MPANOYIMANA Atubuye IGIKAPU Cyuzuye AMADORALI😱|Yakije UMURIRO Kuri SALONGO🔥|Ngiye Kumuteza IBISAZI
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 4 ก.ค. 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abantu muri rusange waduhamagara kuri +250781413225 cg uka twandikira kuri email:bigtownempire@gmail.com SUBSCRIBE: / @bigtowntv_rwanda #Bigtowntv #0781413225
Ababonako iyobagiyekumubwiza ukuri ahita amucececyesha mume like
Salongo muzamuhuze na Mpanoyimana ndabakunda cyane bact nitwebami tv on yr side❤❤❤
Utubure amafara cyangwa ubireke, ibireke ariko handitswe ngo" AMAVI YOSE AZAMUPFUKAMIRA kandi INDIZOSE ZIZAVUGA YUKO KRISTO YESU ARI UMWAMI.
Uyu mugabo ararimbura abantu benshi kandi bose bifuza gukira badakora.Imana itabare urwanda nabanyarwanda.abantu bose bashikoye.
Mubahuze na Salongo twirebere ihangana😂😂
Salongo natiyobari bose nabatekamutwe aho batandukaniye nuko umwe arigisambo undi akaba umujura naho bose nibisambo
😂😂😂😂😂
@@MbabaziAlicia-vj1fu salm
Igisambo kabombo; nzi umuntu wagiye kumureba ; bari bamwibye ibintu byose mu nzu, yaraye ku kazi. Salongo yamwatse 50,000 ngo ari gutsirika ibintu bitagurishwa, ngo hanyuma nabigaruza azamuca andi azishyura. Yamuhaye igi code cya fake hamwe ngo n'umuti; byarangiye atagifata phone, akomeza kujijisha paka umuntu ahebye; nta mpuhwe kabisa. Byose n'ubutubuzi, n'ubugome gusa. Ariko na none, ndagaya abakora pub y'ibi bisambo, bitwaje ngo ni business. Ndibuka tena wowe Bagiti uko wirirwaga umwamamaza ngo aravura; ugikora kuli Afrimax; burya muba muhemukira abantu bibwira ko you're so smart (credible), bikarangira biringiye izi mpyisi. Mu muco w'ubupfura, nta sale business ibamo, hejuru yo kuba cupides, mujye munigaya kabisa.
@@mugabodavid3006 mn ngewe yandiye frw300000f banyibye moto niyayigaruza irahera nayo niyayasubiza
That's true
Uyo muntu akoresha akoresha amashetani muriho mwakira amafaranga avuye ikuzimu
Salongo wowe ntugire ico uvuga njyewe ndacafite message umugore yarakohereje amafaranga 25k kuri Momo, waramubeshye ngo ugiye kugaruza télévision ye abajura bari bamwibye, amaze kukohereza amafaranga nti wongeye kumwitaba uri igisambo wowe, nubishaka iyo message ya Momo nayohereza bact. Nkugiriye inama yo kureka ubuteka mutwe, kuko ubu reta yurwanda yarabahagurukiye
Uremewe; umvugiye ibintu kabisa; gusa pole kwa Madame ton épouse. Byose bizashira nshuti!
Shn salongo yangaruriye phone yajye shn mwimusebya kuko arashoboye kbx
Uwo wimugereranya na salongo. Ntiyatinyuka no kujya Aho salongo Ari. Naho uwo numubeshyi
Salongo we araterekera pe kuko akoresha inkoni.....nanyabingiye ijyivugira mukibindi😂😂😂😂😂😂
ariko Mpanoyimana mbona arenze byahatari😂 😂😂😂😂😂😂😂
Mwese ntabyanyu nariye, Imana nibampushe mwizina rya Yesu
Mpano yimana atanga kumpano Imana yamuhaye naho sarongo numupfumu ugurisha imiyaga yaciririye
Wanyumviye ngo amafranga amuhaye ntayarya ngo yahita apfa wumva Atari kwica abantu
Wanzekumpimpano,urumumwanamubi,kabandi,,ubaha,,nikigituma,utandemera
Wajyizambowe ubeshye abatakuzi😅😅
Mwampuje na mpano y'imana Koko
Kombnginze.ndamwemera pe
Imbobo ngwitanga imodoka kangare wanzerereziwe gapfe hasimbukese uhite upfubuka gaturike ndakuvumye wagisambowe warabundajesha
Salongo wariye 300euros za mukuru wange nawe uri igisambo
Ukuntu urimbwase iyutubura ngo urigusengera abarwayi kuki uvugango bakire mwizina rya yesu wagisambowe gapfe rubi
Ariko mpano yimana umuntu umwita umutubuzi mubaze? haruwo yari yaca amafaranga nka sarongo? rekada ahubwowe aratanga ntabyisiwe acyeneye
Ukuntu Salongo aba yivugisha yitonze ukagirango ni imana yigendera😂😂😂😂 hari uwandiye arenga million bakora kimwe neza neza. Na ba Mugwiza bose n’abandi bigira intyoza mu gukorana n’imbara zitagaragara barabeshya ni ibisambo.
