ขนาดวิดีโอ: 1280 X 720853 X 480640 X 360
แสดงแผงควบคุมโปรแกรมเล่น
เล่นอัตโนมัติ
เล่นใหม่
Abantu mwakunze indirombo iri muri background ya nsabi na claudia ngiyo mukande kuriyo link th-cam.com/video/m84vkQ8TmHA/w-d-xo.htmlsi=dMtNkWSR0AFr4P3i
Kbc daddy njew nayisubuyem nkicyur 20❤❤❤❤🎉🎉
Nigrace daddy 😅
Daddy urakoze nsabi arantunguye gusa nane ndishimye kuko ariwe wishyuye
Nukuri nayikunze byahatari ❤❤❤❤
❤❤❤❤
My heart niyo yambere mu Rwanda ikunzwe mume like abakunda killaman mwese
Mana weee dore inkoko hano😭😭😭😭😭😭
Nsabiweeeeeeeeeee umwana wabandi urigutera ubwoba uryagutyo shn kd agukunda ijuru uzaryumva mundirimbo😂❤😅
Nsabi munyungu gsa uradusebeje pe
@@niyubahwetv114316:04
Abantu mwese mwasekejwe nukuntu nsabi atihanganye ngo arye gacye yitonze mumpe Like 😅😅😅😅😅
Kkkkkkkkkk nsabe komerezaho ndakwemera sana
Nuko ari flime nyine watahaubwoba aribwose wibaza uwakubonye😂😂
Oyape nsabi aransekeje shimishijwe nuko clodia ashimishijwe napet nsabi afitep mbega 🎉🎉😅
Nsabi oyeeeeeeeeeeeee🎉😂❤
Ntago nabikunze arakabya bazagabanye comedy ze p😂😂😂😂😂ukunu Yari yambaye neza
MUREKE abakunda my heart tujye duhana za like, please NJYEWE nabitangiye, nanjye mundemere
Akira ngiyo kbsa
Wayibonye❤❤❤
Dore akira ngira ibintu.
Hhhhhhhhhh😂😂😂@@mutesijacky8351
Nanjye ngiribintu niyakire😅
Sinzi ukuntu numva nishimye abantu mwabonyeko nsabi yishyuye mumpe like❤❤❤
My heart hejuru ❤❤❤❤❤❤❤
Wabonye ukuntu Claudia yari yiteguye kwishyura?
Abatunguwe ko nsabi yishyuye facture Kandi Ari cloudia wamusohokanye mumpe like 🎉
Wasanga Ari cloudia. Wayamuhaye
Oya kuko Nana ni we wamugiriye inama ngo azabe Ari we wishyura.
😂
Ntuziko c yigize kujya ahembwa na Yannick 😅😅😅😅
Abishimiye ko Gad yafashe umwanzuro ukomeye wo kujya kureba uko ahagaze kdi yarazi ko yanduye mumpe like
Ahubwo gad akazi ke nugusambana gusa
❤❤❤❤😂😂🎉🎉
Ariko we uziko kubera urukundo nkunda my heart 4ne yose nkozeho mpita nkora sabone ngo ndebeko twakuzuza 1M
Mbega clodia imana igufashe nukuri akubwire ko agukunda ndikumva amarangamutima anyishe disi ababyumva nkange mune aka like
OP😊qqp~😊Zpo
Ikipe nsabiclaudia imbere cyane ❤❤❤❤❤❤❤❤
iyo role ya nsabi yo kurya bazoduhe bihind scene yayo bazoba bakoze ,Nsabi Killer akugurire fata pewell done
Nsabi congratulation ukoze akantukez kbx biranshimishije cyane ukuntu utunguye Claudia abiyumvankange mumpe like
Abakunda iyindirimbo irikuza mo nsabi na clodia basohokanye nimume like ❤❤❤❤
😂😂😂😂😂Cloudia nakubwira uti courage nugkora cyane gusa iyi episode abo yaneje nkanjye mumpe like pe aha ndazisabye ❤❤❤❤❤
Mpise ngira amatsiko yukuntu nsabi aribuze kubarinkuru yuburyo yasojokanye na chr we pé 😂😂😂😂😂 harashya🔥🔥🔥
Nsabii amafranga ya fagitire arayishyuy wao binkoze kumutima❤ ntampamvu yo gusebya abasore rata 😂😂😂😂
Niba namwe mwemeza ko my heart ariyo filime yambere mu Rwanda munyihere utu tuntu❤❤❤❤❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Abifuza ko twuzuza 1M subscribes murihe rahh mume like ❤❤ aba chou dady we love you more
