Yego P nanjye naje Kubona ko imyaka y umuntu ntaho ihurira na personality ye. Wenda Hari utuntu duke duhinduka uko umuntu akura Ariko gufunga ubutwe ubanza bivukanwa 😅
NKUNDA Rose. pe!!!! muri critere wagendeyeho ko wibagiwe ko wumvaga ushaka umugabo uvuga Francais!! gusa be blessed pe ufasha imitima ya benshi. unyandikiye nkagira aka numero kawe nakwishima.
Murasa neza👌🫶 ariko Rose we icyampa Imana ikazakumpera urubyaro ❤🙏😭
Rose ati Umugabo iyo yagukunze , nawe kumukunda biroroha
Rose mukunda kubiiii,she is beautiful in and out ❤️❤️❤️❤️
Ese udakunze Rose wakunda nde. Aratwigisha abayisekera. Aradushimisha. Cyane afite umutima mwiza ❤❤❤❤❤
❤❤Ryooo,Rose ni parfaite shaa,ndamukunda Imana iguhezagire Roooo,izogukorere ibitangaza,iguhe vyabindi vyose umutima wawe wifuza
Ant rose wowe uribwenge uzasubire muricyakiganiro urene uburyo basakuzaga ukumva gusa wowe ubundi tukwita shangazi iwacu🎉
Rose rwose nubwo iki kiganiro ntarakirangiza uzamugarure pee nako ujye umuzana buri munsi🥰🤗
Ibyo nibyo mwivugira harigihe uwo mungana ariwe ukwambika ibyo bitenge ukabona undi uri cool cyane murutana bitari cyane
Yego P nanjye naje Kubona ko imyaka y umuntu ntaho ihurira na personality ye. Wenda Hari utuntu duke duhinduka uko umuntu akura Ariko gufunga ubutwe ubanza bivukanwa 😅
Rose ni nkakamarayika bambe ndabakunda mwese
Rose ndamukunda cyane my heart knows, she is such a sweet soul❤ your a woman I want to be when I grow up
Rose et Sauda Ndabakunda cyane pe, muri beza, kdi mufite ubwejye 😘😘
Disi ndishimye cyanee kubwawe Rose Imana izakomeze ibahe urugo rwiza ❤ibahe❤ibyo mwifuza byosee ndifuza nimero yanyu nzabahe inkuru yanjye muse nkabayiganiraho numva yazabera isomo abana babakobwaaa bakazirinda kugwa mukaba nkako nahuye nako 😊
Ariko Rose we ibitenge mu byangira iki!!! Igitenge numwenda pe kandi w iyubashye
Rose ndagukunda. Ikiganiro nkubonyemo mpita nkifungura.
Ujyusazwa cyane na MPINGA ariko nabyo biba arisawa cyane.
Unsuhurize Femme de sagesse "my name"
Rose u're so cute, humble, fanny,..... I love u💞💞
Sauda uri mwiza cyane pee.nishimwe ujyu umuzana atuganirize ❤
Rose ndagukunda bb umutima mwizaa umurunyamahoro tu
Ndabakunda cyane babyeyi beza rose woe urihariye nkundibiganiro byawe cyane
Rose wanjye disi turahuje narinziko ndwaye kwibagirwa pe tunaseka kimwe nsekera imbere nkumva umwuka uraheze mukunze kurushaho
Ariko rose kwambara ibitenge sibibi sha uracishamwo agatenge kumugore ni bon
Sha rose ndagukunda cyane cyane arko
Utubarize rosa
Utiyadusezeranije ko
Azakora ikiganiro yambaye ibitenge
Dutegereje icokiganiro
Badame neza komwambaye ibisa mwabivuganye? Muraberewe caneee sha muhezagigwe caneee 🙏🙏
Oho my Rose ❤❤❤,uri umugore mwiza winama nziza.
Rose ma role Modal courage abadamu nkunda❤
Ndabakunda cyanee Rose 😘😘😘💞
Sha murasa mpora mbivuga, muri beza
Muribeza ba diiii sauda na rose NDABAKUNDA 🫶🏾
Ndabikundira rata❤ sawuda courage ukora video zidufasha👍
NKUNDA Rose. pe!!!! muri critere wagendeyeho ko wibagiwe ko wumvaga ushaka umugabo uvuga Francais!! gusa be blessed pe ufasha imitima ya benshi. unyandikiye nkagira aka numero kawe nakwishima.
