Yesu Kristo ashimwe cane,zaburi turabashimira cane gose kubutumwa murushiriza kuduha Yesu kristo abibuke muri vyose mukeneye. Nakwipfuza muze mwongere kutuzanira Shakira umuvuga butumwa wumuhamagaro. turamukumbuye.
Mana yanjye, burya se ni wowe wa 'mugabo wavuye mu ijuru'.Nabonye umutwe w'inkuru sinayireba, none reka njye kuyumva!!!'Zaburi nshya, Imana ibahezagire.
Ewe birakomeye kuko ibyo twibwira ko igenderaho turibeshya gusa ibyo Yagenderaho bibanzirizwa no gukiranuka muri byose agato na akanini,waruziko KRISTO Atishimira amarira ya abakiranutsi Ishaka ko tubaho tunezererwa duto Yadukoreye ubundi Ikagutabarira mukunyurwa nibyo Agukorera utabona ko ari byinshi kandi birenze,niho Agutabarira,YITWA UMWAMI WA AMAHORO YESU KRISTO.benshi bagendera kukwisobanurira uko bashaka ariko Arakanda ukumva!
Ewe birakomeye kuko ibyo twibwira ko igenderaho turibeshya gusa ibyo Yagenderaho bibanzirizwa no gukiranuka muri byose agato na akanini,waruziko KRISTO Atishimira amarira ya abakiranutsi Ishaka ko tubaho tunezererwa duto Yadukoreye ubundi Ikagutabarira mukunyurwa nibyo Agukorera utabona ko ari byinshi kandi birenze,niho Agutabarira,YITWA UMWAMI WA AMAHORO YESU KRISTO.benshi bagendera kukwisobanurira uko bashaka ariko Arakanda ukumva!
Plaisir Imana ijyiguha Imigisha Myinshi itagabanyije kndi Igukomereze Mugakiza Kayo kuko Mbona ukijijwe byukuri Komerezaho kuko ntanarimwe Ndabona Abasebanya kurubuga Rwanyu Umwami akomeze Abayobore kuko Abayoborwa n'Umwuka w'Imana nibo Nana b'Imana
Plaisir Muraho! Yesu ashimwe cyne! Ibiganiro byanyu turabikurikira cyane! Ariko reka ngire icyo mbisabira! Mwashatse uko mwajya mugabanya Video zanyu! Byibuze ntizikarenge iminota 30! Turabikurikira ariko kubirangiza biragoye pe!
Pamphile ndamwemera cyane afite ubuhanga bw’Imana ndetse n’ubushishozi kandi ubusobanuzi bwawe ku idini no kw’itorero🙏🏾
Urumukozi w'Imana pe,Imana iguhe umugisha pe,kdi idukore kumaso, iduhe ubwenge nubushishozi.
Ese ntakuntu mwajya mwandikaho mucyongereza nabatumv ikinyarwanda ubutumwa bukabageraho?
Yewe ndumva utorohewe ariko Imana izagutunga
Imana idukomeze kdi yite ku iherezo ryacu.Njye ubu butumwa bunteye ubwoba.Natekereje ukuntu Imana ihora imbwira ngo izankoresha ibintu bikomeye kdi mu gihe gikomeye,bavandimwe nagize ubwoba naraye ntasinziriye,ariko nshobozwa byose na Kristo umpa imbaraga,reka nanjye munambeho.Pamphile na Plaisir Imana ibahe umugisha.
Urakoze kwibutsa Ihanga ry'Imana.ariko ivyo vyrashitse uyu munsi abahanuzi nkabo baruzuye.Ibujumbura naguha nka 5 nzi neza. Ubu nukubabwira ko tubazi hama abakristo batirinze amazina yabo azofutwa mugitabu c'Ubugingo.
Imana idukomereze amaboko iturinde ibibyago bikomeye kdi Imana iduhe kuba mubanyamahirwe bazaragwa ubwami bwayo
Mbera maso nwami wanje simbashije ushoboze hama mukozi wimana urakoze caaane uzoryambikikigwe igitsibo 🙏🙏🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Ahubwo jyewe byaranyobeye ujya kumva ngo evangelist , apples , probers n’ibindi byinshi cyane utabara , byose ng n’imihamagaro byuzujye mu Rwanda , , ariko utwaha turimo natwo turuta utwo mu migabane yose igize isi , titre zo zirahari rwose ariko nta musaruro , so Imana yari ikwiye gukora igenzura rwose , habaye ho fanatism y’abantu , aho kuyoborwa n’Ijambo ry’Imana !
😀😀😀😀😀😀😄
Zaburi nshya lmana ijye ibagirira neza mwe ntamatiku mujya mwemera ko yinjira iwanyu muzabikomeze hajye hacaho ibya Kristo gusa
Nanjye nicyo nkundira #ZaburiNshya, kuko ntabwo bavangavanga ibintu bya rwaserera byo muri société ( amatiku, n’ibindi...).
