🚨🚨BRUCE MELODY ARATABARIZWA 💔🥹ARI GUHEMUKIRA UMURYANGO WA MEDDY NA THE BEN 😌EMMY KINEGE ABIGARUTSEHO
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 9 ก.พ. 2025
- ISHUSHO TV ikugezaho ibiganiro by'imyidagaduro Kandi byubaka bikubereye, kora Subscribe ubashe kujya Ubona ibiganiro byacu byose.
Wadukurikira Kandi kuri Startimes, CH109&420 no ku mbuga nkoranyambaga zacu,'
Facebook: / ishushotv
Twitter: x.com/ISHUSHOT...
Instagram: www.instagram....
Tik Tok: www.tiktok.com...
Threads: www.threads.ne...
#ishushotvent
umuhanzi numuhanzi bro, meddy olso he is artist,gsa melody we aracyari numbr 1
Uyumukobwa arantuguye kurwego rukuru ijwirye naho rihuriye nuko asa ababikona nkange mumpe like
Afite ijwiryza ariko asa nabi
Emmanuel Nsengiyumva afite amagambo yuje urwango. Urebye ni yo aganisha ku guhembera umwiryane mu bantu.
Really, nagabanye ubuhezanguni. Ese avugira Meddy cg Ben?
@uwimuhweester-zh8me Emmy uri umugome pee. Simvugira Bruce ark nagukurikiranye kuva mbere, gusa you need self-assessment.
Harya melody aramukunda ?nagende
Mbona mwe banyamakuru arimwe mugonganisha melodie na Ben arimwe mufite ikibazo.
Ese ubwenge mubushyirahe iyo mugeze kuri Melodie mn
Sha Emmy we genda ufite umutwe wuzuye amazi rwose! Gabanya urwango dore bituma ugira icyangiro mubantu cyera erega washoboraga kwangisha umuntu arko ubu tureba ibikorwa. Birababaje kugereranye Bruce na Ben uwo musaza wanyu muzamugereranye na Masamba apana Bruce dear!
Masamba ni legend sha , uwo kinyusi wanyu namwe mujye mumugereranya naba chris eazy . ave kuba sana badujiomaguye kuva kera
Umwanzi agucyira icyobo imana ikagucira akanzu ubugome ntoho bushikana umuntu ahubw’imigisha itera yiyongera cyane 😂
Umva Hate Emmy afite 😂😂😂
For real nkunda uko muba mumuvugaho ikibazo si uko mwamuvuga nabi ahubw icyibazo cyaba kuba mutamuvuga mwewe mujye mubikora cyane niba Djamat yaratumirwaga muri concert agahembwa 5M ubu ageze kuri 30M icyo nicyo bita improvement ibindi ni ubusutwa ark kk mugomba kurya kd nae yaje mubo muvuga that's fine akazi nikose nifuzako buri kinyamakuru kumunsi mwazajy mumukoraho like inkuru nkenye kbs
Urwango n'indwara peuh
Ishyari mugira kweli!!
Nakomeze yigirire success namwe mukomeze ishyari ryanyu you'll die hating him while he's still winning
#jealous_kills
Icyo nkunze nukuntu mwamuniganye ijambo ashaka kuzamura chat 💬 za melodie na oldbrather wa the Ben emmy 😂 melodie yakubanye isereri banza aryama akamurota 😂😂
Wabibonye nka nge? Gutumira Emmy byakamufunguriye amaso kuruta kumuhuma. Credits to @Casper
Wapi Sha melody araciriritse agira utugambo tuba twamurenze
Gutumira Emmy mbibona nkuko RIP @KWAME NKRUMAH yazamuye @KOFI A. Busia.
Mutuye iriya baruwa @KWAME NKRUMAH yandikiye icyo kigwari.
