MUGWIZA Acanye🔥Kuri Pst Mutesi|Claude Na Camarade Batukanye Gishumba😂 Sinakwicarana N'iyo Nzererezi😭
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 4 ก.ค. 2024
- Hari inyunganizi wifuza kuduha ku biganiro tubagezaho cyangwa hari Inkuru idasanzwe n'Ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri #Romeo_Janvier_0788257655
- บันเทิง
Amavuta ya avocat arahari hose kw’isi kandi meza cyane. Ubu niyo yizewe kubuzima
Vraiment ❤❤
Ibyo uvuga ntibizaba nta mukristo nyawe yzapfukamira baari gusa mujye mumenyako UWITEKA IMANA yabayeho iriho kandi izabaho iteka ryose nta mucwezi tuzaramya IMANA yo mu ijuru izabamenana nubucwezi bwabo mu izina rya YESU KRISTO
Ukonukuri
Izabacweza😮
Icyokigabo ushyizemo nanga ukuntu kivuga gitontoma !ijwirye riraryana mumatwi!nukuri bazige kuvuganeza batikanira! Jyewe uwo ntashora kumbwiriza nundi wese uhindura amajwi ;abenshi bihaye kuvuga nkabanyamurenge ;abandi bakavuza induru! sha abakozi b'Imana bikigihe bateye agahinda!
😂😂😂😂😂😂uzi ukuntu mbere yavugaga ijwi ryiza ataraba umusesenguzi uriya mugabo nanjye uburyo yicanira ijwi biranyumya
Clode namenye ikigero agezemo.arrke guhangana n abana kandi sjye avuga adstontoma yige kuvuga yitonze
Ibaze no mu rugo, niba ari kuriya ABA AVUGA....
No kwiha akabyizi aratontompa 😅😅 NGO"HINDUKIRA😂😂😮😮
Mugwiza ibuka imyaka ugise uvuga amajambo arengeye kanfi urashira isoni uti se bakwe se bakazana gerageza uze urashiramwo imiyaga muvyo uvuga.
😂😂😂😂😂😂
Impamvu ibiganiro byanyu bitarebwa abantu bakunda ubujajwa mujye mubanza muzane izimihanda ubundi mukurikize izo nyigisho mubanza murabeho nihitiraga😂😂😂
Mugwiza ndagukunda cyane ariko umwana w'umuhungu n'uw'umukobwa barangana. Koza ibhombo ku muhungu afatanyije na mushiki we ntacyo bitwaye. Umwana wewe avukura amezi 9 amaboko n'amagur ndetse n'ubxenge barabunganya. Donc n'umukobwa yahigira urugo ntagahere mu gikari. Ibyo nibyo bituma africa idatera imbere bigomba gucika
Iyo comment ko inteye ubwoba, ntarumva ikiganiro 😮😮😮.. Abana Bose, ABAKOBWA N' AB'ABAHUNGU bagomba kurerwa , batozwa imirimo yo mu RUGO... KA NTEGE AMATWI😅✌🏾
Ikiganiro nacyumvishe nitonze..
Turabyumva kimwe❤❤
Nushake ube umucwezi cg nibindi byose tuziko ari bibi ako uvuga ukuri
Ako kantu pe.kandi umuntu yemerewe gusenjyera cg kwizera ibyo ashaka.twunve ibyo avuga ntiturebe ibyo akora.ramba ramba Mama Mugwiza
Sha imirimo hari kera aho abazungu batayikora. Ubu bakora kose sha.
Urugo rurimo kuzuzanya ni paradis,... Abana baba bishimye kubona ababyeyi babo buzuzanya nkuko udushishi (dufashanya) muzarebe uko udushishi dukora🎉🎉
Mu rugo rumeze gutyo abana banagira uburere kuko bakura bazi kubahana, gufashanya...GUTAHIRIZA UMUGOZI UMWE(MU MVUGO NYAYO...NTA MISHIHA IBA IHARI...KUKO HABA HATAJE KWIKANYIZA /GUHIMANA KURI BAMWE...
