BYUMVE: Ese KUBONEZA URUBYARO ni ICYAHA? Wabikora gute UKIJIJWE ? Ibi ni ubwa Mbere ubyumvise🙄
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 19 ก.พ. 2024
- #AGAPETV
Injira muri Whatsapp Group ya AGAPE FAMILY👇chat.whatsapp.com/CGLJaW7dWLo...
Ganira natwe #250782196087 (Whatsap)
Kora S U B S C R I B E ujye umenya byinshi unafashwe mu biganiro n' ubuhamya bwa GIKIRISTO
AGAPE Tv ni urubuga dusangiriraho ubuhamya, inyigisho, ibiganiro bya gikritsto ndetse rukakumara amatsiko ku nyandiko z'abahanga, Abatubanjirije mu rugendo,Ibyibazwa....bigamije kukubaka mu gusobanukirwa ibyo wizera.
Twubakiye ku ndangagaciro z'abavutse ubwa Kabiri nkuko Ijambo ry'Imana ribivuga mu butumwa bwiza uko bwanditswe na Yoh 1:12. Bityo ni ibyo dutanga hano byose bigamije gukomeza gushyigikira Umukristo udukurikira.
Wifuje kutwandikira koresha: u.theos2030@gmail.com
Wifuje kudushyigikira: +250782196087(Momo,WorldRemit,...) - เพลง
Bakozi b’Imana turabakunda ariko rimwe na rimwe iyo mutazi ikintu neza mujye musenga musiguze ntimuzasange mwemerera abantu gukora ibyaha namwe mutabizi ko mwabibakoreshejye🙏icyo nzi n’uko Imana ari yo yonyene itanga urubyaro kandi inaruhagarika bikenewe canke se wayisenze neza ikabyemera kuruhagarika ibisigaye duhange amaso Yesu kuko Bibiliya iravuga ngo byose ni byiza ariko si byose bidufitiye umumaro,doctor si Yesu kandi umuntu afata imiti kuko arwaye ariko kubyara benshi canke wihutishije si indwara murakoze
Uvuze ukuri pe, byiza cyane, si wowe ubivuze ahubwo hari uguteye kuvuga amagambo yuzuye ubwenge nkayo. Murakoze cyane pe
Kwamuganga ntago arindwara gusa tujyanayo
Naturally beauty 🎉🎉 mbega byiza kubona igitsina gore gifite beauté naturelle ndabikunda tubonamo umurimo w' intoki z' imana🎉🎉
Bakundwa bakozi b'Imana, musenge Imana kugira ize ibayobora mukwishura mpwemu abayobore. Kuvyara n'umugambi w'Imana. Niyirema abantu igihe ishakiye. Kuki mutibuka KO munikingira Imana ikabicishamwo umurongo mugasama, ubikora wese niyumve KO ar'umwicanyi ategereze ingero azohabwa nyima yavyo
Aimee magnifique ,kuboneza nicyaha kk ubukosoyimana kd irera.😊
Mwihangane mujye mubwiza abantu ukuri mureke gusubiza mugendeye kumarangamutima yacu urugero wabwije abantu ukuri ko kuba naturelle binezeza iyakuremye.
Murakoze cyane bakozi b’Imana ku nama zituma abantu bakura mu mwuka,İmana ibahe umugisha.
Ariko kukijyanye no kuringaniza imbyaro, nkurikije experience nagize ,ubu mfite imyaka 57 y’amavuko ,maze imyaka 30 nkijijwe ,nabasabaga ko mwajya mugira abantu inama yo kujyana icyo kibazo imbere y’Imana biyirije ubusa kugeza ubwo yonyine izababwira icyo gukora.
Mube maso murakoze
Ndabakunda!
Imana niyo ya mbere yaboneje urubyaro : kuko yaremye umuntu nyuma y'ibindi biremwa byose ! Yamuremye ku munsi wa gatandatu yarabanje kumuremera aho azaba nibizamutunga !
Ndabashimiye rwosepe
Hortense u are so wise woman
Imana ibahe umugisha
Imana ibabarire .
Ndabakunda cyane pe
PST Horentence ndagukunda caane ndakwinginze uzoze usubiza ibibazo nkaho Uri mu mu mwanya w, Imana .kuko Imana yagushizemwo ubutunzi bwinshi buri umwe wese yaronka kurubwo Butunzi bukurimwo.
Ubwo. Nkawe. Ufite. Inzara. Zimeze. Nkizi. Cyanira. Wakwihisha. Ibyagakiza. Bitakurimo. Wigisha. Abandi. Ntiwiyigisha. Wiyobya. Abakojijwe😊
Murakoze bashumba bacu
Nshuti turabakunda cyane n'ibiganiro byanyu bijya bitwubaka. Ariko ibyo kuboneza urubyaro numva mwabiharira data watwese kuko niwe ugena ibyo kubyara. Njyewe naraboneje icyitwa inzozi,iyerekwa n'Umwuka wera birahagarara. Byagarutse ari uko intumyeho ndabireka.
