🤣🤣NATWAYE UMUGABO W'ABANDI KANDI SINTEZE KUMUREKA AFITE UMUGORE N'ABANA ARIKO NANJYE SINAMUHOMBA DA!
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 31 ม.ค. 2024
- NIBA UFITE INKURU YAWE WIFUZA KUDUSANGIZA #DUHAMAGARE_KURI_0790003781 #inkuru_yanjye #rweme_mbabazi
- ภาพยนตร์และแอนิเมชัน
Gaudence 0798 555 374
Nukuri hari isura,gusetsa no kuvuga wagira NGO ni dorimbogo
Afite iminwa nkiya dorimbogo😂😂😂😂
Ahubwo afitemo agashusho ka Keza Terisky
Ubuse ibyo yavuze bisekeje nibihe ? Cg birababaje ! Ubuse koko umugabo we aziko afite umugore cg nindaya zahuye
@@esperancemujawiyera7986
Wowe uri indaya ku kihe kigero ?
@@user-ki9gj8ju7c nduwa kabiri kuri wowe
Nyamara nemeye KO avugishije ukuri/ ababikora ni benshi ,mureke kumutuka pe.azakizwe Yesu azamuhe umugabo WE bwite.
She is the only one
Avugishije ukuri abandi baza batubesha
Kacoka ikaba itwaye umugabo wabandi none ije kwigisha iki kweli😂
Gerard niwe ukwiye kwigaya
Uyu mugore ntabwo yaje gutanga ikiganiro ahubwo yaje muntumbero zogushavuza umugore azwi kuberako hano abantu bazi wamugore nyene umugabo baja kumubwira amajambo ababaje. Mwene aba ndazi uko bakora nico baba bagamije. Aha yaje kwatsa umuriro wurugo nyarugo ntayindi ntumbero. Ndatangaye aho umusuma agenda yihaya. Madame mukuru wihangane ugume kumavi ibi nivyumwanya, kuko amaherezo yinzira ni munzu.
Ndagukunze muvandimwe urabona ukuntu yizeye imbaraga z'abapfumu,ngo umugabo ancika ho gute? Mbese yizeye ko icupa yamushyizemo ko atarivamo,ariko ntazi ko ikibazo ari igihe ,igihe kizamwemeza
Nukuripee mbona yarirangirije ahaaa....lmana irinde Umugore mukuru
Ni kiraya pe
Amarira yuwo mugore azagukorahp da ,Mushake Yesu bigishoboka pe
Muransetsa ubwose ubawumva nkuyo arumugabo waririra Uyumugore ntakosa ahubwo ikosa nuyomugabo.
@@carinemanirambona2708 uwo mugabo wapi byo
Nuwaburera koko
Yooh uteye agahinda mugore mwiza,gusa ikigaragara cyo ukeneye kumenya ukuri maze nako ku kakubatura (Muri macye ukeneye Yesu) kuko nutihana uzarimbuka,gusa sicyo nkwifuriza.
Uri mucyaha rwose,ikindi urahemukira abo bana wabyariye muri icyo cyaha cy'ubusambanyi.
Egooo umubwiye neza pe imana ikumpere umugisha 🙏🏾
@@chany9950 Amen...
Urashaka kumurya amaturoo
Uyu niwe Yesu yemera kuko atagira uburyarya
Yesakugereho akubature nkoko urimungoyi za satani
Yoooo,urambabaje malaya weeee
Wicare uziko wicaye ku nyanja y'umuriro
Ihane wakire Yesu kuko umuriro urabarindiriye mwe n'uyo mugabo
😂😂😂😂😂😂😊😊😊from ocien
Inyanja y'umuriro ntibaho.amagambo akoreshwa ubwayo arahabanye inyanja n'umuriro😂😂
Nibe nawe avugishije ukuri kandi ntiyaranabizi umugabo wabandi araryoha ibereho rata ruzaca IMANA kandi mwijuru ntamugore numugabo bazabayo
Ariko abanyarwandakazi bagize ubu star gushyira ku karubanda ubuzima bwabo bwijimye batekereza ku ngaruka bigira ku miryango yabo? Ubu se ni amafaranga angana iki uyu mugore arakorera kuza kuvuga ibi bintu koko? Inyigisho irimo se yo ni iyihe? Niba waratwaye uwo mugabo wamutwaye ntuze gukomeretsa umugore we koko! Nukuri mushyire ubwenge ku gihe kumenyesha isi yose ibyanyu nta kiza kirimo. Bamwe bitwaza ngo byigisha abandi cyangwa ngo bararuhuka, ariko hari ukundi mwabigenza! Imana ibahumure!
