Green P Avuze IMPAMVU BRUCE MELODY YIBASIRA THE BEN🔥|Ni INKENDE😵|ARAKORESHWA Bakamwishyura
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 20 เม.ย. 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abantu muri rusange waduhamagara kuri +250781413225 cg uka twandikira kuri email:bigtownempire@gmail.com SUBSCRIBE: / @bigtowntv_rwanda #Bigtowntv #0781413225
Green P ntaribi rye ! Bruce Melody is number one right now;
Both Ben and Meddy are legends in Rwanda. it's like KOFFI and Fally from DRC, right now.
Ese ubwo iyo uvuga ngo Ben na meddy ni legends bakoze ama hit kurusha Impala se?, rafiki se? Makonikoshwa se? Miss Jojo se? Miss shanelle se?, victoroire se? 🥹
Uziko mumenye music nyarwanda ejo none mukaba mushaka kuyobya abantu
Melodie arabarenze Bose Kandi ibyo akora arabizi neza Kandi afite facts gusa kumwanga kwanyu ntacyo byamuhinduraho 😂😂😂
@@abamadetv8870 Respect kuribo, nabo naba legends.
Komutamvuga kuryana yabanyarwanda koko HIP hop gusa umusaza gren p respect 🙌 ♥
Ark sha murasuzugura ngo ni aba legend forever?ubu se Makanyaga Abdul, na babandi bose baririmbye mu mpala ni abaki muri injiji.
Numbers don't lie Melody Arabarusha Gukora nibakore cyane baduhe imiziki Bose turabakunda 😂❤
Melody on the top hano I Rwanda
project za melody na hit ze na award ze uwaziha the ben cg melody noneho ntawabakira
njye mwinyobya ndabona melody ari on top ahubwo izo legend nizicare zige
Melody ni namber one❤
Melody is an other level ntimukagereranye imbeba na Tiger. Melody ararenze muvyemere tuuuu
Ni gute x pt frere atavugira gra frère iyi TV musa nkabari kwikinisha
😮ngewe ndabona ahubwo muri kubicurika personally mbona ahubwo Ben yungukira muribibintu kurusha Melodie kuko niyo amaze 2 years nta song abakiri kuvugwa kubera Melodie ,ikindi ibya Legend mubishyire kuruhande kuko Buri muhanzi agira ibihebye so iki nicyogihe cya Melodie don't compare them
Wow this podcast it’s on another level
Congratulations 👊
ni on top mumutwe wawe bact rwose munyakazi ari hejuru rwose abo turabemera igihe cyabo barakoze rwose ariko ubu rwose ntabahari kandi nari umugabo ntihabwa inebe
Nonese urumva bact nyine yavuga iki ko nawe kuva afrimax yamukatira nawe yahobagiye ko muzi kureba mujya mubona harumuntu muzima uzi ubwenjye ucyegera Bac T
@@soloup3340 ubwo nawe rero uri ikiwerewere nta bwenge ufite kuko ukireba ibiganiro bye
The Ben ararenze❤❤
Melody turamukunda ariko ibyo guhangana naba legend nabireke afite level ariho nabandi bafite iyabo
Melody aramurenze cyane
Kumurenga sicyo gikuru, ahubwo imyitwarire myiza nicyo kigenzi ni nacyo umuntu areba.
Ushabora kuba ufite talent nziza ariko udafite ikinyabupfura no kwicisha bugufi, bya bihangano byawe ntibihabwe agaciro. bikagupfana ubusa, ikinyabupfura cyiza mubyukora byose ningezi. kidahari ibihangano byawe ntagaciro byaba bifite. That's the only issue btn the two.
Bruce hejuru cyane
Hhh melody ari kubarya mumutwe nk'isereri😅😅😅
The ben na country record bizabasaza ibaze umuhungu aracyabazonga adakora
Barazonzwe abamereye nabi😂😂
Kabsa
Melodie is number one now
mwungukirahe Nkamwe kweri,Mureke abakora bakore Namwe mujye mukora ibyanyu.
