Gusa buriya mbona abantu dukwiye kuvuga ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo nibwo bukenewe kuko aribwo bufite icyo bwungura ubugingo bw'abantu. ibindi mba mbona ari fanatism kuko byashoboka ko ari ukuri cg ari ibinyona. Naho kuba abantu bakora imirimo myiza ntabwo yaguhesha agakiza ahubwo agakiza ka Yesu Kristo (kuvuka ubwa kabiri cg kuzurwa mu bugingo) niko gakwiye kubanza kakaba ariko kabyara imirimo myiza.
Ni ko abyumva, ntawamurenganya! Cg se yishakiraga agatwiko ! Cg bafitanye amasinde, na byo nta wamenya! ð ð ð Gusa uyu mumama na we uje avuga ngo ntibishoboka ko umuhanuzi yakwerekwa neza, ngo bose babona agace, nuko bagaterateranya, ajye yicecekera ntabizi ! Wenda we ni byo yahuye na byo, agira ngo ni ko bihora bigenda kuri bose! Na we akeneye guhugurwa! ð ð ð
Urumva se aba bantu bakigereranya Ijuru n'imirimo hari ibyanditswe Bazi koko Ubuntu bw'Imana bubasesekarehooooo ððððð babigisha kwitanga cyane bakazinjizwa nabyo iryo juru ni irya kabiri mmuve muri babuloni nimuyisohokemo mureke kwataka abantu bavuga ku bigisha banyu babigisha ibihwanye n'irari ryanyu
Ibyo ni ibya Yezeberi, niwe wari umwibone ari n umupagani woheje abisiraheri ngo bacumure! Muka Ahabu!? Uramubarirwa, ntumuzi! Kandi kuva abisiraheri babiremamo ikimasa bakakiramya Mose yagiye ku musozi w Imana, byahise biba icyaha! Bicajwe no kurya, bahagurutswa no gukina baramya ibyo bigirwamana bari biremeye!
Ijuru rya kabiri se uyu mubyeyi ararizi noneho ko ariho hari imyuka mibi yafashe ibisubizo bya Daniel noneho igenzura iryo juru yabemereye kubabwira ukuri. Nimuve mu bujiji nubwo ntemera ko imyambarire n'agakiza bigendana arko no kwambara nabi nta gakiza kabyo kwisiga n'ibindi. Ubwo rero ndumva uzanye mm wawe ngo murwanirire Gitwaza ugushe hasi Pamphile. Ubwo se ko icyo mwarwanyaga abambikana ubusa wowe ukoze iki??? Mbaboneyemo too
Gitwaza niwe wivugiye ko Yesu atari we nzira ukuri n'ubugingo. Ubwo mama Irenee ari mu biki? Biragaragara ko Uri umufana wa gitwaza aho kuba intumwa y'umwami Yesu. Ikindi kandi itorero rya Kristo ntabwo riri mu ibanga ahubwo rigaragarira ku mbuto ryera. Ese Gitwaza uvuga ku mugaragaro ko Yesu atari we nzira ku basilamu n'abandi batamwemera ubwo nawe ari mu ibanga rað? Ntimwibeshye beneda...
Ukuri ni Kristo Yesu kandi ntamunyabya uzajya mw'ijuru n'ubwibone Nawe Soma tito2:1 Ntago ticket kujya mw'ijuru ari inzu;imodoka ni Kureka ibyaha nibisanabyo
Ese niki kibahamiriza ko uwo wahanuye ariwe w'ukuri? Mujye mucuruza ariko mugire naho mugarukira. Wowe Munyamakuru uri muntu ki wo guca imanza zabo utaremye, ahubwo ndumva ari wowe ubajyana ikuzimu
Irene na Mama wawe mureke kuba abafana ba Gitwaza kuberako musengerayo Gitwaza ni umuntu nkabandi nawe yayoba ngo Irene uri mu muryango wa Achel ese Iyo miryango yabashyizemo muzi ko yabikuye muri cabare yâabayahudi ndetse ni ayo madrapeau ni byinshi mutazi aho mwicecekere mujye mumenya ibyanyu ibyo kuvuga ngo yari kumushaka hari aho ugera Imana ikakwanika ngo Natani yagiriye ibanga Dawidi ? Yego nibyo. None ko Imana itagiriye ibanga Eli ni abahungu be ?? Umuntu wese usoma Bible azi ibyabo mu ndimi zose nkanswe Gitwaza uvugwa cg wumva ni abavuga ikinyarwanda gusa. Murababaje!!
