Imana ishaka ko tuyisenga mu kuri no mu mwuka ,nibona ko dukwiye kuyisengera mu nsengero izazifungurira kuko nta numwe warogoya imigambi yayo tuyireke iziburanira kuko byose irabibana,hari n'igihe iri Imana yazufunze kuberako ibona ntacyo tujya kumaramo.
Kuva ku gihe cya Yesu urusengero rwahozeho rwitwaga isinagogi cg Hekaru na Yesu yajyaga mu rusengero gusenga amaze ni minsi 8 avutse bamutwaye mu ihekaru. Ni gihe yasanze barugurishirizamo yarabakubise ati inzu ya Data niyo gusengeramo ntabwo ari isenga y'abambuzi. Urusengero ni ahantu koko hubatswe n'abantu ngo abantu bahahurire bahigire ijambo ry'Imana bayihimbaze bayisenge.
URAKOZE CYANE RATA. MERCIIIIIII BEAUCOUP KWIZERA K'UMUNTU NTA LETA N'IMWE IGUFITEHO UBUBASHA, ABANTU NI BAREKE KWITIRANYA IBINTU. Mwebwe mwumvwa na benshi mubwire abantu ko abantu bagomba gusengera Data mu kuri no mu mwuka. Abantu nibave mu bujiji rwose. Yozefu ko yakiranutse imbere ya mukapotifari yasengeraga mu ruhe rusengero? Saduraka, Meshake na Abedenego basengeraga mu ruhe rusengero? Kandi bose bari mu bunyage batisanzura. None c ko abantu birirwa basambana kandi bajya mu nsengero? Ko abantu bagambanirana, bica abandi, amashyari, amatiku, ibinyoma, kubeshya,.......
@@JNissi-pu2rq Nubwo biriya nabyo bya ba meshake abo nabandi bitabayeho I imigana uraho gusa nka kumwe twumvaga ngo bakame ibwira impyisi iti🤣🤣 Yozefu nawe ni amagambo nta muntu waruhari ngo Abe Ari we watangaje ko iyo turu yayanze🤣 Ni Yozefu ubyivugira gusa
@@LonginUwizeyimana Ku bwawe c wumvaga byaba nka ryari? Umuhanuzi arahanura bigasohozwa na nyir'ukumutuma. 1) ubuhanuzi bugira agaciro kabwo iyo busohoye kuri bamwe 2) Ku bandi bukagira agaciro kabwo bakibwumva. None c Yesaya ko yahanuye ko YESU azaza hashize imyaka ingahe ataraza? None c niba uri mu maturu urumva utakiri kure. Erega kuba utumva ibintu ngo ubashe kubishyikira ntugahakane ko bitababo cg bitashoboka, nyine ni imitekerereze yanjye cg yawe itabasha kubishyikira kandi icyo si ikibazo rimwe na rimwe buriya ni igihe kiba kitaragera ngo ubyumve, cg ukaba utazabyumva na rimwe, cg igihe iyo kigeze ukabimenya cg ukabyumva. Urugero: -Buriya hari umuntu wabwira ko umwuka bawupima ku biro (kg) ntabyemere akumva ko umwuka udapimwa. - Umuntu ari kurya capati ukamubwira ko iva mu ngano atazi ibyabyo utekereza ko yabyemera? Ibyo utemera cg ntemera si uko bitabaho cg bitashoboka.
Buriya uziko nta makuru ufite? Ngo abantu bazava mu nsengero? Ntuzi se ko abafunguwe amaso n'IMANA batakizibarizwamo? Abakizirimo mwihangane.Kuko mu nzira ijya mu ijuru iy'idini ntaho uzayisanga.Uhereye mu itangiriro ukageza mu byahishuwe.Buriya nawe ukivuga iby'abadiventiste waratakaye cyane.Ntaho bizakugeza.
Hello ndabaramukije UWITEKA aduhire nshuti mbese muraho neeza mdifuza ko umunuamakiru yaduha Numero ye mdetse ni ya rwamapera ibindi tuzasubira YESU abiteho bakundwa tugeze k'umusozo w'ubuhanuzi
Leta yurwnda ni imana yurwnda FPR ni imana yurwnda pk ni imana yurwnda ubwo ni ubutatatu nyarwanda (ubwiru) Kandi bafite imbaraga ziruta izurupfu barafuha ntibashaka ko hari indi mana isengwa itaribo
Habagusenga Damascene: Gufunga Insengero bitewe no Gusuzugura Imana kw'Abazisengeramo - th-cam.com/video/CBOddSLkXGo/w-d-xo.html
Imana ishaka ko tuyisenga mu kuri no mu mwuka ,nibona ko dukwiye kuyisengera mu nsengero izazifungurira kuko nta numwe warogoya imigambi yayo tuyireke iziburanira kuko byose irabibana,hari n'igihe iri Imana yazufunze kuberako ibona ntacyo tujya kumaramo.
