Ese mu gihe umubyeyi agiye kujya ku kazi agasiga apimye ariya mata akayashyira mu kantu gafite isuku mu rwego rwo kwirinda ko uwo wasigiye umwana atamenya kuyapima ndetse ugapima n'amazi.muri za bibelo noneho usigaranye umwana akabivanga agiye kumuha hari icyo? Nukuvuga ngo amazi wayapima ukayashyira muri bibelon amata nayo ukayapima ukayasiga mu kandi kantu hanyuma uwasigaranye umwana akaba yavanga igihe agiye kumuha byaba haricyo bitwaye
Ready to drink yamara igihe kirekire mu gihe abitswe mu buryo bwagenwe. Aya infant formula nayo wakoze ushobora kuyashyira muri frigo ariko ibyiza nugukora make amara.
Ese mu gihe umubyeyi agiye kujya ku kazi agasiga apimye ariya mata akayashyira mu kantu gafite isuku mu rwego rwo kwirinda ko uwo wasigiye umwana atamenya kuyapima ndetse ugapima n'amazi.muri za bibelo noneho usigaranye umwana akabivanga agiye kumuha hari icyo? Nukuvuga ngo amazi wayapima ukayashyira muri bibelon amata nayo ukayapima ukayasiga mu kandi kantu hanyuma uwasigaranye umwana akaba yavanga igihe agiye kumuha byaba haricyo bitwaye
Yego wabikora ntakibazo mugihe ukoresheje isuku ihagije
Mwaramutse neza wansobanuriye umwana wamezi3_4umuha inshuro zingahe kumunsi Amata arko ntabere yonse wenda akonka nimugoroba utashye murakoze
Good job 👏 👍 👌
Bien noté ✍️
Urakoze cyane
Mwaramutse wamfasha ukansobanurira umwana wa mezi3 atigeze yonka kumunsi arko wamusigiye amata w?ugomba kumuha amata wakoze byibura nyuma yamasaha angahe murakoze turabakunda
Murakoze cyaneee
Imana Iguhe Umugisha Ndanyuzwee ❤️❤️❤️
Urakoze cane gose Imana iguhezagire ❤❤❤
Bjr leah,none x wansobanuriye nkigipimo ntarenga waha umwana wawe ukamenya ko ahaze kandi utamuhaye menshi,mfite umwana wamezi 2
🥰
Umwana wanjye mbona atonka neza akunda kuryama gusa iyonjyerageje kumukangura aronka nabwo gake najyerageje nokumuha amata yomugikombe yo arayanga burundu mwangira iyihe nama kwamuganga najyiyeyo vambwirako ari normal 😭
Ese umwana arya ibiryo bishyushye cg arindira ko bihora
Hello, muzatubwire no kuri ya system ya pumping machine ababyeyi bakoresha baga stocker amata yabo yabavuyemo then umwana akajya ayannywa.
Cyane rwose adufashije yatubwira
Ese ko numvise ngo Amashereka wikamye iyo umwana ayanyweye akayasigaza,mucyimbo cyo kuyamena iyo uyashyize mumazi akaraba ngo agira uruhu rwiza byaba ari byo?
Muraho neza mubyeyi mwiza, nonese umwana ufite amezi atandatu ubwo mugihe ugiye kumukorera amata wakora ageze kuri ml zingahe bitewe ningano ye? Cyangwa ni ml zingahe zamuhaza kuburyo ariyo umuntu yamukorera kugira ngo twirinde gukora menshi atamara cyangwa gukora make atamuhaza?
Ese biberon nziza ni iya Plastic cg niyayindi ijya kumera nk’ikirahuri kuko numva ngo iza plastic z ishobora gutera indwara kuko zidacya neza kdi vuba
Wadusobanurira
Urakoze
Murakoze cyane twari tubikeneye!
Ariko mfite akabazo, Ese ugiye ikoresha amazi yo mu nganda (inyange, nil, etc), wayateka nayo? Cg wayashyushya gusa ugakomeza?
Merci
Ibyiza nukuyateka kugirango wizere neza ko ameze neza.
Yemwe mudufashe dufise akana kabuze Maman wako none tugafashe gute????kand nakone kavutse katageze yooo ndababaye
Nonese kwabataryoheye ntago umwana yayanga
Mwaramutse neza Leah!!!umwana wanjye yanze ibere burundu ahubwo yikundira amata,nzakore iki?
kandi yaryanze afite amezi 4 ubu agize 6 byanyobeye icyo gukora
Uhh byasaba kumenya impamvu yaryanze. Abana baryanga rimwe bitewe nuko ntamashereka ahagije arimo yakurura akumva ntakirimo akivumbura cg se yaba abivanga na bibero akumva yo iramworoheye ntimusaba imbaraga,... Byasaba gushakira aho ikibazo kiri
Nanjye yararyanze kuva kurayo mezi gusa njye kubera ntigeze ngira amashereka amuhaza namuha ga namata ubwo se nibyo byaba byaratumye yanga ibere burundu kd njyewe namashereka yagezeho arashira kurubu ntanigitonyanga kimwe kivamo.
Mutubwire kohari abakama amashereka ahobora kumara amasaha
Ese umubyeyi akibyara kubera impamvu zakazi amuhaye ibere akavanga namata hari ikibazo ? Ukabikora ukimara kumubyara ugahita utangira kumuvangira hari ingaruka byamugiraho
Ntazo
Murakoze nonese nido ushobora kuyiha umwana wayikoresha nkayo mutweretse
Oya Nido ntago ari amata y'abana ahubwo ni amata baba bumishije asanzwe.
Murakoze cane amata ya ready to drink ashobora kumara amasaha angahe hama ayo ya infant formula muriyo intervalle yamasaha abiri canke isaha imwe urashobora kurashira muri frigo?Muzoduhe inyishu SVP.
Ready to drink yamara igihe kirekire mu gihe abitswe mu buryo bwagenwe. Aya infant formula nayo wakoze ushobora kuyashyira muri frigo ariko ibyiza nugukora make amara.
None se bibiro ningombwa kuzihanagua
Inyuma honyine niho wahanagura
Ese kongewe umwana wange yaryikuyeho afite 3moi narimuha akankubita imigeri kubera namuvagiraga yahise yikundira amata ibere arivaho burundu ubungu yujuje 6moi uyumunsi ariko ikibazo mfite nongeye gutestinga ngondebe mbona arafashe arakuruye nakongera nkabona ararifashe mbajije abantu barabwira ngo sibyiza namutera ibirwara?? Ese nibyo koko cg nkomeze ndimuhe nakibazo ??
Wamureka akiyonkera ntakibazo