Rev. Dr. Antoine RUTAYISIRE Ati Irinde ibikwambura AGACIRO KAWE nk'umwana w'Imana/Irinde ibi bintu 6
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 8 ก.ย. 2024
- SUBSCRIBE For More: / bohokavideo
Mwenedata tugushimiye ko ubana natwe hano ugakurikirana ibyo dukora ngo ubwami bw'Imana bukomeze kwamamara ku isi yose, Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha ibitekerezo ku nyigisho tubagezaho, cyangwa ukaba ufite UBUHAMYA bwasubizamo abandi ibyiringiro, Inkuru, Igitaramo, Gushyigikira Twandikire..
Email: bohokayacu@gmail.com
Phone Number Call /Mobile Money : +250 788 208 757
Kanda S U B S C R I B E ntugacikwe n'amashusho akurikira.
Pasteur Antoine ijambo rimurimo ntago ashakisha murimake Imana yamushyizemo ijambo , Nge nkuda inyigisho ze .
Pasteur ur'umwana w'Imana ibyo uvuze nibyo bigezweho abagore Imana ibambike imbaraga kuko satani yarahagurutse
Abanyarwanda cyane abakirisitu bakurikije bakanashyira mu bikorwainyigisho Imana Imana Inyuza muri pasiteri Antoine Rutayisire , udutiku tw’amoko n’uturere n’ibindi ntabasha kurondora bikomeje koreka igihugu cyane guhera muri 90 intambara itera ( ntihagire uzabyumva ukundi ndabivuga kuko abenshi nicyo gihe imyuka mibi yazamutse muri bo ikwira mu banyarwanda benshi ngo mu rwego rwa sensibilisation cyane mu moko ari nabwo abantu batangiye kwishishanya ) ,toys les rwandais twagombye gukundana sans exception , ariko haracyari ibyiringiro Imana Izabidufashamo !
Uyu mu Pasteur nda mukunda
Imana iguhe umugisha pasteur ndagukunda
Wigisha neza cyane
Murakoze cyane Mukozi w’ IMANA, ijuru rijye rwose ribaduhera umugisha, kandi rihaze ukwifuza kwanyu 🙌🏾
Imana. Iguhe umugisha past
“ mwami yesu nsubiza ubutware bwanjye “ amen 🙏
Izinyigisho nizo isi ikeneye,
Be blessed pastor
Ikimpesha ubutware ndi connected ‘ Imana . Amen 🙏 amen 🙏 amen 🙏.
Ibyo byose jye ndabifite pastor: utuguru duto, imvi, agasatsi kabi kandi ndi kagufi cyane ariko nta complexes ngira , nyuzwe n’uko ndi , abo duhuje bampe like 🤣🤣🤣🤣
be blessed dear Pastor.
Thank you ☺️ 😊 thank you 🙏 from the bottom of my heart : ni impamo uvuze ukuri , “agaciro kanjye ntabwo kari muri diploma mfite” I truly love ❤️ you for that. Ntabwo ngira patience yo kunva abantu bakora presentation yabo bababaza ngo witwa nde? Ngo banyita Dogiteri, pastori , ...... then rya zina washakaga kumenya rigakurikira.
nkunda inyigisho zawe IMANA IGUKOMEREZE AMABOKO
MURAKOZE PASTOR!! Iri jambo ririmo umwuka w'Imana
Thank you for reply-
Sha pastor watsindahiye iyi nyigisho ko mbona aribyo Imana twahuye ikunda. Mbabarira ko nvuze ngo: “sha pastor “ ayo yari amarangamutima kandi nkurikije sermon yawe nasanze wararabirenze. Amen 🙏🙏🙏
Amen🙏
Reverend and pastor, reka nkubwire ko nyuzwe niyi sermon. I do have a question though. Iyo dependency y’ abagenerwabikorwa, ituruka he? Ku mana? Kuri satani? Ibi ni ibiki?