Sibyo rwose kuko amabwiriza asabwa mukubaka insengero ntahwahuriye nokubaha Imana ahubwo kutabigira nukubahuka ubuyobozi
Nonese abazifunze nibo bubaha Imana ???
Wowe uvuze ngo reta ntaburenganzira bwo gufungainsengero ifite urinde? Ndashaka kugusubirisha bibiliya wanna uri umukristu cg utariwe kuko mwayobye mw'ishuka ngo muri munzira. Uyi reta yacu nicyo imana irimo gukoresha change muri iki gihe kuko mutumvira Imana, bayobozi namwe bayoboke b'amatorero n'amadini iki cyanditswe cyo mu BAROMA 13:1-7 kidusohoyeho; reta niyite ku bantu batangiye ku yihangara ibahe amasomo nibwo bari busobanukirwe ko reta ari abakozi b'Imana banana ukoze nano kd bagashima n'ukoze neza, ikindi uwagerageza wese kwitwaza ifungwa ry'insengero azarwanywe nk'umwanzi uteye igihugu.
Nitundasubira murusengerose tukisibirira mukabari
Muburaya mubusambo
Ibyo chiritu yatubuzaga tukabikora ujyirago reta ntizahura nakazi kanini
Abanyamadini bafitiye akamaro kanini reta
Rwamapera ndagukunze cyane! ufite guhamya kwizera kwawe udafite ubwoba, Imana ikurindire ubuzima n'ubugingo
Be blessed kelly Nukuri uri nka A.T jonas wikigihe kuko uzi icyo umudendezo w'idini n'umutimanama aricyo
Mweneda tugeze mubihe byanyuma kd Imana Data
Igukomeze cyane uvuga
Ukuri rwose
Erega ibi byose byarahanuwe ntanakimwe mutabonye cg mutabwiwe muravugiki na bibiriya ko nazo zigihe gutwikwa nimutuze muzifuza nababwiriza mubabure mwebwe ubwanyu muzihanurira mutere muniyikirize mwabwiwe kenshi ntimwumva twarakaje imana twakoze ibibi binukira imana naho ndetse imana irihangana kera urusengero twarukiriragamo arikubu rwabaye urwo gukomerekeramo muziko imana itabibona se nimutuze mwari mwaboniki nibindi biraje ahubwo mureke tuge kumavi dusenge cyane.
Bibiliya ntawayitwika kuko amerika nyirazo iracyazikoresha yiba ibihugu bya afrika bigisinziriye
Yego muvandimwe. Uravuga ukuri. Is idusaziyeho,abenshi bazumirwa
Ubwiherero n'aho bwaba bukoreshwa rimwe mu cyumweru ntibwemerewe kubwa bwakwnduza ababukoresha kuko macinya cg korera umuntu umwe ukoresheje igihe kitarenze iminota itanu yakwanduza ibihumbi bikoresha ubwo bwiherero mu gihe gito cyane.
Kuba hari ahandi haboneka ubwiherero budatunganye ntidukwiye kubigira urwitwazo, kuko itorero ariryo rikwiriye gutanga urugero rwiza.
Ibikwiriye nibikorwe aho bishoboka ibindi tubiharire Imana .
Imana no yo yabivuze ko irazifunga yatumye Riziki abayobozi bashize mubikorwa iby'Imana yavuze.
Bafunze inzu zitiriwe izina ry Imana
Insengero nyazo n imibiri yacu
Niko ijambo ry Imana ritubwira
Murakoze
Kuva ku gihe cya Yesu urusengero rwahozeho rwitwaga isinagogi cg Hekaru na Yesu yajyaga mu rusengero gusenga amaze ni minsi 8 avutse bamutwaye mu ihekaru. Ni gihe yasanze barugurishirizamo yarabakubise ati inzu ya Data niyo gusengeramo ntabwo ari isenga y'abambuzi. Urusengero ni ahantu koko hubatswe n'abantu ngo abantu bahahurire bahigire ijambo ry'Imana bayihimbaze bayisenge.