Ariko buriya babonyeko kwa Gitwaza nibo bambara mini , bakanisiga make up bonyine? Gitwaza ni mu pastor nemera kndi sindi murayo madini.Ntasoni umubyeyi akajya gusebya umuntu kuri social media! waguzwe kndi bakubeshye
Ibaze ko jyewe namenye gitwaza bamuvuga ntabi ,nkamutinya ariko narindushye ndemerewe hari mukwa 6/2023 natangiye kumwumva mpita nakira agakiza amfasha kumenya Imana byukuri mva mubyaha menya gusenga yatumye menya gusoma Bible Mana we yamfashije urugo rwajye kuva mumwijima none le 30/4/2024 narabatijwe Kandi nari narumvushije aba pastel beshi nkomeza kuba wawundi ,rero ijambo yigisha nukuri Kandi rirabohora Imana ijye imuha imigisha pe.
Courage mukobwa mwiza komerezaho
buriya ibyapa biyobora abantu gusa kandi amagambo aba yanditseho aba ari ay'Ukuri, Gusa byo biguma aho; Imana itubwira ko tudahinyura ibihanurwa, ahubwo TUGUNDIRE IBYIZA(BIHURA N UKURI KW IMANA)
Aaaasaaaha mujye mutereranaho utwatsi nicyo gihe tugezemo ngirango mwarabibonye ko idini rimwe rishyigikiye ibyo muvuga ryaje.. niba musenga ntimwemere ko ubuhanuzi bwa Aziza ntimwabwemeye, nimubyemere natwe ibyo yavuze haricyo tubiziho. Mwiririre kdi muve mu gufana amadini yanyu muze dukizwe twimike Yesu Kristo atubere Umwungeri nibwo twazagerayo amahoro.. murakoze cyane.
Apotre Gitwaza numukozi w,Imana iyataba uw,Imana ntaba akivurwa muriyisi yabazima.kuko bamucukuriy icobo guhera kera cyane Kandi igiti kiriho imbuto nicyo giterwa amabuy na Yesu yarumwana w,Imana baravuze ngo akoreshwa na Dayimoni rero ntagitangaza kirimo kuvuga Apotre arumuntu ngo ajyana abantu ikuzimu.ibyo bavuga bimuha imbaraga nzogukora cyane courrage Apotre wacu turagukunda jye niyo bose bagenda bakava muri Zion jye nagumamo kubera nzi uko ampezagira.
Abo mwita abakozi b'Imana muzatungurwa nibasebera imbere yanyu kumunsi w'Urubanza,Kuko mumenye neza ko na satani afite ubushobozi bwo kwihindura malayika w'Umucyo.Ntanduru ivugira ubusa kumusozi.
None kubgawe dukoriki? Duhanguke tureke imana?
Gusa buriya mbona abantu dukwiye kuvuga ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo nibwo bukenewe kuko aribwo bufite icyo bwungura ubugingo bw'abantu. ibindi mba mbona ari fanatism kuko byashoboka ko ari ukuri cg ari ibinyona. Naho kuba abantu bakora imirimo myiza ntabwo yaguhesha agakiza ahubwo agakiza ka Yesu Kristo (kuvuka ubwa kabiri cg kuzurwa mu bugingo) niko gakwiye kubanza kakaba ariko kabyara imirimo myiza.
Nyamara maman Aziza ibyo yavuze ntiyavangiwe ni ukuri !!
Ni ko abyumva, ntawamurenganya! Cg se yishakiraga agatwiko ! Cg bafitanye amasinde, na byo nta wamenya! ð ð ð
Gusa uyu mumama na we uje avuga ngo ntibishoboka ko umuhanuzi yakwerekwa neza, ngo bose babona agace, nuko bagaterateranya, ajye yicecekera ntabizi ! Wenda we ni byo yahuye na byo, agira ngo ni ko bihora bigenda kuri bose! Na we akeneye guhugurwa! ð ð ð
Erega uyumunyamakuru arimo kugoreka ibintu kuko uyumukecuru ntahoyavuzeko yeretswe ko Zion yayobye ahubwo yavuzeko byavuzwe na maman Domithile none uyumunyamakuru arimo kubicurika ngo Aziza yavuzeko yabyeretswe kandi siko yabivuze nange namwiyumviye
Nanjye numiwe pe menya baterura kuvuga kukintu undi yavuze kd batakurikiye msg yose.Aziza ntibamwihe kuko ntiyavuzeko Imana yabimubwiye cg yabyeretswe.kd niba dutsinzwe nurubanza tujye twihana
Aba banyamakuru bafite daimoni zibakoresha zogusebanya bitwaj izina ry'imana
Irenee ivyo bibazo uhase maman nivyo pe! Kandi ariko abica kuruhande.ivyo vyoose Imana ntibikunda.Kandi Imana Iratuzi IzinâAmazina yacu.Rero Gitwaza Imana ntimwitiranya.
