Plaizir burya mbonye ko kuba narafashe umwanya wo kugusengera hamwe na Zaburi Nshya , nta gihombo kirimo kandi hari impamvu🙏🙏 nzakomeza kubasengera pe, Imana Ikomeze Ibashyigikire🙏🙏
Yewe Mana we uyumubyeyi Imana iragukuunda cyaneeee ntutinye iyakurokoye urupfu rukomeye gucyo izongera ikurokore nubundi kandi ikomeze rwose kubatwikiza amaraso ya Yesu kristo
Plaisir we, Nawe rwose turagushimira cyane ,wagaragaje umutima wizera mu gukurikirana iki kiganiro gitangaje. Wagaragaje kandi ko ufite communication skills ku rwego rwiza Imana ihimbazwe ku bwa Maman Aline, Uyu mukozi wa sekibi we biragoye kuba umuntu yabona icyo amuvugaho Imana yonyine.
Imana ni nziza yankuye mu buretwa bwo kubona igokoko nanga mu buzima( le chat) nahoraga nsimbuka mu Muhanda, nsimbuka mu nzu mbona ibyo abandi batabona. Nibutse ko nagiriwe Ubuntu bwo gukira uwo mubisha nta kiguzi, namenye ko ari imyuka mibi nyuma. Am blessed
Yooo nongeye kwemezwa ko amasengesho ya saa sita y’ijoro n’aya saa cyenda ni ingirakamaro pe. Mana duhe gutsinda ubunebwe weee🙏🏾🙏🏾Imana ikube hafi mubyeyi
Njye mpora ngitegereje cyane. Mubyeyi watumye nsobanukirwa byinshi cyane. Kuko hari umuntu wahafi na hafi wabaye muri ubwo buzima .we numugabo We ntiyigeze we agora amahirwe yo kurokora abana be. Kuko we abana be ubu nabarozi bo murwego rwo hejuru. Imana ishimwe cyane kuba wararokoye abana bawe
Ubuhamya bwa Aline bwarankomeje cyane numva ko nanjye imbaraga mbi zo mu muryango zituma Abantu bamfata uko ntari zizagira iherezo RWOSE kdi vuba kubera AMARASO YA KRISTU WAMBAMBIWE N'UMUGAMBI UTAVOGERWA ABA AFITE KU MUNTU SHALOM SHALOM
Ntawe upfa mbere yo gupfa burya hejuru y'imbaraga za satani hari imbaraga z'Imana igenga byose. Ubu buhamya burakomeye kandi bumpaye inkomezi. Yesu arashoboye💪. Amakuru y'ijuru arahenze. Kandi Aline humura Yesu azi kurinda dukomeje kubona ineza ye uko bwije n'uko bukeye ajya arinda isezerano rye ibihe n'ibihe wowe guma kuri Yesu gusa abamwizeye nta bwoba.
Cette partie m’énerve nkinatangira! On ne négocie pas avec le diable! Sha urugo rurimo umupapa ntawurumenyera bigeze aho umukwe yiha za karibu zidasobanutse depuis le début ariko maman yari intwari 🫡 .&Imana niyo yakwirindiye!
