Uyu mudamu kombona yaba commando mu rugo iyo uwo mubana atangiye kuvuga ko utamuryoheteza nkabandi uzamenye koyonesheje iyo amaze kumenya ko hari abazi akazi aha mugabo iga kurarana casque ku mutwe no kuganira ukamenya uko akazi bagakora neza muburuli naho ubundi nudapfa uzafungwa
Niyo urebye ku maso uyu mu mama afite ibyo ari kuvuga ukabona ko ataribyo. Nta kundi wa mugabo we ubutabera bwacu burakora kandi neza bazareba babakiranure
Mbega Umugabo ufite intimba arambabaje pee mbega aharyama biteye agahinda Imana umube hafii nawe ubwe ataziyambura ubuzima Kubera umubabaro nagahinda.
Iyubumuzi utagendeye kubyo avuga
Ikigaragara cyo uyu mugore ni we mubi cyaneee!Kdi uyu mugore ni indaya ya kabutindi!
Biragaragara pe
Sha izinsengero dusengeramo ziradukoraho uyumumama yinjiwemo nidini ryubugome
Uyu mugore akurikiranwe, ndabona atoroshye
Ahaaaa wamenyeko arimpyisi akubyaje incuro umunani
ADEPR buriya niho asengera
Yewe!!! Uyumugabo arababaje ahubwo bayobozi murebe kure uyu mugabo umugore aramukuraho ubugabo dore aho nibereye aramukona
Uyu mugore numurara 😂😂 Ariko umugabo utagishoboye akabariro ntazubaka
Ikikigore byo gisa n’ikiraya kndi uyumupapa birabonekana ko cyamwifatiye.
Imana ibagenderere ibubakemo ubumwe bahoranye! Ibi ni ibiki koko Mana ikunda umuryango utekanye.
Pasteri wabarokore ashobora kuba ariwe ubambwira ngo babyare ubutaruhuka ,kdi buriya mubyukuri iyo baba barabyaye abana bake bagendanye nubushobozi bwabo nukuri ntamakimbirane baba bafite ngaho noneho hajemo nabuzukuru
Umugore yahuye numu hangamura😂😂 yumva ibya muzehe bidahura
Erega uko ubagabo bagenda bakura ubushake buragabanuka abagore uko bagenda bakura bukiyongera ubworero sinzi aho bizagarukira
Abapfubuzi ubwo bagezemo arumva ibya muzehe wapi
😂😂😂😂😂😂😂
Ni hatari
biragaragara ko aka ka gore arakabandi
Mbega umubyeyi weeee🙆♂️🙆♂️🙆♂️imana itabare ubundi umugore iyo yarebye hanze kidogo nibake bazirikana kubaha umugabo murugo💃💃💃
Imana Itabare Ingo zitumvikana,kuki dukunda cyane iby'isi nkaho tutazabisiga?uyu mugore ndamugaye
Yoooo,
Ihangane wa mu papa we !
Mubyarana abana umunani koko mugashwana !Mwisubireho pe!
Uwaguhabarihubu wakigorewe baguhindure ukowagizuwo mushakakubaka ukabimuvutasa wacyohewe
Ibyingo bimenywa nimbeba kuko twese baucinyuma ariko iyo wabyaye bake urareba ugaceceka kuko bamwe bake ufite utangira upanga uko uzajya ubarera ugasa nuwumva ko uri wenyine kandi ukabyakira,gukimbirana kwinshi kuva kurubyaro
Umugore yarakuroze aronga nuwo mwana wae papa pole kbc
Ngo babyay ntakaruhuko 😅😅😅😅😅😅
😂😂😂😂😂😂
Mana tabara imiryango ikomeje gusenyuka kandi ndabona birigufata indi ntera, abantu bamaranye imyaka 20 kweri birababaje
Uyu mugore rwose ararimanganya Imana izabimubaze
😢😢egoko abagore bubu
Ntago ubizi nshuti, umugore ararengana, uwo mu mama ava munda imwe namama ark uwo mugabo natwe umuryango twese, yaratuzonze
❤
Yoooo!!!manaweeee!!!tabarubwoko bwawe ubuwasanguyumugore arumurokore
Birababaje pe uyumugabo arababaje cyane,arenganurwe
Ariko mana we tabari lsi ibintubirakaze😢😢😢
Reta irebakure nitabare uyumugabo bitazarangira yiyahuye numumufashe bavandimwe uwomugore ntampuhwe
Ubunubukunguzi imyaka 20 abantu bababana nyumango divorce,
Ntabandi babyara bataruhuka nabarokore kuko ngo imana irabarerera,njya nibaza niba aribo imana izi boyine
Hhhhhhh mbegawe umugore
Ariko umugore agukenesha are urumugabo, wamujyanye ukuzimu nanabi cyane woe ukigura meageragere ariko iyo ntumbi ikakyvavmumaso, kuki bagabo mwusuzuguza.
Nubundi iyo ntumbi utayikuye imbere, izashyirwa ikujyanye mageragere cg ikwice.