IrÃĻne, urabizi imana yonyine niyo ireba mu mutima âĪ, kandi agakiza ni personnelles, nuvugango uko abantu bareba siko imana ireba !! Abantu bo baca imanza bakurikije ibibonera amaso!! Imana ireba umutima
ApÃītre Gitwaza numukoziw'lmana ndabihamya kandi irene wewe ntaco ushigikira amafuti wangu nawewe umutimawawe urabihamya kuzinezako gitwaza arintumwa y'lmana lmana yomwijuru imukomeze kumurimo. Yamushinze
Hunga idini sanga Yesu
Imirimo myiza kandi myinshi gusa utizera Yesu Kristu nâubwo wasteland ibihe rigashya ijuru ntiwaritaha mo rwose !
Urumva se aba bantu bakigereranya Ijuru n'imirimo hari ibyanditswe Bazi koko Ubuntu bw'Imana bubasesekarehooooo ððððð babigisha kwitanga cyane bakazinjizwa nabyo iryo juru ni irya kabiri mmuve muri babuloni nimuyisohokemo mureke kwataka abantu bavuga ku bigisha banyu babigisha ibihwanye n'irari ryanyu
Apostle Gitwaza ni umugaragu w'Imana ðĨðĨðĨðĨðĨðĨ kandi narabyiboneye mu buzima bwanjye ðĄðĄðĄ Ibyo ni byo muzihooooooooo
Aziza yabesheye Mama Domitil âĶ.Ntabyo yabwiye Apotre,Imana imugendere yabeshye ibikomeyeâĶ.Inyigisho Mama Domitilla yokeze ariya magambo ntayarimoâĶ..Imana izababaza ibyo militerà ,mukavugira kuri cameraâĶ.
I agree m.IrÃĻne.Yagombye kujya kureba undi mukozi w'Imana nkuko ijambo ry'Imana rivuga.Kandi ntabwo yabyerestwe, ngo yagiyeyo nibyo yabonye niba narumvise neza.
Abarwanya umukozi w'Imana mwese muzabibazwa ariko twebwe abamenye Kristo byukuri turamwemera Kandi tura mukunda, ibamurwanya Imana ibagenderere.
Imana ireba byose umutima nâuburyo ugaragara inyuma kandi cyane !
Imana ntireba inyuma, yitegereza umutima! Twebwe tureba nk'abana b'abantu, na ndetse tukarebera mu muco wacu! Mu Rda mu muco bati nta mukobwa cg umudamu wambara ipantalon cg amaherena n'imikufi!Ubwo twe tubyise icyaha! Wibwira ko tugendeye uko Imana ibibona cg tugendeye ku muco? Reka nkusubize, tugendeye ku muco! Ikibyerekana, nuko nituva mu Rda tukajya muri SuÃĻde, tuzasanga buzuye Umwuka Wera nyamara bambaye amapantalons na bijoux, yewe banabibona nk'ibisanzwe kuko ari umuco wabo!
Rero tureke kwitiranya umuco n'Ijambo ry'Imana! Tuve mu bujiji, kuko uretse no gufata urugero rwa Suede, nafata urugero rw'umwana wavukiye aha i Kigali mu bipangu! Ibyo azambara umukecuru w'i Mulenge azatokesha abadayimoni, kuko ntaho yabibonye, kuri we ni ishyano ryo kwa Satani ! Muze twite ku muntu w'imbere, ibindi turata igihe kubera imfunganwa z' ubujiji n' imico twavukiyemo! ð ð
Azziza ntabwo yigeze avuga ko yeretswe gitwaza ahubwo we na Domitilla bagiye mu iteraniro ryo kwa Gitwaza ibyo bahabonye nibyo byatumye Domitilla amufata mu mashati amubwira imbonankubone ko ibyo abonye nibikomeza gitwaza nyine azarimbuka ndetse akanarimbukana nabamukurikiye bose ni ukuvuga abo ashumbye. Rero ndumva ikiganiro cyo kuri beulah Azziza yatanze mutarigeze mucyumva. Mubanze mwumve ikiganiro please...