Iyi nkuru irashekeje pe arko wakabaye ugarutse warakijijwe nibyo byajyaga kubabyiza pe
Sharing is caring 😂😂mwibyegereza umutima cyane,ntamuntu wagutwara umugabo, umugabo ni umuntu mukuru aba yakoze ibyo yatekerejeho
Hhhhhh
Egoko abagore baragwira mbega indaya
@@Yannick_fiston meanz???
Njyewe bigenze gutyo naguharira ugatwara rwose sinshobora guharikwa mbireba yasambana agahakana ariko nkibyo sha wapi ikibazo nuko babikora abagore bamaze guzaza😊
Wowe tubyumva kimwe peee gusangira waapiii
@@denysenyiramugisha9898 reka buriwese Imana yamuremeye uwe biba byabananiye gutegereza nabakatira rwose
Ibyo ni umurengwe sha
Gusaza se bituma umuntu ahemukirwa cg asuzugurwa ako kageni? Aba afite abana bakuru bamwitaho
@@eastafricanlinksltd5591Birababaje cyane nanjye namuharira
Inkuru yanjye yiganzamo igitsina gore cyane, mfite ubwoba ko Gelard bazamugusha😊
Nkundukuntu ducimanza kwiyi social media basi Kandi uwareba abazica akabasesengur yasang mutari cyoro Ariko mujye mwumva umuntu niba nibyo avuga mutabilunze hari umuntu bigira icyo bifash inkuru suyumwe niba warahiriwe ntukajye uter abandi amabuye plz godance ukiriho imana ihindura amateka Kandi iyo igufiteho umugambi ikunyuza mubikugoye kugirango uzabe ufite ubuhamya never give up
Bwana wamutu sumu amarira yumugore we nabana be ntazaguha amahoro erega uraseka ubuse uje kwigisha iki uburaya kankubwire uramufite ariko ntuzamusazaba numushyitsi ufite suwawe courage
Ntagubeshya rwoseee ajyamenyako arindaya uko byagenda kose
Isi irashaje! Ntanisoni ukamamaza ibintu nkibi???
Jeradi c weki
Ariko ibintu mwigira ubund umugabo ashate abagore barenze umwe bitwaye iki ubund koko nimugakabye as longer as that man manage it well and second wife akagira respect and good heart with love naho first wife akihangana akabyakira then akagira urukund
Nubunyobwa se watwaraga ntabwenge afite,hagiye mama wagiye ntagaruke
Urabaza weeee!!!!! Ararara nyine!
Aho kugira umugabo ufite sidecik wagira umugabo umufite unabizi kuko ugira nuko witwara ariko abagore mwigiri gute abagabo banyu abenshi babikora batabizi akabakwena iyoo
Mbabajwe n'abana wanitse kugasozi😢😢😢
Ntago nari nzi ko habaho umugore ugira urukundo pe! Sha komerezaho ndagushyigikiye
Njye ndabona asa na dorimbogo da😂😂😂
Ahubwo wagirango nabavandimwe
Cyane
Ahubwo avuga nka mama wabapampe
Ukeneye Yesu mu buzima bwawe
Ibyo wakoze n'ibyu muntu udatunze Imana disi
Uraseka ark uteye agahinda !
Gerard hano wakoreye shitani utabizi,byonyine title y'ikiganiro ubwayo iri satanique iki cyaha ugisabire Imana imbabazi kandi ntuzasubire pe,
Ark subu Koko nkizi ndaya abazizanye ngo zigishe iki Koko
Gera indangaaciro zawe ntizikwemerera kwakira ibije byose.biragayitse kandi wabaye umufatanyacyaha mukubabaza uyu mu mama baharitse
Ahaa!😏 mbuze icyo mvuga!!! Imana niyo izi uko bimeze n'uko izabigenza!💔💔
ndemeye uyu mu dame! yariyakiriye! positive! Gerard, ibi nivyo biganira mujanys cane. ivy' abafise intuntu n' agahinda si ivyawe! uri fantastique muri iki kiganiro
Nawe si we satani aramuruhije. Uwiteka akugirire neza aguhumure umenye inzira z agakiza mu irina rya Yesu
Ubwo se ibyo nibyo waje kurata hano? Abo bana uzatume babaho nabi Imana izabikubaze wa cyohe we!