Twese dushak kuyuzuza Ahubwo impa sabscribe nanjye nayiguhaye ❤
Ahubwo ndabaza;Ntaburyo umuntu yakora subscribe inshuro zoseeeeeeeee mbese zirenze nyinshi
Ukuntu Claudia yumiwe nibyo birenze hhhhhhhhh sha NSA wowe uruwo gukundira murugo pe 😂😂😂😂 mumuhe imiti yinzoka kuko ntago iyo mvange igusiga amahoro
Abantu bose bibuka ababagiriye neza bakabashimira nkuko Bijiyobija abikoreye mwarabu aho bari hose bubahwe caane ❤ nkunda My Heart birenze uretseko idushimisha ariko irimwo inyigisho nyinshi ni mpanuro nyinshi . Inzira z,Imana zirenga 1000 abo Imana itahaye abana, abadafise uko babigeza Imana ntija ibura uko ibigeza , uko Imana yaciye inzira igatabara kwa Bijiyobija ntirenganya nawe nuwundi wese yobimukorera. Woaaw. ❤
Nanone bijiyobija arigusesagura mumwigishe pe kuko niba abonye umugisha singombwa kuwutera inyoni pe.
Niko bimeze
Umuntu ubonako bijiyobija arumukoziwumuhanga knd nibumukunda nkanjye umpe like ❤❤❤❤❤
Numuhanga cyane ahubwo kerahose yabagahe arasetsa iyo abonye amafaranga ariyibagirwa akibagirwa nuwo barikumwe😂😂❤
@@RokoRoko-ey9hx sinkubeshye iyo ngeze kuriseni yiwe kubyondikureba noneho ntega namatwi agira amagambo yubwenge mn
Hhhhhhh nsabi pe numiwe, abashaka behind the scenes mumpe like pe & killaman yiduhe pe♥️♥️♥️
Nsabi arashimishije kabisa umugabo nurya akishyura rwose yanze agasuzuguro ndabakunda mwese my heart hejuru cyane 🥰 ❤❤❤❤
My ❤️ kwisonga aba chou abazindutse Duhane like 🙏 nabaza nyuma
Woooooa uwambere abaza nyuma mundemer numve uko bimera my heart from 🇧🇮🇧🇮🇧🇮❤️
akantu kankomye nuko nsabi yishyuye 😂😂😂❤❤❤❤❤❤
Claudia Nsabi azakuriira munzu pe😂😂😂😂😂😂😂❤❤❤❤❤❤
Uwagize isoni zukuntu tsabi ari gufura mumpe like
Ese ra ko aruko Ari film , ninde mwabinye ufite ingeso yo kutihangana mubihe nkibi bya nsabi?? Ahubwo ateye isesemi nimpamo
Ndumva arijye ufite isoni
Nsabi aransebeje
Narebye film nyinshi ariko my heart niyo yambere ikanikurikira🙅🙅ababibona nkanjye mumpe like 🎉🎉🎉🎉
Ngaho nyishyura sabscribe
Yannick wacu arategura
Imigisha myinshi kuri killeman amavuta uburinzi ubudahangarwa bimubeho amen
Cyakoze nsabi ukina rôle nziza mbega ibiryoo😂😂😂
Sha Nsabi nuko ari FILM twahagurukaho urukumdo narimgufitiye rwashyize gux nuko ubyinshyuye iyo utabyinshyura byari kurebeka nabi gux ❤cyane
Ifunguro ricyeye knd ritunganye gujyihe🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉daddy abayikokoye ngatunyure kbx asante ddy ❤❤ ababyumva nkajye mume❤ like❤❤❤❤❤❤
Abantu murigukunda iyi couple ya nsabi cyane twagiye na like👍👍👍 ariko turifuzako dady yakiyereka iwabo tukareb uko Suzi abyifatamo nibande tuvyuma kumwe
Ndavugishukuri film yose itagiramwo Nsabi iyo si film ndabarahiye Nsabi iyontaba nkenye nozogusanze murwanda nzanywe nawe na Yannick na nyambo na Jojo gusa ndabakuda kurugero ntobasha kuvuga Mukomeze muterimbere caneee Kbis 🙏🙏👍🥰🇧🇮🇧🇮🇧🇮
urukundo rwa nsabi na claudia turarushaka❤
Claudia nagukundaga ariko rurikubye kubwo kwihangana imbere ya appetit nk'iyo y'ikinyagihumbi.Ba Ndimbati bave mu kayira Nsabi number one.