ohhhh ibaze uyu mwana disi!! halleluaaaaaa! agufata igitenge disi agusubizayo mu gikari, ni nko kukubwira ati va imbere ya Satani! Mana we, ndagushimye ko ukoresha abamalaika, muri bo ukoresha abana! icyubahiro ni icyawe iteka
UBUHAMYA BWA ALINE (IGICE 7) th-cam.com/video/lZGCAO-XxKo/w-d-xo.htmlsi=2QcgMAGVSSOKFd0k
❤❤
Uduhe namba zawe yaterefone birababaje
Plaizir burya mbonye ko kuba narafashe umwanya wo kugusengera hamwe na Zaburi Nshya , nta gihombo kirimo kandi hari impamvu🙏🙏 nzakomeza kubasengera pe, Imana Ikomeze Ibashyigikire🙏🙏
Ninde warutegereje ikigice nkage ?? Imbaraga z, Imana zikomeze zibabeho nabana bawe Aline chr❤❤❤❤❤
Nimuduhe ikind gice
mudusengere cyaneee abakobwa umubiri wose wabaye ibinya nagize ubwoba ndikwibaza ibibera murushako nkumva birandenze mudusengere cyaneeeeeee cyne ariko
Iyi témoignage inyigishije ugutabara kw'Imana nuburyo ifite umugambi ukomeye k'umwana w'umuntu, yariziko igihe nkiki uzaba uri gutanga ubuhamya busubizamo abantu imbaraga n'ibyiringiro mu Mana. Yesu aguhe umugisha kandi akomeze akurinde. Turagukunda
Yewe Mana we uyumubyeyi Imana iragukuunda cyaneeee ntutinye iyakurokoye urupfu rukomeye gucyo izongera ikurokore nubundi kandi ikomeze rwose kubatwikiza amaraso ya Yesu kristo
Plaisir we,
Nawe rwose turagushimira cyane ,wagaragaje umutima wizera mu gukurikirana iki kiganiro gitangaje.
Wagaragaje kandi ko ufite communication skills ku rwego rwiza
Imana ihimbazwe ku bwa Maman Aline, Uyu mukozi wa sekibi we biragoye kuba umuntu yabona icyo amuvugaho Imana yonyine.
ndabicakiye nari mbitegereje: mbibonye hzfi saa sita zijoro. glory to God. Aline komera humeka Imana iriho. Plaisir merci. Imigisha ibanyagireeee
Imana ni nziza yankuye mu buretwa bwo kubona igokoko nanga mu buzima( le chat) nahoraga nsimbuka mu Muhanda, nsimbuka mu nzu mbona ibyo abandi batabona. Nibutse ko nagiriwe Ubuntu bwo gukira uwo mubisha nta kiguzi, namenye ko ari imyuka mibi nyuma. Am blessed
Yooo nongeye kwemezwa ko amasengesho ya saa sita y’ijoro n’aya saa cyenda ni ingirakamaro pe. Mana duhe gutsinda ubunebwe weee🙏🏾🙏🏾Imana ikube hafi mubyeyi
Ububuhamya narabukurikiye bwose. Bwanyigishije imbara z'imana cyane cyane kdi irinda ijambo ryayo kuko uyumubyeyi imana yariziko adukomeza mugihe Niki nogeye kwizera imbaraga zamasegesho muduhe igice7
Murakoze njyewe ububuhamya bwa Aline bwankoze kumutima nukuri imana ihahari yarahabaye imana iyo ivuze ngo baho ubaho nukuri turiho kuberayo burya umwana w,umuntu ntiyakwica imana ita byemeye nkuyemo kwizera imana kuko iyo ivuze biraba kandindi yate geka bigakomera Aline komeracyane imana izaguhe kurama kumana murakoze🙏🙏🙏🙏
Uyu muntu akwiye kumenyekana agahabwa akato nku uko nyina yamvumye, ntakwiye kuba muri Societe . Dusenge Imana igire icyo ikora ababyeyi biduteye kwibaza ku bana bacu bakeneye kubaka ingo
Nirirwaga nsura ndebako mwahageze,,mubyeyi iyi film ntizakuvamo,mbega kubihirwa nurushako weeee😢😢😢😢uyu mugabo Imana izamuhembe ibimukwiye
Hhhh abagome ntacyo baba Ahubwo baragororerwa !
