IBYO UMUGORE UTWITE AKENEYE KURYA / Indyo nziza ijyanye na Buri kwezi (Ukwezi 1 kugeza amezi 9)
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 4 ต.ค. 2024
- Imirire myiza ku mugore utwite Ikubiyemo indyo yuzuye, ikubiyemo ibyiciro 5 by'ibiribwa birimo intungamubiri z'ingenzi. Muri iyi video ariko, ndagerageza kugusobanurira intungamubiri ziba zikenewe kurusha izindi kuri buri kwezi inda igezemo, hamwe n'ibiribwa umugore utwite yazisangamo, aha urabona urugero rw'ibyo watekera umugore utwite ukurikije uko inda afite ingana!
I am Rwandan ,this lesson is constructive to everyone. Thank you!
Nukuri ryose wambereye mugabga nizeye mumezi yose maze mfite Inda mbese mbanumva gutwita wagira go ndabimenyereye Kandi arinda yambere komereza aho N'Imana ikongerere ubumenyi
Dr waduhaye contact number yawe
Izi nama ninziza pe gusa igihembwe cyambere kiragora kuburyo ubura ikintu na kimwe urya cyo kuriyi si pe
Murakoze cyane ku biganiro byiza mutugezaho. Muzadusobanurire igishobora gutera umugore utwite kubabara impyiko.
Thanks for the good teaching 🙏It’s my good time to here this👍
Abakene baragowe peee. Mbonye bishobokera abafite umufuka ukomeye. Ahandi mwakoze kutwigisha neza....kandi. Imana ibahe umugisha utageruye.
Urakoze Cyane kunama zawe Imana ikongerere ubumenyi urumubyeyi mwiza 👏
So wonderful, thanks slot doctor Cyuzuzo.
Am keenly following your advises...
They are very helpful.
thx so much! like your support too!
Wiriwe Muganga jyewe nibarizaga
soya drinks yaba yemewe ku mugore utwitwe ugeze mumezi 7
Murakoze
Doctor Imana Ijye Iguha Umugisha Kandi Ikomeze kuguha Uburame Mfite Umwana Ubu Agize Umwaka Ariko Ni Mwiza Ntarwaragurika Kubera Nakurikije Inama Zawe Nukuri Uwiteka Ajye Aguha Umugisha
murakoze cyane @uwasepierrine8275
Sir nimwe dukeneye Kuri TH-cam Imana ijye ibaha Umugisha .mufasha benshi cyane
Murakoze cyane! Imana ibahe umugisha namwe!
Thanks for this wonderful lesson.
Thank you doctor
Thank you muganga mwiza
Urakoze muganga mwiza. Impanuro nziza.❤
Uradufasha cyane Imana ikongerere ubwenge
Murakoze muganga.
Muzatubwire ku mirire y' abantu bakuru. Ese imbuto/ imboga zose ni nziza wenda reka tuvuge ku bantu badafite uburwayi!
❤❤❤ urakoze
Urakoze cyane doctor, njye nabazaga niba gukora ama shift yijoro mukazi ntacyo bitwara kumugore utwite?,ndacyari kuyakora ntibarampindurira ariko mba ndi kunywa amazi menshi pe,ariko iyo nshatse kwirambikaho harigihe ndryama kuri table nyine bisanzwe nkisaha imwe ,nabazaga niba ntakibazo kirimo mukurara wicaye ukanuye mukazi kandi unatwite
Imana iguhe umugisha
Ndabaz ikibazo Docteur umugor avyara kuri opération ashobora kuvyarir amezi 8 akisabir Rendez vous ya opération kuri hôpital ?
Merci
Merci bcp muganga
Thx
Doctor
Merci Muga Imana iguhe umugisha
Thanks muganga
Nkunda ibiganiro byawe
Murakoze kutwigisha
Urakoze cyane
Murakoze cane
murakoze namwe
Muraho neza nashaka kubabaza ko numva bavuga ipapayi sinziza k'umugore utwite ese nivyo?
Merci !
Thanks again
Ndashaka kukuvugisha
Thank you
Urakoze cane❤
Nonese muga iyukoze biriya mumezi5 umwana avukana igisatsi kinshi?
More Blessing Doctor ! kindly Appreciate
thx a lot!
❤
Mungu akubariki
Merci sana Dr
Urakoze iki kiganiro ni kiza.Uzatubwire kugituma habaho Oeuf Claire grossesse.ni uko byagenda iramutse imaze amezi 9
Mwiriwe neza doctor, nonese ibi biribwa byo mukwezi kwa 2 na 3 ubifashe mukwezi kwa mbere harikibazo?
Urakoze caane muganga
Murakoze muganga
Muzadusobanurire ikintu cya tera appetite kuko mu minsi yambere kurya biragorana pe.