Ahubwo ba temarigwe
Cyokora nsabiii uranyishe ariko imana imfashe mukundane ❤❤❤❤❤😂😂😂😂😂
Mbega nsabii we ndumiwe rwose peee🤔🤔ibaze cloudia abaye adafite amafaranga byagenda gute facture weeee my heart ❤️♥️ on the top
Nukuri Nishimiye kubona Nsabi na Claudia Basohotse Abishimye nkanjye Mumpe like
Urukundo rurashyushye abishimiye cloudia na nsabi murihe ❤😂😂
Abafite amatsiko nkayanjye yuko suzi azabona Yannick mundemere like
My❤❤❤❤hejuru cane
Umu karitas Nsabi nkabona yarabyibushye ! Ararya ga! Claudia umugabo azakurira munzu p!
Bijiyobija aransekeje cyanee ngo bazanye umuzungu azi nikinyarwanda 😂😂😂😂😂😂❤❤❤❤
Thank you killer uri umukozi pe komeza utere imbere waguke Imana ikomeze kukuba hafi muri byose natwe nk'abafana turagushyigikiye
Killaman cyakoze niwowe umuntu nabonye usohora firime buri munsi kabisa kuko ntabwo utuma abafana bawe bicwa nirungu.❤❤❤
Umva ndemeye byanyabyo pouh cloudia and nsabi love you more
Bwaribwije ntasetse arko kubera muzehe bijiyobija ndanezerewe pe😂😂😂,,, yannick urimfura kbx imana ijye ikumpera umugisha mubyukora byose kuko udutecyerezaho cyane,,,my heart ndacyekako burimunyarwanda wese uyireba akuramo icyijyisho pe,,warakoze kuyizana🙏
Nsabi kuva yaza muri my❤mbanza Iyi scene ariyo yakunze Cyanee muri zose ❤❤ Reka wishyure rwose niwowe wabiriye wenyine pee😂😂😂nsabi we
Birashimishije p 🎉🎉🎉🎉 nsabi aratunguye p 😅😅😅 pis bor ndabakunda 🇰🇪🇰🇪🇷🇼🇰🇪🇷🇼🇰🇪🇷🇼
Bit daddiy wanjye wiriwe neza yesu aduhane umugish ndabakunda❤❤❤cyanee gusa urarenze vyukuri iyi fillim niyamber kl sha ndifuza kukubona wanampa akazi gs imana igja ikurinda ahucyahose❤❤❤
Mana weeee!!!!! Nsabi doucement svp😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 Claudia uzamurira munzu😅
My heart is the top cyaze killa sinzicyo twaguhemba pee gusa imana ijye ikumpera imigisha myinshi cyneee❤❤❤❤
Ayiwee mbega inzara ngize nyuma yo kureba nsabi mana weee ndashonje Koko 😭😭😭
😂😂😂😂😂😂😂nanjye sha😂😂😂
Uwanyereka behind the scene😂😂😂 Nsabi ashobora kuba yabirutse nakwambiya😂😂😂😂
Jojo umunwa we warumunaniye vyarikumbabaza gusa mbabazwa na nsabi ukuntu afungura nabi ntanukuba lomatic wallah❤❤❤❤❤
Nsabi yaduteye isoni 😂😂😂😂😂😂😮😮😮❤❤❤❤
Sha noneho ndemeyepe! Nabonaga Nsabi akinaneza ariko noneho mbonyeko Nsabi akina ibintu bimurimo nkunze enjoyment yiweeee,Dr Nsabi hejuruuuuuu!,umunsi yabuze ntibiAkundapee!