Imana ikubabarire byibuze ntunahaye agaciro ubuhamya bwe wumve nibyamubayeho koko ahubwo uje umutuka kweli?
Musabire Imana imusange aho kumutuka
@@BeatriceUwamariya-lj8qh
Icyohe ni wowe. Abo yabyaye bo si abana ? Ubundi se ko uri igipfamatwi, wumvise yavuze uko uwo mugabo yataye abana be asanganywe wa njiji we ??
Arko mwazajye mureka guca imana, niba warahiriwe sawa, plz mutureke twaciye muri byinshi 😢
Arko abakobwa mwaretse kudutucyisha ubundi kucyi mwumva mwabaho kumitsi yigitsina Gabo Kandi twese tuvucyira amezi9 ningingo zingana Ashe uyu mu maraya aneye akajinya ndumva kbs uwacyinyegereza nagikubita pe mbega nukuri tumenye gukora tureke gusenya Ingo zabandi 😢
Umugore wa Gerald abe maso kuko uyumuvandimwe ndabona gahunda ari ugafata umugabo wese nk'uwe Kandi yamaze kumutumira na Gerald ati nzaza umpe numve 😂 ubwo azaguha brochette gusa cyangwa nihitiraga! Cyakora birantangaje kubona umuntu uza kukarubanda Nako kukabusunzu akavugako yatwaye umugabo wabandi Kandi adateze kumurwkura😢 natwe tugaseka tukabona nibisanzwe nihitiraga ntamunabi mfite gusa ndatangaye!
Uravuga ukuri ariko nawe ibyo avuga byabera benshi isomo. Umuntu ufite umugabo ntazigere adamarara
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Pe😢😂😂😂😅
Ubundi woe uranyishe ukuntu urimo kwihohoro 😂😂😂😂😂😂😂😂. Ahwiiiiiiiii nukugirango batagusomera 😂😂😂😂😂😂🎉 ahwiiiii imbavu ziranyishe
Nubwo ntarubaka,Gusa aba maman, Nyagasani abarinde ibisuma bitwara abagabo babandi😔
Bakunzi ba Gerard mwankoreye kwifoto yange mukampa subscribes? Imana ibishimire❤
Gerard ngukunda cyanee noneho iyo wasetse cyanee biransetsa ngapfa neza neza😂
Satani arakora ashishikaye, nkayomahano wakoze ukaba utanicuza, koko!!! Urugo ni ministere yashyizweho n’Imana. Umuntu wese urwivangamo ntamahoro azagira, azahanwa cyane. Nkugiriye inama yokwihana, ahokuza kwirata ubukozi bwibibi aha kwa Gerald.
Nyamara uyu mudamu ntaribi ryiwe kbsa. Azi nokuganira pe
Ndababaye pe Gerard iki kiganiro numugore wawe ntago yagikunda , kuko uwo mugore nta cyo yigishije ahubwo ari kwigisha uburaya pe, kuko umugore numugabo barahirira kuzatandukanywa nurupfu, ubwo uyu nurupfu rwigendera
Bibeshye bagutere amabuye kuko wowe ubyiyemereye ikindi ukagirango uwo mugabo niwowe wenyine afasha murino si 🤣🤣turi abagore yego ariko abagabo bacu si impumyi kd batwara uwagendaga😂😂😂
Uzababara !!!umenye kubabaza abandi icyo bivuga !!!no gusenya urugo rwabandi , nkwitumire fu rije kubura amahoro mugihe cyose ,utarihana
Abamutuka ntacyomukoze ababikora nibeshi kandibubatse
Abamutuka ntacyomukoze ababikora nibeshi kandibubatse
Hhhhhh cyokoze urashoboye muko
Mbay uwa 4 arko ndumv imbav ziraturika❤
Godanse nagukuze sha yesu azokwiteho cherie😘👍🏽🙏🏾
Imana irababarira uzayisabe imbabazi gusa ndumiwe kuba hakili abantu bimpuhwe gutyo yaragutabaye ugutuka nuko atazi uburyo bigoye kurera abana wenyine
Si Imana yamuguhaye ahubwo nushitani, ubwo urumva uburyo wigamba gushimuta umugabo wabandi. Apuuuu nawe azahuta akunde abandi.
Ariko iyo umuntu avuze ibye mwe mwumva ibyo mushaka kumva ? Wigeze wumva avuga ko uwo mugabo yigeze ava mu rugo rwe ?