Sha najye niko nabibonye ark hari uwo neretse Imana imumpera igihano tuuuu
Ubwo atanze ubuhamya birashira buriya arimo gukira
Aline Imana Igukoze pe waciy mubikomeye🥰🇧🇮ariko haribimwe wakora utavyiyumbiriy cane knd warumaze kumenya ko arumuntu mubi nkaho yaguhamagay muvanye ngo yibagiy kukuramutsa naw ugaca umuramutsa.yari yarakuroze kweli
Ali amaraso ya Yesu kristo akomeze abatwikire nabana bawe turi kubasengera Imana izabaneshereza mwiza ❤️
reka nkubwire Plaisir ,maze kumva ibice vyose,ico iyo ntahe ya Aline yanyigishije nuko "Kwihanganira ibitugora bikatugerageza bishitsa kundunduro nziza kuko Imana ibayabanye numuntu muriyo vyose acamwo " kuko Imana yaranavuze iti"nzoguha umusalaba ushobora gutwara "Amen
Mana weeeee
Uriho witwa Ndiho hahirwa abakwiringira!
Ukore umurimo kuri uyu mubyeyi n'abana be mu izina rya Yesu!
❤❤❤❤❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤ Sha narimbategereje
Harimo agatandukaniro Gato arko nange Niko narimeze ark ndashimira yesu wankuyeyo ndabyumva cyane
Harimo agatandukaniro Gato arko nange Niko narimeze ark ndashimira yesu wankuyeyo ndabyumva cyane
Amen👏👏👏🙌🙌🙌🙏🙏🙏
Murakoze cyane narintegereje suite kuko numvaga botarangiye.Ubu buhamya bwaramfashije cyane bwatumye menya guhamya yezu Christo menya ko Imana irusha imbaraga ubwami bwa Satani.Namenyeko uwiringiye Imana Atazakorwa nisoni.🙏
Igaburira inyoni ikambika uburabyo nabwo izagutererana humura Imana irakuzi ntihakagire ikigutera ubwoba komera shikama wizere yesu komera utuze umutima warakoze Mana kurinda Aline 🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌
Mana Yanjye! Imana ni nkuru pe! Icyi gice kinyeretse ko imbaraga z’Imana ali powerful 💪🏾 🙏🏾
Nibutse nanjye uburyo nasenye 😢abantu baziko arinjye nananiranye😢😢😢 umugabo yankubitaga ntacyo nakoze yamara kunkubita agahita atangira kurira ati se ninjye nkukubise??? 😭😭😭😭 atise ubu nkuhoye iki ! Uvuze akozantu ko yagukubitaga ari akantu kamuzengurutse kumutwe mpita mbyibuka nabonye azanyica nawe muburyo adasobanukiwe kubera Imbaraga zimurimo ndigendera pe💔💔💔 Imana izampe imbaraga zo kuzatanga ubuhamya kuko mpora ndwana no kubyibagirwa byaranze
Uzabivugye uzaruhuka.
💔
Pore Sana 😢😢
lmana yakoze ibikomeye none Natwe turishimye lmana izi kurinda yagize Neza ❤❤❤❤
Mana we!!!!mbegubuhamya!!!mw'ijuru har'Imana ikomeye cane Kandi muvyeyi uzosoza urugamba amahoro ukuca mubikomeye Niko Imana iguhinguramwo uwukomeye komera ushikame ushire amango mw'ijuru har'Imana itabara mwizina rya yesu
Yesu nashimwe.nakuyemo kwihangana nokwemerako ntawahinyuza umugambi w'Imana ikindi nuko nakuyemo kwambara imbaraga zogusenga nogusengera abanjye bose n'ejo habazankomokaho.nogusengera buriwese naba muzi cg ntamuzi.gusa harimo inyigisho nyinshi,iyindi nakuyemo nuko twaguma mumugambi w'Imana nubwo ushaririye😢❤
Yooo nukuri wanyuze mubihe bigoye Mubyeyi ark hashimwe Rurema ikomeje kuturinda yagirango uzamene amabanga y'umugome Uwiteka akomeze abane nawe na Family yawe kandi Imana iguhe umugisha ubu buhamya buri kudufasha cyane pe na Plaisir Imana imuhe umugisha kubwo kutugezaho ubu buhamya kuri zaburi shya nibyigiciro gikomeye ❤
Njye mpora ngitegereje cyane. Mubyeyi watumye nsobanukirwa byinshi cyane. Kuko hari umuntu wahafi na hafi wabaye muri ubwo buzima .we numugabo
We ntiyigeze we agora amahirwe yo kurokora abana be. Kuko we abana be ubu nabarozi bo murwego rwo hejuru.