❤merci docteur it's helpfull
Merci a vous!
Thanks Muga
Thx! Mutubwire ku ndwara ya palacenta pervic
Morning Doctar? Nashakaga Kubabaza Niba Amata Yinyange Kuyanywa Ningombwa Ngo Ubanze Uyateke? Kumuntu Utwite?
Ese umugore utwite yemerewe gukoresha blue band ntakibazo?
Kurya ibiryo bikonje kumugore utwite nibibi ,harukunu umugore utwite aruka ibinu byicyatsi haba habaye icyi
Murakoze cyane
Murakoze namwe
Thnk you
God bless u our Dr!
Thx a lot
Mudusobanurire ukuntu umugore utwite ahorana uturaso ntidushire biterwa Niki?umuntu ufite icyo kibazo yakora iki?
Thanks you
Asant sanaa
Muganga.money kurya ibisheke kobabeshya ngo umuntu ubyara umwana umeze nkumusaza kd nkaba ngikunda cyanee ESE nibyo?murakoze turabakunda
Murakoze Cyane, ese guteka amata ugashiramo ubuki cg- isuka namanjani hari kibazo kumugore utwite ?
amata , ubuki , n'amajyani ntacyo bitwaye ku mugore utwite, icyakora amajyani ntagomba kuba menshi kuko umugore utwite aba agomba gufata caffeine nkeya ishoboka, bityo icyayi kirimo amajyane akabije sicyizz!
@@DrAristarqueMUGANGA Murakoze Cyane
Ese ko nkora umushyikirano wabashakanye numugabo nkumva intanga se wagira ngo nkurusenda bansutsemo biterwa Niki Kandi ndarwaye infection
Urakoze cyane doctor
Murakoze namwe
Dr ngo kurya intore utwite bituma uvyara umwana afise ibitore tore ??
Urakoze Doctar
God bless you
Ese muga kurya ipapayi kumugore utwite byaba byatera ikibazo ? Murakoze kubw'ibiganiro byiza
Ipapayi ntacyo itwaye ni na nziza ahubwo
Burigihe iyo twite ryamfungura video zanyu
Muzatubwire ni ibyo umuntu yakorera umwana wamaze kuvuka kugirango ubwonko bwe bukure neza.
Yego Murakoze, reka ntangire ngitegure!
Dr murakoze cyane kukiganiro cyiza cyane mpuye nacyo ngikeneye none ndabaza nti ko ubona umuntu Aba ameze nabi kumezi ya 1ibintu umuntu abirya bikamugwa nabi yakora iki ? Ubu njyewe ukwezi kea1 mbere ntakintu kirimo isukari nshaka . Ina ma zanyu ndazikeneye
Uzaduheho ikiganiro
Kbx murakoze murye mukomeza kutwoherereza ubutumwa bwiza bwubaka umubiri
Dr urakoze nonese ko nduka cyane byaba biterwa niki
hari imiti imwe n'imwe wakwifashisha ikagabanya kuruka! Wagana ku rubuga www.kwivuza.com maze ukajya ahanditse kuvugana na Muganga akakwandikira imiti!
Murakoze
Iyi miti yokwamuganga utayinyweye akarya neza aricyo bitwara
Murakoze namwe!
Kurya ibiryo bikonje nibibi watubwira
Umugore utwite akeneye kurya ibihe biryo?
th-cam.com/video/YAZqGGVzoug/w-d-xo.html
Dr merci vrt uradufasha cane gusa nashaka kubaza iyo utafashe izo ngaburo ukaba ugeze kumezi 8 waca ugira gute kugira avyibuhe cke avuke akwije ibisabwa??ikindi inzoga arimbi unyoye imwe harico se??
Ushobora gukomereza ku ngaburo zijyanye n'amezi ugezeko!
Guhera ku mezi 8 nta kibazo
Kuko iyo hari ibyo utafashe umubiri ubwawo ugerageza kubyishakira!!
Merci boku
Merci bcp docteur,,,,
Merci aussi
Duhe nimero zawe
Inanasi kd bavuga ko itera gukuramo inda
Ese umubyeyi ufite inda yukwezi 1 akaba agira iseseme akanaruka yakora iki?
Ntakintu nakimwe abasha, mutubwire muganga
Nonese kurya inyama zi nka nibibi mubintu mwavuze ntimwazivuzemo
Naho kurya tungurusu byo nibibi,bitera izihe ngaruka kumwana?Thanks for the video it is so informative
Tungurusumu ikuramo inda ahubwo
None kokukibazo civyokury kumezi abiri haraho usanga atanakimwe ubasha kurya mwico gihe woca uvyifatamwo gute?
aha nagerageje kuvugamo bike kandi bikunda kuboneka, utabishoboye wareba ibindi biboneka ziriya ntungamubiri nagiye mvuga, cyangwa ibindi ushoboye ariko ukagerageza guhinduranya category y'ibyokurya. ushyiramo ibikomoka ku matungo, imboga , imbuto , ibinyamafufu n'ibintampeke
Shumbusho
Iyo nta kintu na kimwe ushaka kurya wakoresha iki doctor?
