Kudahamya no gutinya Abantu byaturishije uburozi nyamara twashize niba tudahinduye imitecyerereze
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 18 ก.ย. 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku biganiro n'inyigisho tubagezaho cyangwa ukaba ufite n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250788426035
Nta kintu kibaho kiryoha nk'agakiza icyampa yesu akaba murinjye nkaba muriwe ubudatandukana nawe iteka ryose kd nizeye KO bizaba Amen ❤❤❤❤
Hallelujah!! Uvuga yesu neza rwose koko dukwiye kwizera ijambo ry'Imana ariko haricyo nkwibariza nonese isabato iba mwijambo ry'Imana? Nonese Yakobo ko yavuze ko uzica rimwe yose azaba ayishe aho ntiyaba yaribeshye cg ari ikindi yashakaga kuvuga kdi ikindi Yesu yongera kuvuga ati nimunkunda muzitondera amategeko yanjye ese yashakaga kuvuga iki?
Yesu nashimwe komeza umurimo humura yesu arahari.
Amen 🙏 uribumba ryiza Imana ikoresha ibyagaciro! Komerezaho gusa ujye usaba imbaraga buri musi.
Yesu adushoboze kumenya neza ukuri
Imana iguhe umugisha watwigishije gusenga ariko muzadutegurire icyiganiro kijyanye no kwizera noneho tumenye gusenga no kwizera
Amadini arancanga Elyse kuki dusenga Imana imwe ariko aya madini tuyahanganiramo Kandi dusenga Data wa twese iri mu juru amen amen
Njwewe nsengera kuri chanel yawe
Imana ikomeze ikwambike imbaraga waziye igihe ariko tubwire ubwo muyobozi wicyo cyumba cy'intunga tutazajyayo
Yesu akomeze kuku kwishimira
Kuko utwigisha ijambo ryi Mana
YESU KRISTO Niwe Wenyine tugomba kwizera no gukunda Iminsi yose Naho amayoberane yumwanzi Ari gukora muburyo bwinshi
YESU kristo ashimwe. Wanyigishije gusenga no kwizerwa IMana ikomeze iguhe umugisha kd urindwe na maraso ya YESU Kristo
Uko ni ukuri kw’Ijambo ry’Imana, ukuri niko kubohora kandi Ijambo rizima ni Christ. Uwiteka Akomeze kukugira igikoresho kizima Elyse🙏🙏
Elyse yesu ashimwe cyane ngukunda kubi kuko wankundishije kumenya lmana no kumenya yuko Yesu ari zina dukirizwamo ❤❤❤❤❤❤
Yesu akongerere imbaraga zo kumuhamya mukuri no mumwuka , abanyamadini nabo ujye ubasabira we kubatuka
Ariko harubwo njya nibaza uko duteye abantu ese mwagiye mutandukanya kubwira umuntu umucyaha no gutukana ! Igitutsi Uzi icyaricyo ? No gukangara umuntu bitewe nuko umuhugura ku myitwarire ye !
Uvuga ibintu bikomeye.Imana ikwimane❤
Komera komera mukozi w'Imana uvuga ukuri
Yesu abahe umugisha ariko wabakariye abo bizo sengero bashaja amafaranga abarangi.Ariko mwavuze ukuri kose.
Amen
Amen Amen Amen papa
Amen Amen 🙏🏿 🙏🏿 🙏🏿 🙏🏿
Icyakora ibyo uvuze niba bihura n'ukuri kwawe,uri umunyakuri,ikimbabaza ni uko abigamba ameza,ugera unyuma ugasanga ari ibisonga bya Sekibi.
Vuga Yesu Kristo w'inazareti uwo amadini adatinyuka
Amen 🙏
Gusa ntuzongere kuvuga ko ducye aritwo wakiraniwemo kuko nibyo wakiranutsemo byose nibishwambagara ariko wizere amaraso ya Yesu arakweza use nutigeze gukora ibyaha.
Gumamooooooo Ibihe Byose ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Turangushima waratwigishije lmana ikurinde 1:12:36
Uzasome umubatizo wo muri Bible nk'uko intumwa zabatije , nk'uko Bizeraga Imana imwe itari ubutatu, itorero rimwe ariryo rya Yesu , apana amadini y'abashaka indonke !
Amenna imana imufashe?
Mukozi wimana babwire najye birambabaza iyo umuntu atinyuste imana ishoborabyose yarebye isinijuru nibirimobyose akabeshya ngwiravuze kuberinda zabananiye hejuru yindamumbi babwire ikibyimbye kimeneke
Imana ishimwe
Elyse, icyampa ngo ukomereze aho uvuga Yesu neza no mu busaza bwawe.
Nta catholique yubakiye k'untumwa ifite ibindi bintu yubakiyeko nayo intumwa zo n'abakirisu bari babarimbuye kera.Amadini narayinyuye bashkira ivyubahiro n'amafaranfa ntavyo kurokora ubugingo bw'abantu b'Imana.
Ameeeeen ni ukuli imigisha myiiiinshi
Yesu nashimwe
Umugabo Yesu agukomeze
IMANA igushoboze
Erura uvuge idini cg itorero rya Runaka ukure abantu mu rujijo ariko Yongwe yisubiyeho uzamusure muganire kuko nawe ntukurikira ibiganiro byose bihita
Elyse ❤❤❤❤🙏🙏🙏
Babwire bave ibuzimu bajye ibuntu bamenye imikorere yImana
Yesu mwiza Papa
Icyakoza ibisambo urabibwira pe
Ahubwo waziye igihe
Komerezaho mukoziwi mana
Mumpe Numero ya Elyise
Niryo jambo rikwiriye kubwirwa Abiyi minsi nubwo batarishaka
Ibyobyose. Nabanyanadini
Amen 🙏