Imana ishimwe cyane kuba wararokoye abana bawe
Aline weeee mpore mpore😢😢😢 Ariko ntiwabimenye ko iyo wiketse ikintu kitari kizima, canke wumvise amajwi atariyo uca usemerera uvuga uti"AMARASO YA YESU" antwikire, akunkize, akwigizeyo... Nukuri ibitangaza bica biba❤❤❤
Yewe igice cyakane kinyemejeko ushatse Imana wese arayibona wamubyeyi we ukundwa n Imana
Komera cyane Mubyeyi Imana inyuranya ibihe humura izakugirira neza n,abana nawe⭐
ALine we wahuye nibigeregezo bikomeye cyane kd wagize kwihangana gukomeye cyane ark uburinzi bw,Uwiteka bwari iruhande rwawe
Kuva nakumva ubu buhamya, Aline n’umuryango we ndabasengera pe, ngo Imana Imwomore, kandi byatumye nsengera n’urubyiruko . 🙏🙏
Iyo umuntu atanga ubuhamya bwateguwe n Imana,bivugwa nkubusomwa,kdi ntaho byanditse,habwa umugisha kuko uwiteka yakwizeye akakugira ikibaho twigiraho...
Wambabariye Plaisiri ukazanjyana gusura uyu mubyeyi. Nararondohoye cyane njye nabonye uwo babanaga Ari kazungu
Ubuhamya bwanyeretseko hanze aha harabantu bababaye cyane mubintu batahisemo ariko nanone ko umuntu apfa umunsi we wageze icyo dusabwa nugusengera imiryango yacu natwe tukisengera
Ubuhamya burakomeye kbs cyakora imana yarakoze kuguha kwihangana rwose kandi uwimana ifiteho umugabi ntakintu yaba kbs gusa wahuye nurugamba rukomeye imana yarigufiteho umugambi mwiza gusa ndashimimana yahabahe ihabwe icyubahiro 🙏🙏🙏
Hasingizwe Imana Data watwese wakurinze, akagukura mumenyo ya sekibi 🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Yezu Kristu weeeee umugabo wawe yari yuzuye imyuka mibi,yari yarakuroze byo rwose ntawabishidikanya,
Nyagasani Yezu Kristu yarakoze we wakurokoye🙏
Ubuhamya bwa aline bwatumye nongera kurahira ko ntamukobwa wange uzashaka umwirabura ibibi birarutana abirabura tugira ubugome burenzeho pe...uyumugabo arenze ninterahamwe 😢 Imana ishimwe kugifite n'urukundo dwabana wabyaranye na shitani pe....ukeneye amasengesho meshi nange ndagushyira mwisengesho
Ubuhamya bwa Aline bwarankomeje cyane numva ko nanjye imbaraga mbi zo mu muryango zituma Abantu bamfata uko ntari zizagira iherezo RWOSE kdi vuba kubera AMARASO YA KRISTU WAMBAMBIWE N'UMUGAMBI UTAVOGERWA ABA AFITE KU MUNTU
SHALOM SHALOM
Mbega Imana utarazi Imana ndizeye ko yayunvise uwiteka akomeze akube hafi kuko urakeneye ubutabazi bukomeye Plaisir uwiteka aguhe umugisha
Zaburi nshya lmana ibahe umugisha ubuhamya bwuyu mubyeyi bwanyigishije imbaraga zumwami nogukomera
Imana itakurekuye ntaho uja! Imana izi kurinda Shimwa Mana kuba waraturindiriye Umuvukanyi n'abana biwe! Imana ifise impamvu yagucishije muri vyo bihe ikana bikuzigamiramwo ni kubw' umugambi wayo
Mbega umubabaro uyumubyeyi yagize gusa Imana ishimwe ko yabanye nawe ikamurinda ahobishoboka naho bidashoboka nonjyeye kumva gukora kw'Imana gusa ntacyo mukibaye ibisigaye nabyo bizarangira komera mubyeyi
Yesuwe ivyo wamukoreye nibyo vyari bikomeye komeza wigaragaze mumuryango twese abakurikiye ububuhamya tuzagushima cyane
Nukuri ububuhamya birimo ubutumwa cyane butwerekeza mukwegera Imana cyane Kuko abakozi basekibi barahari kd bafite imbaraga
Ubuhamya bwa Aline bwamfashije kumenya ko umuntu apfa ar'uko Imana yabyemeye.
