MFASHA ABAGORE KUZANA AMABUNO BIFUZA😍NANJYE NTEYE NEZA CYANE👌INDA N’IBINURE UKO BYAVAHO| Nishimwe
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 20 พ.ค. 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- บันเทิง
mfasha ukande ku ifoto yange
mbashe kwivana mubushomeri
wowe ibikoze IMANA iguhe imigisha kandi ikongerere iminsi yo kurama ndabakunda❤❤ mugwize amafaranga
Aba jo twins show🎉.Ndagukunda rose uri umu rôle moda wanje mukwambara uraberwa cane❤
Iyukora Sport uhora wishimye ntanimpamvu fit😀
Rose ako ka rouge à lèvre karakubereye❤
oooh,Rose wanjye nkunda wari warabuze,numvaga warasamye ukagira imbaraga nkeyabark mw'izina rya yesu lmana ibikore ndagukunda mpora ngusabira ❤
Nukuri amavi agiye gucika Mana tubisaba watwumvise koko 👏gusa Mana nziko ushobora byose Kandi urakomeye✍️
Ese ubwo ibyo watekereje ntiwari kubiceceka wasanga ari byo ukabona kubivuga, wasanga atari byo ugakomeza ugasenga?
Rose wokabyarawe wambaraneza kagira ibyiza ma sha iyikundiyu❤
Urakoze kumutuzanira❤️❤️❤️🌹🌹🌹
Ubundi Rose wabagahe ko uruherutse,any way we love u
Uberewe cyane nibisuku
She explained things perfectly, even tho ikinyarwanda cyamugoraga but naho harabandi uba wumva babihisha kugira ngo ubagane for their services just for business; asobanuye ibintu neza with honesty cyane shout out to her.🥰
Nagukunze wa mukobwa we, you know what you are talking about kabisa ❤❤❤❤
Coach Nishimwe wanfasha konka iyinda ekavaho
Urasa neza 🌹
You look so beautiful Cherie Rose❤ ndagukunda
Ampayinka Rose new loook🥰💋💋uraberewe no gusuka sha
Rose urakoze cyane kutubariza U ko twagira amabuno 😂
❤❤❤❤❤ Rose amakuru ya Sauda ameze neza
Usa neza ma Rose 🥰🥰🥰🥰❤️❤️🇧🇮🇧🇮
Icwiii rose urasa neza
Rose mwiza❤❤
Rose urasa neza cyane ❤
Jo twins show ,Rose ndagukunda cynee
Rose uraberewe no gusuka umutumirwa nawe naga chrie cane atwenga neza pe.
Ubundi Rooo ni woe wacuuu❤️❤️🌹
nukuri ndagukunda pp❤❤❤❤❤❤❤❤ from jo twins
Rose I love you so much
She is a smart young lady, and all she mentioned here are right.
Ask this for me:If the upper part of your body is big, meaning shape as icupa ricuritse or shape as a door,is the person with that shape will end in beautiful looks?
Bagusubize numvireho pe!
😂😂@@blessedjoy7229
Yego❤,team nta kabuno ngira twitwaweho🎉🎉🎉
Njye iyo nyikoze kumunsi wambere nibwo amavi arya nkasiba ho 2 kumunsi wa 4 nkakomeza ntabwo mba nkibabara ariko pe ndabyifuza nzagushaka kbs
Mbega ikiganiro kizawe chr wakoze kutuzanira uyu mutumirwa ndakwemera
Ndabasuhuje yemwe. Abinaha ntabibuno bakunda😂
Ba bazina ndabasuhuje
Gutyo byangiza mu mavi yawe ntana results ubona
Aseka nka element
Nta youtube channel agira
Nta channel afite?
Akantu ka muzungazunga😂😂
❤❤
Rose ❤❤❤❤
Rose ❤ uwo muntu arasa na element
❤❤❤
Hellooo beautiful peaple❤ mwabibonye ko tugiye kugira 200k subscribers 😅 let surprise Rose with 200k subscribers ❤
Ahubwo mutubwire nibyo koko amazi arimo indimu nubuki bituma ibiro bigabanyuka?
❤❤❤❤
❤️❤️❤️❤️
🎉🎉🎉
❤❤❤❤❤❤❤
❤❤❤turakwishimiye ma Rose
Hy
Gwayumugongo ariko Shaka gupunguza ibiro
Eeee ni dange pe
Ro Imana ishimwe ndabona harimirimo udasanzwe Imana yakoze ako kajisho nutwo dukweto tugufi wambaye rwose nikomeze akazi kayo muri wowe ndabyishimiye
Ngaho se Imana nibikore ❤
Sha mwagiye mureka koko hato mutazakomeeretsa umuntu 😢😮🎉
@@mutonirebecca-qb2hwRose ibi yarabirenze yumvishe byinshi 😀
@@Uwimanalicentamuntu umenyera umubabaro we
Ariko uretse guhubuka nimba umwipfuriza ivyiza ukamusengera ukareka kuvuga ibintu bishobora gukomeretsa umuntu??