Kwa Zaburi Nshya ni YESU KRISTO gusa, aho gushakira Ubutumwa bwiza, n’imirimo myiza y’Imana.
@@TheCharity. ĺ⁹I p
Komera komera Mwenedata! Ibyo uvuga ni ukuri kandi Ntacyo Imana Izakora itamenyesheje intore zayo, Ibyo rwose Imana yakubwiye yabibwiye kandi irimo irabibwira benshi mubera bayo!!!!
Imaama iguhe ugisha taata wajye uvuze neza uwiteka afashe nyikorere ibyishaka
Ayiwee UMWAMI YESU KRISTO Anyongerere imbaraga ngere aho ntageraga
Ndishimye cyane kubuhamya bw umukozi w Imana Pamphile Uwiteka aduhane umugisha
Yesu Kristo ashimwe cane,zaburi turabashimira cane gose kubutumwa murushiriza kuduha Yesu kristo abibuke muri vyose mukeneye. Nakwipfuza muze mwongere kutuzanira Shakira umuvuga butumwa wumuhamagaro. turamukumbuye.
Mwaramutse nanjye ndamwemwera uwo munyamakuru numukozi w' lmana ni numuhanuzi haribyo yambwiye lmana imweretse nanjye ndabitegereje Kandi nizeye cyane ko bizasohora
Murakoze mwene data dusangiye kwizera Imana ibyo uvuga nukuri aba korera Imana byukuri baza renganywa ariko ubwo amasaka nurukumbi ubwo bizavangurwa beshi bazava mukwizera Imana bizere satani Koko abemera guhara amagara yabo kubwo kunamba kuri Yesu nibo bazabona ubugingo Uduhe gukomera murikigihe kiruhije umugenzi.
Yoo! Imana iguhumugisha Panfile nabonye ibyo wanfashije uriya mukecuru wikoreye ibumba nukuri wicisha bugufi Yesu aguhumugisha
Nitwa Immaculée mba hano Montreal
Naho hariho ubugaragwa nk ahandi hose.
Turabakunda kuko turahazwa ku bwanyu.
Mugire umugisha woooose uva ku Mana.
Nukuri Imana iguhe umugisha kuko kuvanumva ubutumwa bwibivaze haricyonigishijwe ndahamyako ufitiye umumaro itorero ryImana pe.zaburi nshya turabakunda
Ndi umugabo wo kubihamya iyo Imana yaguhamagaye Iragutunga pe kandi Ikaguha amahoro ( gutuza mu mutima )
Yesu aguhe umugisha turi mugihe cyo kuramukwa rwose
Icyo cyigisho muzakiduhe bakoze b’Imana ( dusobanukirwe inshingano z’Imana n’ izacu mu ngo ) , muhabwe umugisha
Mana yanjye we ubugutabarwa kwabera koko kurihe ,Mana utubashishe kwihangana,nanjye bampa uriye ibintu bambwira nigihe bitabaye nitotombera Imana ariko Mana ndakwinginze umbabarire🙏🙏🙏
Amen Imana izaduhe kunesha kuko iyo tugana ntibyoroshye
Imana ibahe umugisha muratwigishije
Imana idukomereze amaboko kd iduhe amaso y'Umwuka ibihe birakomeye
Mana ndagusabye unyiyoborere umpe imbaraga zokugukunda no kugumenya byukuri kuko tutagufite ntacyo twaba turicyo
Nihagurutse abashumba yizeye kuko abariho nibo barikohereza imyuka mibi mubaKristo bibwira ko aribisanzwe gusa abashumba benshi bashiriye mubapfumu ,KRISTO Arakwereka ugahahamuka nibyangomba b!ewe buriwese asenge kugiti cye
Imyuka ica intege abakristo mwitonde musenge muge mumenya iva hehe!?
Mwembi turabakunda cyane!!!mana ujyuhora ugiriraneza ababakozi bawe kuko twabagiriyeho umugisha utarondoreka mukomeze mukorere IMANA izabahemba merci
Imana ibahe umugisha pe
Plaisir , courage. Uhezagirwe kandi.
Imana iguhe umugisha, ndakwibuka waje i Ngarama, wigisha ku nyigisho y'amatangazo avuga imyanya iri ku isoko, ndetse n'urukiramende
Reka ntege amatwi ibi nibyo mba shaka bifite ireme kd biherekejwe n'Umwuka wera 👍anyway Imana inabahe umungisha.amen
Urakoze mukozi wIMANA
Imana izaturengere turangize urugendo amahoro
Yoo, uranejeje mukozi w'Imana , ishuri wanyuzemo nanjye narinyuzemo biramfashije cyane.