Ntamuntu numwe afise ububasha bwo kwica uwundi shiti Imana yabyemeye. Ikindi nashoboye kumenya ko Imana ishoboza umuntu kwihangana kugira yubake intahe.
Ikindi n'uko shetani ikorera m'umuntu agata ubumuntu.
Paisir na Aline Imana ibahezagire.
Aline Imana izomuzigama izabona abuzukuru n'abuzukuruza kandi Imana izomunezereza cane.
Manayanje warakoze kurinda mwene Data nubu ukomeze kumurengera nkubu numvubwo bwinshi ndahahamutse kwumvibi ariko hari Mana ishobora vyoose rema ntamuntu apfagupfa umusutageze iyakurinze cagihe coose iracariho iracakora ni Mana yinkomezi
Yoo impore mama ubuhamya bwawe burampa ikizere nzavayo ngaruke mubuzima.
Ayomarira yo gusaba imbabazi barayagira haricyo menye Imana yemeye ko bikubaho kugirango nzumve inzira nzanyuramo mvayo ni wowe Imana yanteguriye ngo mbone gutabarwa.Byose turabihuje ariko ndatabawe ndizeye IMANA impe ubwenge bwayo n,imbaraga.
😊😊😊
Imana Ishimwe cyane. Nari mbutegereje cyane. Imana Ibahe umugisha. Ubu buhamya bwatumye nongera kumva Imana bushyashya.
Ubu buhamya nzubukurikira mpaka. Komera Mubyeyi Imana yakurinze byinshi. Amen
Plaisir imana iguhe umugisha utumye aline aturema umutima koko imana iratabara ni ukuri imbaraga z,abarozi Imana irazinesha
Igice cya 7, Imana Imuhe imbaraga n’uburinzi kugirango nacyo kize. Imana Ibarinde cyane. Ntacyo Imana Ikorera guhomba, gusa mubyo Ikora byose Irera, Irera, Irera. Ariko biba bishaririye pe. Gusa ntijya yikoreza umutwaro utawushoboye. Aline warakoze kwemerera Imana Ikabikunyuzamo🙏🙏 kandi wubahwe pe. Imana Ibarinde🙏🙏
Amashimwe n’icyubahiro niby’Imana yacu 🙌🙌🙌🙌🙌🙌
Ndabashuhuje mwizina rya yesu kristo. Ubuhamya bwafashije kubintu byishi 1,kumenyanezako abajyakuzimu babaho 2, kontagihinyuza umugambi wimana.3,kumbaraga zibaho ukozangana kose hejuru yazo harizimana zikirenga.4, nogeye gukomera mumana nokwizera Imana nu mwana wayo Yesu kristo.
