KWAMABUKWE BARANYANZE NGO NDIMUBIðĻNI TUBANA NGO BAZAMUCAðUMVA IBYIZA BYABAYE NYUMAðNDARYOHEWE CYANEð
āļāļąāļ
- āđāļāļĒāđāļāļĢāđāđāļĄāļ·āđāļ 26 āļĄāļī.āļĒ. 2024
- #ireretv #happyfamily #dailybread
IRERE TV ni TH-cam Channel igamije kugeza ijambo rihumuriza kubayikurikira buri umunsi.
kubagezaho kandi ibiganiro byubaka umuryango nyarwanda muburyo bwumwuka, ubugingo ndetse no mumubiri.
IRERE TV kandi dufasha kurerera Urwanda, dutanga inyigisho kubana nurubyiruko muri rusanjye.
Turatarama yewe Tukaramya Imana. Ushaka kutugezaho, ubuhamya, inyuganizi cg igitekerezo waduhamagara kuri
Tel:.+250 788 351 168
+250 780 860 338
+250 780 767 456
UMVA IBYIZA BYABAYE NYUMA
Tubashimira kuba mudahwema kubana natwe mubiganiro tubageza. kora share usangize abandi icyiganiro wakunze, unakande subscribe niba utaraikora. wowe wabikoze Imana uguhe umugisha.
IRERE TV is a TH-cam Channel that aims to bring comforting words to its followers every day.
and to provide them with discussions that build up the Rwandan community spiritually, spiritually and physically.
IRERE TV also helps to raise Rwanda, we provide education to children and youth in the country.
We worship God. If you want to share with us, a testimony, a lawyer or an opinion, you can call us at
Tel: +250 788 351 168
+250 780 860 338
+250 780 767 456
Thank you for continuing to stay with us in the conversation. Do share the conversation you liked, and click subscribe if you haven't already done so. you did it God bless you.
Wabaye intwari ukiri muto mubyeyi kandi ndabasabye mujye musengera urugo rwanyu kandi ndabashimira kuba mwarongeye gushira. Warakoze kumubabarira.nabasigaye bazagusaba Imabazi kandi uzababarire kuko nabo sibo uzafate umwanya wawe ukore akantu kogushimira subukwe numubyeyi mwizaâĪâĪâĪâĪâĪ
Ubuse uyumugore ni mubi he koko ???? Urimwiza ndetse cyane âĪâĪ
I liked your resilience, taking a decision to stand on your own as well as the way you did your intelligence. But thank God including you and your husband how you reconnected
Ariko baguhoriki kombona urimwiza?
Pole mukobwa mwiza barakubeshyera uri mwiza nukuri ðĒðĒ
Waaooooo,Urukundo ruratsinze,Papa Mucyo yarakoze kwisubiraho,Mama warakoze kwihangana muri byose,Papa Mucyo nkeneye ubuhamya ngo atubwire icyabimuteraga kdi ni intambwe nziza yo gukomeza kwereka Mama Mucyo ko wahindutse koko.
Nibyizako nawe yaza akaduha version
Imana ishimwe ko mwasubiye kubana mugakomeza uburere bw'abana murikumwe
Maman Muco warakoze kwihangana
Uyu Mugore kuva n ' abaho sindumva umuntu Uzi Kwihangana nkuyu Muntu .. Sinzi niba Ari Kubyakira cyangwa ari Ukundi Nabyita....
Mama mucho am from Uganda ndagukuze kabisa wibare guca bugufi no gukunda umugabo wawe ukamu ha ayandi mahirwe mubuzima bwawe Kandi nokwiha agaciro nunge gushakira ubuzima mubandi bagabo Kandi ukiri muto, yesu akubakire ruhame Kandi numutware wawe imana imuhe umugisha kubwo kwisubiramo nukuri mugume gufasnanya nokwihanganirana muribyose kungirago urugo rwanyu rukomere ariko byose muzabishobozwa na yesu Kristo kuko niwe rutare satani ataja apfa kunyeganyeza.ok mbifurije urugo rwa mahoro nurukundo rundashira iteka ryose. Irere TV ndabakunda kabisa sharom sharom
Thanks uri ntwari mama uri urugerorwiza
Iyo situations ndikuyicyamo ndangije imyaka irindwi ðĒðĒðĒ
Nshuti yange ihangane nakitangira iherezo nange sintarinziko yazangarukira ubu tumezeneza
Ba Data bukwe bakunda kuba beza peâĪâĪâĪ
Imana ishimwe yisubiyeho disi
Imiryangoyagiye ireka kwivanga murukundo rwabana babo.