Ben nuwambere kbx❤❤
Melody yarabakomye mwemere ninde wakozenkibyo yakoze ahoyajyeze ninde harya wahajyeze muzaturikaaa mwicare mwige uko yabijyenje
Isereri ibamereye nabi🤣🤣🤣
Ark ubundi iyo bavuga ngo urwego Ben na Medy bariho nuruhe rwego bavuga , niki bakoze Melody atakoze ,niyihe hit bamurushije ?? bamutanze mumuziki banamutanga kumenyekana peee baranakundwa cyane,ark ubu tujye tureka fanatism Melody arabarenze rwose ,Yaba Melody, Ben cg Medy ntamulegend ubarimo baracyafite ibyo gukora byinshi , ntimukogagize abantu ngo birare , legends ni Ba Makanyaga , Masamba ,...... abo nabana bose ntanikirenze bakoze Kurusha Jay Polly.
Bruce Melodie afite ijambo sinzi impamvu adafite comportement yumujeune. Ubona yakwangana
Ben ararenze cyane🙌
Bruce melody number one 🔥🔥🔥🔥
Melodie niwe wacu❤
Erega Ben and Meddy are professional and have respects and good manners. Na bana bafite burere kavukire. Ariko melody yego araririmba ariko nta burere nta muco agira. Nicyo kibazo gihari.
Ibyo se bihuriyehe ,uri injiji
Arko koko namwe b'abagabo mujya impaka kutuntu nk'utwo?! Bruce Medodie ibyo akora ntakibazo na gito kibirimo. Niba Ben adashaka kuvugwa azave muby'umuziki abe umuntu usanzwe arebeko Melodie azongera kumukoraho comment. As long as Bruce ataba yatukanye cg yakoze ibigize icyaha akagira opinion ku mu star mugenzi we nta birenze. Ibyo by'urwango mubikurahe koko?! Mwagiye mumenya gukora business koko!
Melody ❤❤❤ the Ben ni imbwebwe yanze papa we
The Ben komeza ukunde bagenzi bawe you are perfect human being
Erega sinzi ikintu ibyo mwita kuba legend bakoze mubihe byabo nundi nawe Ari gukora mubihe bye
igitangaza hejuru cyane
Kbs iyo ukuze uba ukuze tuje twemera The Ben arakubiye merod nawe nari two gusa nuko yishira hejuru cane kbs Bakiti ndakwemera ❤❤❤❤❤ uzadusure nimusanze
Nkunda uburyo usubiza green 👏
Ben Ben 1 ❤❤❤❤❤❤❤❤
Ark Ubundi Bruce melody yagiye atuza kwabobakoboyi bakoze cyane kuvazamn
Melody is still number one mubyange mubyemere.
❤❤❤❤❤❤
Keep this We On Yo Back It's not about interview it's all about talk BACT 4LIFE 🔥🔥🔥🔥🔥🔥
munyakazi hejuru cyane
Melody on the top top top
Umunwa wa green uramugaragaza nk'umunywi wibiyoga bihiye kandi bikaze cyane !! Waragiye urashya uratukura ndetse numuraba avugarabona ko afite icyaka boshye uwamize ipasi !
nooo you are wrong that's the way he is it has nothing to do with alcohol
Thanks bac t
Meddy na Ben ntakintu cyahatari bakoze kurusha Bruce usibyeko harigihe umuntu yigirira igikundiro gusa kuko abo ntanicyo barushije Timu
Melody nmbr 1❤
❤❤❤❤❤❤
Number one the ben turamukunda nimfura kbx ayo mateshwa ya melodi ntayajyamo
Ni he wumvise Melodie atuka The Ben nk'uko abo kwa The Ben bamutuka ibitutsi by'ibihindugembe ?