Ahwiiiii mwarakoze cyane kuduha ubu buhamya bwatunye mfunguka muburyo bwumwuka nokuba maso kubantu
Uwiteka arengere abakobwa batarashaka batazashaka umugabo nkuwo kuko njye nababaye nanubu, cyakoza Uwiteka agira amaboko...🙏
Yoooo hashimwe yesu ukomeje kukurinda kdi azakurinda amajya na maza ntacyuzaba Imana murikumwe humura ntuzapfa uzarama
yesu weeee dutwikirize amaraso yawe biteye ubwoba niyo mpamvu tugomba
Guhagarara muri yesu a
Line humura ufite Imana ikomeye turatabaza izina rya yesu Christ turabasengera nabana bazabohoia ntakinanira Imana
ALINE, Imana Ishimwe cyane kandi Ikomeze Ikurinde hamwe n’abana bawe.👏👏🙏
GUMAMO NEZA🙏
Ubu buhamya bwa aline bwambereye incuti kuko harubwo twibwirako dufite abantu Kandi arabazimu aline wararakoze kuduha ububuhamya kuko twakuyemo amasomo meshi Kandi umuntu utarakuyemo amasomo hano nanigihe aziga gusa warakoze cyane
Ubuhamya bwa Aline bwaramfashije cyaneeee
Niubwa ye murugamba nize kandi nsobanukirwa byinshi
Imana yaramutoje ngo benshi tuzahumuke abandi babashe kumva no gusobanukirwa kandi abandi babashe kuzacika iyi migambi y’a satani niukuri nanjye ndi mubafashe gahunda yo kugusengeran abana na Mama wawe n’a bavandimwe kuko Iyabayoje niIyo kwizerwa
Kubakoresha ibikomeye byo ntakizayibuza
Imana irarind nukuri pe nukuri iyi nkuru yatumye niyumva ko nta bibazo birenze ibyabandi nfite kuko najyaga ndira nzi ngo nyura mubibazo ariko Arine nintwali di Imana ikomeze kumuhisha
Byarandenze ububuhamya umutima wampagararanye gusa Yesu n,umwamiiii nukuri sinzajya ndara ntagushyize mwisengesho uko nzajyansenga impore iyakurinze yashakaga ko abantu bakanguka bakanabamaso igiye kuzaguhoza marira mwizina rya Yesu Amen
Mana yange , Imana ihimbazwe ko uyu mu Mama ukiriho. Kuko yerekanye ibintu byinshi, twe twagataga binenebwe. Yewe ngezesinajyana nemera ibintu nkibyo. Ariko uko numva uyu Muma ntabeshya Kandi ntanubwo abivuze kugirango azabe umu stari.... Imana yabimunyujijemo NGO azatabare benshi. Yewe musabire aba mama nabakobwo. Yewe ngize ubwoba cyaneee. Ariko icyo nizeye Nuko Imana iturinze.
P
O
Ooo o
Amen👏👏👏🙌🙌🙌🙏🙏🙏
Yesu Ashimwe cyane
Nukuri ndi mubantu bakuricyiranye ububuhamya bw' uyumubyeyi
Bwatumye ndushaho kwizera cyane kandi bwanyigishije ko Iyo uburinzi bw' Imana murikumwe ntacyo waba uko byagenda kose
n'Imana isumba byose ikuzimu hari mukuboko kwayo
Yo Mama ubuhamya bwawe burababaje cyane nararize ariko Imana ishimwe kubukiriho Mama Imana igufiti umugambi mwiza wowe na banabawe Imana ikomeze kubarinda
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤Aline ncuti ya Yesu. Mukobwa wa Kristo.mbanje kugusuhuza. Nkwaturiyeho amaraso ya Yesuuuuu. Akubeho uhereye none ukageza iteka ryose kandi bibe no kubana bawe bose. Amaraso ya Yesu abatwikire. ❤❤❤❤❤ humura Rurema arakuzi pe Kandi nkurikije ubu buhamya pe Christo ari muri wowe kuko yakurinze byinci pe.ikindi pe kuba yaragutarukije ibyo byoseeee nuko yabonaga ko agufiteho umugambi kandi nge mbona arumugambi wigihe kirekire❤ Aline warihanganye pe rwose nange sindabona umubyeyi wihangana bigeze aho pee. Ali urihariye peeee. Nyagasani akomeze akurinde iyo myuka mibi yose rwose kdi akomeze agutwikirize amaraso ya Kristo akubere byose aguhumurize muri byose akurinde kuzongera kubabara ukundi akurinde amarira nikindi gisa nagahinda cyose. Imana ibikurinde kdi ikurengere nkwaturiyeho amaraso ya Christooooooooooooooooooooooooooo. Imana , Umwana , nUmwuka wera bakubeho burunduuuuu none niteka ryoseee. Amina
Ntawe upfa mbere yo gupfa burya hejuru y'imbaraga za satani hari imbaraga z'Imana igenga byose. Ubu buhamya burakomeye kandi bumpaye inkomezi.