Biratangaje kubona umuhungu yikundira umukobwa bashikibe nanyina bakavuga kumukobwa atarimwiza kandi ntanicobibarebaho bikundaniye murye mureka abana.
Imiryango murwanda irasenya cyane. Cyane iyo ufite umubyeyi wâinigore ufite ubutindi. Burya, ntamugabo ujya mubana abasenyera ureste umugore( nyina wumugabo or wumugore). Nibo bagira amatiku, yanyu iyo ugize sisters-in-law( baramukazi), nuko nyine harashya. Abagore aho bava bakagera nakaga peeee
Sha warihanganye urumugore winwari wamugabowe umugore wawe azubwenge ubunda zi ejo utazamutota guhuza nanyirabukwe nawe afite u bwenge kuko ubishyizemo imbaraga bya batera nya gusa bizakunda nabobashikibawe babe mumatiku yogusenya kuko nabo nabakobwa bagende gake bazamusabe imbabazi
Wow iyomwimuka hamwe
Yooooooo warunafintu mwana ihanganeâĪ twese nuko
Yes, mama Jumong ntawamenya
Chr ihangane ubwobuzika nanjye nibwo ndigucamo
cyakora iyo umuntu akwanze ukabona ugukunda kandi cyane ,aba ari sawa.
Ibaze ko nubu ukigaragara nk'umwana muto ku myaka 9 yose uri mwiza rwose uracyari na muto rwose
Ihangane nge nzira ko ngo ndi umukecuru, nyamara umuhungu wabo andusha imyaka itanu. Bareke Imana irahari izaBumyað
Hhhh najye nuko weee turashije Kandi baturutaðĒ
Nange andusha imyaka5 igihe cyose urukundo ruratsinda
Umuryango wakwanze ntubyra ibyuvuga ubuse murabona uyumugore atari mwiza ni satani ibayarateye abantu
Naje kubona ko burya ba nyirabukwe bafata umugeni nkuko nabo bafashwe na ba nyirabukwe babo. Kukwanga ngo urumukecuru buriya nibyo biba byaramubayeho akaza akabikijugunyaho. Muge musenga mwikuraho iyo myanda yose abo bose baba barahuye nayo..
kombona urimutoðĒ
Ooohhhhh duhuje amateka ngewe ngize umwana ufite 7ans ari mabukwe nabashiki be ntanumwe umuzi
Ihangane igihe cyizagera nawe abone ingaruka
Ihangane komera ubeho kandi neza
Najye ndabona urimwiza
None c ko mbona uri mwiza?cg ni ububi bw''umutima?
Wasanga ari ububi bw'abantu.
Ereg umuntu utagukunda ntiyabona ko uri mwiza uko byagenda kose
Wasanga Ari bwaburwayi bwamoko bwabiteye.
@@migishayvonnibyo rwose
Por maman
Ubwose urabona mutarskoze amakosa kandi mbona uri injijuke
ðððð
Uri mwiza cyane rwoseð
Kuri mwiza koko baguhoraga iki?
Nakintu kigaragara nakubwira bamoraga pe navugako arigikarayi cyimana narindiho
Nyagasani ubuse umugabo muracyarikumwe?imiryango se ubu yarakwakiriye?ubuse muravugana
Imiryango yaratugatukiye mabukwe yaje kusaba imbabazi
Imiryango yee ubu turihamwe baranyakiriye
â@@NayebarePhionah-le6ybImana ishimwe disiii ubwo byakemuts3
ððððððððð
Nibutse ibyambayeho
Nanjye pe
Fiona ndabona wabaye umustari
Kuri mwiza koko baguhoraga iki?
Wasanga bapfa ubuhutu.nubututsi