Mwambaye ubwiza bw'Imana
Twafashijwe pe kd mwubahwe cyane murabahanga
Pastor Mazimpaka uransekeje noneho Ibyo uvuze waduha imfashanyigisho imwe igaragara muri Bible Yuko kuringaniza urubyaro Atari ibyaha Koko mugabanye science muvuge Imana muzi ishoboye byose cg mwerure mube abascientist
Muhabwe umugisha Musa n lmana ndabakunda
Shalom ibyaha biba mu mutima mujye muyoborwa n,Umwuka wera ibihe byose
A l' écoute depuis le Rwanda en Afrique
Kwihanganira umuntu mubana munzu akubabaza buri munsi ugeraho ugapfa mu marangamutima. Ndumva mwabwiza abantu ukuri ko nubwo divorce ari mbi kubarokore harigihe yaba yemewe kuko ntabwo Imana yakwemera ko umuntu abaho ababaye iteka
Kuboneza uruvyaro ni icaha kandi avyigisha nababikora nababikorera abandi,bafitanye urubanza n'Imana yaremye umuntu.
Turabakurikiye bakozi b Imana kdi izinyigisho ninziza tuba tuzikeneye
Waoouuuw ....thank you very much dear Pastors❤❤❤❤❤❤❤
Nshuti, murakoze Ku biganiro,ark Hari abantu badakunda KO babavugaho,Ku makosa,uko wabivugaho kose,jye ndumva wabyihorera ugasenga
Pastor Honorine 😂😂😂😂😂😂😂😂
Niicyaha gicyaha ikindi cyaha ntuzasambane itegekory,Imana,ntugakoreshe umubiriwawe ibidakwiye Imana yaremye ikintu mumwanya wacyo,bikaba ishyano iyo haboneza urubyaro umwana,igitangaje kakiibi ubu niuko abana bakoze amahano bakabyara hari amashyirahamwe abahemba bisanokubashimira nyamara ntiharaboneka ubitaho kubiyameje kwanga ikibi,sekibirero yaratsinze hano kw,isi uziko nabitwa abihayimana babafashadaa!!
Ariko numva ushaka kumenya icyaha yagana kuva 20.Akareba icyo amategeko y'Imana asaba.Nushobora ibyo ibindi uzabikore nta kibazo.Kuboneza imbyaro,divorce ni enlightenment ya development change igenda iza mu bantu si icyaha pe! Kuko uko umuntu imyaka iza agenda yiga ibyatuma abaho neza Kd mu buzima bwiza.Hakazamo logic tugahitamo ibyatuzanira ibyiza
❤❤❤❤❤
Kuboneza ndifuza ko mwazatubariza : pastor Emanuel uwambaje, Ev jean Paul nzaramba, Pastor Rutayisire. Aba bagabo ndumva bazadufasha kumenya ukuri badaciye kuruhande
Ni byo Past Hortense azatuzanire Umutware we tumumenye
Yesu ashimwe cyane benedata,
Ngarutse ku bijyanye no kuringaniza urubyaro , munyihanganire, mwirinde ubwoba bantu mukibyara.
Dore icyo wakora mu cyimbo cy’ubwoba no gucya inzira ya logique ( kuri bamwe) utayobowe n’Imana .Ushobora kumva ko ntacyo bigutwaye uyu munsi kwicira inzira,but plus tard!!!
Gutegeka ka 2 kabiri 11:13-17
Zaburi 37:25.
Usenge Umwuka wera agusobanurire aya magambo wowe uhangayitse, Imana igushoboze ,kuyitinda imbere.
Ku ruhande rwanjye aba bakozi b'Imana mbona bakijijwe rwose si ba bandi bakorera kuri za miracles zo kuyobya abantu.
Erega no kubara ni bumwe mu buryo bwo kubineza urubyaro kwa muganga bigisha. Rero uwabaze ntazatere ibuye uwakoresheje ubundi buryo kuko bose babujije intanga ngabo guhura n'intanga ngore
Kuboneza urubyaro nibyaha numuntu abyigisha numuvumo mubimenye
My Brother Peter❤ , Pastor our family am happy for you
Jewe ndafashijwe ahubwo umuntu yobavugisha gute jew nifuza 20:04 20:06
Mwiriwe sinemeranya nawe kuribyo mwebwe muri muri siance ikindi ntabwo Imana irema umugore ntiyashyizeho ibyo byose wavuze kuko Nkeka iboneza Imana yari yashyizeho ni menopose
Ahubwo muri kuvanga sciance na philosophy y,Imana
Urakoze cyn kuboneza urubyaro sicyaha nge mbobona nkicyaha mugihe uboneza ukiri umukobwa ikindi umuntu ufite uburyo bwokurera mbese afite jburyo
Ubundi mugore mwiza arangwa Niki?
Nisura mumitima?
