UMUSIRIKARE Azanye UBUTUMWA BUKOMEYE: Musenge cyane Haje IBITEYE UBWOBA😳 IKINDI CYOREZO😭GUMA MU RUGO
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 30 ก.ย. 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR)
Urakoze cyaneeee ku nyigisho nziza utanzee ni ubutumwa bwiza Imana iduhe imbaraga zo kunesha ibyaha
Wigishije neza cyane Imana iguhumugisha cyane twebwe ntabwobishoboka kotuba ibitambo byabadayimoni
Nibyo ntabwo tuzigera tuba ibitambo byabadayimoni,cristo yatubereye igitambo.
@@MUKASHEMAMARIEJOSEE \
Ndashima Imana ko yankijije imitego mibi yabashakaga kunyica ariko Imana iranyimana ndayishimye🙏🙏🙏
😊
Uravuga ukuri mukoziwimana God bless you
Imana idufashe
1.umuntu yatangira neza agakomeza neza ariko gusoza amateka ya yehu urazi Imana itugirire neza na sawuli
2. Tuzabamenyera ku mbuto bera
aha nta kwihana iby'isi bizashira
Hari abaturanyi bawe babisize
Twihane ibyaha ubwibone akugiriye neza
Turacyafite amahirwe yo gusoma Bibiriya tukanya uko tugenda
Ezekiyeli 33:3-4
nabona inkota ije iteye igihugu, akavuza impanda ngo aburire abantu,
maze uzumva ijwi ry'impanda wese ntiyite ku mbuzi, inkota yaza ikamurimbura, amaraso ye abe ari we azabazwa.
Nibyo
Nikokuri@@kanyanaplacidie4823
Urakoze k'ubutumwa utugejejeho, nanjye numvise ibya Gitwaza narasenze mbaza Imana irambwira ngo ni Umukozi w'Imana ni ukumuharabika kd nanjye sinsengerayo, ndemeranywa nawe
Muri abayobe
Wowe uri iki? @@URUSAROAline
Ibyo nukuri iyo ipfuye bagutambyeho igitambo cg badayimoni Uba urimbutse yesu niwe gitambo kizima nibyo rwo
Nshimye Imana kubwuyu muntu nubwambere nunvise amuntu uvuga neza gitwaza nibyo urimumwuka rwose numukozi wayo nibyo rwose
unva Gitwaza avugwa nabenshi ahubwo biterwa nibyo mwifuza kunva abakozi b' Mana nyabo baramuvuga neza uretse abarimo umwuka wa Gahini ( ishyari) uwo lmana imwita umwicacanyi
uwanduye agumye yanduye kndi uwezwa akomeze yezwe ejo mutabura ishyali ijuru kwanza muge mubanze mumenye ibyo muvuga cne abo banyamukuru bitwa ngo na kozibimana birirwa bifatanya nabakobanyi ngo barashaka Views..ntagira nubwoba bakirirwa batumira abirirwa basebya abakozi bi Mana ngozanye amakuru nabo bazana ishyano ukirwa uhiga umuntu kuko Apostle gitwaza nabi ngobone Views bo ntiberekwa? bagiye babanza bagasengera abo batumira aho kwishimira Views wamariza satani kurusha kwamamaza yesu mwirinde iryo tangazamakuru ryanyu mutaricaho mugakorwa nisoni nkuko namwe mwandagaje abakozibimana mwamamariza Satani mutumira abakizi bayo😢
Mubyo uvuga, nabuze icyo mfata mo kizima! Ibyo uri kuvuga, ni generalities, Biblia irabitubwra. Uri gusubiramo ibyo tuzi. Vuga UTI: "Imana yambwiye ko hagiye kuba iki n'iki, iki n'iki...
