ขนาดวิดีโอ: 1280 X 720853 X 480640 X 360
แสดงแผงควบคุมโปรแกรมเล่น
เล่นอัตโนมัติ
เล่นใหม่
Numero ya RUDASINGWA 0782494947
Abizeye Yesu, mureke tumaramaze kuko ntibyoroshye! Zaburi nshya Turabakunda🙏
Nanjye hari undi mugabo nzi byabayeho neza nk'uku, gusa ikibabaje we ubu yagize depression 😭😭 ndi umudamu ariko ntababeshye abagabo barimo guhohoterwa hanze aha kd bo kubera guceceke cyane barabipfana bikarangira bagize depression.Sinzi icyo twakora kbs! ikibazo kandi gikomeye umugore iyo azanyemo ibya benewabo bakomeye bwo noneho biba ibibazo birenze.
Umunsi wongeye gusubira inyuma no gupfa uzapfa bizaba bikurangiriyeho . Komera kuri Kristo Yesu rero.
Courage,bro.Imana ikukomeze,ubohoke neza.Gusa ukwiriye kuigishwa bibiliya neza, ntabgo uisabanukiwe neza.
Imana igukomeze yesu agukoreshe ibikomeye
Yesuweee Imana igukomereze amaboko rudahingwa biragoye
Haganze yesu kristo ubu nibih vyose🙌
Imbaraga z'Imana zirahari nitwe tubwirwa runyiruko
Ko yarafite amafaranga munzu menshi cyane. Ntibyumvikana ukuntu yagendaga asaba amafaranga. Ikindi ntavuga nimba yarayakoresheje.
Imana ibane nawe kndi natwe turamahoro nubwo ibitugerageza aribyinshi amen 🙏 yesu arahari
Manaweeee urakomeye nukuri pole cane papa isinikwimera uzobona uwawe ugukwiriye uduhaye amasomo meza
Imana ikomore rwose mukozi w'Imana
Igice gikurikira turagitegereje. Thanks kuduha igice cakabiri 🙏🏿
Ubyuvuga nukuri imana igukomeze
Mwami Yesu ubu buhamya buteye ubwoba.
Ihangane ibintu byose bigira igihe nubwo wababajwe Imana izaguhoza kdi komera hamya Imana nayo izakwamamaza
Hari aho yagiye asimbuka icyambere mazutu Imaze gushira byagenze bite?? Ukiva muri v plus ugeze imodoka wayitaye munzira??? Ese byagenze bite kugirango Ihave?? Ese amafaranga wayariyeho? harimo aho wagiye uvugako amafaranga yagiye agushirana ntutubwire aho wagiye ukura Andi ese ayo wahawe niyo wagiye ukoreshamo? Utubwire rwose ubive imuzi wagiye ubicagaguramo.
Yesu we mwizina rya yesu
Ntabwo mwibutse gupinninga ikiganiro cya mbere y'iki!
Mu gice cya 3 azihangane ajye arasa ku ntego kandi ajye akoresha igihe kiringaniye kuko kubona umuntu ufata amasaha angana gutya ku buhamya biragoye.
Imana ishimwe yakoze umurimo ukomeye
Ndumva natabyumva neza
Narinzi ko abagore aribo bajya mu bapfumu none n'abagabo nuko
Iyo link y,ubuhamya bwa mbere uri hé?
blessings this morning m
Njye ndabona nubu bakikurimo mubundi buryo kuko ufite guca imanza no guharabika kiriziya(ngo dawe uri mwijuru yabagaturika, ngo boujie yo kwa pdiri):
Uyu mugabo ibye sinabyizera, imvugo ze zirimo utuntu twinshi ducangacanze, wagirango yaravangiwe.
Usibyeko nawe utariworoshye nubwo uvugako uwomugore ngoyanjyaga mubapfumu
Ikibazo cyage Ibyobyose wabikoraga ari ryari?ni mw’ijoro cg kumuryango?
Ubwose nuko ushoje ntanokumubaza amaherezo yisanduku???
Mbega inkuru weee😭
Yewe.bireze.natwebibabyangape
Toka Kule , ikinyoma
Uyu musore yarababaye biricanga
Icyindi gice pls
Yesu naturegere
Se ubu koko undi mugore uzashaka ntazajya agutinya?
Vyambayeho ngewe ariko ntabwo naza mwitangaza makuru pe
N'ubundi nkurikije ibyo uyu mugabo avuga mfite impungenge ko nta gakiza nyakuri karamugeraho.
Ubuhamya bwawe burakaze uzodukomereze Kandi izoguhe gushikama mumana
Ikibazo nuko ukiri mubuyobe….nicyo kibahaje…
Nonese abobasore bafite dredy ntamyenda baribambaye? Nibabaribambayese ubuwowe ntiwambaye, ubuse tuvugeko tutazambara kuko baribambaye. Dusobanurire.
Satani ntawe agera umutwe yaba ukuze canke ukiri muto. Biravana n'ico ashaka k'umuntu. Ntukavuge ko satani yankiriza abakiri bato gusa. Satani akorera kuri bose bivuye k'uco ashaka kuri umwe umwe wese.
Icyo cya direde ntabwo tucyemeranyaho kko hakizwa umutima
Am listening 😢
Yesu ashimwe. Mwaduha telefon y'umuntu? I'm inspired by his testimony
Inyama zubu tumbu niki
Komere muri yesu Christ
Aho wari ku isi se?