Ijambo ry'Imana naryo ngo biratana ibiteye isoni byabo . Ndumiwe koko
Subwo uraseka iki urabona bisekeje mana weee ndababaye pe amarira yabo bana numugore we bizagukoraho😢😢😢😢
Azamwome mubitugu yo gakenyuka
Karma iramutegereje
Tu es fière de tes betise madame? Ubu urumva aribyokuza kwiratako watwaye umugabo wabandi Koko ntasoni? Uzihane usabe Imana imbabazi ndetse nuwo wahemukiye bitaribyo uzarimbuka
Abonye ibyo arata ,ayo marira yabo bana na nyina uge uhora uyunva mumatwi yawe ,tukiri mwisi nawe uzunva uburyo bibabaza !!! Guhemuka ntibihera wamupagane we
Ngaho Kandira no kuri Gerard se?uzicuza n'ubwo wumva biryoshye ubu shahu Mubyeyi mwiza uzagerageze ubyikuremo kubw'ubugingo bwawe muvandimwe.
Amarira warijije uwo mugore azakugaruka kandi kandi muri wowe harimo satani sekibi iguteza gusenga ingo zabandi senga cyane kuko nawe siwowe erega ukanabirata😢😢😢
Ufite ucyo yirata wese yirate Yesu!ubwo nibiki urikwirata koko?ibyo wakora byose umunye ko afite umugore we kdi yashatse akunda
Shaka ubugingo ureke ibyabandi kuko utabireste wazarimbuka doreko urikubivuga umezenkaho urikwiyamamaza kd ufite satani gusa Yesu aracyari kuntebe yimbabazi
Sha wanshishije cyane kbsa urasetsa kd uvugisha ukuri
Ese ubwo waje kuvuga ubusa kukarubanda uwo mugabo mwabiganiyeho Cyakoze , indaya ntimumwara
Nge ndize Ubu ntakwiteza abagore
😂😂😂
Gusa ari funny kbsa😂
Wiseka kuko urimubyaha wamugorewe kandubwo wasanga abana numugore be ntacyabamariye nutihana amarira yabo Imana izabikubaze
Ntaburyaryagira
Wow. ! Komera Mukansanga Gaudence. ! Gerard noneho yatuzaniye inkuru y'ukuri pe. ! Umuntu uzana ubuhamya alavuga ukuri yubaka aho ari , Gaudence uzegeranye abagore babyaranye n'abagabo bafite abandi bagore ubigishe kuko biragaragara ko wabafasha byinshi mu myumvire
Oh,uri umunyakuri rwose
Yoooo iyi nkuru ariko iraryoshe pe uyo mugabo imana izomumpere ijuru yakoze ibikora inka pe🤣👍🏽👍🏽👍🏽
Ubivuze ukuri.nibikora inka.abagabo nta byanyu
Ark ko mutuka uyu Mumama ngo yatwaye umugabo wabandi abo twizereramo abantu bose twifuza kugira kwizera nkukwabo bari bafite abagore bangahe?!!!! Uwibwirako amufite wenyine buraca bakamuzanira abana 6 bavuye kubagore batandatu byarutwa akazana undi ukamenyako ahari niyompamvu ibyaha byagwiriye.
Hanyuma ingaruka byagiye bibatera zo zingana iki nubwo bari bafite abagore barenze umwe? Uwari umuhanga muri Bose washatse abagera mu 1000 ndavuga salomo uko byarangiye avuze urakuzi? Yaravuze ngo byose ni ubusa gusa ni nko kwiruka inyuma y'umuyaga!
@@vm-qo1jr uko byagenda kose izongaruka ntizihwanye nuko Umugabo wawe yajya mundaya na Sida irihanzaha nizindi ndwara yazana undi byemewe nkamenyako ahari hagira nikibazo kivuka nkamenya aho cyaturutse.
Sha nagukunze nubwo wababaje mukeba arko nanone ntukomeze ubabyarira kko kwiherezo bazasubira iyo bavuye
Gerard,uyuwazanye noneho ntabutumwa aduhayepe!inkuruye ntakigishombonyemo
Uyu ntanyigisho azanye ahubwo aje kwamamaza uburaya.