Yesu aguh umugish kuk uvuz ibint bikomey kuk iman ikoz ibint bensh turavyiyitirir
Ahuuuuuuuuuuu MANA mfasha umpe amatwiyumva n’umutima♥️Zabunshya ndayikunda
Imana imuhe umugisha kandi ibyo atubwiye nukuri
Imaniguhumugisha.cyane ikongyere Amavuta.🙏🙏urakoze.Uyumukozi wImana mukunda kubi.
Imana Y, Amahoro Iguhe Umugisha Mutumishi Njye narabyumvise ndatinya Imana ntamikino ifitanye nabiyita Abayo kdi bafite se kuruhande bakorera ariwe satani
Uwiteka Imana nyiringobo ahabwe icyubahiro
Imana idukomeze. Imana ihezagire bene Data Plaisir na Pamphile. Ibiganiro mudushikiriza biradufasha cane
Ubutumwa butavangiye pe!!!
Buvuye ku Mana
Ayiiiiii...Mana uzaturengere
Pamphile uri umunyamugisha rwose
Evangelists , apostles , prophets .... benshi cyane ariko ibyaha birushaho kwiyongera mu Rwanda ....
Uwiteka Mana yange unkomereze amaboko undinde negutentebuka kumunsi mubi
Cyakora uwo bizabaho jyewe nkamumenya nzamwihanganisha , cyane ko jyewe nkurikira ubutumwa nkanabwigenzurira ( nsoma Biblia ) , ukwizera kwanjye gushingiye ku Ijambo not ku muntu runaka
Imana irahari tuzabana nayo
Mana yanjye, burya se ni wowe wa 'mugabo wavuye mu ijuru'.Nabonye umutwe w'inkuru sinayireba, none reka njye kuyumva!!!'Zaburi nshya, Imana ibahezagire.
Yewee ubutumwabwawe rwose burigusohora pe Imana irengere itorero ryayo pe
Imane ibahe umugisha bavandi. Imana ikomeze idushyigikire kuko aho tujya harakomeye!
Yego shahu warabivuze nahise ntangira gusab'akazi yesu kresto
Imana iguhe umugisha amavuta n' imbaraga kuri wowe.
God bless you
Hezagirwa, bazobitahura.si wewe gusa wahamagawe uko ,hari nabandi. Babayeho bakorera Imana bahevye ubuzi.
Nibyo bakora
Ako gateye ubwoba koko guhanurirwa bakwizeza amasezerano meza kandi uri umunyabyaha , benshi bashobora kuzarimbuka !
Mwami wacu Yesu nkuko Wababajwe, natwe tuzemera icyaricyo cyose Ariko Tugere kuntego yuru rugendo rwagakiza kawe
Ewe birakomeye kuko ibyo twibwira ko igenderaho turibeshya gusa ibyo Yagenderaho bibanzirizwa no gukiranuka muri byose agato na akanini,waruziko KRISTO Atishimira amarira ya abakiranutsi Ishaka ko tubaho tunezererwa duto Yadukoreye ubundi Ikagutabarira mukunyurwa nibyo Agukorera utabona ko ari byinshi kandi birenze,niho Agutabarira,YITWA UMWAMI WA AMAHORO YESU KRISTO.benshi bagendera kukwisobanurira uko bashaka ariko Arakanda ukumva!
Ewe birakomeye kuko ibyo twibwira ko igenderaho turibeshya gusa ibyo Yagenderaho bibanzirizwa no gukiranuka muri byose agato na akanini,waruziko KRISTO Atishimira amarira ya abakiranutsi Ishaka ko tubaho tunezererwa duto Yadukoreye ubundi Ikagutabarira mukunyurwa nibyo Agukorera utabona ko ari byinshi kandi birenze,niho Agutabarira,YITWA UMWAMI WA AMAHORO YESU KRISTO.benshi bagendera kukwisobanurira uko bashaka ariko Arakanda ukumva!
Kurinjye uyumugabo nkunda ibibwiriza bye kumwumva nkumunyamakuru sinabifashe neza gusa niba biri mumugambi w'Imana akomereze aho kandi mubyukuri kunda ukwabwiriza
Jye mbona ntacyo bitwaye,,gusa ajye àzamura ijwi kuko ibibazo abaza mu kiganiro simbyumva ,Avuga gake
Iyo akora nk'umunyamakuru nabyo ntacyo bitwaye kuko abaza ibibazo byiza umuntu aba akeneye kumenya kdi agendeye mu ijambo ry'Imana
Kuba umukozi WImana ntibikuraho ntibyibuza gukorai indi mirimo na pawuro yakoraga akzi kokuboha amahema kandi ntibyamubuzaga kuvuga ubutumwa pamfule rero kuba umunyamakuru ntacyo bitwaye
Wamugabo urampembuye uwiteka ukwibuke numuryango wawe
Imana ishimwe iracyakora
Ayiwee Nibyo Mukozi w'Imana.