Melodi nta rwango afite ahubwo abamwibasira ni ishyari kuko amaze ku kubarenga .Mu byukuri haba Meddy cyangwa The Ben nta numwe wanditse amateka muri muzika kurusha Melodie
Back T analyse wakoze niyo ariko melody yibeshye akava mu muziki abandi bose bahinduka imbeba.He is the “there”I mean the top.the lead to follow.Period
Bruce Melody 🎵 ni igitangaza ❤️❤️❤️❤️ uburyo mu mwabaga nibwo butuma abona umugisha
Azajya ahambira abambuzi bareba
Azajya akama amata yi uburyo Na yi ibumoso mwe muzane ubigamboo
Sinshobora gufungura iki kiganiro kubera title mbonye mwanditseho inkende
ben muri kumutera umwaku
Atarajya mu matiku ya bene wabo yari yimereye neza
None Uyu mu bibi wishwe nibibiyobyabwenge bimaze kubica nabi baje gutukana Ngo inkende??? Sha muribeshya ni mwe nkende mwataye so mu kizu cya abatindi akicwa ni inzara ni inyota
Mukaza kurara amakoti mwiriza nimwe mufitiye Bruce Melody urwango
Gushimira cyawe giherutae ku mutuka mukuru wawe aherutse ku mutuka Ngo kibikiwerewere Kandi arimwe mwanakibyaye ubwo mwumva muba mutituka koko?? Ikindi nibi byi inkende mwanditse ubwo ukurusha Wowe kuba inkende ninde ko mwiyemera😭
Bruce hejuru cyane❤❤❤
Hejuru hehe koko kweli
Ariko bact nawe ntugakabye theben na meddy ntago baraba legend kuko ntago baragera kururwo rwego ahubwo Bruce ntago aramenya abo ashoraho urugambo ubundi entertainment Bruce ashaka ntago ba theben bayumva kuko iriya beef akurura abagirango avugwe cyane biriya birakora cyane ntarwango Bruce abishyiramo ahubwo abizana kuri theben wumunebwe udashaka gukora music ngo ajye mwihangana bikanga
Kabisa
Bruce men yes Ben and Meddy they're legends but Bruce we surrendered
Koko woe watumuye Green P ,ngo avuge Melody uziko mufite ikibazo gikomeye uwo Green P ni pet free wa Then urumva yamuvugaho iki Koko !!!
Bruce Melodie 🎉🎉
Yohuu!!!! Is the best
Uyu Murara wibigofero kbsah Iyi Podcast ntabwo arineza muchoma navemo Kwerii ntabyo ashoboye
Bluce melody❤❤❤
Melod is my guy
Green p ndamwemera sana
7:20 Green P is my man: translation in kirundi "nyimba arikwo umeze(umuziki) ...... nyimba iri ukwo mwawudugije.... musanga...". then he was helpless and felt useless in conversion.
and his mic was off! angree!
The ben azi icyo ashaka kbs kdi turamukunda❤❤
sh mujye mureka izo legend zanyu muzijyane hirya ntabwo ziri kurwego rwa melody birigaragaza
Level melody na the Ben barayinganya
Ben aba legend Gute mhn he is also competitor in Rwandan music anyways melody ni umukozi mhn ariko Bac-t nikimpara bijyanye nibyo yibaraguzwa bro
Football is divided into football ya Messi na Ronaldo and the second is for the rest,na music yo murwanda nuko bariya bafite iyo bicaye naho melody we natuze ayobore abana kbxaa
True❤❤❤
Abakanda nzugi babwize ukuri green ninkende🔥🔥🔥
Tiger B❤❤❤❤❤
Melody number 1 rwose impaka zaracitse
Man murwanya melody muburyo bwose kbs
Ntibazamushobora
Ariko se bamurwa nya gute ninde wirirwa uvuga ibigambo nkawe kuri za TH-cam Kandi avuga umuntumwe. Abafana ba brus mumeze nkawe. Nta kwiyubaha kbs abantu mutabona kuriya mu jama arengera kumuntu utamusubiza. Ese ubundi ko muvuga ko amurenze yirwa yikina gute Kandi arenze, bro biriya biriya ni mikino yabatindi..
@@yvesmugisha ase kowabigize intambara broze😂
Relax 😁
Mwishuri habaho umwana yuzuza 50% yibyirwa byose hakabaho undi yuzuza imibare Nicogereza 90% ubu se ninde yaba uwambere???
Ariko mbona muhanganisha abantu bicecekeye umwe yaza akavuga kubyo mwamuvuzeho mukamufata ukundi.., Kandi mbona arimwe mubizana rwose
Ntimukagereranye jay nundi muntu murwanda muba mukoze ibara
Njye mbabwize ukuri The Ben ndamukunda kandi nizereka nanabaye umufana we kurusha uko nafanaga Bruce Melodie. Ariko aho ibintu bigeze The Ben mbona ari umwe muri ya masaha ya kibarabaswa Diplomat yaririmbye ati"kurya mubona acuruzwa ni uko gusa yamamazwa"
Bruce Melodie mu bikorwa ubu abarenze cyaneeee ,
Rwose tujye twemera ukuri Meddy na The Ben ubu bari hasi
Ibi simbivuze nk'umufana ahubwo mbivuze kuko ari ko kuri mbona gusa Isi ntikunda ukuri 😂😂
Ndakwemera Bac-t urumusaza rwose ndagukunda ngomba gushyiraho burikimwe cyose unsaba bibangombwak umuntu Akora subscribe nkigihumbi nazishyiraho umusaza wateje imberabandi kd utajyabigira amagambo benshi wabinjije muri Games kbs bariga ikibabaje nibaza nimba bajya banakwibuka bikancanga njyankwibuka cyera nimbari 2018 muzana Gemu woe na super manager mugatwika Koko nabandi babareberaho Respectful musaza byose ndabikox ibikugomba Bac-c nukuri nkundako ntashyari ugira kbs
Ben arakaze gusa courage melody
Nimwe mutuma The Ben n Meddy baba abanembwe kuko ntago ari ba Legend ahubwo ntimuzongere namwe mujye muvugisha ukuli !