Uyompano numutubuzi
Ariko se Banyyarwanda rwose ko midutuburira cyane,urabona ukuntu adukanga kanga kweri
Iyombobo imaze igihe kuko irya amafaranga yanjye yayandiye mbere ya kovidi iyi ngegera bacti nakundaga kureba ibiganiro byawe ariko noneho icyo gisambo ndumiwe teobariwe👊👊👊👊
Ayo akoresha nayo yatwibye nareke ubutekemutwe ngaho nimba ayakora koko natubure uwo mufuka tumubone ngo arijugunya kuriyo etage nasimbuke tumubone
Ayo atanga ni Ayo aba yatwibye yanyibye60K
Urinkanjyepe twihangane twariwe nimbwa
Weho.utemera yesu.uzofparubi gehinomu irabarindiriye mutihanye
Bagiti ndakwemera cyane nsuhuriza manoyimana ndamukunda
Salongo yariye amafranga abatype 2 ababeshya ngo araberaka ababibye umwe bari bamwibye fone undi bari bamwibye ibikoresho byo murugo.
Njye amafaranga ya Mpanoyimana narayariye ni mazima ya tubuye nirebera mfataho 6000 narayariye barakangarurira andi nyategamo moto ! Hano bahagaze niho nafatiye ayandi 5000 😅 ubwo nariye 11000 mu kwezi 1.
Salongo ningegera aragakubitwa ninkubagusa yirirwa yiba abantungo numuvuzi ahubwo nawe impuzinyamanswa yarazimaze azica ngwaravura nawe igihecyekizagera sha bagufate wagisambowe
Salongo arko aravura ntimukamubeshyere cg ngo mumusebye abamuzi turamuzi shn
Umaze kwiba benshi uvuye kuri mutzing ugeze kuri wine hhhhhh😂😂😂😂
Kbx urakoze cyane
Nubwambere mbonye pagiti yeweeeeeeeeeee ndishimye❤
Mufatanyije kutwiba atinya sarongo
Iyaba waruziko uriho kubwimbabazi zayesu ntiwavuga ubusa ahongaho ahubwo wasinze bagufungiranye
igikapu iyo mukigura koko tukareba icyo yitwaza!
Ndakenye cyane nimumunyereke
Ko anyuzamo akavangirwa se kandi?? Rimwe ati sinemera Yesu ubundi yaba ari gusenga ati mwizina rya yesu
Ahubwo saba muganga salongo agufashe kuko ufite ibibazo byinshi kd salongo yagufasha ucuye bugufi imbereye
Yoooo amagambo azashira ivuga sha wamutubuzi we
Salomon numutekamutwe ntacyamaze najye yaranambuye namuhaye ayanjye arayarya ntacyamaze nuwogupfa
Bact uwo mwana ni mwiza cyaneee
imana ninyinshi ninye wemera iyagutumye
Wagaburia Umwana akagutuka! Waha umukuru akazi akakugambanira! Washaka uwo uzamura akagufata nk umu peuple😂😂😂
Iki gicucu ngo nimpano nurutubuzi yaka amacaisse ya mitsing noneho wayohereza akayasekura akinumira
Ngaho abapfumu nabarozi barajye bahangane😂😂
Sarongo nturumuvuzi warantuburiye ndakwanga urigisambo
Ibaze kweri
@@sousmyuno6429 nukuri ugerago akavuzibintu biteyubwoba akakubwira taha wamuhanagara ntagufate wakongera akagukanaga nurusaambo
Nukuri se
Uriya ngonosalongo nigisambo yandiye ibihumbi maganabiri
@@ndayiramijetheogene7526 woe turahuje
murashize pe murashiweee muhunge ari satani arigukora kumugraro
Yesuuu we Ezekiel yiyise mpano yimana😂😂 uyu ndamuzi avuka iwacu ni umutubuzi cyn mumwirinde
Tubwire c😂😂
Mano wampaye kumugisha
Salongo nuyu biyita mpano Humana bose ni bamwe ni *abatubuzi*
Uwo muswa ntagacange abanyarwanda!
Abant muhonyukw urator ivyabadayimoni migatweng mutazw ikuzimu ucakir ayomaher watazwe ikuzimu ngumuntuyapfuy mwariy ivyabadayimoni tok mwizina ryayesu😢😢
Sha wapi kbs back t, ubwo butubuzi ntitubwemera pe, back t 😢nawe Koko njyewe nemera mboye rwose
Uwo mukobwa ndabona azukuri nuko yatinye kubivuga. Gusa ndamwemeye.