Ubujiji buzabahitana
Shalom shalom ijambo ryi, MANA riravugango ntimukirinjyire abakomeye cyangwa umwana wumuntu wese utabonerwamo agakiza ZABURI :146-3 rero ntamunu numwe IMANA ibonamo gukiranuka mwirinde kugira abanu ibigirwa mana bose bakoze ibyaha ntibashikira ubwiza bw, MANA
Imana ntaho itareba ariko ica urubanza ikoresheje Ijambo ryayo Kandi ntaho Bibiriya ibuza kudefiriza cg ngo itange unform kubayoboke bimana ndetse imukufi namaherena ntahanditsweko byagenewe abapagani kuko amabuye yagaciro yaremwe n'Imana iyaremeye abana bayo
Ibyo ni ibya Yezeberi, niwe wari umwibone ari n umupagani woheje abisiraheri ngo bacumure! Muka Ahabu!? Uramubarirwa, ntumuzi! Kandi kuva abisiraheri babiremamo ikimasa bakakiramya Mose yagiye ku musozi w Imana, byahise biba icyaha! Bicajwe no kurya, bahagurutswa no gukina baramya ibyo bigirwamana bari biremeye!
Uyu mu vyeyi ari mukuru kuko Imana igutumye ijambo ku muntu.ntubicisha ku mbuga nyagiro ahubwo uramushikira ukamwibwirira ivyo Imana yagutumye.kuko SMS niwe IBA iraba apana abantu Bose muri rusangi
Uwomukecuru wagutumye uzamubwireko arikwirohaho amakara akora mwijisho ry,umukozi w'Imana yitonde twebwe turamwemera ka akorera Imana byukuri mwiririre nabanyu kuko ijuru ntauzarijyamo kubera undi
Abantu bavuga inkuru mbi z'isiyoni si vyiza cane. Burya abaja mu Rusengero ntibaba barondera kuja i kuzimu mugabo gukira. Abaja ikuzimu bafise inzira nyinshi, ntibakeneye guca mu Rusengero
Imana igira ibanga ahubwo abahanuzi menshi baravangiye Imana ntivugira murusaku
Mbega umunyamakuru weee uracyari hasi pe niba agakiza ukarebera muribyo
Ni ikimenyetso cy'uko ibyo bavuga aribyo nawe yarabundikiye mu mfuruka z'amarangamutima ye.
Uhagaze neza musore we uvuze ukuli
Bantu b'Imana mwirinde kwiyanduza muvuga Umukozi w'Imana wasizwe ufatiye runini benshi.
Murimo kwikururira umuvumo mutazigera mwikuramo.
Ndababuriye kuvuga umukozi w'Imana udasanzwe, umwe mu bacunguzo Imana Yahagurukije mw'Isi. Benabo iyo ubavuze urabemba bidasubirwaho kuko Imana niyo igusukaho umuvumo.
Kristo Yesu agukore kumaso
Yesu wee..mbega ..agahinda .ubu Koko mwakijijwe mukareka isi
Mugira inda ðĪ idini rifasha ????hhhh nibaribyo bijyana mwijuru nanjye nzajyayo.kuki se mudatinyako abisiramu batongera ibiryo mukavugako imisatsi bayitongera
Ntabwo ibikorwa aribyo bizatujyana mu ijuru, tuzajya mu ijuru kubwo kwizera Yesu Kristo first maze ibikorwa bigakurikira. Umusiramu ukora imirimo ariko ahakana Yesu, ijuru ntabwo azarikandagiramo ndakurahiye...
Uvuze ukuri kuzuye
Wamubyeyi we warense abobasatanike bijyira abanyamakuru nabo ukajyirango nurukundo bafitiye Imana
Islam: ni anti christ agenda.