Murasa cyane kandi murasa neza
Ka rose uri keza naturelle muhuye na sauda wagira muvuka kumuvyeyi umwe
Rose nimfura avuga atuje yaba inshuti nziza kandi muganiliye neza cyane uko nukuli 👍🏾🥰
Muribezaaaaaa peeeeee courage turabashyigikiye
Ndabakunda Vraiment ,
Mufite ubwenge n’ubumuntu pe
love you Rose wanjye turagukunda cyane, kandi you're very intelligent 😘😘😘
Ko muncangamuye raa merci sauda et rose❤
Sha kabisa nange inama naha abatarashaka nukutazizirika kumusore ngo aguskake ubona ko bitamurimo,ibyiza wamureka uwawe azaza
Rose afite umutima mwiza akwiye gukundwa nukuri nyagasani ajye amuha ibyiza nukuri Kandi inama ze nizakamaro❤❤
Mbega abantu beza Mana weeee muri beza pe
Nukuri ❤️ nabonye bakurubajye ❤️🫶
Abambara ibitenge nabo burya baba basurimutse burya mururya shahu
Rose arakunditse❤❤❤❤
Je vous aime toutes les deux ❤❤
Mûri aba dames beza mwese b' ubwenge ndabakunda nari numva iki kiganiro kitarangira.
Muri beza❤
Murabahanga nibiganiro byanyu nibyubwenge
Mbakunda kanini❤❤❤
Love ndagukunda cyane ❤❤❤
Rosa na sauda ndabakunda nukuri
Nukuvugango ijambo ritazamva mumutwe ati wigumana😂numuntu utabona agaciro kawe mark this
Sauda nawe dukeneye love story ye
Sauda nibyo azi ubwenge buruta imyaka ye.
Abamama beza
Ndasetsd 😂 ngo ibyasakenda zanijoro n'ibyabarokore. Birokora chr
Sauda naroze ❤❤❤❤
Rose ati kwirirwa duseka se turi buze gucyura iki😂
Inshuti singombwa gukwedukana nogusurana ntibiba bikenewe téléphone zirahari mwaramutse mwiriwe muramahoro birahagije inshuti muhagararana harr'ibyiza ikakuba hafi mubibazo singombwa kwinjiranamo
Nteye nka Rose pe twirindire udutima rats❤
Mwese muri beza
Ampucuri muri beza vana burwanda.
Ukuntu mwicaye mwegeranye birikunsetsa
🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉
❤❤❤❤❤🎉
Ufite umusatsi muremure wambwiye ibanga ukoresha
Mufite umuco rwose
Ndumva duteye kimwe pe
Sha Rose ibyabana abantu babivuga muri comments tubireke birababaza 🥲
Rwose barekere Aho bimaze gukabya cyane ko ntacyo arabivugaho Ngo tumenye icyo abitekerezaho
abantu ni abantu sha,babona nta kindi bavuga kweli?
ariko abantu bavuga izi comment babishingira kuki?
Unless yaba yaragize icyo abivugaho,cg yarabishyizeho comment.
Ndabakunda cyane
SAU... IYO ITAMBAYE AMAHERENA NI IGITAMBARO MBONA NATAZIIII PEEE.
Sau nkwibarize wavuze ko rose ari marraine wawe none komudasangiye idini canke kuba musulmans bimeze bite?
Ntacyo bitwaye Singombwa ko muhuza idini
❤❤❤
Ese Rose afite abana???
Arategereje
Akose ubwo icyo kibazo ningombwa
Ntibaraboneka ariko barihafi cyaneeee
Baracyategereje birihafi kububasha bwi Mana ❤
Depression
Good❤❤❤❤
Ariko byababyiza umutumirwa ariwe ujya ugaragara gusa murakoze?
Aya byaba ari bibi urabona ukuntu aribeza barikumwe wagirango naba malayika mbega abantu beza
Ibyo se nibiki?
oya singombwa,kuriya ntacyo bitwaye
Ngahoo😂
❤❤❤❤❤❤❤
❤❤❤❤