Ooh Imana ishimwe ko igiriye neza Apotre Gitwaza, nukuri ni umukozi w'Imana ingororano zirahari kubabiba barira
Urakozecyane kubwijamboryimana uvuze riranyubatsecyane Imana Ikomeze Iguhe umugisha Kandi ikomeze ikwagure
Yesu akongere amavuta mukoziwimana.
Mutumishi Imana iguhe umugisha
Umuhanuzi w'ukuri avuga icyago akavuga n'umuti wacyo
Ubalikiwe sana!!!!
Imana igukomeze Kandi ikomeze igutume
Ariko se, uriya yavuze ko umukozi w' Imana Gitwaza afite imyuka ya Kabale abikuye he koko?! La Kabale ni culte des anges. Nabera sindumva Gitwaza yigisha en invoquant les anges!! Noneho na Eglise Catholique bemera ko abamalayika barinzi b'Imama babaho, ntabwo wabita abakabaliste!!? Gitwaza Paul ni Umukozi w' Imana Utavangiye kandi ku mu-ga-ra-ga-ro.
Uvugiye imana neza❤buriwese asabe ubwenge Imana ,asabe mwuka wera niwe muyobozi wacu buriwese mwitorero abe uwejejwe muriryo
Iyo bavuga: "buri muntu mu itorero abe uwejejwe muri ryo".
Bivuga itorero rya Kristo rya rindi riri mu ibanga.
Mu yandi magambo ni umugeni wa Kristo urya uzazamurwa.
Abantu ntitukabyitiranye itorero ni rimwe si idini.
IMana igihe umugisha ndafashijwe pe
Yesu aguhe umugisha mukozi w Imana. Uvuze ukuri pe Gotwaza n umukozi w Imana najye ndabihamya. Umugeraho urushye ukaruhuka nubwo waba umwicaye imbere yigisha wumva amazi y UBUGINGO atemba mu mutima
Konumva mwamuhinduye Imana c?
No nanjye nubwo ntakurikiye iyi nkuru ark gutwaza simuzi ark mperutse kurira inzozi nziza kuri gitwaza rwose lmana ikomeze kumubungabunga akomeze akorere lmana neza
Ntabwo arukumugira Imana ,ahubwo Imana yaramwizeye imugabira umurimo wayonksndi imuha ubwo bintu(grace),kugirango abantu barushye baruhuke @@Pink.53
Gitwaza abantu bamurwanya bazagwa kuko ntibazi iyo ava. Ise umubyara ari mubagabo bambere na mbere bakiriye agakiza imulenge hanyuma Uwiteka amuha amasezerano akomeye k’umuhungu we! Abamusebya rero nuko batazi uwo ariwe
Byaterwa nimana uvuga iyariyo ,nonese Gitwaza yamennye amaso kubwawe ?niba uruhukira imbere ye urambabaje ,icyonkubwiye niba Kristo Yesu atariwe wakuruhuye ,ukumva waratuhukiye imbere ya Gitwaza , uracyafite urugendo rugukomereye , reka nkubwire iki kintu , abantu benshi bagiye kuzahingukira kwirembo batari biteze kwariryo bazahingukiraho kdi gusubira inyuma bitari bushoboke , ibi nkubwiye birakomeye kurenzuko uri bubyumve kuko simbikubwiye kubwibitekerezo byange nubwenge bwange nubumenyi bwange , IMANA yomwijuru ikurengre ukorwe kumaso , reka kuba umufana widini numuntu uwariwe wese ,shaka Kristo Yesu niwe rembo niwe buruhukiro .
Mbega Masasu kobamujanye mubaphumu bakavuga nguwo Arimwo wamugabô nguwo ntaza ngaha
Nibyo rata.
Abadayimoni ntacyo badufiteho,nta muntu w'Imana utambwa n'abadayimoni rwose
None se ni Imana yagutumye guhamiriza Gitwaza koko?Cunga neza niba utaravangiwe cg ngo ube uri mu maco y'inda
Urakoze Mukozi w'Imana, gusobanura,kubyerekeye ibitambo,ukuyeho urujijo nokwibaza,byari byaratubereye amayobera .Imana iguhe umugisha.