Cc: @Casper @Genti Gedeo @Bruce Melodie
uyo Emmy mujye mumukuraho microphone kugira mubone uko muvuga kuko agira amahane yamabyi cyane . ntareka ngo yumve ahubwo yumvira munduru just .ni gute adasobanukirwa umuntu ko yize ko na primaire aba yarize .
Icyo gihungu cyanajigo ngo ni NSENGIYUMVAabanyarwanda ba mwitondere kuko ibyo azatuzanira tubifatisha amaboko yombi kuko mukanwa ke abiba urwango hagati mubahanzi ashaka ibyo ahunika muri icyo kigunira cye ngo ninda
Avuga ukuri ariko Kandi ikigaragara ntakunda Bruce Kandi ntakibazo kibirimo kuko na melody aram wanna yarabivuze
Bruce atunze benshi kbx,ubu naba bongeye bariye kubera bamuvuze😅😅😅😅
Sha Gentil rwose niba cyagihe uvuga byabigambo harumuntu wo mumuryango wokwa The Ben wagututse yarakoze pee kuko wariwarengereye peee niyo batagutuka barikuba bakosheje kuko warubikwiriye
Ubundise kucyimwe Mwicara mukamuganiraho melody nimumureke muganire kubandi bahanzi bahari turebeko mubishobora.
Wa muswa we uracyumva abavuga? Yanavuze ko atazongera kuvuga kuri ibyo bintu
Gentil njyewe najyaga numva ijwi ryawr nkumva urumuntu wumugabo, none mba mbona ugira ubusutwa kndi wanga melody kuburyo uba ushaka kwiyegereza abantu bose badakunda melody kugira ngo mukomeze mumwangishe abantu, ntabwo wicara uvuga ibyiza byiwe ahubwo uvuga ibibi gusa umuharabika puuuu
Hhhh man iyo muvuga melody nubujajwa agira muransetsa
Muzofa mwiruka nkabasazi bari indera . Imana imbabarire
Kinogihungu Emmy kirashakisha uburyobwose cashirishamwo Melody,ariko Imana izogihonda inkoni mumutwe
Melodie agaragaza kwarumunyacyaro cyane niyompamvu akunda amatiku cyane.
Urikigoryi kbs
GG O narinziko urumuntu wumugabo uzi ubwenjye ark ubwenjye buracyari hasi
Umuntu uzajya uzana iki gikoko ngo ni Emmy ajye yirebera ikiganiro turakirambiwe rwose urwo rwango azarujyane iwabo
Emmy afite ibitekerezo biri dirty like his face
Melodie aba yabahaye content ahubwo muzajye mumwishyura lol 😂
Wanga melody kd wowe wambwawe nanumunu ukuzi urapfobya ht za melody
Mujye mufana munashyiramo ubwenge
Ubundi melody ageze kuri good morning America iyo mukeneye niho musanga ishusho
Mn gentil abishyiramo ubwenge bwinshi 😂you have to be careful ❤❤
Wowe nutayibona nka Emmy abandi bazabibona,
Apfakuba nabanzi be abemeza ,
Uwo nimunyakazi
Pana Uriya musaza Marira the Ben yigira umwana akirirwa mumikino akazi kagihari kose atarafata na East Africa .
Melody numukoze mwese mujye mwubaha umuntu Uzi gukora
Ka gentil kigira akanyabwenge caane bikarangira kinyuzemo kakabyica kand yabitangiye neza
Byahatarai
Emmy Melody yatumye ugira depression
Ariko se ko mwese mumeze neza kandi mwitunze,,mwaretse koboyi nawe akishakira ibiceri ??ubwo muba muri mibiki koko?abantu babagabo koko😢😢izo nama mwazigiriye abazishaka ko we yababagiye!