Vana amatiku aho Imana iguhe ubwenge. Ibi byakozwe n'Imana yari irambiwe ibyaha bikorerwamo uribuka Riziki umwaka ushize ko Imana yo ubwayo yivugiye ko ifunze insegero Kd imfunguzo izibitse kure??? Rero buriya icyo ducyeneye ni ukwezwa naho ibyo gufungwa kwinsengero byo biveho Imana nibishaka izazifungura
Bene data babadivantiste nukuri ibimubizi cyane ko byahanuwe gs imana iturengere kd nibwireko bitazatubza gusengera data mumwuka nomukuri.
❤❤❤ I love your Smart Mind bro
Imana iguhe umugisha uvuze amagambo akomeye Kandi yubutwari gusa Imana iguhishe mumaraso ye
NEBUKADINEZARI yihaye Gusuzugura Imana byarangiye agiye mwishyamba kurisha imyaka 7
Imana iguhe umugisha abasenga byukuri bazakomeza basenge .mbega ukuntu yesuya tanze urugero rwiza yemeye kuruhukira isabato mugituro
Uvuze ukuri
Imana ikurinde kandi ikurengere.
Amaraso ya Yesu Kristo agutwikire.
UYU YARATUNZWE NUBUJURURA MUBUSHUKANYI BWITWAJE BIBIRIYA AJYE GUHINGA, NIBA AKORERA IMANA, AJYE KUYIKORERA MUZEMEWE CGWA AYIKORERE MUBIKORWA BYIZA AKORA, IMANA IBA MURUSENGERO? NAKORE AREKE UBUTEKAMITWE
Bavandimwe Imana ibabarire kuko uyu Si pasteri nta naho ahurira n'ibyacumi
Nukuri
Yesu AGIYE KUGARUKA rwose, komera RWAMAPELA❤
Urakoze cyane mwene Da! Uwiteka aguhire
Kubwikikiganiro Rwamapera.. rwose. Imana. iguhe umugisha
URAKOZE CYANE RATA.
MERCIIIIIII BEAUCOUP
KWIZERA K'UMUNTU NTA LETA N'IMWE IGUFITEHO UBUBASHA, ABANTU NI BAREKE KWITIRANYA IBINTU.
Mwebwe mwumvwa na benshi mubwire abantu ko abantu bagomba gusengera Data mu kuri no mu mwuka.
Abantu nibave mu bujiji rwose.
Yozefu ko yakiranutse imbere ya mukapotifari yasengeraga mu ruhe rusengero?
Saduraka, Meshake na Abedenego basengeraga mu ruhe rusengero?
Kandi bose bari mu bunyage batisanzura.
None c ko abantu birirwa basambana kandi bajya mu nsengero?
Ko abantu bagambanirana, bica abandi, amashyari, amatiku, ibinyoma, kubeshya,.......
Kpajh
@@JNissi-pu2rq urabambwiriye rwose👌
@@JNissi-pu2rq Nubwo biriya nabyo bya ba meshake abo nabandi bitabayeho I imigana uraho gusa nka kumwe twumvaga ngo bakame ibwira impyisi iti🤣🤣
Yozefu nawe ni amagambo nta muntu waruhari ngo Abe Ari we watangaje ko iyo turu yayanze🤣
Ni Yozefu ubyivugira gusa
@@LonginUwizeyimana
Ku bwawe c wumvaga byaba nka ryari?
Umuhanuzi arahanura bigasohozwa na nyir'ukumutuma.
1) ubuhanuzi bugira agaciro kabwo iyo busohoye kuri bamwe
2) Ku bandi bukagira agaciro kabwo bakibwumva.
None c Yesaya ko yahanuye ko YESU azaza hashize imyaka ingahe ataraza?
None c niba uri mu maturu urumva utakiri kure.
Erega kuba utumva ibintu ngo ubashe kubishyikira ntugahakane ko bitababo cg bitashoboka, nyine ni imitekerereze yanjye cg yawe itabasha kubishyikira kandi icyo si ikibazo rimwe na rimwe buriya ni igihe kiba kitaragera ngo ubyumve, cg ukaba utazabyumva na rimwe, cg igihe iyo kigeze ukabimenya cg ukabyumva.
Urugero:
-Buriya hari umuntu wabwira ko umwuka bawupima ku biro (kg) ntabyemere akumva ko umwuka udapimwa.
- Umuntu ari kurya capati ukamubwira ko iva mu ngano atazi ibyabyo utekereza ko yabyemera?