Mumutwe wawe ntabwo ari aba legend ark reality they are legends
Abavuga ko ari aba legends ntibazi gutandukanya a legend and famous
Na Baki x?
Ni aba famous
@@RebaTV Hhhh ndasetse
Nawe ntiyakuzamuye muvukana egoko ahubwo ndumva mwakigize ikibazo cyumuryango numvise namushiki wanyu atuka melody ahubwo melody azabasaza yiseker kabarye😂
😂😂😂 ahubwo woe uri inyende ....
Uvuze ukuri yarabashajije rwose
@@abimanaliliane8256ikuruta nibaho
😂😂😂😂 akokantu nawe bavukana ntiyamuzamuye🤣🤣🤣🤣
@@abimanaliliane8256banza wige ibihekane ncuti y'Imana
Imana nsenga izandindire Green P amazon atazongera kurisha ibyatsi kuko urabona ko ari na Sitamina and Swagga
Kibiriti vayo niwe utunaniye
Kibiriti byagenze gute?
Melody azabakoma imitwe ibarye rwose bazheeeee hahahahahhaha
Gael afite u rwango. Melody arashaka kwirira niyo mpamvu yahisemo kwirirwa yataka bagenzi be.
byonyine kuba content yose yabaye bruce melody nicyimetso cyuko ibyo yashakaga biri kugerwaho.
kumuvuga cyane kujyezaho mwibagirwa abandi 😂😂
Big town ndayikunda.
Kd nkunda The Ben cyane!
Slm Green p mujyamurekana ni inkende kbx the ben hejur
Medy na the ben ahugiye hose Kenya na Ouganda hose barafatishije
Legends live forever you know
Ben yifuzako abahanzi bose bazamuka yazamuye bangahe😂😂
Ntabo
ntanumwe😅
Nonec we yazamuwe nande nabo babyimenyere
Shafi yazamuwe nande sha
Ntawe yazamuy3 kuko even nawe aracyari hasi ,ntibazi icyo bita legend (Bac T...)
Forever??? Barakubeshye Musore Forever on top ?
Ubwose Koko nkamwe the Ben yabatumyee peh kwelii 😂😂😂😂😂😂😂
Brozze melody yamaze kubarenga mu byiciro byose...haba impano no guserukira igihugu...
Big up brother mn ntamuntu udasaza mn iyo utari mukazi urasaza iyi industrial ntanyirayo bro uribuka ukuntu wari king wa mic bakaza kugusenya but you fight 2cme pack on mic . Ngewe navuga byishi arko mn one day wantumiye nkagukorera isesengura kuri industrial yacyu mn hari ibyo mutavugaho kndi bikenyewe
analysis zo gutanga nomero green ahibereye watumira uwambere wawe😅
Melody hejuru❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
yarabamanuye pe
Both; Melody, Meddy, and Ben are unique. Better not to compare them. Murakoze 😁
True
Bruce melody up whatever uu do
Respect to the Ben and meddy
Mureke umwiyemezi bruce 0
Bruce on top
Mukureho ubufana man,kuba the ben yarakunzwe even before ntibikuyeho ko Melody ari hejuru.
Urarenze melody rekana nabavugako nta kinyabupfura woe ahubwo uvugisha ukuri kdi abantu bavuga ukuri cyane muri societte Nyrwanda ntibakundwa.uri nbre 1 baje mbere none muri muri competition urarenze Bruce
The Ben ni imfura
Ben nizina rikomeye nimukamugereranye bruce kbx
Nkunda green p .
Bruce on the top ofcz