Ibi nibyo.
abo kuri zaburi snsha , ndabakunda cane, mudufashe twigire mwijuru
Eeeeh uziko nanjye mpora mu,ishuli harigihe nabonaga ndi gusoza kaminuza ubundi nkabona ndi primary none nsigaye mbona ndi secondary ariko ntari mugitabo cy,abanyeshuli nayobewe ubusobanuro bwabyo
Uturinde Uwiteka
Biteye ubwoba.
Mana duhumure amaso
Dukore.
Mana yacu uduhe kumaramaza kugeza ku iherezo
Uwiteka atube Hafi
Ariko nawe ntiwumvaga yigeze impombya ndabibona kuki ubwambere utahise utinya Koko ngo ubanze uyibaze uyu mugabo Kristo aremeza iyo yagushatse
Igihe cy,Inka 7 z,imishishe cyararangiye,twinjiye mugihe cy,Inka 7 zinanutse!(z,umwaku). Abarahunika mukigega cg muntonga mubikore bigishoboka.
Reka ubivuje kuko ibyambere ntabyo nuvise kadi dafashijwe
Zaburi nshya Imana ibahe umugisha kubwubutumwa bwiza mutugezaho!tukamenya uko dukwiye kwifata
Be blessed
Iyi mikorere ya satani yatangiye kera, hashize imyaka 8 IMANA yambwiye gusenga iminsi 2 nyarangije ibwira kujya murusengero rwumuntu umwe wariwadusuye aratwigisha tubonako abantu bafashijwe cyaneee, ariko IMANA yo birayibabaza. Ngezeyo nsanga n’umukozi wa satani bamwe bahuha abantu bakamera nkabafpuye.
Rero abakozi basatani biyoberanya muburyo bukomeye, bakoresha izina rya Yesu ibimuvuze byatangiye gukora nukuba maso cyane cyane pe.
Amen
uyu mukozi wImana ndamukunda uko abwiriza
Konumva uko waruteye arikonteye ,ubunanjye ntizampondagura koko🙆🙆🙆
Bivuge tuguteze amatwi
AMEN YESU akomeze abahumugisha
Yego
Ubqo ubutumwa bwanyuzwe kuri Zaburi Nshya?ryari murakoze
Zaburi Nshya mwahamagawe n Imana muri iki gihe gikomeye uyu mukozi w Imana ibyavuga byose ni ukuri kandi iri yerekwa rya nyuma rihuye nirya Chantal Nirere icyo nigihe cya microchip kigiye kudusanga mu rusengero muze dukamirike tumaramaze ibi bihe bizasange dushikamye twiteguye no gupfa!
Harabavuga ngo lmana ntiwakwifashisha umuntu ye
Imana iguhumugisha.
Abamaramaje nka ba Daniel na les trois jeunes hommes mu itanura , nyamara nanjye akoba ndakagize !
Sadruka, Mechaki, Bedenegu
Icyakora nshingiye kuri iyi SMS ndumva aha ho Ari ah' Intwarane knd ndumva munzu yitiriwe izina ryayo hagiye gukora Abo Imana yiiyimikiye nka kumwe kwa Dawidi . Icyakora icyampa Imana Igakomeza uruhanga rwa buri wese uzumva ubu butumwa bwose yarangiza akagira uburyo ahindura Isengesho .nanjye ubwo numviyeho knd cyane.
Gusa Plaisil Iyera y' Amahoro ijye Ikomeza igukore Kumaso cyane kuko ntako MUba
Mutagize NGO muzane Abantu knd bafite Ijambo kuburyo wumva ko Hari icyo bihinduye kubuzima bwa muntu.
Nasoza mvuga NGO Niyi Channel Imana Ikomeze Iturinde ibyatuma igira Indi Isura knd nziko usenga rwose, yewe hari nabayisengera byukuri, NGO ntikagibweho igitutsi. Yesu adushoboze kubyo twumva nibyo twumvise nibyo tuzakomeza kumva
Nkasoza Nsabira umugisha ukubiyemo byose uwo mukozi wayo kumvira umwuka ikindi Izamurinde Impande zose .
AMEEEN, UWITEKA ATWIKIRIZE ZABURI NSHYA IKIGANZA CYAYO🙏
Nonese wowe ntizagukoza isoni
Ubaye iki ?
Mujye mugira iuburere
MBEGA amashuli, mbeg'igihombo PAMPHILE WEEE IMANA yigisha uko be Shaka Koko🤔
l
Imana idukomereze amaboko kd iduhe amaso yumwuka ibihe birakomeye