NI EXPERIENCE YANJYE❤❤"NTIHAGIRE UNTERA AMABUYE..KANDI URUGO NDUMAZEMO IMYAKA IRENGA 20 N'UMUGABO UMWE😂😂KOZA IBYOMBO NTACYO BITWAYE.. KEREKA IYO BIKORWA KUGAHATO/AGASUZUGURO...KANDI NTIBIKURAHO KO UMUGABO AGUMANA ICYUBAHIRO KE... KANDI UMUGANI N'URUGO RWE AKORERA✌🏾👏🏾🤝🏾 NONE SE MPFUYE NUKUVA KO UBUZIMA BUGOMBA GUHAGARARA?? NTABE YATEKERA ABANA IGIKOMA!!
Ko urimo kubyibuha cyane Chou! ?
Bundi Mucoma avuga ABAGORE, atarasha nkande???KEREKA NIBA AVUGA IBYO MU MURYANGO WE(DORE KO BURI FAMILLE IGIRA KATANDE ZAYO😮😮... NKUBU BIRSNTANGAZA IYO NUMVISHE KO HARI IMIRANGO IGIRA CG YAGIRAGA IBISORORI BYA PAPA😮😮😮NJYE NTABYO NZI MU MURYANGO WANJYE.. ABANA BARI BEMEREWE GUSANGIRA NA DATA.. UBUNDI NAJYAGA NUMVA SOGOKURU AVUGA NGO MUBAZE NYOGOKURU KANDI HABA MURI FAMILLE YA PAPA NA MAMA... KUKO NTABWO IWACU ARI ABAROKORE BITA ABAGABO BABO ABAYWARE...
😂😂😂😂😂😂😂😂,egoko Mana yajye umucwezika ati komhona mwasaze arijyewe urikuvuga umunsi haje abacwezi 10 hiryanohino ,mureke jyewe utazi byinshi kubacwezi uvuzukuri ntabyo uzikoko,umva rekankubwire mugwiza umucwezi nyamucwezi wukuri,umurangi wukuri wabigize unwuga,umumfumu nyamumfumu wukuri,ntabwo bashobora kuza kubyigamba kukarubanda,kuko baziko babyaye batazatuma abana babo bagumirwa bwo kuba iwabo bakora ibyobintu,ikindi bagatinyako sosiyete yabaha agato,niwowe mugwiza nabyumvanye uzakwihamyako ukorana niyomyuka mibi,uzajye kuri zaburi shya wumve umugore waje kuvuga ububi bwabarangi jyewe nahise ngira ubwoba kabisa ,nahise nibaza ukuntu uzakubyirata biranyobera.
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Warayobye niba wumva ko ubucwezi ari imyuka mibi. Uracyari mu bukoloni.
@vyuguruzumwangumwereka apu iyomyukamibi kweri azakwigerekaho ubwoyumva ntasoni afite,biriya sibintu abantu umuntu azakwihamya hano kukarubanda,kuko arimiromo yumwijima nabayikora bayikorera mumwijima,buriya waruziko ababikora babikora mwibanga kuburyo nabana babo babibahisha,ukajya wumva ukumva nkumwana aravuzengo uziko iwabo wuyumwana arabarqngi,bakavuga badafite gihamya kuburyo abana ntibamenyako babikora,kugirango murisosiyete batabaha akato,ubwose ubona abantu bataratangiye kumuha akato,ibibintu nibintu ukora mwibanga ntabwo uza kwiteza rubanda,muminsi Mike asigaje kuza kwihamyako arumurozi.😂😂😂😂😂😂😂😂😂,nimubitegereze hariho abantu bazi kwiyanika batigirira ibanga.
Muganga arikibuza umurwayi itabi ari kuritumura!!
Mugwiza nawe urakabya rimwe na rimwe. Ataka uwakwatatse nka Joel uramuhora iki? ko atakuvuze ntabacwezi yqvuze! Ntago wakwataka abantu Bose batumva kimwe nawe, buri wese yisanzure mumyemerere ye.
😂😂😂😂😂,jyewe nkimara kumva ubusesenguzi bosco impire ,apu nahise numva uyu ntanamutaho igihe ngo numucwezi,nukurangi,nahoraga nibaza impamvu yanga abantu bose babachristu,abakozi b'IMANA,ndetse nabanyamadini,naho ngo abahamya ba YEHOVA banze kumubatiza kuberara umugabo yanze kumusinyira kumurenge ubwo bajyaga gusezerana,bahita nabo banga kumubatiza ababivuye gutyo ahitamo gukorera bayari urumvako afite ibikomere murumvako ntawamwishinga rero yifitiye ibikomere abana nabyo.