Naho gufasha abantu byo ntacyo bivuze cyane
Uwo mumama ibyavuga nukuri kuko aho abibwirako gusuka imisatsi aribibi nuko baba batasobanukiwe ibyanditswe ahavugango umurimbo wanyu wokuba uwinyuma wogukanisha imyenda ihenze nokwambara imikufi ntibivuzeko bibujijwe ngononeho abantu bage bareka kudodesha imyenda bambare ibicocero ngonibwo baba bemewe
Uzabimenya umunsi uzahingukira kumuryango utatekerezagako ariho wajyaga ,ujyutunya icyo biblia yavuze , kdi gukizwa sumuntu uhitamo uko abikora , agakiza niforomo twipimamo mubipimo byayo kugera ukwiriye muriyo foromo , ntabwo arukujya mwidini rikwemera ibyo wifuza sicyo biblia ivuga , nshuti yange ubugingo burahenda
Ariko iyo muvuga ngo umu pasiteri ajyana abantu I kuzimu hari ikiziriko ABA yagushyizemo urabitubwira ngo tugufashe iki, umweyo uherutse guca kuri Yongwe bawugarure bawubanyuzeho niba mwanze gukizwa mugacuruza izina rya,umushumba lmana yahamagaye, ubu yubatse izina niyo wahera kuwambere umusebya ukamara umwaka ntiyabura abayoboke tuzi uwo dukurikiye uwo ariwe ,urabyuka ukaza gushinga idini aha ngo wowe tutazi iyo uva niwowe dukurikira,lmana yaramwimitse niyo mpanvu mumuvuga ntashireho ðĨðĨ in name of Jesus
Mwiriwe neza mwakoze cyane
Min 33'' min 34 yarakaye..reba iyo umuntu adafite amahoro..bose baziko ijuru rizinjizwamo n,imirimo.
Kandi n,abisi babikora
Ese,ubu HAJE UYU MUMAMA,NGO KUKO AKUZE( MUKECURU,) ninde wamubeshye KO: imyaka ye,ariyo yakuhangiza,ingurube zikera dedede!!! Nkurubura!!!.
Oya,aka gakecuru Ni gaceceke! Niba karwanya umundi MUKECURU bangana" AZIZA"!. That's completely wrong war!.
Imana YERETSE UMUHANUZI,udakorera Kuri Baranyica,UMWANA MUTO,IGIHARAMAGARA...# Kavuzanduru"!!! KO Gitwaza,yamaze GUHINDUKA INGURUBE!!!. Kandi Gitwaza siwe mubishop wenyine ukorana Na Satani Ku isi!. Pastor Makenzie wishe ABANTU hariya Mombasa Kenya,nawe YAVUGAGA KO,akorera Ijuru!!.
Turimo kubona iriya nzu iri Abu Dhabi UAE,HQ ya Antikristo!# plan yo kujyana intama Gihonomu... si Gitwaza wenyine uyirimo! It's a BIG NETWORK OF Churches...!!!.
( Ibyo Aziza/ Kavuzanduru...bavuga Niko Kuri! Kandi baratuburira,banaburira Gitwaza NGO Ave mubagambanyi,akize UBUGINGO BWE!.
Nyuma ya Aziza,Na Kavuzanduru... Ndasaba KO" Pastor Kamanzi# 12 ouvriers!. NAWE AZI NEZA IBYO GITWAZA AKORA!. Azaze Akure intama murujijo!. Mbese azavugishe UKURI kubyo azi,Kuri Gitwaza!.
Njyewe numvise KO,Ari Ingurube y,Imana!!! Bisobanuye KO" agifite amahorwe yo,Kuva mungurube,akitwa UMWANA W,Imana again!. Ntazategereze kujyanwa muruganda nka Yongwe! I dig many degrees. AKA GUCYIRA NI NONE AHA ðĪĢðĪ
Ntamirimo izagororerwa , izina rya nyiri mirimo ritanditse mugitabo cyubugingo , ntimukabeshye , ngo abayisilamu , nonese bizera Kristo Yesu ? ko ntawe uzajya kwa Data atamujyanye ubwo abatamwizera banyura he ngo bagereyo , mureke ubufanatisime , mujye musoma biblia mwumve icyo ivuga
Mama ireene Imana iguhe umugisha rwose wuzuye ubwenge bw' Imana,iki kiganiro kirimo ubuhanga ,Imana ikongerere imbaraga
None abaslam imirimo bakora
Bayikorera muri christo yesu
Cyang atarimuri yesu nubusa
Gusa imirimo myiza tuyikorer
Muri christo
Yego ntibayikora muri Yesu, ariko se abakayikoze muri Kristo ko nabo batayikora? Abakristo nibakore icyo ijambo ry'Imana rivuga. Uzi kuba ubabaye, ushonje, bakakuzanira ibyo kurya, bitazanagutunga ukwezi, bakanazana camera? Mu gihe ijambo ry'Imana rivuga ngo icyo ukuboko kw'iburyo gukoze ukw'ibumoso ntikukakimenye.
Irene ntukifuze kugonganisha abantu imitwe! Uyu mukecuru ntago ibyo yabivuze.