Amen
Egoooo.mana .harakoze.ameamene
Plaisir uzamutubarize ibya ya sandugu ya mafaranga aho yagyiye
p
Numero ya RUDASINGWA 0782494947
Abizeye Yesu, mureke tumaramaze kuko ntibyoroshye! Zaburi nshya Turabakunda🙏
Nanjye hari undi mugabo nzi byabayeho neza nk'uku, gusa ikibabaje we ubu yagize depression 😭😭 ndi umudamu ariko ntababeshye abagabo barimo guhohoterwa hanze aha kd bo kubera guceceke cyane barabipfana bikarangira bagize depression.Sinzi icyo twakora kbs! ikibazo kandi gikomeye umugore iyo azanyemo ibya benewabo bakomeye bwo noneho biba ibibazo birenze.
Umunsi wongeye gusubira inyuma no gupfa uzapfa bizaba bikurangiriyeho . Komera kuri Kristo Yesu rero.
Courage,bro.Imana ikukomeze,ubohoke neza.Gusa ukwiriye kuigishwa bibiliya neza, ntabgo uisabanukiwe neza.
Imana igukomeze yesu agukoreshe ibikomeye
Yesuweee Imana igukomereze amaboko rudahingwa biragoye
Haganze yesu kristo ubu nibih vyose🙌
Imbaraga z'Imana zirahari nitwe tubwirwa runyiruko
Ko yarafite amafaranga munzu menshi cyane. Ntibyumvikana ukuntu yagendaga asaba amafaranga.
Ikindi ntavuga nimba yarayakoresheje.
Imana ibane nawe kndi natwe turamahoro nubwo ibitugerageza aribyinshi amen 🙏 yesu arahari
Manaweeee urakomeye nukuri pole cane papa isinikwimera uzobona uwawe ugukwiriye uduhaye amasomo meza
Imana ikomore rwose mukozi w'Imana
Igice gikurikira turagitegereje. Thanks kuduha igice cakabiri 🙏🏿
Ubyuvuga nukuri imana igukomeze
Mwami Yesu ubu buhamya buteye ubwoba.
Ihangane ibintu byose bigira igihe nubwo wababajwe Imana izaguhoza kdi komera hamya Imana nayo izakwamamaza
Hari aho yagiye asimbuka icyambere mazutu Imaze gushira byagenze bite?? Ukiva muri v plus ugeze imodoka wayitaye munzira??? Ese byagenze bite kugirango Ihave?? Ese amafaranga wayariyeho? harimo aho wagiye uvugako amafaranga yagiye agushirana ntutubwire aho wagiye ukura Andi ese ayo wahawe niyo wagiye ukoreshamo? Utubwire rwose ubive imuzi wagiye ubicagaguramo.
Yesu we mwizina rya yesu
Ntabwo mwibutse gupinninga ikiganiro cya mbere y'iki!
Mu gice cya 3 azihangane ajye arasa ku ntego kandi ajye akoresha igihe kiringaniye kuko kubona umuntu ufata amasaha angana gutya ku buhamya biragoye.
Imana ishimwe yakoze umurimo ukomeye
Ndumva natabyumva neza
Narinzi ko abagore aribo bajya mu bapfumu none n'abagabo nuko
Iyo link y,ubuhamya bwa mbere uri hé?
blessings this morning m
Njye ndabona nubu bakikurimo mubundi buryo kuko ufite guca imanza no guharabika kiriziya(ngo dawe uri mwijuru yabagaturika, ngo boujie yo kwa pdiri):
Uyu mugabo ibye sinabyizera, imvugo ze zirimo utuntu twinshi ducangacanze, wagirango yaravangiwe.
Usibyeko nawe utariworoshye nubwo uvugako uwomugore ngoyanjyaga mubapfumu
Ikibazo cyage Ibyobyose wabikoraga ari ryari?ni mw’ijoro cg kumuryango?
Ubwose nuko ushoje ntanokumubaza amaherezo yisanduku???
Mbega inkuru weee😭
Yewe.bireze.natwebibabyangape
Toka Kule , ikinyoma
Uyu musore yarababaye biricanga
Icyindi gice pls
Yesu naturegere
Se ubu koko undi mugore uzashaka ntazajya agutinya?
Vyambayeho ngewe ariko ntabwo naza mwitangaza makuru pe
N'ubundi nkurikije ibyo uyu mugabo avuga mfite impungenge ko nta gakiza nyakuri karamugeraho.
Ubuhamya bwawe burakaze uzodukomereze Kandi izoguhe gushikama mumana
Ikibazo nuko ukiri mubuyobe….nicyo kibahaje…
Nonese abobasore bafite dredy ntamyenda baribambaye? Nibabaribambayese ubuwowe ntiwambaye, ubuse tuvugeko tutazambara kuko baribambaye. Dusobanurire.
Satani ntawe agera umutwe yaba ukuze canke ukiri muto. Biravana n'ico ashaka k'umuntu. Ntukavuge ko satani yankiriza abakiri bato gusa. Satani akorera kuri bose bivuye k'uco ashaka kuri umwe umwe wese.
Icyo cya direde ntabwo tucyemeranyaho kko hakizwa umutima
Am listening 😢
Yesu ashimwe. Mwaduha telefon y'umuntu? I'm inspired by his testimony
Inyama zubu tumbu niki
Komere muri yesu Christ
Aho wari ku isi se?
Amen
Egoooo.mana .harakoze.ameamene
Plaisir uzamutubarize ibya ya sandugu ya mafaranga aho yagyiye
p