Yesu arashoboye💪. Amakuru y'ijuru arahenze.
Kandi Aline humura Yesu azi kurinda dukomeje kubona ineza ye uko bwije n'uko bukeye ajya arinda isezerano rye ibihe n'ibihe wowe guma kuri Yesu gusa abamwizeye nta bwoba.
Ububuhamya bunyigishije ko Imanayonyine ariyo igirijambo ryanyuma kubuzima bwumuntu kdi ko icyuzabacyo ntaho kijya
Komera mubyeyi w,intwari.Ariko biteye ubwiba pe.
Humura Imana yagirango iburire abantu bayo.
Merci Plaisir.
Aline humura mw,ijuru hari Imana ishobora byose.
Imbaraga z'Imana ziri hejuru y'ibintu byose Hallelujah tuyikomezeho,mubyeyi komera Imana irakuzi
Mega Aline weeeeee😢 Umva Ubu buhamya buzakinwemo film knd izigisha benshi bazanayikunda 😢 gusa Mama Aline naragukunze humura wamunyambaraga we uri kumwe nImana ikurimbere Ntacyo uzaba ❤
Nshaka kumenyana nawe Claudine uziko namye niyumvira KO yoba filme
Ivyo bintu avuze vyinshi nabibayemwo ndavyumva caaane.
Yesu abahe Umugisha🙏
Ubu buhamya bwamfashije byatumye komeza gusenga naya saaha ya sacyenda ndakomeza senge.Aline Imana ikomeze ikwambike imbaraga warakomeretse bihagije
Plaisir na Aline Imana ikomeze ibarindire mu buntu bwayo ku bw'ubu buhamya bukomeye cyane mwakoze ibishoboka byose ngo mutugezeho! Nasanze burya ubuzima bw'umuntu buri mu kiganza cy'Imana ishoboye byose. Ntacyo waba itabishatse kdi nabonye ko no kugera kure atariko gupfa nta kure Imana itakura umuntu wayo ngo imutabare pe! Turabakunda❤❤
Ibijyerajyezo biragwira ubunjyenarumiwe mana tugushimiye kutajya wemera kudutererana mana ndakwinginze uyumubyeyi muhe kwishima kandi kwishima kwe nukumukiriza abana kandi urashoboye kandi warakoze kowemeye ko ibibyose bimubaho ukaba arinawe ucyibirimo mbigusabye nizeye mwizina rya yesu umwana wawe 🙏
Yesuweee Imana irahambaye nukuri nongeye gusubizwamo imbaraga Manaweee uduhangarereho kuko turikurwanywa nimbaraga zitoroshye wamubyeyiwe Imana ikomeze yigaragaze kubuzima bwawe nabawe kuko irabishoboye komera Imana murikumwe
Enfin. Wamuvyeyi Iyakurinze impfu nyinshi ntizareka kukurinda n'abana bawe. Humura. Kandi n'ukuri nongeye kwigishwa ko umunsi w'umuntu ni Imana iwugena
Imana niyo kwizerwa rwose imigambi yabantu si y'Imana komera komera Mubyeyi turagukuda cyane Aline Imana iguhe umugisha mwinshi cyane
Manawe ndakwingize shiruburinzi kwuyumuvyeyi Aline nabanabiwe ndetsenumuryango wose ubatwikirize amarasoyawe Yesu Kristo amutwikire abamuhigango bamugirirenabi abariwugwananabo tubigusavyetwizeye ubutabazi kuriwewe Manayacu Amen.