Byiza kuyitanga Aho gutagangarira mubyawe wa mugabowe, ubu Koko ntago ubona ingero zabagabo bahamye ibyo basigate bakorera iyo myanda yabagore bananiranye.
Wica urubanza musaza, wumvise neza Real testimonial nibwo wamenyako uwo mugabo akwiye no gupfa pe! Yariganyije abantu utabara
Ase nkawe koko😮😮😮😮
Ubundi uburenganzira bwo gukangara umugore nogucisha akanyafu kumwana bimaze kuvaho nibitaraza biraje gusa abayobozi turagowe Kandi hababaje abana bagumya kubona ayomahano uburenganzira aaaa nzabandora numwana wumunyarwanda
Ngo impeta ?waza umbwira ikise !Twarababaye iyi si iraturihije ariko Yesu ni karuhura
Isi iri mumarembera pe umugore utagira isoni zokwandagaza umugore we wandayawe yumugore
Mw'izina rya Yesu wamugabo wee Uwiteka akurengere uyu mugore atazatuma wiyahura cg cyikakwicisha
Uyumugore nibandi pe
Ngo numeicanyi yishe nde?
Pole mugabo
Bagabo barabona!
Uyu mudamu aravuga agaragura amaso nk’ucanye ku maso.
Ahubwo Vianey arambabaje 😂
Ingo zigira byinshi ntimugace imanza imana niyo ibizi
Mbega isi tugezemo 😭😭😭
Uwiteka abarengere kuko satani niwe utera amakimbirane mungo😢😢😢😢😢
Yooo pole papa imyaka 20 nkweli
Ngo ndi impyisi😂😂😂😂😂😂😂😂😂mbega akaga we
Uyu mudamu kombona yaba commando mu rugo iyo uwo mubana atangiye kuvuga ko utamuryoheteza nkabandi uzamenye koyonesheje iyo amaze kumenya ko hari abazi akazi aha mugabo iga kurarana casque ku mutwe no kuganira ukamenya uko akazi bagakora neza muburuli naho ubundi nudapfa uzafungwa
Umugore umushaka afite ikariso gusa agasubira iwabo atwaye inzu. Abagore bikigihe narumiwe. Basore mutarashaka muzabitekerezeho neza
Uyu mugabo arengunurwe
Wa mu papa we ihangane ibyo ni byisi uwo mugore nawe imana izabimubaza
Abagore weee😢 mana yanjye😢
umugore ibyo avaga arabeshya
Ibi binyoma utangaza wamugabo we, urabeshyera ubusa ariko ntawe Imana ihishira
Ibi muriho bikubeho cg bizanakubeho nibwo uzamenya ingorane z, abagabo, was mugomewe urabona uwo mugore Atari ikigoryi , umugabo wawe aba inyamaswa gute? Jya uvuga ibyo wagenzuye, physical uyu Mugabo ararengana naho umugore n, ikigeragezo ariko bizamugaruka.
Nguhe nimero yange umpamagare nkuhe testimony Yuko ibintu byagenze? Njyukora judgement uzi Aho ikibazo kiri unakizi neza
@@urCristianofan123-p7u yego
mwibaze ngo umugabo yategeye umwana moto avuye ku ishuli aje guhabwa irage⁉️yamuragaga inzu se yari agiye gupfa⁉️uyu mugore ahubwo ubanza anaroga bamwitondere kuko aka kantu ko kuvuga ngo bavanye umwana ku ishuli bagiye kumuha inzu hari ikibyihishe inyuma
Ariko umugore agukenesha ate urumugabo, wamujyanye ukuzimu nanabi cyane wowe ukigira mageragere ariko iyo ntumbi ikakuva mumaso, kuki bagabo mwisuzuguza.
Nubundi iyo ntumbi utayikuye imbere, izashyirwa ikujyanye mageragere cg ikwice. Otherwise ikuruge.
Byiza kuyitanga Aho gutagangarira mubyawe wa mugabowe, ubu Koko ntago ubona ingero zabagabo bahamye ibyo basigaye bakorera iyo myanda yabagore bananiranye
@@Jahson2024sigaho ntukorwe, inzigo y'abana ntiyazayikira, ko yishe nyina, ahubwo batandukana mu mategeko umwe ukwe undi ukwe, ariko abana bagakomeza kugira ababyeyi bombi...