Bijiyobija arandijije 😢😢😢😢 disi yibutse nae ineza yajyiriwe nae ayiturundi ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Whao daddy nkr uraduchimich kwel Imana uguhe imigich myinch cane ❤️❤️❤️❤️❤️
Thank you Daddy uratugaburira pé kdi utanga iposho ritubutse .ubundi uri umubyeyi mwiza umenya ibihaza abana be🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉 gusa wabyaye beshi cyaneeee nukuri 🌹🌹🌹🌹🌹🌹
Abantumwakunze aka EP kuyumunsinkange musige like❤❤❤❤❤❤❤
nsabi nguciye amande uradusebeje aba Zambia 😂😂😂❤❤ ngonaringizengo nibyotwaryaga muri Zambia kikikikiki
Umuntu wakunze nsabi kwatihishiye kwagira appetite imbere ya cloudia mumpe like❤
Ooooooh daddy ❤❤❤❤❤Buriya nukutabizi amatsiko abayanyishe p bantu mufite amatsiko ya clodia bamubwiye ijambo like muzime
Bijyiyobijya ndamukunze cyanee kubayibutse uwamugiriyeneza ❤❤gusabaravugango giraneza wigendere knd giraso yiturwindi
Mana we nsabi aransekeje pe yewe ntanokwiha akabanga ❤❤
Ubuse Koko nsabi nubwamber koko❤❤😂😂
Clodia ndabona yumiwee ibyo nsabi arikumukorera sibyinaha kbx gx ndabakunda Kandi nice song mwashyize muri flm
Sh numiwe pe! Nonese nomubisanzwe Niko arya😮😮
Waaooo geregwari disi yibutse gushima❤❤
Ntakichimihije nka Claudia na Nsabi ❤❤😂😂😂😂, Bijiyobija ukoyeshimye Aribuka nabamugiriye neza 😂😂 Bijiyobija na foromina kubo umuzungu😂😂❤❤
Mbega nsabi kwiyishyurira so emotional ❤❤❤❤ ndabikunze pe
Mwakoze kugaruramo iyi ndirimbo dukunda nange like Badi.
Mwakoze kugaruramo iyi ndirimbo dukunda .nange like Badi.
Nshaka Kureba bihind the scenes ya hano nsabi arimo kurya❤😂😂😂
Nsabi unteye ubwoba mumirire pe 😂😂😂😂😂
Ahwiiiii😂😂😂😂 ndahwereye nsabi weee ❤❤❤❤
Mahera sabi yabitse ayabikurije mugusohokana Claudia sabi ndagushimiye
DOGITERI NSABI nagabanye kuza aramaramaza Claudia !!! We love you from 🇧🇮🇧🇮
😂😂😂 Egoko Claudia, ufite akazi kenshi😂😂😂❤
💗if💗you💗 Love 💗 this 💗 movie 💗 give me 💗 like 💗 and 💗 Love 💗 you 💗 guys
❤
Bantu bimana ñanjye nahageze mwampaye like koko
Nsabi kbx uratwemej cyane Umukobwa rata nakagusuzugure ngo yishure murikumwe❤
Sha uyumunsi nabyutse ntishyimye ark nsabi ankoreye umunsi thank you killaman, blessing kbs😅😅❤❤
Sha Nsabi ashobora no kuba ameze uku mu buzima busanzwe! eeeeeeeee mbega we😂😂😂
Nubundi ntabwo warya gutya utameze gtya
Gs umuntu urya cyaneeee amenya no gukora
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😅
Imana irankoye mvamukazi kare umutima wanjye nahandi waruri ntaripfite amansiko ya episodi yuyu munsi ark umuntu atabonye my heart uyumunsi ntabyishimo ateze kubona mubuza nsabi urarenze❤❤urukundo rwawe na korodiya nimuzashwa basi❤❤❤