Ibyo utemera cg ntemera si uko bitabaho cg bitashoboka.
@@LonginUwizeyimana
Uvuze ubusa
Wamugabo we Imana iguhe umugisha kuko uravugana ubutwari
🙏🙏🙏
Muvandi baze kuvugisha ukuri ibyo umwaka abwira atorero. Bihorere. Ubuhanuzi. Bugomba gusohora byanze bikunze. Uzasome. Ibyakozwe nintumwa. 17/24. Haravuga ngo ntabwo imana iba munsegero. Kandi Koko ntihaba niyompamvu bazifungs. Iharikoko ntawarukoraho
Ukuri kuzuye. Abantu dukabije kwiremereza; Imana niyo izigaragaza,igakemura impaka.
Mutumirwa mwiza Imana ikundindire cyane ufite Umwuka w'Imana.
Insengero nubwo bozikuraho ntibazotubuza gukorera Imana mu mitima yacu tugire ubwenge kuko ibihe birakuze
Nukuri
Amen ,,amen ,,gusa iri jambo uvuze riratsinze pee,,,urusengero rwinjiyemo abanyamahanga
❤❤actually you are speaking sense
Munta Wimana nigih cokwemangira Imana mwemere mucibwe amazosi, mupfugwe. Muvugirimana mwemere nogupfa. Yesabakomeze komere muri kirisito Yesu.
Abantu basuzuguye Imana izi nizo ngaruka bituma Leta yinjira mu byabo.
Nibatuze rero bagarukire Imana nayo izabagarukira.
Erega igihe kirageze ngo abareba kure basohoke muri ayomazu yitwa insengero, dusengere mu miryango yacu kuko iyo Reta n'itorero byivanze ntakiza kivamo pe. Abantu nibareke gusesagura ubutunzi ngo barubaka insengero ahubwo bakore ibikorwa byo kwita kubababaye no mu ibwiriza butumwa aho bigishoboka, ubundi Twiyegurire Yesu byuzuye kuko vuba hagiye kuza ibibi biruta ibyo twabonye.
Ikibazo nomungo ntibyemewe😢
@@NyinawaberaJosiane ibyuvuga nukuri pe
None ubutunzi bwacu tubwubakishe amazuyacu insengero zisigare Ari umusaka abarikuvugako insengero aribaburoni barabeshya bishimiyeko xifungwa ariko uwiteka arahari gusa tumenyeko turi muminsi yanyuma buriwese akwiriye gusenga akomeje pe
@@ElieNtihinyurwa harya yohana umubatiza yasengeraga murihe rusengero?Yesu bamwirukana murusengero yarusubiyemo?
ubundi insengero zuzuyemo amatiku
n'amacakubiri n'intambara z'amafaranga kuko abayoboke badatanze amafaranga amadini yonyine yakinga
Bavandi.Muruzabibu rw,Imana haracyarimo umurimo niba waruziko warangiye garuka nibutaratangira tangira ubu nibukirimo gumamo.itorero rirarera.kdi imigisha turacyayibona.gumamo
Njyewe mbona harimo nabishyiriraho ibyabo batabwiwe, same time bashaka no kumvagira ubuyobozi bwo hejuru!! Ariko Imana iraje yitamurure.
Ako kantu❤
Baravomera mukituzura mibubure amaso barebe mu ijuru be guta umwanya
Uvuze ukuri muvandi u rwanda rukwiye gusengerwa kuko rwarinjiriwe cyane
Ubusesenguzi bwa Rwamapera buvuga ukuri nkuko kuri muri bibiliya.Imana ijye iduhana imigisha.
Yesu Ati nimubona ibyo bibaye muzararame muribe mwijuru
Uwomutumirwa lmana lmuhe umugisha kandi.lkomezekulwongerera ubwenge nubuzima aradufasha
Komera mukozi w.Imana uze kwihangana usome comments ahubwo mwabantu mwe mbona ari ibihe byo gusenga cyane urusengero numutima ubundi igihe wavugiye numvise kunenga gusaaa ibaze ko ubu ubibana mumutima biriya byose uvuze byo kunenga leta? Ubu uyu mwanya iyo uwukoresha ubwiriza mbere yo kuba umunyedini uri umuturage wa leta tuza ahubwo wongere ibihe byo gusenga
Njyewe reta ndayishimira ibyoyakoze bro uzakurikirane amateka yukuntu amadiniyaje murwanda nibwo uzasobanukirwa
Nimutuze Imana irikukazi musengere Aho muri irabumva nkandiraho kwifoto inkunga yawe ninziza kuri njye 📖📚👈✅
Sinkanzeho ngo dusengerehe🤔
Mwene data Rwamapera urakoze cane kubitekerezo vyiza urigutanga kuri iZi ngingo nsha leta y'urwanda irigifatira insengero,Nico abanyamadini bakoze n'icobokora kugira ngo Imana inemere,Nico abizera twokora ngo tube muruhande rw'Imana.Ntawukwiriye kwizigira umwana w'umuntu nkuko bamwe mu bizera mu madini bizigira abayobozi n'abategeka isi ivyo birengagije ivy'abatware ba kera bakoze nka Nebukadinezri......