Abavuga ngo iravuze itavuze ni benshi
Amena dufatane amaboko
Imana igihe umugisha igukomereze intambwe ukomere udusengere abafire indwara sidakira
Humura mwisi hari indwara zidakira ariko ku Mana zose zirakira komeze usenge kdi wizere wiyiteho uzakira kdi neza
Uzakira nange narakize indwara navukanye none ndashaje ariko Imana yangiriye neza ubu ndi muzima alleluia 🙏🙏
Yeseweeeee
Imana iguhe umugisha mukozi wimana itorero ryimana ryubatse kurutare ntamarembo yikuzimu ntazarishobora.
Uyu mugabo araciye ubgenge bg'Imana!
Yego rata uvuze ubutumwa buzima! Nukuri abantu batuka Mwuka Wera bakizwe, kuko basebeje Apotre Gitwaza bikabije na pastor Theogene nta bwoba bafite ku minwa yabo...😢
Please introduce yourself first
Buriwese afite uko abana nImana ye tubemaso Kandi turusheho gusenga kuko ibiri muba potre biteye agahinda kuko nange hariyerekwa nagize ritandukanye nibyo uyumugabo arikuvuga ubwo rero Imana iturengere
Urakoze NYAGASANI akongerere imigisha
Mwitegereze iherezo ryingeso zabaganza mwigane ingeso zabo Yesu uko yararejo nuyumusi nikwari Hébreu 13:7-8 rero umuntu yavugaYesu karinzira nukuri hanyuma agahindu kwatari inzira mumwitondere
Ngo tuzumvire leta iraturebera? Ubu se ingaruka z'inkingo ntizuzuye ku is hose, ngo barakingira COVID ? Nyine bimenye ko isi iyobowe n'ikinyoma. Aho rero witonde
Igitekerezo : bibaye byiza ntimwajya mushyiraho amazina y'umutumirwa n'intego y'ikiganiro, ariko ntimushyireho ibyo akora ?
Musbyi.WIMANA vugukuri UHORAHO Arimuruhande rwawe erega bemshi bakurikirwa nindagu bakùriyemwo nibiterekwa bafashe inkomezi zImana baziha satani. abo basharika Uhoraho Afise ubugingo bwabo mukiganza mbega nibakomantaza imitima bazohava bagira ingorane nka farawo
Uravuze ukuri kuri Gitwaza Imana imukomeze. Cyane gose. ❤❤❤
Satani numuhanga , ariko biragoye kumuntu ufite Umwuka Wera w'IMANA ko yakwiyoberanyaho ngutabimenya ,98%avuga ukuri ariko 2% agashyiramo ikinyoma ,utagira Umwuka Wera w'IMANA kumutahura biragoye ,uyu mugabo yatumwe nimana itariyo mwijuru, biblia itubwirako muminsi yimperuka azagerageza kuyibya nintore niba bishoboka ,ikindi nuko abantu bakwiye kumenyako satani avuga kdi agasohoza ibyo yavuze , ikindi satani azi ibyanditwse byera kdi ajya yihindura malaika wumucyo
Murakora business , mureke kuyobya abantu. Hakenewe Ubutumwa Bwiza bw'Ubwami bubohora. Ubutumwa bw'uzagendera muri private jet, niki bifashije imitima urikubwira???
Aba Yesu bari maso, abaza bambaye uruhu rw'intama, ntaco bazabatwara.