🤣🤣🤣🤣nsabinuwamberep ❤❤❤❤❤❤❤gusa my heart niyamber
Ibi binyereka ko ubuzima bwose bwahinduka kubera Imana, turabakubda cyane my heart 💞
My heart nasanze ariyo yambere mu rwanda ikunzwe nabantubeshi cyane ❤nsabi ndamufana sana
Couple ya nsabi na cloudia igiye kundyohera kuruta ahandi
Bas bwa rimwe koko nsabi wambabariye ukaba seriye, gusa ibihe byanyu biteye emotion urukundo rwanyu nzisiga namarange💕💕💕💕💕💕
Ukivamo ntikukuvamo kbx, Nana yaruhiye ubusa kuri nsabi 😂😂😂😂😂😂😂😂❤️❤️❤️❤️❤️
Igosha
Umuntu urebye scene ya nsabi nkange akanageho❤
Cyaze Nsabi na Claudia nibo banjye❤.My Heart on the top🔥
Abumvako Kelly yabwiza ukuri papa Yannick ko arimuzima musige Like 👍👍👍👍👍
nsabi vs claudia nice couple in my ❤❤❤ like my comment!!
Claudia wariye ntukomeze kurebera
Hhhhhhh nsabi we❤❤❤❤
Arikose. Ubu nsabi yakwihaye ibanga😂😂😂😂
Waooo cyz bijiyobija adukorey umunsi yibutx uwamuhiriye neza❤❤❤❤
Ese ubu abakobwa nka Claudia baracyabaho cg ndebe ibindeba!Awaoooo uburyo Claudia ari kwitegereza Nsabi biraryoshye ukuntu,Imana idufashe Nsabi amubwire akajambo kubwenge
Abantu mwakunze indirombo iri muri background ya nsabi na claudia ngiyo mukande kuriyo link th-cam.com/video/m84vkQ8TmHA/w-d-xo.htmlsi=dMtNkWSR0AFr4P3i
Kbc daddy njew nayisubuyem nkicyur 20❤❤❤❤🎉🎉
Nigrace daddy 😅
Daddy urakoze nsabi arantunguye gusa nane ndishimye kuko ariwe wishyuye
Nukuri nayikunze byahatari ❤❤❤❤
❤❤❤❤
My heart niyo yambere mu Rwanda ikunzwe mume like abakunda killaman mwese
Mana weee dore inkoko hano😭😭😭😭😭😭
Nsabiweeeeeeeeeee umwana wabandi urigutera ubwoba uryagutyo shn kd agukunda ijuru uzaryumva mundirimbo😂❤😅
Nsabi munyungu gsa uradusebeje pe
@@niyubahwetv114316:04
Abantu mwese mwasekejwe nukuntu nsabi atihanganye ngo arye gacye yitonze mumpe Like 😅😅😅😅😅
Kkkkkkkkkk nsabe komerezaho ndakwemera sana
Nuko ari flime nyine watahaubwoba aribwose wibaza uwakubonye😂😂
Oyape nsabi aransekeje shimishijwe nuko clodia ashimishijwe napet nsabi afitep mbega 🎉🎉😅
Nsabi oyeeeeeeeeeeeee🎉😂❤
Ntago nabikunze arakabya bazagabanye comedy ze p😂😂😂😂😂ukunu Yari yambaye neza
MUREKE abakunda my heart tujye duhana za like, please NJYEWE nabitangiye, nanjye mundemere
Akira ngiyo kbsa
Wayibonye❤❤❤
Dore akira ngira ibintu.
Hhhhhhhhhh😂😂😂@@mutesijacky8351
Nanjye ngiribintu niyakire😅
Sinzi ukuntu numva nishimye abantu mwabonyeko nsabi yishyuye mumpe like❤❤❤
My heart hejuru ❤❤❤❤❤❤❤
Wabonye ukuntu Claudia yari yiteguye kwishyura?