Munatubarize ahotwerekera mugihe insengero zifunze Kandi ndibyumba il funze yeux araje
Musubire aho mwasengeraga muri lockdown
Ibyuvuga Nukuri cyane
Imana niyo nyirumurimo
Uwiteka azi Abe,Kandi ntabwo azarebera!! No no,mubyukuri kubiro byinshi by imirenge latrines zabo ziteye isonii,ariko bakamenya gufunga insengero!! Ntabwo bazi ijisho ry Imana ko byose ribireba
Murakoze cane turabumva Burundi
Wowe warisariye
Ariko twiphana leta .ahubwo abantu twanze kumva umuburo w'Imana.
Surtout ça
Mbega izozose bigendagute ngo zitandukane mumazina kandi zikorera umwami umwe ! Nimugabanye ubucuruzi nubutekamutwe mwijambo ry Imana !
Nimwihangane ahatavugirwa Imana havugirwa iki? Imana Isumba byose
Ufite umwuka w'Imana pe abavuga amagambo atari meza nibayareke ahubwo basane Imana ibahumure amaso kuko igihe kirasohoye Mana uzaturinde kwicuza.
Mwihane kuko ubwami be Imana buri hafi ibindi n ukubarangaza
Imana iguhe umugisha nshuti yimana
Ndakwemeye uvuga ukuri utarya iminwa kdi ingero utanze zirasobanutse.ahubwo his Excellence PK aturebere akarengane kabaye kwifungwa ryinsengero kuko haraho bibabaje
Abantu bakoze ibizira munzu y Imana bagayisha Imana, akarengane gakomeye abantu bagiye barenganira munzu y Imana, bagatukwa ibitutsi barengana,abahanuzi bibinyoma babeshyera Imana ngo iravuze kandi bishakira indamu no kwigira abakiranutsi kandi buzuye amashyari nubugome,bateranya abantu b Imana,amarira yinzira karengane,Imana byayigezeho. Ntarukundo muba kristo,yewe nibyinshi. Ibyo byose rero ni ingaruka ziteje ibi bintu ,Imana yararakaye,. Abumva bumve,buriwese yisuzume,arebe uko abanye n Imana, uwateshutse ,yihane. Ubundi urusengerwo rw ukuri ni umutima w umuntu.
Ibyuma byogusaka abantu ni modoka muri gare haribihari ugiye mwisoko haribihari ugiye mutubari mubukwe ibyo haribihari harikintu kihishe inyuma mutegereze muzabibona
Aho hose uvuze niwowe wenyine uhajya hari ntabyo njya mbonayo
Buriya uziko nta makuru ufite? Ngo abantu bazava mu nsengero? Ntuzi se ko abafunguwe amaso n'IMANA batakizibarizwamo? Abakizirimo mwihangane.Kuko mu nzira ijya mu ijuru iy'idini ntaho uzayisanga.Uhereye mu itangiriro ukageza mu byahishuwe.Buriya nawe ukivuga iby'abadiventiste waratakaye cyane.Ntaho bizakugeza.
Abantu benshi barasinziriye ntibabizi! Ntibanaziko ubwoko bw'Imana ari abirabura. Muze mwige ukuli mwahishwe kubabature. Amen*
Ubwo se ushatse kuvuga abadasengera mu rusengero ari bo ntungane? Mbese hari umuntu ufite ubushobozi bwo gutandukanya urukungu n'amasaka? Waba usengera mu rusengero cyangwa utazisengeramo ntaburenganzira ufite bwo gucira abantu urubanza. Gusengera mu rusengero sibyo bigaragaza ko umuntu yemewe n'Imana ndese no gusengera mu rugo sicyo kibigaragaza. Dukeneye imitima ikundana Kandi isabirana.