Imana ibababarire abavuganabi umukozi wi Imana ndetse nitorero
Muri adpr huzuye injiji zitiranya amarangamutima yabo nidini
Naho iby'itorero rya zion ngo niryo rizarimbuka ibyo sibyo nikinyoma mucunge cya satani atabambura ubugingo muziko murimo kuvuga ukuri mama domitile aherutse kuza muri zion kandi yaje mugihe Gitwaza yarimo kutwigisha mucyaha,nukuri lmana ntabgo arigasuku wokwirwa avuga Gitwaza gusa cg ivuge mw'idini kuko lmana ifite umugeni kw'itorero no kw'isi yose muve mubidatunganye ayo namacakubiri sibyiza gusebanya turabagenzi barya mw'ijuru
Yesu atugirire imbabazi ð
Nanjye ariko Yesu ambabarire gusa biriya bintu bisiga binkora nabi, nabi Kandi ðĒ
Icyo wizeye nicyo kikubera icyaha. Burimuntu mwitorero abe uwejejwe muri ryo
Aziza yavuze ibyo Domitilla yabwiye Gitwaza
Ibyo yavuze sibyo rwose ntabwo byabaye!
Mama Domitila mwamwumvise nabi (mauvaise interprÃĐtation)! ð
Suko se mama IrÃĻne, umuntu amenya ko undi ajya ikuzimuðŪ we aba yarahamenye gute?
Iyi ninjiji ishaje ifite abadaimoni bishari .
Gitwaza se yapfiriye nde?
Mubwire bariya bantu bavuga nabi abandi Cyane cyane abakozi Bimana soma igitabo cya Yuda kuva kumorongo wa 5 ugakomeza malaika Mikaeli ubwo yarwana na Satani bapfa intumbi ya Mose ntabwo yatinyutse gutuka Satani nabo batuka ibyo batazi
Kuradefiriza cy kutambara mini sibyo bihindura umutu umukristo
Umutima ubugimgo numubiri byanyu birarindwe
Gusa no kudefiriza ntibigira umuntu umukirisu. Nuko kenshi mwitwaza ngo hariho abatadefiriza bakora ibindi vyaha. Ariko ntibikuraho ko icaha kiguma citwa icaha
@@uppsala7212
Kurindwa se nukutadefiriza ðĪ
Ijuru rya kabiri se uyu mubyeyi ararizi noneho ko ariho hari imyuka mibi yafashe ibisubizo bya Daniel noneho igenzura iryo juru yabemereye kubabwira ukuri. Nimuve mu bujiji nubwo ntemera ko imyambarire n'agakiza bigendana arko no kwambara nabi nta gakiza kabyo kwisiga n'ibindi. Ubwo rero ndumva uzanye mm wawe ngo murwanirire Gitwaza ugushe hasi Pamphile. Ubwo se ko icyo mwarwanyaga abambikana ubusa wowe ukoze iki??? Mbaboneyemo too
Kuko abantu bajija ibyo bareba !! Bakirengagiza ibitagaragara !! Njye ntinya imana yonyine kuko ariyo ireba mu mutima ! Izibyose
Nkunze Maman Ruhogo
Ugomba kumubwiriza ubutumwa bwiza agakizwa
Wewe wamunyamakuruwe ubwo ibyo ubaza byofse wagirango watumwe ntabwo urikuganiriza uwomubyeyi nkuko bikwiye
Umubyeyi nkunda cyane
Muujye muvugira Imana ibindi mubyihorere Imana niza izacamateka pe abanzengereje nibene data bashyushya uruganba ubuntajanbo njyira kubera urubwa nterwa nabo dusangirira kumeza yumwami
Aziza, shetani yaramushyaze,aravangiwe pe.
Ha ,ivy,agace n,ivyo mw,ijuru, Sivyo ngaha mw,isi.
Kd nawe nukomeza kwivanga mubyimana ugasebya bantu bimana ikinyqmakuru kyawe kizavumwa
Mbega umu mama ateye agahinda.
Abayoborwa numwuka nibo nana bimana
Ubujiji buzabahitana
Mujye mubwiza abantu ukuri lmirimo itarimo gukiranuka ntacyo imaze Kandi abo basiramu ntibemera yesu ubwo rero sukuvugako abarokore badakora imirimo Hari abayikora Kandi mwibanga yesu yaravuzengo ninjye nzira nukuri nubugingo ntawe ujya kwa data ntamujyanjjyanye Yesu niwe rembo ryintama mujye muhagarara kukuri mwamenye Kandi mukubwire abatakuzi
uyu muntu usebya umuntu wi mana Imana imubabarire kuko aravumye ndetse azabibona vuba ko atayoborwa ni mana
Mama Azize yavuze ibyo undi yavuze ahubwo murikubihindura
Gitwaza jyewe maze ku mwerekwa 5 kose mbona ariwe mukozi w,Imana dusigaranye
Byaterwa nuwakweretse
Tuzakizwa n'imirimo c? Kristo niwe nzira, ukuri n' ubugingo. Mureke kwihenda!!