😍😍😍😍😍
Uyu mukobwa arasa na Element banaseka kimwe 😊
Yeah
Non nta Channel afis kugir tury tumukurikirana
Numero ya Jeanne uyiduhe
None c njye iyo ryamye cyane ko ndushaho kubyibuha😢😢😢😢😢😢
biterwa n'ibiryo urya nijoro mbere y'uko uryama ndetse n'isaha ibirira .kuko iyo uriye ibiryo bitanga imbaraga ku mubiri knd utagiye kuzikoresha ibiro biriyongera nubwo waryama amasaha menshi.
ikindi kibitera biterwa n'umuvuduko umubiri wawe utunganya ibyo wariye ,iyo ukorera mu muvuduko wo hasi iyo udakoresheje umubiri mbere yo kuryama amasaha menshi ibiro biriyongera.
ushora ku kuryama amasaha menshi ariiko utasinziriye menshi,
genzura muri ibyo urasanga hari aho bukugonga ushaka kubyitaho cyane washaka nutrition coach akagufasha
Njye rya rimwe ariko pe nkunda kwirirwa nicaye hamwe mbese umwanya munini mba nicaye naruha nkaryama pe kdi nkunda kurya ibirayi numugati gusa ntabindi biryo rya pe nkisanga nabyibushye koko mbese nagahinda
@@uwizeyimanalouise9345no kurya 1 nikosa.Ibintu urya birabyibushya uzashake umuntu ukagufasha
@@uwizeyimanalouise9345nonese waryumugati ukifuza kunanuka Koko??uzarekumugati pe
@@uwizeyimanalouise9345 kurya rimwe ni bibi kuko: ubusanzwe umubiri uba ufite nutrients&minerals ukeneye ku munsi knd udafite ubushobozi bwo kubyakirira rimwe ngo uhite unabitunganya. ibyo biryo ukunda kurya iyo bigeze mu mubiri birimo isukari nyinshi kandi uba umaze amasaha menshi utarya iyo bigeze mu mubiri uhita wakira vuba vuba isukari iri mubyo uriye wari umaze umwanya utegereje bikamera nko kwiba,knd kuko umubiri ufite ibyo ukenera mu gihe runaka kandi utinda kuwuha uhita wikorera stock uteganya kuzayikoresha wainze kuwuha.
hari igihe wamva warushye ikiba cyiri mu mubiri isukari iba yazamutse cyane ariko iyo hashize umwanya muto iramanuka rero wanaryama ntacyo uba ufashije keretse ushatse ibyo ukora kuko byatuma itazakuzamuka icyarimwe ikagenda yakirwa mu mubiri buke buke.
nimba urya rimwe kuko uba wumva udashonje,umubiri wawe waba ufite ikibazo cy'uko utunganya ibyo wariye buke buke knd nabyo byongera ibiri. byasaba ko mu mirire yawe wongaeramo icyayi cy'ibyatsi(cyafasha umubiri gutunganya vuba ukaba wabasha no kurya ibindi) , mu gihe uriye wajya ubanza imboga(zaba zietse cg mbisi) mu nda mbere y'uko ushiramo uwo mugati n'ibirayi kuko imboga kuzibanza mu nda bituma isukari idahia izamuka cyane noneho umubiri ukagenda uyakira bukebuke ntibitume ibiro byoyongera kandi ntuwumve umaniwe.
0790492031 ushaka ko agufasha wamuhamagara kuri iyi numero ye😍👌
😢
Mumpe number zuwo mukobwa
Duhe number
Hahaha
Ntabwo Ari gutyo bakora sqwate
habaho ubwoko bwinshi bwa squats icyangobwa ni uko umugongo we urambuye atawusubije inyuma ngo awutunure ,buri bwoko bwa squat buba bifite muscle bukoresha cyane rero uhitamo iyo ukora bitewe na muscles ushaka gukuza
Uitwo dusuko tukubereye
Nta sport izana ikibuno ntibakababeshye,mwe mubona abanyamahanga bajya kubyitezaho kwa muganga ubundi bakajya muri sport ngo ibyo bitejeho bifate neza kuko niko muganga abategeka ubundi bakaza bababeshya ko babikuye muri sport mukabyemera?hahh sport ishobora kugufasha kubumba ikibuno ariko ugomba kuba ukifitiye ntiwazana imbazo ngo sport iraguteraho ibinure wapi kabisa.
😂😂😂😃😃😃😅😅😅 Yego rata Abashaka babyemere cy babihakane ark uko Nukuri 👏👏👏👏👏👏
Akantu k'imbazo 😂😂😂😂😂
@@bukararitha6767imbazo!😂😂😂 abagenda baza ngo Dutahe !!!!
Ibibintu byikibuno birakora peee gusa iyuziretse kiragenda
😂😂😂😂 yego rata
Hoya njyewe narabikoresheje kiraza nubu maze 3years kitaragenda ahubwo harigihe ushiduka ubaye munini kubera protein Uba ufata
Okay
@@Angelmicha246 wabikoze igihe kigana gute
@@Angelmicha246 wakomeje kubikora ariko
Rose wokabyarawe wambaraneza kagira ibyiza ma sha iyikundiyu❤
❤❤❤❤