Abantu bazarya kuriayo mafaranga
Muzahura ningorane
Salongo yandiye 30k ndatungurwap😢😢😢
Iby'abapfu biribwa n'abapfumu.
@@user-ph4id4yi9c salongo yangaruriye phone yajye shn ntimukamusebye
Oya nawe urumutubuzi salo ahubwo umunnyi azira undi
Mpano y,imana wubahwe ❤❤❤❤
Murahony Imana nunyish kinogih😢😢😢
Toka satani mwizina rya Yesu... 😮😮😮
Yohana 14:6
Yesu aramubwira ati “Ni jye nzira n'ukuri n'ubugingo: nta wujya kwa Data ntamujyanye.
Ngo sanati😶
NIPSEY HUSTLE BEHIND SALONGO WE MISSING U HOMMIE REST IN PEACE NIG
Reka shn navane ubwenge aho Uwo
N'umutubuzi org
Ahwiiiiiii stress zirashize😂😂
Iyombwa theobard itagira aho iryama yimbobo nigute yigireranya nasarongo wumiganga ukora ibintubifatika iyombwa ihora muligereza yaliyumva sarongo yaginzwe?
Ariko uwomutubunzi mumwirukahomwiki ubwonimuramenyiwariwe uwonumutekamutwe
Wowe. Wakimura. Sarongo. Iwe.
Njye muzamvugishe mbahe ubuhamya keretse twihuriye
Mn uru nurusambo rwatiyobare rungenda rwiba mn
@@ghsmshhhhhwoenjyakwamugang7891byagenzute x man turabure
Uyu mugabo numukozi wasatani kuko ikuzimu nihobatemera j.c ariko bakemera imana
Nanjye sarongo yaranyibyepe ibyo mano yimana avuga nibyo
Salongo yaravuye shn ntimukamusebye
Ngo ajyiye gusimbuka m12
Mpanohimana mumuhuze nasalongo ,umupfumu numunyakuzimu imbaraga zabo zihangane.kurebe imbaraga zinesha izindi
ahubwo uwo numusazi pee bacti yazajyerajyeje akahura nasarongo akareba ibimubaho
Uwo mutipe urebye imivugire ni umutubuzi kbsa
Wamaye kurayo mafaranga papa nkaryaho nkumva
Nyumvira we ngo afitimyaka 30 igisaza nkicyi
Wikigereranya na muganga salongo kuko salongo akurenzeho
Ushaka angahe BAGITI 😂😂😂
Niba nasarongo niyo yarya abantu ntabyitirira imana harigihe uzahuriranayo mukonisha muri rya korosi uzumirwa
Abatubizi kbs
😂😂 cyakora mpano yimana aranasetse pe 😂😂😂
Ngo nubundi mbaye kwisi ntayiriho
❤❤❤❤❤
MWESE MURABAGABO BIMITWE
Nibyosarongowe teobari ntagira naho ataha imbobo ntanakonte agira nutwo yariye abantu aratwisasira kumusego ninzererezi
Ufite number ya Bakiti ayimpe mwibarize
Salongo nikigoryi yarantuburiye muha amafaranga 50000f yanje arayarya yokarya umuriro
ahahaha
Iby'abapfu biribwa n'abapfumu pe wihangane ariko nyine ntuzongere kuba umupfu
Ibyabapfapfa biribwa na abapfumu 😢
20:02 bagiti iyo umureka akamanuka tukareba
Uyu mu type afata talent akayivanga n' ubutekamutwe.
gusa mpano yima sarongowe mureke ibyakora abanyarwanda turabize
Gusa kandi mpano y'imana arazubwenge caane wumvirije ningene vyonyene avuga mumajambo ye
Mbafitiye ubuhamya bukomeye
Uyumugabo ajye akora ibye areke kubangamirabandi.salongo nawe uyunumwana ntukwiye nokumufataho ijambo
itabiryaramurenze acyeneye gusengerwa
Sha ndemeye hubwo mumpe number ye barandoze ndebeko yanyivurira kd rwose ndabasabye
Mpano yimana kotwa mwumvise asenga agasoz'avugango mwizina ryayesu amena
Ariko munyamakuru ibyo bintu nukuri ayo mafranga arakora byukuri
Ntange wazamaye kumugisha kok o komangayitse
Au nom de Jesus de Nazareth, arriere de ma vue satan.
Yandiye ayanjye sarongo
Bact content zaragushiranye kabisa
Hhhhh Salongo yavuze ukuri.