😂😂😂😂❤❤
@@amatameza😂😂😂😂😂😂😂😂
Mbaye uwambere muri comment mama Mugwiza ndagukunda cyane pe ariko nakwandikiye nkubaza kagakoresho siwatsubiza uzatsubize
Ashobora kuba aba afite messages nyinshi cyane ntakubone❤❤
Mugwiza hari igihe wumva ibintu de façon simpliste. Njya numva ukuntu uvuga uburinganire ngasanga ntiwabyumvise neza. Ahubwo uko wavuze utekereza ko bwakorwa nuko politique y'igihugu ibigena. Ntibuza abagore inshingano zabo ariko ibafungurira opportunités gender yabo yababuzaga nko kwiga ibintu runaka cyangwa gukora imirimo yitwako yagenewe abagabo. Ibyo rero ntibyababuza guteka cyangwa koza amasahani bubaye ngombwa.
Umugabo akangurirwa gufasha umugore imirimo yo mu rugo igihe abonako umugore we ariho avunika. C'est pas noir ou blanc. Ni hagati nkuko wabivuze.
❤❤❤❤❤
Nanjye reka nicare nige n' ugukurura intebe y' urubaho niyo yicaraho benshi kdi njye mba nicaye imbere .Mubyeyi urakaza neza
❤❤❤❤❤
Menya abarokore baraguhemukiye nkuko bampemukiye bakoresha imyuka mibi
Egoko😅😂😂😮😮 MUGWIZA amahirwe ABAKOBWA banjye ntizashaka ABAHUNGU bawe😅😅...ese ko iyo ABAHUNGU ari ABAKOZI bo mu ngo bakora iyo mirimo yose?? ...ka ni gendere da🧘🏾🏃🏾🏃🏾🤦🏾🙎🏾😢 NJYE abo NABYAYE bazabyoza,... ntabwo abakazana banjye bashinzwe kuzaza kwandurira abagabo babo, bamara kurya bagata amasahani ku meza NGO nashatse UMUGORE 😮😮...
NTABWO nshyigikiye ko ABAKOBWA bamesa imyenda ya basaza BABO NKAHO bo batagira intoki... NGO bajye kwiterera agapira🏀⚽⚽
😂😂😂ngo sinkanamwibuke dore aho rigeze rirarenze😂😂
Ese madame ko umubyibuho ukwishe ukaba wenda gusandara? Iryo josi se ko ryarasibanganye? Aho si iby’abacwezi bagutsindagiramo😂😂😂😂😂🥱
😂😂😂😂😂😂😂,ntukansetse ahubwose ubona uyumugore ataza gupfa kuvuga ibintu adakora akabikangurira abantu ariko we byaramunaniye,ngo mujye mukoresha yoga,sport,munywe amazi ashyushye,ubwose umuntu yakoresha ibyobyose akangana gutya😂😂😂😂,nicyo kinyerako nibyo byabacwezi,naburangi,nubumfumu,abayirata ko abiyoboye mbambona arukuza kubeshya,kuko nabaho sindabona umuntu uza kwihamyako arumukuru wa bazimu ,nabadayimoni aribo bacwezi,aribo barangi,aribo babomfumu,nukuntu abantu benshi barikundwa nizo zakarande niyomyuka mibi,kandi abantu Ben yewe babikora byanyabyo ntibashobora kuza kwiyamamaza hano kuri camera,ahubwo jyewe mbona ameze nkushaka kubyinshiramo ariko ntabwo asanzwe abikora.
Cyakora urandangije 😂😂😂😂😂😂😂 ndaye nseka pe .sinkibyo se ,umubyibuho uramwishe ark ngo nywe
@@HanifaUwitonze😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂,nijye wasetse wapfuye nakwibukako avuga ibyo adakora ijosi,igituza,amaboko byose birangana hejuruye hapima nka 100kg,ubwose kuri nyashi haba hangana hate,ngo sport ninziza kuyikora,kandi ntabyo akora umuntu ukora sport koko abangana kuriya atabasha guhumeka
🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭
@@amatameza😂😂😂😂😂😂
Mugwiza ndi muba mumenye bwambere mu biganiro bye byambere ku isimbi ndamukunda kubera ibitekerezo yari afite.
I like someone who challenges my mind.
