Dr frank habineza ababajwe bikomeye n'uwamututse ko yayobora ingagi
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 12 ก.ค. 2017
- Nyuma y’aho Dr.Frank HABINEZA umukandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu atutswe n’umuntu ku mbuga nkoranyambaga amugereranya n’ingagi ngo nizo yashobora kuyobora, Uyu mu candida aravuga ko yamaze kugeza ikirego cye mu nzego zibishinzwe ngo uwo muntu akurikiranwe kuko yanamugeretseho gukora jenoside .
Ibintu HABINEZA avuga ko bigambiriye gutesha agaciro kandidatire ye
Mujye muvuga muziga umunsi umwe wasanga azabayobora kuko Paul kagame ntazayobora ubuziraherezo 🙏
Muzehe nacyazaba
@@user-wt7gl8xw6s sokuruza wawe se uracyamubona ntamuntu ubaho nkumusozi bro
Ndamushyigikiye pe nibamukurikirane Gutukana sibyiza arabibazwe
Wowe ikomereze wiyamamaze umwihorere ni ukugirango akwice mumutwe ubure ibyo uvuga Kandi uzahura nabenshi.
Wicika intege hejuru cyane
Abantu mutera comment mwagiye mwandika mudakomerecyeje abantu
Komeza wiyamamaze tukuri nyuma
Igihe cyose migiye kuvuga mujye mubanza mutecyereze kuko udacyeneyeko umuntu akuyobora waceceka kuko gutukana nicyaha
Yivugira neza pe nge ndamukunze
Uwo mukobwa mumunshyikirize ubutabera
Kk umuntu wese azaryozwa ibyo yakoze
Munjye mumenyako umunu arinkundi😢😢
can you imagine kweri yoooo pole kbs uwo muntu azakurikiranwe
Ntakinyabundura afite nibamukurikirane afukuye hagashambara 😢
Ntugacike intege kumagambo mabi yakuvurwaho.
Komeza uhatane tukuri inyuma
twebwe tuzagutora ahubwo komutagera mutugali nimirenge ngo tubamenye nge nzakwamamaza ikibura nibirango kabisa
Icyo nikinyabupfura gike,akurikiranwe azahabwe igihano.
Courage kandi ibintubyose ntiwamenyako bikunda utabigerageje.
Tuzagutora.
Weho watuyobora ute?
Ariko aravuga rikumvikana. Government yu Rwanda ibona Frank Habineza yayobora u Rwanda. Ninayo mpamvu Ari mu bakandida bemewe! Mwirinde gusenanya, kuko bihamirwa namategeko!
Mugihe gikwiye! Amamaza rwose umukandida ushaka, uwo udashaka umwihorere, ariko umenye ko uwo udashaka ashobora kuba president nawe umuhe icyubahiro, umuhe agaciro akwiye!
Mulafiti ivanguraramoko
cyane
Nibyo
ahubwo akwiye kuyobora ipusi
Ariko mwibonyemo iki wanjijiweeeee
ntabwo babeshya
og budda uzabwire so agende ayobore ipusi niwe byabera cyane kuko nabonye asa nazo cyane
Arutwa ni mbeba
nu wingagi nawe