@@Jahson2024wambwawe urumva kwica aricyo gisubizo gihamye gatumbe amabya😢
@@Liliane3 garama Aho ngo uzatwara ibyo umugabo yaruhiye ubijyane mubaguhenesha neza, ark ntuzabyizere kuko ushobora kwisavnga umutwe watandukanye nigihimba wa mbwakazi we
Eeeeh ko warakaye cyane wana
Abagore baraha pe🤣🤣
uyumugore acanye kumaso Imana iraturinde abagore ba vision nihatari
Ivugire kuko utazi ukuri sinakurenganya
Wabibonye nawe ukuntu azunguza amaso?!. 🤔🤭
Aba bagore nabo nabagome nkuyumugore numugome peee ninterahamwe ahubwo leta nirenganure uyumugabo
Urarengana rwose uwo mugore n, indaya
Murahaze pe 😂😂😂 gusa Nyagasani abarengere
Ah abagore baragwira nimutabikurikirana mumaguru mashya azamwivugana da umugore utuka umugabo bamaranye imyaka 20 ngo ni pyisi yahuye nabamaraso mashya baramuvugurura hhhndavuga gucangirange none yarararutse gusa azicuza p ndabona uwo mugabo yari ntama
Mbega umugore w umugome
Ibyumugore numugabo nibirebire kuko ingo zigira byishi
Uyu mugore n, umugome biragaragara
Mbega umugore mubi akwambika impeta Wawa yooo pole sana papa
Imboga ziburabana.ikigoryi wasangayagihahiraga atarinkimbungerezi zimwenazimwe muyiminsi
Ihangane wagize umugore windyarya
Ivu rihoze niryo ryotasa inzu wasanga uyu mugabo ariwe mubi
Ngo akiziritse kumuhoro karawuca ntakabuza umugore azamuhitana abagore ni intago dwa
erega kuzana abagore mushatse mwabireka kbs
Mbega umugore😮
Uyu mugore ibyo yigira iminsi izabirangiza Koko inyatsi urayicirira uyu sumugore ni Inyatsi Kurayamaso nubinanirwa bazakurangiza.
Mbega umugore ??? Nakumiro ndabona arumuteka mutwe nimpamo.
Ihangane papa
Twizere ko iby'urugo babihaye umurongo. Sinon ntabwo ari amahoro rwose. Inzego zibishinzwe ntizikazarire n'ubwo guhubuka nabyo Atari byo
Bicare bacoce ibibazo byabo kuko abantu bajya kubyarana 8 haba harimpamvu nyinshi zokubakana
Ariko c kuki bitarangizwa koko, inkiko nazo zikora nabi p iki nikirego kihutirwa bakagobye guhita baca urubanza nibura bitarenze amezi 6bikabije kuko urumva nikibazo kimaze igihe.
Nyamara reta izarebe kucyo abagore bise urengazira nimba aricyo gituma abagore bamwe tacyimenya umuco nazacyirazira
Yooo mbegahantu aryama mumasaka rwose narenganurwe pee
Ariko umugore agukenesha ate urumugabo, wamujyanye ukuzimu nanabi cyane wowe ukigira mageragere ariko iyo ntumbi ikakuva mumaso, kuki bagabo mwisuzuguza.
Nubundi iyo ntumbi utayikuye imbere, izashyirwa ikujyanye mageragere cg ikwice. Otherwise ikuruge.
Byiza kuyitanga Aho gutagangarira mubyawe wa mugabowe, ubu Koko ntago ubona ingero zabagabo bahamye ibyo basigaye bakorera iyo myanda yabagore bananiranye
Kandi nkubu aho wakabwejaguriye ngo waca imitwe abantu... ?wanasanga ni nkoko utayibagira....mugabo kubera ubuzina wahinduye hano kuri youtube uakaba wakamejejw ngo waca imitwe abantu...ntarupfu rukemura ibibazo shaà 0ĺ
@@mugwanashakamadiba8726 zana uwo wawe nkwereke uko bawucamo kabiri, cg wibagiwe ko ino Ari Rwanda mu biyaga bigali
Mbegaaaa😢
Gucana kumaso burya wanabikora ushaje pe
Uyumugore imana izamuhana ndabyizeye neza imana izabikemura kdi neza
Uyumugore numutekamutwe Sinzi impamvu reta itita kuricyicyinturwosz
Uyumugore aragatsindwa
Umugore numucacanya
Uyumugore ninshinzi biragsragara ko ari indaya mbi butwi
Mbega agahinda
Ibigaragara iki kigore nikiraya cyamaze gusogongera imboro nyishi
Uyu mugore ni mubi
Uyumugore ni mubi
Niyo urebye ku maso uyu mu mama afite ibyo ari kuvuga ukabona ko ataribyo. Nta kundi wa mugabo we ubutabera bwacu burakora kandi neza bazareba babakiranure
Ahubwo baranamufunga, ibyo kuba ari umugabo anarengana, arabirisha he, bataramuhata igiti
Uyu mugore asa ni ndyarya pe
Uyu mugore nibandi to ndebera uburyo acanye kumaso
ibyingo byabaye agatogo
Uyumugabo arenganurwe abagore basigaye bahohotera abagabo
Toka wa ndaya we
Biragaragara ko uyu mugore afite abapfubuzi basengana. Biteye isoni kuba yarashishikarije n'abana kukwihakana gutyo. Wa mugabo we urarengana biragaragara ariko rero ubwo bose bakwihakanye genda wishakire duke tw'amasaziro.
Uyu mugabo akwiye kururenganurwa
Uyu mugore biragaragara ko ari kubeshya pe!
Uwomugore ndumva arigisambo cyimbaraga
Ubwo nyina ajyana nabana be muburaya