Inkarishya cg intagarasoryo, sinzi nimba uzizi, thanks
Mwiriwe doctor mfite ikibazo ngewe nango jyambasha kurya nunzwe nokunywa amata gusa iyo ndiyo byose ndabiruka ariko nkwa amara menshii nibintu bijyanye nisukari iyo mbinkweye biragaruka, nabazaga kunywa amata menshi nazagira ikibazo kumwana
Kunywa amata menshi ubwabyo si ikibazo kuko amata abamo intungamubiri nyinshi z'ibikomoka ku matungo , ariko nanone hari intungamubiri ubura mu mubiri wawe, ukeneye kugerageza gushaka ibindi bintu washobora ,byakwanga ukajya Kwa Muganga bakaguha ibinini bibamo intungamubiri zitandukanye (vitamin supplements) kugirango umwana abashe gukura nta kibazo agize!
Ese umuntu urwara ibicurane bidakira twite we yabigenza ate?
Hhh nanjy nuko ch nariyakiriye!!
@@nduwondiwe umva birenda kunyica ntibikira pe
@@manishimwejoselyne5812 Sha birabangama pe, noneho jyewe igihugu ndimo turi mubihe byimbeho, harigihe numva nenda kubura umwuka ngafungura imiryango namadirishya, gutwita ntibyoroshye!
Imana iturengere kuko nabana bashobora kuzabivukana bakajya babihorana😢
@@manishimwejoselyne5812 oyaa abana bararinzwe ntabwo Ari burindwara bandura keretse izo mumaraso.
Nta numero ya muganga twamubonaho?
Merci 🥰🥰🥰🥰
Ndafisikibazo muganga kurya sezame bifashiki kumwana abakiri munda?
ntakidasanzwe zifasha, gusa zigira acide folique nyinshi kandi ikenerwa cyane mu mezi atatu ya mbere utwite, acide folique ariko hari n'ibindi birbwa uyisangamo nk'uko nabigaragaje!
Muduhaye ikiganiro ciza
Nukuri
cyane pe!
Murakoze cyane najyaga nifuza kubimenya ngasanga bimwe simbisobanukiwe .be blessed
Ndumva warabaye nkanjye pe
Utanywa amata yagira ikibazo
Murakoze kumfasha minse menya icatumye umwana waje wimyaka 13 adasobakirwa nkabandi
Hi
Ese kumuntu atankwa amata yakoresha iki gisimbura amata? Mufashe
Urengeje ritiro zibiri ntakibazo?
Nta kibazo rwose, kuko impyiko zirayungurura zigasasigarana ayo zikeneye kuri wowe n'umwana
@@DrAristarqueMUGANGA murakoze narijekurebako mwanyishuye
Thanks muganga
Murakoze namwe
Mwiriwe Neza Doctar Mfite Ikibazo Nko Muribyo Biribwa Utubwiye Umuntu Abonye Bimwe Muribyo Harikibazo Cg Ningombwa Kubifata Byose?
bimwe muri byo biba bihagije! singombwa byose, nagerageje kwerekana byinshi kugirango umuntu abashe kugira amahitamo!
Murakoze Docter ese nyuma y'imirire ifasha umwana n'umubyeyi nibiki abantu bakwibanda kurya kugirango babyare ,umuhungu cg umukobwa murakoze.
Muganga mubwire ko ndya urusenda cyane kdi rwishi ubu ntangaruka rwazagira kumubebe wange? Gusa inda iracyari ntoya mba numva ibiryo bitariho urusenda ntabirya kdi mbere siko narimeze
kurya urusenda ku mugore utwite biremewe. rugira vit C, Na fer hamwe n'izindi ntungamubiri. Ibyo bavuga ko bituma umwana avuka atagira umusatsi ntago ari byo , naho kuba rukurya mu kanwa, uburyaryate ntibwambuka placenta ngo bugere ku mwana!
@@DrAristarqueMUGANGA murakoze cyane doctor 🙏
Murakaze cyane nanjye nsubijwe ikibazo nibazaga
Docter nagukurikiranye cane ndi iburundi mfite ikibazo cuko mwivyovyose uvuze mbifunguye bihita bigaruka kandi inda niyambere .nageraje yewe namazi ariko ntashobora kugumayo wamfashije nanjye
ushobora gukoresha imwe mu miti ituma utaruka! urugeri hari uwitwa emetino(ondansetron) cyangwa uwitwa Metoclopramide comprime, ariko uwo wa mbere niwo mwiza. uwufata mbere ya 30min cg isaha mbere y'uko ugira icyo kurya ufata.