Now I will say this:
Mu kinyarwanda baravuga ngo “umukobwa ba mubwiye ko agenda neza, arenga iwabo”
Uwumva yumvise
❤❤❤❤❤
N'ubundi azabivemo nta mpamvu yo gukomeza gucurangira abahetsi
Impamvu bakwanga ubabwiza ukuri kuko kuraryana Ibyo bakora biriya ibyabacwezi
Abo bacwezi bakubwire nicyo wakora kugirango unanuke pe kuko ugiye gusandara aho kwirirwa wataka amadini nubwo nange ntayafana .kora ka sport pe ,jya ushyira mu bikorwa ibyo uba wavuze .
😂😂😂😂😂😂🤭🤭🤭🤭
Ese waruziko harigihe ukora sport kubera imbaraga wakoresheje bikagutera gusonza warya rero ukarushaho kubyibuha kdi buriya umubiri iyo washatse kubyibuha ntiwabihagarika
@@tvteguraneza2195Urabihagarika, ahubwo ikintu kimwe nabonye abantu babyibushye bakunda ibiryo kdi cyane cyane byabiryo Bibi bibyibushya, naho kuriya ukora sports ukumva washonje nibyo byiza kuko umubiri uhita ukoresha bya binure byawe rero iyo uhise urya uba ubyishe byose
@@Pink.53 nanjye ndabyibushye ark rwose sinkunda ibiryo Noneho amavuta n'ibintu bifite amavuta byarananiye niyo mpamvu nikundira ibyokurya bya kinyarwanda " kdi ibyo abantu biha byo kurya uko biboneye iyo mbigerageje ndarwara nkumva mumara hameze nkaharimo amahwa . Njye rero ikintu mimbyibushya iyo ntuje ndabyibuha .
Babyirire arega barayomba kandi imana uyibyiyegahoro yakumva
Ngo bivuga kuri ngo bikange abantu biba byikanira nkibinnya
Ese iyo avocat wayiriye
Camarade numwana mwiza turamuzi ❤❤❤❤❤
Soupe na sauces biratandukany
Yohana 9:2
❤❤❤
Urakoze Muguiza. Reka nze nyavange. Ese almond huile yo sinziza ?
Almond oil ni nziza cyane cyane rwose❤❤❤
@@balancedlifetv Sawa urakoze ubu nabivanze. Glycerin, Olive oil, coconut oil, avocado oil, almond oil mbivanze na Cerave lotion umwana avanga na Cetaphil lotion. Bihise bifata neza pe. Urakoze again.
Umurangi yasaze
Nonese mugwiza nkunda,
Utabonye ayo mavuta ya avoka ugakoresha amavuta ya Erayo ukayavanga nayo wisiga haricyo byatwara uruhu?
Byaba byiza unsubije🙏
amaherezo nzakuyoboka mugwiza kuko ibyo uvuga ndabyumva
😂😂😂😂😂😂😂❤❤
Cyokora bavuga nabi peuh
Niba babandi baba batarigeze bumva ba se bavuga IJAMBO RYIZA mu RUGO...
Ntabwo wakura, iwanyu bavuga batuje NGO WOWE UVUGA ukanika NKAHO ibiri kuvugwa aribwo byumvikana... Mwene bariya bagera mu rugo ABANA bagahita bajya MUNSI y'igitanda😂😂😂😢😢😢
Je t aime Mugwiza
Icyo kigabo ahubwo nicyo kuvuga nkigicwezi
Number one
❤❤❤
Arikose umukristo ashobora gucikwa agasambana Koko uroga abandi we yunguki?😂
Isi y'umwuka buriwese akwiye kiyisobanukirwa😐
❤❤❤❤
Nikundira uyu mubyeyi
duhe Numero ya mugwiza
Ayivuga asoza ❤❤
Umucyo Kitchen TV mudutere inkunga nyamuneka ❤❤❤😂🎉
Mugwiza sha wazatubwiye umuti w’amaribori ?
Kugabanya ibiro
Abacwezi? none c haraho banditse muri bible, jya nyine ubita ABA Marayika,ibyo bindi byabacwezi ubyihorere? Abacwezi ndabamaganye mwizina rya Yesu wi Nazariti,ariko ubwo naba Marayika ba Satanic Wenda ntawamenya!!!!
Kuba umuntu wiyitirira ubu Christo cyangwa umu pastor yanasambana ntibivuga ko ubu christo buneshejwe na satani ukorera mubacwezi
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Genda wa kirangi we wa myuka mibi we wa rukecuru we rw,ururozi
Nanjye nsigaye nanga amadini pe