Bindenze😮
Ibyo byose Adpr niyo yambere yazanye uwomwuka bigatuma namwe mubaho urubanza arko turabiziko arishyari ryabo ikinsetsa nuko arinabo icamo ikamuriza twe turamuzi cne ko arimukozi w' Mana kndi kuko atatumwe nabantu twe numushumba wacu ntacyo bitubwira kuko tumuzi cne cne nibage babanza bamenye background muge mukurira amateka yu muntu ibyo byose turabizi cne ahubwo ujeguhamiriza injinji zabanyamadini kubera ishyiri no kudasenga kuko umuntu usenga akubaha lmana ntiyavuga umushumba wacu atarukozi w' Mana abantu ntibakisige icyangiro cyiva ku Uwiteka.dufite umushumba muzima kndi uca bugufi kndi yera imbuto nitwe tumuzi ibyo bamuva ntibidufataha kuko turasenga tuzi nicyo lmana yatumwe Apostle Gitwaza our lovely AP0STLE INSHUTI ya yesu bafitanye igiha niyo mpanvu adatezuka umwana yasasiwe amasengesho yoroswa ayandi ararinzwe ari mugikuta cya maraso ya yesu❤❤❤❤❤
😮
Toka, ese gusiga amavuta Niko kuba umukozi w'lmana uvuga? Guhamya ngo Yesu siwe wenyine nzira y'ukuri , niwe uhamiriza, ahubwo umwuka ukurimo uhuye niwe.
Imana iguhe Umugisha mwishi Imana iduhe imbaraga zo kuyegera cyane
Urakoze cyane mutumishi wa Mungu
Abavutse ubwa kabiri imibiri yacu nii ibitambo bizima byera kdi bishimwa n'Imana
Ntabwo turi ibitambo by'abazimu ntibishoboka
Ap Gitwaza yakoreye Imana ,benshi twamenye agakiza, abandi bize gukorera Imana bamureberaho,kuba yamugirorera rwose nibyo kwishimira
Ariko Mana weeee
Barakubeshyera koko
Iyo uvuga koazajya mu ijuru
Naho indege se niki????
Mbonye umuvugabutumwa ukivugisha ukuri mu ijambo ry'Imana. Uri kmwe muri bake basigaye. Imana ikomeze igukomeze.
Ndagushimiye muvugabutumwa Imana igukomeze kdi ikwagure
Nange ndumiwe ubundi nemera Gitwaza .na Rutayisire mubakozi bimana arko mbonye uwa3uftumwuka wukuri kwijambo ryimana
😮@@Consolee-wz1ur
Imana ishimwe ko uduhumurije kuri Theogène❤
Uvuzeneza,ijambo,,ruimana,imana,igushyigikire
Ese nabona utsegera nkabon agakiza ka burundu ntakiguzi cyamafranga tsabwe
Sinzateshuke kubwira abantu ngo bihane kbs
Imana iguhe umugisha izo mpuguro twari tuzikeneye
Ijambo. ry'Imana ritubuza guhinyura ibihanurwa ahubwo tukabigenzura uyu mugabo Imana imuhe umugisha
Ninde ugarutse hano nyuma yo gufunga insengero,nindwara yubushita 🤔
Nongeye kugira ibyiringiro, Amen halleluya 🙌
Njunze: Sugarcreek urukundo muli twe
Habwumugisha n Imana satani ntiyanyaga umuntu Imana hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah
Unteye imbabazi urahejeje kwisambura wewe ubgawe ninde azosubira kumviriza ubuhanuzi bgawe?
Bwira abantu bihane kuko nicyo lmana idushakaho.
Rwose nibyo imana nitubabarire njyewe numuryango wanjye
Nshimye Imana kubwijambo utubwiye nukuri umvugiye ibintu najyaga ntekereza nibyo koko abantu bari kuvugira satani kuruta uko bavuga kugira neza kw'Imana rwose ndashimye nikoko Imana yagutumye ikindi nuko abantu bigize abagenzacyaha bigira abashinjacyaha bigira abacamanza kandi ijambo ry'Imana ritubuza guca imanza ese ubundi turi bande bo kuzica tukazicira abantu Imana yaremye itatugishije inama koko
Guca imanza zukuri turabyemerewe ,kuko nabisilaheli tuzabacira imanza , rurabacamanza ahubwo ntiduciraho iteka abantu ibyo byo nibya Data wa twese na Kristo Yesu ubwe
Imana ishimwe cyane rwose uravuga ukuri rwose
Gitwaza numukozi wImana. Vrai Kandi nanjye namenye yesu kubera gitwaza kirazira nfite nazibwirijwe nawe
Nonese mwarimu yigisha you byo akora oya? Uku ramwo you byawe ugakira kubera gukurikiza ibyo wize kdi we agakena .