Urakoze cane Docter Uwiteka Ahezagire ibikorwa vy'intoki zawe
@@emelynenihoreho7114 nanje muganga yanyandikiye uwo wa mbere Kandi uramfasha cyane
@@emelynenihoreho7114 uyu wa Emitino urafasha cyane nanjye niwo wamfashije namazi narayagaruraga
En
Nupp
None muga kumva ufite isesemi ibintubyose birakunukira ukumva utana soma umugabowawe inda iri mukwezi kumwe wanfasha iki ?
hari imiti igabanya isesemi, no kuruka mu gihe umuntu atwite, gusa ntibishobora gushira burundu kuko nyine biba biterwa n'inda ubwayo
@@DrAristarqueMUGANGA Murakoze,nne c iyo miti umuntu yayikurahe?
@@DrAristarqueMUGANGA niyihe
Ese nindwara niba arindwara se yavurwa igakira
Kandi bavugako inanasi atarinziza ku mugore utwite
hari abavuga ko inanasi ku nda ikiri nto ishobora gukuramo inda, cyangwa ikaba yatera ibise ku mudamu ugejeje igihe cyo kubyara. ariko ibyo ni ibihuha gusa. Nta bushakashatsi na bumwe bwakozwe bwemeza ko inanasi hari ikibazo na kimwe itera ku mugore utwite.
@@DrAristarqueMUGANGA Dr ko ibinyobwa nka fanta byananiye nkahora numva ncaka kunywa inzoga kugira iseseme ishire none ubu ndi mu bitaro kubera kuva kdi mfite grosesse 3mois naketse ko byaba byaratewe na liquer ifite 48 navanze na fanta mu gitondo bwakeye ncira amaraso ndetse mvira cyane kinda(hemorragie)ESE ubwo ntibyaba byaratewe niyo liqueur?ESE ubwo ntibyangije umwana mu nda?nsobamurira kuri skol na liqueur ibyo nabifashe kuri trimestre ya mbere ESE ubwo ntibyanyangirije umwana mu NDA?mumare impungenge Dr gusa echo Umutima nabonye ugitera neza.Munsubize.
Hello @@mukahigiroalice8013! Nizere ko murimo koroherwa, kandi umwana atagize ikibazo. Mwakoze kubaza iki kibazo kireba abantu benshi. Muri Rusange ntibyemewe kunywa inzoga igihe utwite. Icyakora ingaruka inzoga zigira ku mwana uri mu nda zigenda ziyongera bitewe n'ubwinshi bw'inzoga unywa n'inshuro uzinywa mu cyumweru cyangwa mu kwezi. ubushakashatsi bwagaragaje ko abanywa inzoga nyinshi (buri munsi) kandi zikomeye (ex: liqueur) bashobora kubyara umwana w'amagara make, taille ntoya, rimwe na rimwe akagira umutwe muto no mu maso hato ibyo bita *Fetal Alcohool Syndrome* naho abanywa inzoga zoroheje nka biere zisanzwe (ex.skol) kandi rimwe na rimwe, bo bashobora kubyara umwana muzima urebye ku isura, ariko wenda akaba ashobora kuzagira ibibazo by;imyitwarire mu gihe azaba akuze, kuko inzoga ziba zarageraga ku bwonko bwe akiri mu nda. Biba byiza rero kureka inzoga ku mudamu utwite, byakwanga akanywa izoroheje kandi bishobotse inshuro nke zishoboka ( wenda nka rimwe mu cyumweru) . Naho ku bijyanye no kuva amaraso sinzi niba byatewe n'inzoga cyangwa wenda byatewe no gukora imibonano muri iryo joro. ikindi kuruka amaraso bishobora guterwa no gukomereka kwa sphincter zifunga igifu mu gihe uruka biturutse ku kuvanga inzoga. Ibindi bisobanuro umuntu yabimenya neza arebye ibindi bizamini wafatiwe kwa muganga hamwe no kugusuzuma byimbitse!
Muga rwose ndagushimira ibiganiro byawe byiza Yesu aguhe umugisha. Gusa inanasi nimbi cyane nanjye narayiriye nyuma y'iminota 30 inda y'amezi 2 ivamo Kandi nta kibazo nakimwe narimfite. Inanasi igira umusemburo ufungura umura cyane cyane ku badamu bagira umura woroshye.
Inanasi ko naziriye cyane kwarizo naryaga gusa ibindi byarananiye mumezi yambere ubwo sinzuko byakugendekeye pe