Wapi n'akagoh atuvuniy ngo musengere abagabo satani yarakariy'ingo
Ark nkizi mbwebwe ziba zaratwaye abagabo babandi ziba zije kwigisha iki hano, iyushaka umusore se ko bahari wa mase weeee none uravuga ubusa washinyitse ntacyutakoze icyakora unteye iseseme peeee indaya murapfa muragashira uretse inzaratsi mukoresha ugirango ninde mugabo upfa guta umugore we nabana nuko muba mwabaroze ntakundi. Nubwo ntakuzi gahure nishoye gapfe nabi puuuuuuuu
Have reka gutukana wirakara 😂
Mwese mucyeneye gukizwa
😂😂😂😂😂😂😂😂😂 mbega ibitusti ibyo bigabo uwakubwira uburyo bituzengereza ntiwavuga utryo☹️😏
Nabyo nibigoryi byigendera nyine
@@user-ge9mh3th8k nuko bisanga nta dress mufite mwibunza nkumugisha muke, mujye mushaka abanyu muve muburaya
Uyu mugore inkuru ze ziratandukanye,uburyo yatewe inda bwambere inkuru yambere yavuzeko yayiterewe i kamembe aha ati ni muri nyungwe!!!!!!
😂😂😂😂😂😅😅😅 hhhhh ngo nugusalanganya 😂😂😂😂 ni hatali ,ntibizoroha .😂😂😂icyakora uwo mugabo nimpfura pe ,yaratabaye ,atabara atabaye ,nuko bimeze
Warasenze imana iragusubiza ubona umuntu ugufasha atagusabyeko musambana arko urajyije wijyira derira ngo umusenyere imana ikubabarire pe uwo mugabo inama namujyira nuko yasanga umugorewe bakubaka kuko kuri iki gihe bamwe mubagore niyo ubagurije ntibakwishyura bashakisha ukuntu musambana bigahuriramo bagabo mukanguke ubu yaje hano arahita abona abandi beshi
Niba wemera ibyo yavuze nku ukuri, yavuze yaguze ati namenye ko afite umugore byararangiye. Aho ntakosa yaba afite. Umugore mugihe ataramenya ko yaringoye nuyu ntakibazo cyarimo. Niba arangiza inshingano ze kumugore mukuru ntakibazo kirimo.
Nyamara nawe ari wowe uyu mugabo yagiriye iyi neza ntiwamuvaho pe. Rimwe na rimwe tujye twumva abantu. uyu mugore bamugiriye neza kdi ineza yiturwa indi. Gusa sinshyigikiye gutwara abagabo b'abandi ariko uyu mugabo nawe yagize uruhare mu itwarwa rye. ubugira neza bwe bwatumye bamufata bugwate
You are too innocent abantu bari kugutera ibuye nibo basambanyi ba 1 kwisi ruharwa. Uzabe umusilam dore twebwe twubaka turi 4 kdi ntabwoba
Puuuuuu iyo urindira uwawe !!!! Uhoraho azaguhanire icyo cyaha cyo gutanya abashakanye. Uwo mugabo naguhaga uzabigenza ute? Uzongera usenye urundi.
Iyi nkuru ifite title mbi kuburyo binaniye kuyikomeza.bye
Mbegadisi wamumamawe wimereye nkumudabagizi cyakora ntukabure icyowihera abana
Nkunda ukuntu Gerald asubiza ngo Suko 😂😂😂😂😂
Imana izabikubaza
Inzaratsi na marozi nemeye ko bibaho waza kwigamba kukarubanda ngo watwaye umugabo wundi koko sh Imana igutabare
Sha nakumiro
Gelard wiseka biteye agahinda nkubukoko uyumugore yajekuvugiki koko ubwoyaje kwiyamamaza gwaravuga ikise?
Ndumiwe 😅😅😅😅😅wabay umu Star
Nubwa1 Gérard yaha maraya ikiganiro birambabaje nkubutumwa yaje gutanga nubuhe?
Umva mbese ngo urishongora.Wakwishongora se no ku Mana.Mujye muvuga muzi Ko Muri munsi y,Ímana irusha imbaraga Ibyo byose mwiratana!!!!!!Amarira y,uwo mubyeyi watwariye umugabo arazamuka akagera ku Mana😢Urarye rero uri Menge.