Nyamara murimo kuvuga ibintu bikomeye abantu ntibatitonda Satani arabarasa
Unva iryo janbo rivugango ntanduru ivugira ubusa kumusozi riranyica rikanzengereza rikanansesereza pe kuko niswe umurozi kumusozi ndyiswe n umuyobozi wumudugudu iryo zina riranpama burundu ubu urwo rubwa ndumaranye imyaka 10 rero kuvugango ntanduru ivugira ubusa kumusozi nihatari kurijyewe ivugirubusahubwo sicyo ikora
Apotle gitwaza niyo mwamurwanya ntimuzamutsinda kuko yahamagawe ni mana
Gitwaza niwe wivugiye ko Yesu atari we nzira ukuri n'ubugingo. Ubwo mama Irenee ari mu biki? Biragaragara ko Uri umufana wa gitwaza aho kuba intumwa y'umwami Yesu. Ikindi kandi itorero rya Kristo ntabwo riri mu ibanga ahubwo rigaragarira ku mbuto ryera. Ese Gitwaza uvuga ku mugaragaro ko Yesu atari we nzira ku basilamu n'abandi batamwemera ubwo nawe ari mu ibanga rað? Ntimwibeshye beneda...
Yabivugiye he?
Ariko se mama Irenee, iyo Imana ikuburiye rimwe, kabiri ndetse gatatu, incuro zitabarika ukanga kwumva nyuma yaho bigenda bite? Ngo Imana ntijya itarangana? Imana yo mu ijuru muyibeshyaho ni nayo mpamvu benshi bayitinyutse cyane harimo nuriya mukabbaliste wanyu ngo ni Gitwaza ariko abayibeshyeho mugiye kuyibonaðģ
Injiji ziraza mwarangiza ngwabahanuzi? Imana ivugira munjiji?
Mwabyumvishe nabi pe ntiyabihanuye muzarebe ikiganiro neza
Ntabgo lmana yakwemerako Gitwaz yarimbura abantu bose kuko ijambo ryayo riravuga ngo Uwiteka azabe.temote2:2:19:20 ikindi ibyo yavuze ngo mama domitire yaje kuri zion ngo afata Gitwaza mwishati ngo amubwirako atigisha kubyaha mama aziza abona abantu barimo gukora icyaha murunsengero aho sibyo sindabibona muri zion kandi mama domitire igihe cyose yajye muri zion nejyo bundi yari muri zion sindamubona afata Gitwaza kumashati ikindi Gitwaza ntacyo atatubwira ngo tuve mubyaha rero ibyo mama aziza yavuze impamvu yabivuze????
Ese Gitwaza azasohore abantu murusengero abajugunye muri azafu ntabo nbona Banbara ubusa kdi yesu yaje gushaka abanyabyaha kuko uko bagenda bagenda bahinduka
Ngonago yemera ubuhanuzi kandi na Gitwaza ahanura
Ukuri ni Kristo Yesu kandi ntamunyabya uzajya mw'ijuru n'ubwibone
Nawe Soma tito2:1
Ntago ticket kujya mw'ijuru ari inzu;imodoka ni
Kureka ibyaha nibisanabyo
Erene ukuri ukumenya ute kuburyo wemera ?
Bððū
Mutaniye he n'abapagani kuri izo estrades zacu lumiÃĻres zinyuranyuranamo ,buriya harimo n'imyotsi ?
muraho Yesu ashimwe mbese uwo mubyeyi yaba azi KO ntarindi zina ryahawe abari mwisi ryo gukirizwamo ritari irya Yesu?
Ntabwo arabimenya..wmwumvise..nuwo gusengerwa..kimwe nabandi benshi .batazi ko Yesu ariwe Mana yihindiye umuntu..
Baba pasteur barwanyije Gitwaza arabananira batangiye kugurira abanyamakuru gusebyað
Ese niki kibahamiriza ko uwo wahanuye ariwe w'ukuri? Mujye mucuruza ariko mugire naho mugarukira. Wowe Munyamakuru uri muntu ki wo guca imanza zabo utaremye, ahubwo ndumva ari wowe ubajyana ikuzimu
Ariko se koko buriya aravuga mini imisatsi...yirengagije kwitukuza biri iwabo ???Buriya se byo ni shyashya babanje bagakubura amarembo yabo
Abashaka ubwiza n icyubahiro babishakisha gukora ibyiza badacogora, ntabwo ari ukurimbisha umubiri cyaane!