Abatunguwe ko nsabi yishyuye facture Kandi Ari cloudia wamusohokanye mumpe like 🎉
Wasanga Ari cloudia. Wayamuhaye
Oya kuko Nana ni we wamugiriye inama ngo azabe Ari we wishyura.
😂
Ntuziko c yigize kujya ahembwa na Yannick 😅😅😅😅
Abishimiye ko Gad yafashe umwanzuro ukomeye wo kujya kureba uko ahagaze kdi yarazi ko yanduye mumpe like
Ahubwo gad akazi ke nugusambana gusa
❤❤❤❤😂😂🎉🎉
Ariko we uziko kubera urukundo nkunda my heart 4ne yose nkozeho mpita nkora sabone ngo ndebeko twakuzuza 1M
Mbega clodia imana igufashe nukuri akubwire ko agukunda ndikumva amarangamutima anyishe disi ababyumva nkange mune aka like
O
P😊qqp~😊Zpo
Ikipe nsabiclaudia imbere cyane ❤❤❤❤❤❤❤❤
iyo role ya nsabi yo kurya bazoduhe bihind scene yayo bazoba bakoze ,
Nsabi Killer akugurire fata pe
well done
Nsabi congratulation ukoze akantukez kbx biranshimishije cyane ukuntu utunguye Claudia abiyumvankange mumpe like
Abakunda iyindirimbo irikuza mo nsabi na clodia basohokanye nimume like ❤❤❤❤
😂😂😂😂😂Cloudia nakubwira uti courage nugkora cyane gusa iyi episode abo yaneje nkanjye mumpe like pe aha ndazisabye ❤❤❤❤❤
Mpise ngira amatsiko yukuntu nsabi aribuze kubarinkuru yuburyo yasojokanye na chr we pé 😂😂😂😂😂 harashya🔥🔥🔥
Nsabii amafranga ya fagitire arayishyuy wao binkoze kumutima❤ ntampamvu yo gusebya abasore rata 😂😂😂😂
Niba namwe mwemeza ko my heart ariyo filime yambere mu Rwanda munyihere utu tuntu❤❤❤❤❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Abifuza ko twuzuza 1M subscribes murihe rahh mume like ❤❤ aba chou dady we love you more
Twese dushak kuyuzuza
Ahubwo impa sabscribe nanjye nayiguhaye ❤
Ahubwo ndabaza;Ntaburyo umuntu yakora subscribe inshuro zoseeeeeeeee mbese zirenze nyinshi
Ukuntu Claudia yumiwe nibyo birenze hhhhhhhhh sha NSA wowe uruwo gukundira murugo pe 😂😂😂😂 mumuhe imiti yinzoka kuko ntago iyo mvange igusiga amahoro
Abantu bose bibuka ababagiriye neza bakabashimira nkuko Bijiyobija abikoreye mwarabu aho bari hose bubahwe caane ❤ nkunda My Heart birenze uretseko idushimisha ariko irimwo inyigisho nyinshi ni mpanuro nyinshi . Inzira z,Imana zirenga 1000 abo Imana itahaye abana, abadafise uko babigeza Imana ntija ibura uko ibigeza , uko Imana yaciye inzira igatabara kwa Bijiyobija ntirenganya nawe nuwundi wese yobimukorera. Woaaw. ❤
Nanone bijiyobija arigusesagura mumwigishe pe kuko niba abonye umugisha singombwa kuwutera inyoni pe.
