IBI MBIVUZE KUBERA IBIKOMERE URIKUNTERA MAMAðAMUZIZA KO ANKUNDA SINZIðKUBER'IKI UMUBYEYI YAGUSENYERA
āļāļąāļ
- āđāļāļĒāđāļāļĢāđāđāļĄāļ·āđāļ 10 āļ.āļ. 2024
- #ireretv #happyfamily #TUMUGIREINAMAPLEASE
IRERE TV ni TH-cam Channel igamije kugeza ijambo rihumuriza kubayikurikira buri umunsi.
kubagezaho kandi ibiganiro byubaka umuryango nyarwanda muburyo bwumwuka, ubugingo ndetse no mumubiri.
IRERE TV kandi dufasha kurerera Urwanda, dutanga inyigisho kubana nurubyiruko muri rusanjye.
Turatarama yewe Tukaramya Imana. Ushaka kutugezaho, ubuhamya, inyuganizi cg igitekerezo waduhamagara kuri
Tel:.+250 788 351 168
+250 780 860 338
+250 780 767 456
Tubashimira kuba mudahwema kubana natwe mubiganiro tubageza. kora share usangize abandi icyiganiro wakunze, unakande subscribe niba utaraikora. wowe wabikoze Imana uguhe umugisha.
IRERE TV is a TH-cam Channel that aims to bring comforting words to its followers every day.
and to provide them with discussions that build up the Rwandan community spiritually, spiritually and physically.
IRERE TV also helps to raise Rwanda, we provide education to children and youth in the country.
We worship God. If you want to share with us, a testimony, a lawyer or an opinion, you can call us at
Tel: +250 788 351 168
+250 780 860 338
+250 780 767 456
Thank you for continuing to stay with us in the conversation. Do share the conversation you liked, and click subscribe if you haven't already done so. you did it God bless you.
Komera Sha hamwe no gusenga Imana izaguhorera ubugome bwe subwuyumunsi wagirango yarabuvukanye ,mureke nadakizwa Imana irahari azarimbuka ibikorwa bye sibyiza kuva kera turaziranye
Impore mugore mwiza! Mama wawe ni umubyeyi gito(une "mÃĻre toxique"), babaho cyane kuri iyi si! Icyo gukora ni wowe ugomba kwirinda ko akwangiriza umunezero wawe ukamukundira kure. Wirinda byinshi biguhuza nawe, tura kure ye mujye mubonana gake! Niko bamera bahitamo abo bangiza baboroheye bitewe nuko abona uteye wowe! Nubwo ari umubyeyi wawe ntabwo ugomba kumwemerera ayo manyanga ye akuzanaho, oya!! Kwemera ko agupfukamisha koko amaboko hejuru uri umuntu mukuru ntabwo aribyo! Kwemera ko aza munzu yawe gutanga amategeko no kuvuga ibyo ashatse ntabwo aribyo, bizananiza ahubwo umugabo wawe! Ni ngombwa kwereka ababyeyi ibitarengwa mu ngo zacu. Mumenye kwigirira icyizere no kwiyubahisha, hari imyaka ugira umubyeyi akaba agomba kumenya umwanya we akakureka ukitekerereza!! Naho ibyo kugufasha warashatse byo umubyeyi ashobora kubikora kuko bimurimo abishatse ni byiza, ariko si itegeko atabikoze ntibikakubere icyibazo rwose uzajye ubyakira ushishikarire kwizamura kuko nawe aba ari muri gahunda ze z'ubuzima! Ndagukomeje urukundo rwanyu n'umugabo murukomeze ubundi mumuhe intera bizagenda neza âĪâĪâĪâĪ
Uyumugabo wawe uzamu,ane tumubone disi nuwogushimirwa âĪ
Pole urwo rurimi uvuga ndarwumva cyane,ariko impore mama,ababyeyi bamagini babaho
Yegoko ndumiwe pe mama wawe ko numva arinyamanswa narinziko atagirira nabi uwo yabyaye pe none ubugome bwe ni karemano ihangane doroca.Njyewe mama we ndamuzi numugome no kurogesha bivanze.
Mama wawe ararembye uzamusengere kuko subuzima.
Njyewe Imana yabonye nanzwe nuwambyaye inyihera impano yundi mubyeyi unkunda sana komera shuti bibaho umubyeyi akakwanga akakwanika da
sha ihangane nange mabukwe niko ameze woe ujye usenga Imana izabikunyuzamo wemye
ððð Yesu. Imana igukomeze kandi Nyagasani yiyereke uwo mukecuru pe.
Barashaka ko umugabo wowe yikiza adakijijwe nawe
Ndatize mbuze nicyo mvugapeðĒ
Ati mama wiwe aramwandagaza yavyaye .jewe naravyaye mvyara mbazwe haheze 2weeks ndababwira nti twaravyaye ntaco banyishuye ahubwo bandungikiye audio yo kuntuka ko tutabarungikira amafaranga nzopfa nkayasiga .ibaze vraiment kumbwira uko mfise ikomere kiri kuva mvuye mu bitaro ,bantera ikindi ciyongera kuvyo nari mfise biba birivanze mbura epfo mbura ruguru ðĒðĒðĒðĒðĒðĒðĒ.Mana yo mw'Ijuru tabara Abana nka twebwe twankwa n'abatuvyaye tukankwa nabo tuvukana .
Komera cyane drocs wacuu turagukumdsâĨïļâĨïļâĨïļ
Urintwari kdi warwanyishyaka kumugabo wawe abantu nkawe baboneka hacye .
Nushaka amahoro uzayabona ,uzagurishe ugure ahandi,amahoro ntacyo wsyagura,namuhunga
Yooo bibaho mubuzim Ako uwo mugabo wae imana imuhe umugisha
Uyumubueyi ari kwajina na Yesu ngwarasenga ahubwo nigini kbs
Yooooo nukuri nanjye Nibyo ndigucamo
Uzokwimuke ubave impande kuko najewe nubatse urugo rwiza kubera ntabana nabo nibera kure yabo mu kindi gihugu .
Mureke gutuka mana we kuko yareze abana wenyine ariyubaka ntawe umufasha aguha inzu suko yakwangaga ahubwo kubona umukwe ayirimo noneho mukaba muyicirwamo n,inzara biramubabaza kdi ntimukamushakeho ubundi bufasha kuko yabahaye inzu mubamo ibindi namwe muzirwarize ikindi umushi uzamumenya nimuva mu bukene kdi witonde utazabura byose nkingata imennye