Ufite umushumba mwiza yakugira inama, hari nu mushumba niba Ari satani bwoko ki... ubwira ibyawe ahubwo akaba ariwe ubyica. Maze kubona benshi
Murakoze mwese abatanze ibitekerezo gusa ndasaba rwose ikibababaje nuburyo haza abiyita abakozi b'imana kdi abenshi bakabakuricyira gusa nibamanze bumveneza ngo abakozi b'imana nyine ni imana bakoze itari uhoraho kuko ntabwo uhoraho yemera ibyo kuringaniza urubyaro ibyo byazanywe nabana bumubi bana B'UHORAHO onapo ni icyaha kibi cyane nukwica
Hello
Ubundi se mwebwe mubisoma he ko kuboneza urubyaro ari icyaha? Kubyara abandagara se byo tubyite umugisha? Yemwe kuri njye byose ni urujijo.
Ubwose kuboneza urubyaro nabyo ni nk’ urukingo koko! Gukoresha imiti ntabwo aribyo ariko mumenye kubara byo nta cyaha mwaba mukoze. Kuko imiti yo kuboneza urubyaro ihundura imiterere y’ umubiri kandi umubiri ukamera utaremwe!
Munkuye mu rujijo ndumukobwa ark narimfite Urujijo
You know what? Nta bantu bakora divorce bakundana,urukundo muri bo ruba ari ntarwo pe.Ikindi kuboneza urubyaro ntibyaba icyaha kuko nta muntu uba wishwe uhari nkuko abarokore mubyita! Kuko inanga 400 zirenga umugore agira sinzi niba zose zavamo abana bakabona aho bajya.Kubara gakondo bikore Kd nubona utabishoboye boneza.
Kano gafilm ni keza di
Muzafushyirireho uburyo bwakubariza online twe twakure murakoze
Ndahamya kuboneza aricyaha kuko ni mission y'all satani ashakako isi yavaho Burundu
Ndashakako munsobanurira impamvu amategeko y'Imana 10 amwe muyubahiriza ariko kuruhuka kw'isabato ntimuyubahirize?
😂😂😂😂😂😂😂😂😂,ariko Jackie rwose,nakumanure rwose🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
ariko bitwayiki guhagarara kumaguruyombi cyanecyane kubiyita abakozi B,lmana kwita icyaha icyaha. gukiranuka gukiranuka?
Muge mubwiza abAntu ukuri haraho wunvise umugore wabyaye 24
Bigira injiji kungufu ngo Imana yaramvuze ngo babyare barangiza bakirirwa bivivota ngo bene wabo barakize Banga kubafasha nkaho iyababwiye kubyara haraho yagiye
Kuboneza imbyaro Nicyaha rwose !!!!!
Kubera ik ??
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Mbanje kubashimira, ntaranafungura iyi Video kuko abanyamadini batinya iyi nsanganyamatsiko.
Mwiriw neza ?
Yego rata,udusobanuriye neza utemera urukingo ntazaringanize!!
Jew ndifuza kuganira namwe nanj
Ibiri mu muco wa Bible se ni Ap Past w'umugore😂😂😂😂😂
Ubundi kuboneza ni mission ya satani
𝕤𝕙𝕒𝕝𝕠𝕞 𝕤𝕙𝕒𝕝𝕠𝕞
𝕂𝕦𝕣𝕚 𝕓𝕪𝕠𝕤𝕖 𝕜𝕒𝕟𝕕𝕚 𝕓𝕪𝕚𝕟𝕤𝕙𝕚 𝕞𝕨𝕒𝕓𝕒𝕛𝕚𝕛𝕨𝕖 𝕞𝕦𝕜𝕒𝕟𝕒𝕤𝕦𝕓𝕚𝕫𝕒 𝕓𝕚𝕣𝕒𝕜𝕨𝕚𝕪𝕖𝕜𝕠 𝕞𝕨𝕚𝕓𝕦𝕥𝕤𝕒 𝕒𝕓𝕒𝕟𝕥𝕦 𝕜𝕠 𝕌𝕞𝕨𝕦𝕜𝕒 𝕨𝕖𝕣𝕒 𝕒𝕣𝕚 𝕦𝕞𝕦𝕛𝕪𝕒𝕟𝕒𝕞𝕒 ;𝕦𝕞𝕦𝕗𝕒𝕤𝕙𝕒;𝕟𝕕𝕖𝕥𝕤𝕖 𝕦𝕞𝕦𝕪𝕠𝕓𝕠𝕫𝕚 ...𝕓𝕚𝕥𝕪𝕠 𝕣𝕖𝕣𝕠 𝕒𝕓𝕒𝕟𝕥𝕦 𝕓𝕒𝕘𝕚𝕤𝕙𝕖 𝕚𝕟𝕒𝕞𝕒 𝕀𝕞𝕒𝕟𝕒 𝕜𝕕𝕚 𝕪𝕠 𝕟𝕥𝕚𝕫𝕒𝕓𝕒𝕤𝕙𝕦𝕜𝕒 𝕚𝕫𝕒𝕓𝕒𝕓𝕨𝕚𝕣𝕒 𝕚𝕓𝕚𝕜𝕨𝕚𝕣𝕚𝕪𝕖 𝕞𝕦𝕣𝕒𝕜𝕠𝕫𝕖
None se ababyeyi banyu ko bavyara muri bacumi na ntabwo baregwa?Mubwizabantu ukuri kuboneza nicaha,iyo cycle uyizi kuko wize,gwose ubihijyikiganiro.