❤❤❤❤Yesu abahe umugisha
Nukuri Imana ibahumugisha ndemeranyanamwe
Utumye nsobanukirwa ibyiri jambo yesaya39:1-8 ariko birashira amadini kwifashisha leta kuzagarura abakristo munsengero ariko cyanee cyane 100/100 ni ibyahishuwe 17:1-17
Ntakizabuza ubuhanuzi gusohora ibinabyo harigihe bituma hari abiyegurira Imana .
Reka nanjye nandike comment kuko ngiye nakumva ibyo rwapera avuga. Rwamapera we Imana iragushyigikiye Kandi nanjye ndagushyigikiye abarimo kugutuka ni abiyegamije ku muntu twe kubitaho twebwe abashikamije umutima ku Mana ni muze dusenge kuko iyo urugamba rukomeye ruba rugiye kugera ku insinzi Kandi satani ntazigera atsinda Imana
Ibi biri mugambi w'Imana nimwihana muzarya ibyokurya byo mujuru ariko nimutihana Inkota izabarya!
Imana iguhe umugisha
Yesu. Aribugufi kuragiza. Byose. Niwe ufite. Byose. Mukuboko kwe.
Ibitekerezo byawe nibyo1000/100
Yesu naza ntazasanga abantu musengero ahu bwo aabasanga mubuvumo no muri zagereza kuko kuko satani arakariye abasenga😂😢😢
Satani nimwe mumwiteza uhanga na satani ute kdi yarananiye Imana? Wumva urush imbaraga Imana ko yayinaniwe
VA kuri gatulika banyakujya iyo bigiye puuu😊
Imana iguhe umugisha😍❤
Rwamapera ndagukunda nkunda uburyo uvuga icyaha muzina ryacyo nka eliya yohana lmana iracyafite iabakozi yayo kdi nzineza ko nawe uri muribamwe bakihagaze mukuri lzavuge ukuri lmana yakuye maritini ruteri mumaboko ya bapapa iracyariho
Icyotuzinezantuko IMANA irindaneza kuruta umurindankuba uwiteka atarinze umudugudu abarinzi baberamasubusa
Abanyafurika bitiranya kwirirwa mu nsengero no gukunda Imana.
Imana ntibarirwa mu nzu runaka. Imana ni ngari aho ikeneye ni umutima gusa.
Umutima ituyemo ugaragazwa n'ibikorwa ntabwo ari ukwirirwa mu nsengero.
Amadini yose iyo aza kugira umumaro ntabwo haba harishwe miliyoni y'abanyarwanda kuko ntihari kuboneka ababica.
Dukanguke tumenye ko aya madini ari ubwami abantu biyubakira ntaho ahuye no kugira ubusabane bwawe n'Imana. Andi nayo ni ibikoresho by'Abakoroni.
No mu bupfura n'ubunyangamaugayo harimo Imana.
Hello ndabaramukije UWITEKA aduhire nshuti mbese muraho neeza mdifuza ko umunuamakiru yaduha Numero ye mdetse ni ya rwamapera ibindi tuzasubira YESU abiteho bakundwa tugeze k'umusozo w'ubuhanuzi
Mu Bakozi b'mana nyakukuli hakora umwuka w'Imana rero hakora ubuyozi (ntagahato)
Aliko muli Leta hakora itegeko icyo batege kigakorw kungufu habamo agahato kwigeko. Urumva ntaho Leta ihuliye n'Ubuyobozi bw'Amatorero bukora neza.
Nukuri ndanyuzwe.
Nuko abase nga byukuri batagiihari. Uburaya ubusambo byose biteye Imana isesemi bazifunge zose. Nange ndi umukristu Ariko igihe kirageze ngo Imana ivangure intama n'ihene.
Ifungwa ry'insengero riturutse kuburangare no kwiyoberanya kwa banyirazo bitwazako bakorera Imana nyamara babeshya. Ni musubire ku gicaniro Umwuka wera asubire akorere muri mwe. Ese mubwiwe n'iki ko atari Imana yarakariye amafuti y'abanyamadini bimuye ibyiza bakimika ibizira. Mureke amaranga mutima mwubahirize ibisabwa. Ikindi mwihane muve mu buyobe, murebe ko mudasubizwa.
Imana ntifugiranwa niba bayifugiye ntabwo Ari mana rwose
Mubihorere bari gukora Imana mu jisho.