Sinakomeza kubyumva byarangira ngize umujinya
Umujinya wiki se ko biri hose muvandi uwo avuze ibyo yakoze ababicecekanye ubugome ni benshi
Wibyumva njye ndakireba kuri camera nkumva nafata urwembe nkashwanyaguza isura😂😂😂😂
Wowe nuko ubivuze gusa sibyizaariko abatabivuga nibobenshi uzakizwe
Imana izabigusubiriza kuri media nkuko ubigenje
Kndi uko wagenje niko uzagenzwa
Uwo wambuye umugabo yihangane mw ijuru hari Imana kbs
mureke icyo ubibye nicyo usarura.
Izabimwereka namaso ye sayundi
Urumurozi wamugorewe. Umugore wuwo mugabo nabibona amenyeko yatogewe rwose
Ako gatekerezo karaza kuhatwika tuuu🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥
Ubyo rero ngurimukuri waratwaye umugabo wabandi warangiza ugaseka puuu
Umugabo wubatse ni wemwiza
Ibaze icyokigore kikiraya ngokirita umugabo wobandi ngo cher nkawe ukwiye yesu gusa kuko nutamuhungiraho abagore bazagukorera inama uri nikigoryi ubwose urumva burimugore wiyubakiye urugorwe atagufashe isura komeza wiyamamaze bazakwereka uri indaya rwose
Ihane madame,warahemutse pe.
Abantu bararakaye😂😂😂😂😂😂😂
Ntanisoni,urigamba ko washenye urugo rwabandi!!
Uyuwe nisura ye iragaragaza ko ntamikino 😂
Wa cyirayawe
Ehhhhhhhhhh ni akimiro koko,nkuyu ari kuvuga iki?banza usubize umugabo wabandi watesheje urugo rwe rwa mbere, yhoooooo iyo ubanza ukamenya ko wakoze amakosa,ukaba uje kutubwira ko wikosoye byari kuba byiza,ishyire kwisoko namahano wakoze,be courage dear😢
Imana izahorera uwo mugore wasenyeye kndi izahora ikoresheje wowe uzababara sinkuzi arko nudahinduka iherezo ryawe uzarira
😂😅 ibyo uvuga ntabyo Uzi,ndagukomeje
Ariko ni mumirenganye uyu mukobwa gwose njyewe ndenganya abagabo bashukura batazi kuvugisha ukuri
Uwo mumabuja numwana mwiza imana imuhe umugisha
asa na cya Vava.
Nyobewe objectif RWEME yari afite ajya gutambutsa kino kiganiro kbisa.
Ubuse ntasomo ukuyemo? Nujya gufasha reba uwo ufasha atazagutera ibibazo
ATI dusaranganye😂😂😂😂
Gerard noneho urikuduphunyikura menya wabuze ibiganirope ubuse nkiyindaya ije kwigishiki abantu ubu wahiriye umugabowabandi ubona ntibihagije uravuguti kanze kukarubanda noneho mucyeba mujombe igikwasi kuri bose babireba amarira yuriyamugore nabana uzayishyura wakiroziwe
Egoko Jeanine 😂
Arko abakobwa mwaretse kudutucyisha ubundi kucyi mwumva mwabaho kumitsi yigitsina Gabo Kandi twese tuvucyira amezi9 ningingo zingana Ashe uyu mu maraya aneye akajinya ndumva kbs uwacyinyegereza nagikubita pe mbega nukuri tumenye gukora tureke gusenya Ingo zabandi 😢
Gérardo Mbabazi, iyi nkuru vy'ukuri, ije kwigisha iki????
Uyu munsi ikiganiro kirabishye Gerard azanye satani
😂😂😂waje kwikina kumutwe yuwo wivyye umugabo ipuuuuuu
Ubwox abagabo baho ntuzabamara?bagore biburera murabe maso gusa ntago byaguhira Imana ibabajwe nabantu bakora benibyo
Umugabo cg umugore batwara aba Ari igishwi nawe umujyanye isahanisaha bamugutwara 😂
Yewegayewe, umugabowanjye niyongeta guter inkunga abagore, tuzaserera, ndabona ar ibisitaza.
Komeza witangire ibimenyetso mukeba arakujyana muri rib daaaa
Mbaba kuva wabaho ubonye umuntu ugusetsa gusa umuntu.uvuga ukuri biramusa
Gérard ndagukunda ariko ikikiganiro umuvueyi wese yakumviriza iki kiganiro cuyu mugore yobabara kwihayagiz kwiba umugab wuwundi ndumiwe uri Indaya itazavayo
Uyu Madame arasetsa , Gerard uzamusabire gukina muri papa Sava akinane na madederi!
😂😂😂😂😂😂