovia avuga ni ukuri umushingamategeko azatekereze nihaba igabana inkwano nizimdi expenses umusore yaranze ngo agree muri urwo rugo kuberako umugore nawe asaba kubaritwa imirimo yakoze
Ndabona kwaka gatanya bizajya bimara byibuze imyaka itanu byibuze umuntu ari mu manza
Mwiriwe neza? Kuki batabibara nk 'igihombo kuba warakoye hanyuma yarangiza agasubira iwabo kandi batari buyamusubize
Ntimukivange murukundo ntimurabona abarwara akadege
Scovia Imana iguhe kuramba nokubaho utababaye❤
scovia ndagukunda nkabura uko ngira !!! ubaza ibyo nabo banyamategeko batatekerejeho kandi bifite reason rwose.
Ariko rwose indezo ntibazitanga jyewe ndababwiza ukuriurubsnzs rwanjye rwaranhiye mu kwagatanu 2022atoko kuvs icyo gihe ntashobora no kumbaza amakuru yumwana baheruksna 3021 tukiri murigo rwe umwana kuva icuo hihe ishuri nijye buri kamwe kose kandi ntakazi nugushakisha bigoranye kandi umugabo aba muri kigali nsnjye numwana miho turi koko ubwo sukuhira mkana?indezo ntazo batanga pe.
Ubwo mubarara agaciro kimirimo mugihe umugore atandukana numugabo iyo procedure muyifashishe mugena umushahara bwumukozi murugo
Nuyu munsi bararongoranya utanze amafaranga babaha amafaranga, inka barongoranya inka
Sibyo se iyo umusore yakoye ahabwa indongoranyo no kwa sebukwe ariko baba bavugije induru ngo umuhungu kuki akwa wenyine kandi iyo wakoye uhabwa indongoranyo
Ko hari icyicaro cy'abakobwa bashaka bafite. Imitungo abagabo ntayo ugasanga mu rugo nibo bakora na ya mirimo bo mubavugaho iki?
Ese kuki inkwano itakomeza kuba inka, bakareka gushyiraho za miliyoni nk'aho ali ikiguzi?
Nabyo ndunva bitesha umwali agaciro ke!
Scovia...ngewe simbona impamvu twabikura kuri 21, ahubwo twabishyira kuri 25 kugirango abantu bashake bakuzeneza, naho impamvu zidasanzwe, bakabisaba bigasuzumwa bugatangwa.
Njye mbona umuryango barawukase nkuko bakata ishu ntaho Ugana peee! reba ukuntu ingo zigora abashatse bakuze umbwire umwana wa 18? Bazajya bikoza mungo bigarukire bityo abakoze divorce biyongere mu Rwanda!numva bidakwiye pe.
@@akalizainezarayce3537ubundi abantu bashakanaga ari bato nibo bubakaga neza naho gushakana numukecuru aba afite ibigeso utashobora guhindura
Duhe number yurwo rubanza rwikarongi dusome Ayo mahano
Skovia icecekere karongi harakarengane kurwego rwo hejuru
Njye numva bazagendera kubindi bitari imirimo yo mu rugo kuko akenshi hari ababa bafite abakozi bo mu rugo babikora. Ahubwo yirirwa mu rugo yiryamiye gusa. Naho imirimo ikorerwa munsi ya supanet ni ibyishimo bya bombi nta mpamvu yo mubibara. Hazarebwe izindi ngingo zifatika.
None se Didienne kuki wemera kubana numuntu wirirwa aryamye utagira akazi niba utabasha kubyihanganira waretse kumushaka hagataho ndagusuhuje mwana wa kacyiru
Again, Scovia uze nkugurire akantu kuko ijwi ryawe rigiye kurenganura abakobwa nabasore babangamiwe nayo mategeko, rigiye gutuma bisanzura bagakora ikiri ku mutima
Nonese umukobwa ntibamuhekera ibyo atwara kumugabo?
Ni ruswa ivuzubuhuha Sha se icyutumva niki? ibiri hanze aha biteye agahinda
N'ubundi haranditse ngo:"amategeko yashyiriweho abatazi urukundo." Ngayo ng'uko.
Kuri iyi ngingo njyewe ndashyigikira ko bashyira amaboko hasi bagakora bagashaka imitungo. Kuba ntacyo umukobwa yazana cg umusore si ikibazo bafite gahunda.
Kuba umukobwa atagetinga imitungo w'umugabo yamusanganye imyaka 5 ndayemera
Ewuanee kuricyo cy'INKWANO uratubarije peeeee....
Byigweho nabyo
Erega iyo wakoye kwa sobukwe baguha indongoranyo urunva rero niba wakoye inka barayigusubiza
Scovia amena umuceri kabs👍
erega Scovi... ntanubwo ari ngombwa ubu ngo umwe mubashakanye yirirwe yihambira kuwo bashakanye kuko ava murugo akagenda akajya iyo ashaka, and then aho ashakiye akazaza kuregera gatanya
Ariko nayo Ava munkwano uba wahaye umukobwa
Amategeko ntakuraho umuco
None kwaruburiganire nibayirebe ikwnano
Nonsense
Scovia ntiwibagize ko umukobwa aba avuye mumuryango wiwabo agiye muwundi muryango kandi nabana abyaye bitwa abwoko yagiyemo. Inkwano / Inka nazo zikaza mumuryango wu mukombwa Imiryango ikaba ihererekanyije ubumwe, ibindi biza hanyuma birena babandi bashinze umuryango babiri arinabo bagabana, ababyeyi bo ibyabo baba barabirangije
Nonese ko bazaba batandukanye ubwo inkwano ntiyasubizwa uwayitanze? Rwose bigomba gusuzumwa cyane kuko tayari tuzaba tutanakibana kbsa.
Ibyo bintu bizarebwane ubushishozi kbsa
Inkwano ntiyajya mu byo bagabana kuko inkwano ihabwa ababyeyi b'umukobwa
Ariko iyo wakoye baguha indongoranyo
Arko iyo mubyeyi avuze ngo aba azanye igitekerezo undi we ntabwo atekereza?ubwo rero bavanga igitekerezo ibyimitungo bikarorera .