Congz Itabazo. Can't wait to see you hitting 100K subs
Thank you Brother
Leta irikutwereka aho isaha igeze: udatunganya urusengero rw umutima we rugiye gufungwa. "Uwanduye mu mutima agumye yandure"?
Niba nawe rata!!!!
Merci beaucoup mon frère!
Abantu bigize nk'abafarisayo n'abanditsi n'abatambyi,.....
Aho gutunganya urusengero rw'imbere birirwa batunganya izo hanze.
BAMEZE NK'IBITURO bisize INGWA nk'uko byanditswe.
Buretse Urebe icyo Imana ikora Perezida avugira igihugu cye Imana Irabura gukurikirana abantu bayo.Gusa nimugihe Numurengwe wishe abantu.
Wowe baragufunze pe
urusengero numutima wumuntu
reta iturekere uburenganzira
bwacu imana niyoyambere
uwiteka azirwanirira
Hari icyo Uhoraho ashaka yenwe twicecekere...ntabwo dushobora guhagarika ibyahanuwe...
Aho mubabajw nuko mutariko murakorera Imana canke nuko ubutekamutwe babugabanije, ntimwoja gusengera ahuguruy mugataha !
Leta yurwnda ni imana yurwnda FPR ni imana yurwnda pk ni imana yurwnda ubwo ni ubutatatu nyarwanda (ubwiru) Kandi bafite imbaraga ziruta izurupfu barafuha ntibashaka ko hari indi mana isengwa itaribo
Rwamapera rwose
urasetsa, urafata inshingano z'igihugu ukazigereranya nizidini, ngo na leta ubwayo ntirakora ibi na biriya, leta yubaka imihanda, ibitaro, ibikorwa remezo nibindi byinshi cyane utabona aho ubyandika, inshingani z' idini nizihe, ayo maturo usibye kuroha mu nda zanyu hari ikindi mushinzwe,
none amaco y'inda
atumye uvuga ibidafite umutwe n'amaguru, urusengero YESU yemera n'umutima w'umuntu niko yavuze ko abamusenga ari mu mwuka no m'ukuri ntabwo yigeze avuga ibyo mwubakishije amaboko yanyu yari azi neza ko muzabyitwaza musahura abantu erega yarabizi abireba neza, ngo
ntujya ubeshya urakiranuka utubaha leta ubundi ushinzwe iki no mw'idini ubamo bakwiriye kukwirukana kuko ngo nimubura ubwenge nzabareka iyo n'IMANA ibivuga ushobora gukururira idini ibibazo kubera kubura ubwenge, idini niryo ryagutumye kuvuga ubusa isaha yose irenga uwo mwanya iyo uwukoresha utambutsa ijambo ry'IMANA.Urwo n'urukundo ufitiye abayoboke cg n'amaturo akurijije,
ayo n'amaco y'inda
atumye wihemukira ahubwo mukore ibyo leta ibasaba
ibindi uvuga n'amatiku urimo gusa.
Kabisa uramubwiye!abayoboke babo babaha amaturo leta irabahohotera bakicecekera ariko bakoze ku mbehe yabo barasakuza karahava!
Insengero ntizazize kuba umusaka zirasukuye ariko nibinabyo byagombaga gusohora tumenye ko Yesu aribugufi
Uyumugabo arimo umwuka w'Imana
Imana Ntigendera kumrangamutima! Yaracecetse bumva ntakibazo! Hazahqgarara abayikiranukira!
Ibyo uvuga nibyo Rwamapera ❤
Benedata b'abadventiste b'urwanda mwihangane cane, ijoro rirakuze, agakiza karatwegereje gusumba igihe twizereye. Ahubwo musenge cane, igihe Yesu yoba agitebaganye kugaruka, Imana irazi gucisha bugufi abategetsi b'abibone. Turabona ba Nebukandineza, Berushaza,etc. Ntushobora kurwanya Imana, ahubwo muzotangazwa n'uko ubu ariho abantu bagiye gushaka Imana gusumba.
Idiot
Ikingenzi nikimwe dukwiye kubana n'Imana umunsi kumusi
Amen
Imana iturengere
Yesu nta tegeko yatanze ry'uko dusengera mu nyubako zakozwe n'abantu. Ubu abasenzi b'ukuri basenga mu Mpwemu no mu kuri.