Cette partie m’énerve nkinatangira! On ne négocie pas avec le diable! Sha urugo rurimo umupapa ntawurumenyera bigeze aho umukwe yiha za karibu zidasobanutse depuis le début ariko maman yari intwari 🫡 .&Imana niyo yakwirindiye!
Harizindimbaraga uyumumama ntago ariwewifatiragumwanzuro.
Aline ubuhamya bwawe narabukurikiye kuva 1.6 icyo nkuyemo nuko ntawe upfa igihe cyagenwe n, Imana kitari cyagera 🙏 ikindi ntawe uzantera ubwoba mfite Imana murinjye 🙏 mbonyeko gusenga bitera kunesha ibitugerageza byose 🙏 🙏 nshimiye Imana yabanye nawe munzira nakwita iyumusaraba ukayivamo amahoro 🙏🙏 Aline uzabaho Kandi ubeho neza kandi ugume ku Mana yacu 🙏🙏
Aline afite umutima mwiza bitangaje. Anyibukije byinshi cyane byenda gusa.. Komera mukobwa w Imana.
ÀMEN ALYNE ndagukunda caane kuko waraciye mubikomeye 'uravyihanganira kweri 'ikindi naco IMANA IHABWE ICUBAHIRO 🙏🙏kuba yarakuzigamye caane rwoose🎉
Ububuhamya bwanyigishijako Imana iturwani intambara tuzi nizotutazi Arina komela ukonzenga gushila mumazengesho Izatabala
Imana ibahezagire cane kubaho kwanyu ni Umugisha twize vyishi caneee. Imana ibarinde ikibi cose
Mubyeyi komeza wihangane wahuye n'ibigeragezo bikomeye ariko Imana yaguteguriraga ubuhamya uri kuduha none ,kdi buratwubatse ,turubakitse nk'amabiye mazima ,impore mama komera Imana izakomora ibi bikomere byose.
Arik Mana ba kazungu nibeshi pe 😢😢maman komera cyane
Aline komera cyane,Imana yarakwimanye.Gusa umuntu warozwe atinya kuvuga.uko guhisha mama wawe byari amakosa.gusa nyine nta kundi niko wabyumvaga ariko wari wahuye n'urugamba rukurenze kdi utiteguye mbere hose.nyine kurwana n'abakonikoni ntibyoroha ni Imana yakwitabariye kdi iragukunda.uyifitiye umwenda wo kuyikorera
Imana ishimwe ko yagutambukije ibikomeye
Imana ishishikare kugutabara Aline.intah yawe,iradukomeza muri vyinshi,vyaba ivyomubuzima bwingo,vyurushako,vyaba ivyogutahura imbaragazumwiza koziriho.
ohhhh ibaze uyu mwana disi!! halleluaaaaaa! agufata igitenge disi agusubizayo mu gikari, ni nko kukubwira ati va imbere ya Satani! Mana we, ndagushimye ko ukoresha abamalaika, muri bo ukoresha abana! icyubahiro ni icyawe iteka
Aline Yesu aguhumugisha ubuzima waciyemo nigitabo uzandike natwe tuzgitera inkunga Imana iguhumugisha
Yooooo imana ishimwe koyakurokoye nukuri imana urakora
Nimureke mbisabire nshuti z'umusara umuntuwese ajyafata akanya dusenjyere uyu mubyeyi Aline .tuzanesha izimbaraga mwizina rya Yesu Kristo
Plaisir Imana iguhe umugisha kubwo kumutega amatwi 🙏 natwe dukuyemo amasomo yuko Imana ishobora byose 🙏🙏
Imana irarindape 👃
Ubuhamvya burakomeye cane Imana irakomeye cane izi kurinda abantu bayo.
Ubuhamya bwawe nabukurikiranye bwose numva hari byinshi nagufashaho bishobotseko twavugana. Imana ikurinde nshuti.
Aline Imana yakuzigamye kugira igukoreshe ibikomeye. Imana ivuze ngo baho,urabaho. Imana iri hejuru ya vyose🇧🇮🇧🇮