Ariko ayo mashari nayiki ? Mwareka gucimaza ko yesu ariwe abishizee aha zabandeba ibyanyu
Reka tugaruke kurufatiro rizima arirwo kristo.
Ark mbashije kumirwa nogutukana birimo se Ark mujye mwiyubaha abantu mwandika none se ubundi lmana ikoresha abakene gusa ibintu Satani atanga lmana itatanga nibiki?
Nukuri ubu nanjye mfite agahinda mu mutima ibintu byose babitwereye satani wagira ngo yariremye😢 byose ubutunzi imbaraga byose ni ibya satani pe mbega akaga tugezemo 😢 gusa si ibya none na Yesu Yarabyivugiye ko umugaragu ataruta shebuja ubwo batatinye kumwita berizeburi bavuga ko ibyo Yakoraga Yabihawe n umukuru wa daimon rero nubu Niko bigomba kumera
Nuko rero dusabe guhishurirwa no gukanguka naho ibihe turimo biragoye
Nukogenzurisha ijambo ryImana handitswengo nahubundi ibindi n,amanjwe (yesaya8:20 1yohana2:3-6 Matayo7:13-21 yeremiya7:3-15 imigani28:9 yeremiya 51;6
Imana itanga impamba yurugendo kandi tutabeshye ntawe ubyanga .Nyuma igatanga ubugingo buhoraho.Tureke Guharabika abandi twirebe ubwacu twisuzumisha nyuma Uwiteka niwe Uzaca urubanza
Uracyari wawundi nshimye imana ni Elie bugesera rizieri
Uravuga ukuri rwose bahagarike kwamaza satani
Ariko iyo urebye ukuntu abantu baho bapfa burikanya urumirwa
Amena imana nimbabarire muribyose kukinini nigito .
Amen uko niko kuri dafashijwe
Njye ndumva ubutumwa itorero ricyeneye arububwira abantu kuva mubyaha naho ibintu nabikorera azabijyeraho kuko kugura indejye byakakwiye kubwirwa nyirubwite ahubwo abantu basigaye babyuka bakaza kuri TH-cam gutwika
Ngaho da! Kuki mutukana kuri youtube mwaba maso mbonye abandika batukana mube maso
Fisuri ❤❤❤❤❤❤ sana wawe amay fania burundi !●○●○《》❤❤❤❤❤
Fisuri sana ❤❤❤❤
Nimwe mukenewe kwigisha murikigihe kuko mufite umwuka wera
Muraza cyaneeee mukozi w'Imana, Imana itugirire neza itwambike imbaraga zo gutsinda ikibi
Nizereko wamenye amadini yose ko ntadini narimwe riri munzira nziza usibye na zaoni
Uwiteka akongere amavuta amavuta ❤❤❤❤
babwira bakizwe nukuri abavugago iravuze iyavuze
YESU nashimwe muvandimwe none ko ijambo ry MANA ritubwirango ninde wari munama yu WITEKA none wowe wamenye gute ko thewo yagiye mwijuru
Uzi bibiliya Uzi no kwigisha ariko kura ikinyoma aho ntabwo Imana yafata umwanya wo kuvugana nawe kubya gitwaza niba Ari umukozi w,Imana ntiyamugutumaho ahubwo yamwibwirira
Muvabo komeza kumira kbsa icyuho cyarigicitse
Yego rata balance ni imbuto ikindi satani gukiranuka byaramunaniye ariko ibindi nawe abakorera Imana bakora abasha kubyigana keretse gukiranuka
Ntibikumda oya yesu yaradunguye. Halelua ni rwubusisi. Gerard
Gs shuti yange nuko kumva byatunaniye
Gs abayobozi bisi babirinyuma ikibabaje nuko babikira babizi?