Nukugira umwanda?
Bavandi dukeneye ubutumwa bwamahoro ntidukeneye gusebanya lMANA niyo nkuru
Imana ntireba imyenda ,ntireba uwadefurije ndetse n'utadefurije ,ireba umutima Wawe.
Erega umutima muvuga niwo uvamo ibyo dukora. Ntabwo mu mutima wawe waba wubaha Imana ngo wambare impenure. Imirimo myiza wakora wambaye nabi ntaho yandikwa. Ntiwavanga ibyiza n'ibibi ngo Imana ikwishimire. Mwibuke ko igihe kizaza Yesu akazavangura urukungu n'amasaka.
Umwuka, ubugingo n' umubiri birindwe bitazasangwaho umugayo ubwo Yesu azaza. Imana ikeneye itandukaniro hagati y' inzu yayo nandi mazi. Iyo nzu yayo ni twe
Umwuka, ubugingo n' umubiri birindwe bitazasangwaho umugayo ubwo Yesu azaza. Imana ikeneye itandukaniro hagati y' inzu yayo nandi mazi. Iyo nzu yayo ni twe
Nonese umuntu aje munzu yimana atarakizwa wamwirukana munzu yimana
Sorry, ubeshyeye Maman Aziza, ntabwo yavuzeko yabyeretswe, yavuze ko Mama Domitille ariwe wacyashye Apotre amubwirako natigisha abantu kwihana ibyaha azarimbukana nabo.
KOMERA MUVYEYI. UBASENGERE BOSE
Egoo nti tarangana rata
Imana yacu numubyeyi
Imana iguhe umugisha wamubyeyiwe . Tuzajya MwIjuru ntabwo arikuzimu .
Itorere riragaragara ntabwo
Riri mwibanga icyonikinyoma
Sibyiza gukora inkuru ku mushumba wawe rwose.
Irene na Mama wawe mureke kuba abafana ba Gitwaza kuberako musengerayo Gitwaza ni umuntu nkabandi nawe yayoba ngo Irene uri mu muryango wa Achel ese Iyo miryango yabashyizemo muzi ko yabikuye muri cabare yâabayahudi ndetse ni ayo madrapeau ni byinshi mutazi aho mwicecekere mujye mumenya ibyanyu ibyo kuvuga ngo yari kumushaka hari aho ugera Imana ikakwanika ngo Natani yagiriye ibanga Dawidi ? Yego nibyo. None ko Imana itagiriye ibanga Eli ni abahungu be ?? Umuntu wese usoma Bible azi ibyabo mu ndimi zose nkanswe Gitwaza uvugwa cg wumva ni abavuga ikinyarwanda gusa. Murababaje!!
Ntabwo yeretswe ahubwo afite missiyo yo kwica izaina ryumukozi wImana .
Huuuumm yewe ubwo baguhaye inoti Dore ko amashyali yabamaze !!
Ikindi ntabgo aritorero rya zion rizarimbuka numuntu kugiti cye muve mukidini ngo mukomeze gusebya itorero rya zion ahubwo buriwese ari mwitorero yisuzume ahinduke yirunde icyaha nigisa nacyo
Ariko girango baba bashaka kugira amajwimenshi , kuvuga kuri Aposo
Kuko Apotre ari icyamamare, iyo uvuze izina rye gusa, abantu benshi bahurura kureba no kumva iyo nkuru ! Uko bahurura rero, uwo mubare w'abarebye video, urawuhemberwa! Ni yo mpamvu gusebanya no guharabika abantu bazwi bitazabura, kuko AMAZINA yabo ahuruza benshi, umunyamakuru akaba arariye ! Ni ubucuruzi! Gusa aba banyamakuru ntibishime cyane, kuko burya amafr ubonye mu buryo bubi aba ariho urubanza! ð
Ariko se uriya mukecuru Aziza nawe arashaka views ra?ahaaa ibintu byarakomeye
Ariko buriya babonyeko kwa Gitwaza nibo bambara mini , bakanisiga make up bonyine? Gitwaza ni mu pastor nemera kndi sindi murayo madini.Ntasoni umubyeyi akajya gusebya umuntu kuri social media! waguzwe kndi bakubeshye