Emmy ko uhije post ya Melodie nibihe byo kwibuka vp
Niko yabaye yarasaze
uyu ngo ni emmy agira amatiku kabsa kuki igihe cyose aba arigutera bluce melody amabuye ntakagire urwango si byiza
Akokanugga ntabwo arakanyamakuru kagahanga hubwo karakabya uziko azi ntabwo abazi ghee
ahubwo yabahaye akazi
Uwo muhungu mwatumiye w'ikigofero cy'umukara n'umupira w'umweru ni injiji pe! Ntawamenya icyo ashaka
Melody aririmba neza nuko aririmba amagambo ataryoshye gusa niba ashaga guhatana nahate nabana bafite amaraso mashya areke abasaza kuko bo ntibabivamo nikakaririmbo kamwe bakora mumwaka
Mbona namwe mutarize pe ntimugaseke abandi
Gentil, Utangiye kujya mu matiku 🚮🚮🚮🚮
Mujambo rimwe ryigiswahili Melody mu mwise Rimbukeni. Uwumva yumvise gusa abanya makuru murasuzugura.
Akoka kasup
harabanyamakuru bumva batungwa namatiku nkamwe koko mutamuvuze nabi imbabura ntayakwaka
Hhhhhh
Ntago narinziko burya Gentil Gedeo ari ikigoryi bigeze ahangaha muzajya mugenda mu twiyereka gahoro gahoro mwarangiza ngo muri abanyamakuru bibikomerezwa
Ese ubundi kuba Bruce kuba yavuga ukuri ko ari uwambere arabeshya koko?murebe ibikorwa dear
Akokana mujye mukimamikoro
Khaligrap
Emmy sumunyamakuru wumwuga ntamugirinama yokubivamo
Ikirimarima harya bisobanura iki mu ikinyarwanda
Nikoko kutiga biragatsindwa the Ben is number one
Ark Emmy ko afite itiku
Gentil urumuhanga pee
mubiki c ubwo a legend is a legend stop comparing agoat to acow coz this guy (Bruce) is not of the same level to TIGER B .DONT DAT BRUH!
Arabarenze rero
hhhhhhh Gentil gedeo noneho nawe aransekeje nonese Regional bisobanura ko atari mumahanga
Emmy numunyamakuru wumwuga kbs
nta Gentil nta Emmy mwese muyobowe numutima mubi gusa murabeshya ntacyo muzatwara Melody
Ako gahungu gato kamenyo manini kadavagura uburopfa
Emmy you understand
Emmy Sha wapi pe ni fake cyenne
Melody ninkende🐵🐵
BLUCE ARABUSANYAAA GUSA YATAHUYE KO IZINA RYA THE BEN RIRENZE. Kuko KUVA COKE STUDIO ,EASTAFRICAS GOES TALENT HOSE YACIYEHO IZINA RIGUMA ARI RYARINDI. AKORA COLABO NYINSHIII KUVA 2020 IZINA RIGUMA ARI RYARINDI. COACH GAEL AJE YIGIRA INAMA YO GUHINDURA UMUVUNO AVUGA THE BEN VIEWS ZIHITA ZIYONGERA KUMACANO ARA TRENDINGA ABA SUB BARIYONGERA SHAGGY ARAMUMENYA. NONE SE KO AGIKOMEJE KUTIHAGARARAHO ??? BIVUZE NGO NIKIGWARI NUMUNYABWOBA
@@jillerdancer yiiiiii SHAGGY amaze kumumenya bamuhaye ibiceri ngo abatembereze muri America nuko nawe KUBERA ari muri pansion ashaka kwitemberera namaguru arabatembereza kuko we abifata nka siporo, none s3 mbaze usibye amafaranga niki ibinyamakuru yanyuzeho biri kumumarira. NONE se urahakana ko yazamutse ari kuvuga the ben
Uko mutarama Bruce melody muzabikore kuri Ben murebe ko atarara azimye.melidie avuye muri iyi industry mwabura icyo mugoroberezaho
@@kayijamahehatangimana2190 ahubwo the ben atari muri industry melody yacuruza iki
Melodie niwe mwami wa muzika nyarwanda
@@soloup3340 ikamba yarihawe mande?