Rwamapera ubonye amaturo agiye urasaze, ntuvuge ko ari urukundo rw'abayoboke ufite
ko ubabajwe nuko batazajya mw'ijuru ntutubeshye ahubwo intama zijyanye n'amafaranga, none uhindutse
al shabab urumva watega ibisasu munzira, ihangane Rwamapera we hanga indi mirimo mwamenyereye nabi kurya ibyubuntu bitera ubwenge buke, urumva wakwiyahura ukava kw'isi kubera kurya ibyarubanda utavunikiye, dufite IMANA yatwihereye umuyobozi ukunda igihugu
adukuye mu nzara
z'inyamaswa zinkazi urababazwa n'ibitari ibyawe izo ntama s'umunani mwagabanye
Ndashima IMANA yaduhaye P.P.Kagame imurinde imuhe imbaraga atsinde abashaka kurya ibya abaturage .
Igikumwe mwamaze kugitera...mwararirimbye ngo niwowe, niwowe...nimuhagarare hamwe rero urwishigishiye ararusoma.
ntamudendezo uba munsengero kandi huzuyemo n'amacakubiri ntutubeshye abayoboke bagiye inama ntibatange amafaranga icyacumi n'amaturo n'impano ku bashumba, amadini ubwayo yakinga imiryango
mukora kubera amafaranga abayoboke babaha
ntabwo ari urukundo mubafitiye ibyo uriho uvuga n'agahinda ko kubona amafaranga agiye inzara irinjiye niyo mpamvu mwabaye
nk'ibyihebe niba muri abakozi b'IMANA mwabuze aho munyuza ijambo ry'IMANA ahubwo murarizwa n'amafaranga, Rwamapera umujinya ufite ndawumva kubera kutubahiriza ibisabwa none inzara yateye uravuga nk'icyihebe ngaho rero ugiye guhangana kubera iby'ubuntu mwamenyereye ubwo n'uburiganya n'ubujura .
Ese ubu uyu muntu ( Rwamapera) afite umujinya? Imvugo ye se nibura irimo ubukana? Muvandimwe ubanza ufite ikibazo gikomeye pa
Uyu mutumirwa nta mujinya cg agahinda ahubwo uyu muntu numunyabwenge kandi afite ukuri cyane
Witinya kubera Kristo umuhamya
Itorero ryerenze ihaniro pe
Umunsi umwe Nari nateraniye i kayonza Kurusengero rwabadiventiste bumunsi wakarindwi kuntara. Ndabyibuka muri covid 19 hari 2021. Gitifu wumurenge yazanye ninzego zumutekano bamutumiye ngo azaze gusenga(gitifu ntabwo yari umwizera). Yahageze tugeze muri gahunda yo kuramya ndetse numwigisha yaragiye guhaguruka. Twari twanasuwe numuyobozi wa field ushinzwe ubusonga. Bahise bamuha umwanya atambutsa amatangazo yumuganda, mituel nizindi gahunda za leta.
Icyambabaje nuburyo yanarengereye asa nuwigisha avuga ko umunsi wasengaho wose ntakibazo twese imana dukorera arimwe.
Dusoje... Pasteur yahise avuga ngo.. ubu ngo abamtu batagendana nagahunda yotorero baravuga ko itorero ryivanze na leta .
Ndumiwe pe,ibyo byarabaye koko,yewe ntagisigaye pe,buri wese nacunge izamu rye
Benedata rero iyotuvuze cyane harigihe aritwe ducumura kuko ibi turikuvuga turikubivugishwa numujinya , insengerozacu badufungiye kugirango twuzuze ibirigusabwa hanyuma bakadufungurira tukikomereza rero dushyiremo agatege kandi tuzabishobora dukore kurenza kuvuga 👉mwibukeko Imana itubuza gucimanza kuko abotuzicira nabantu kandinatwe turabantu kandi ntituzigera dukora nkImana. Uribukeko abayisiraheri bwarubwoko kandi bwakurikiranaga ibisekuru byabwo. Nawe uramenye ubwokobwawe nigisekuru cyawe hanyuma uzirikane nimpano yagatangaza yigihugu cyacu twarazwe, mugihe abayisiraheri byabagoye kubona igihugu kugeza nanubu baracyacyirwanira. Dusomane bibiriya ubushishozi ntituzayobere mubyifuzo byacu nugushaka kwacu.📌urusengero rwanyarwo nimumutima wawe kandi twawarusenya kuko ruri aho undi atagera, ubundi ninarworusengero rwukuri apana ariyamatafari tugerekeranya. Nimuhumure ntawadufungiye urworusengero rwukuri Imana ihumugisha uRwanda nabanyarwanda.