Yesu aguhezagire .Akwongerereze Aho wakuye mukudushikiriza ivyo lmana yagutumye.Ndi umurundikazi yagukwirikiranye
Amen,amen.Imana iguhe umugisha kdi ikomeze iguhe amahishurirwa!
Ese kugura indege bimariye icyi abakiristo
Eeeeh imodoka se zo zibamariye iki?
Iterambere ntacyo ritwaye apfa kuguma ku Mana ntashukwe n'ibyisi
Ese uyu musirikare ibyo Gitwaza yavuze ko hari izindi nzira zijyana abantu mu ijuru utanyuze kuri Yesu arabyemera natubabarire adusubize
None se abapfuye batamenye Yesu wibwira ko Bose barimbuka.
@@ikambaryakaruvaritvByose ni Yesu Ubizi gusa icyo nzicyo nuko Ari We Nzira Ukuri n Ubugingo ntawe uzajya kwa Data Atamujyanye icyo cyo ndakizi neza mu isi no mu ijuru ndetse yewe n i kuzimu birazwi ko ari uko biri nyuma y ibyo ibindi bizwi naWe gusa
None se Yesu ntiyahozeho, mbere na mbere hariho Jambo Kandi Jambo uwo yahoranye n'Imana....so nta muntu wabayeho mbere ya Jambo Kandi ntawe uzabazwa ibyo atamenye.
Gitwaza yavuze ibimurimo nuko abyumva ariko umuntu wapfuye ataramenya zyesu umutima yapfanye niwo azazukana Kandi mumuntu habamo amajwi abiri rimwe rikoshya irindi riguhana iyo wumviye rimwe muriryo niryo rizagutsindisha
Aho mwamwumvise nabi kubera ko natwe twamenye ubutumwa bwiza tububwirijwe,ariko hariho nababayeho ubutumwa bwiza butaribwigishwa,rero nabo kumunsi wurubanza ntibazaharenga ngo nuko batamenye Yesu Kristo
Mwabura kuba maso ibyera byose si amata😢
Abafiripi 1:18
Natwe muri congo biriyo kuri Pasta Marcello Tunasi uherutse gupfish'umugore
Nanjye rwose numvaga umutima wanjye unyemeza ko arumukozin w'Imana
Ndagukunzep lmana iguhe umugisha
Thanks, inyigisho nziza cyanee
Mubyo uvuga, nabuze icyo mfata mo kizima! Ibyo uri kuvuga, ni generalities, Biblia irabitubwra. Uri gusubiramo ibyo tuzi. Vuga UTI: "Imana yambwiye ko hagiye kuba iki n'iki, iki n'iki...
Uraho mukoziwimana,naguherukagacyera.ibyuvuganukuribyose,kukondakuzi.Imana iguhumugisha.ndakwibuka ibatsina
Mukoziwimana ndakurikiye
Imana inyohere kwera imbuto kbs kd impe kwanga ikinyoma kd impe gukomeza,kubwiriza icyaha kbs
Ariko ninde wabatumye guhamiriza abantu banyabo nabatarabanyabo dore misiyo YESU yaduhaye nukungenda amahanga tubabwiriza ubutumwa bwiza bwa YESU KIRISTO MATAYO 28-19-20 ibindi bitaribyo biri inyuma yijambo IMANA ibabarire kuko muri kuyobya beshi
Uhabwe umugisha mukozi w'imana❤
Ahandi asome muri yohana 14:21
Imana ziba zingaje se?yewe ahaa udafite ihishurirwa muzamuyobya pe.