Niko bimeze
Umuntu ubonako bijiyobija arumukoziwumuhanga knd nibumukunda nkanjye umpe like ❤❤❤❤❤
Numuhanga cyane ahubwo kerahose yabagahe arasetsa iyo abonye amafaranga ariyibagirwa akibagirwa nuwo barikumwe😂😂❤
@@RokoRoko-ey9hx sinkubeshye iyo ngeze kuriseni yiwe kubyondikureba noneho ntega namatwi agira amagambo yubwenge mn
Hhhhhhh nsabi pe numiwe, abashaka behind the scenes mumpe like pe & killaman yiduhe pe♥️♥️♥️
Nsabi arashimishije kabisa umugabo nurya akishyura rwose yanze agasuzuguro ndabakunda mwese my heart hejuru cyane 🥰 ❤❤❤❤
My ❤️ kwisonga aba chou abazindutse Duhane like 🙏 nabaza nyuma
Woooooa uwambere abaza nyuma mundemer numve uko bimera my heart from 🇧🇮🇧🇮🇧🇮❤️
akantu kankomye nuko nsabi yishyuye 😂😂😂❤❤❤❤❤❤
Claudia Nsabi azakuriira munzu pe😂😂😂😂😂😂😂❤❤❤❤❤❤
Uwagize isoni zukuntu tsabi ari gufura mumpe like
Ese ra ko aruko Ari film , ninde mwabinye ufite ingeso yo kutihangana mubihe nkibi bya nsabi?? Ahubwo ateye isesemi nimpamo
Ndumva arijye ufite isoni
Nsabi aransebeje
Narebye film nyinshi ariko my heart niyo yambere ikanikurikira🙅🙅ababibona nkanjye mumpe like 🎉🎉🎉🎉
Ngaho nyishyura sabscribe
Yannick wacu arategura
Imigisha myinshi kuri killeman amavuta uburinzi ubudahangarwa bimubeho amen
Cyakoze nsabi ukina rôle nziza mbega ibiryoo😂😂😂
Sha Nsabi nuko ari FILM twahagurukaho urukumdo narimgufitiye rwashyize gux nuko ubyinshyuye iyo utabyinshyura byari kurebeka nabi gux ❤cyane
Ifunguro ricyeye knd ritunganye gujyihe🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉daddy abayikokoye ngatunyure kbx asante ddy ❤❤ ababyumva nkajye mume❤ like❤❤❤❤❤❤
Abantu murigukunda iyi couple ya nsabi cyane twagiye na like👍👍👍 ariko turifuzako dady yakiyereka iwabo tukareb uko Suzi abyifatamo nibande tuvyuma kumwe
Ndavugishukuri film yose itagiramwo Nsabi iyo si film ndabarahiye Nsabi iyontaba nkenye nozogusanze murwanda nzanywe nawe na Yannick na nyambo na Jojo gusa ndabakuda kurugero ntobasha kuvuga Mukomeze muterimbere caneee Kbis 🙏🙏👍🥰🇧🇮🇧🇮🇧🇮
urukundo rwa nsabi na claudia turarushaka❤
Claudia nagukundaga ariko rurikubye kubwo kwihangana imbere ya appetit nk'iyo y'ikinyagihumbi.
Ba Ndimbati bave mu kayira Nsabi number one.
Ahubwo ba temarigwe
Cyokora nsabiii uranyishe ariko imana imfashe mukundane ❤❤❤❤❤😂😂😂😂😂
Mbega nsabii we ndumiwe rwose peee🤔🤔ibaze cloudia abaye adafite amafaranga byagenda gute facture weeee my heart ❤️♥️ on the top
Nukuri Nishimiye kubona Nsabi na Claudia Basohotse Abishimye nkanjye Mumpe like
Urukundo rurashyushye abishimiye cloudia na nsabi murihe ❤😂😂
Abafite amatsiko nkayanjye yuko suzi azabona Yannick mundemere like
My❤❤❤❤hejuru cane
Umu karitas Nsabi nkabona yarabyibushye ! Ararya ga! Claudia umugabo azakurira munzu p!
Bijiyobija aransekeje cyanee ngo bazanye umuzungu azi nikinyarwanda 😂😂😂😂😂😂❤❤❤❤
Thank you killer uri umukozi pe komeza utere imbere waguke Imana ikomeze kukuba hafi muri byose natwe nk'abafana turagushyigikiye
Killaman cyakoze niwowe umuntu nabonye usohora firime buri munsi kabisa kuko ntabwo utuma abafana bawe bicwa nirungu.❤❤❤
Umva ndemeye byanyabyo pouh cloudia and nsabi love you more
Bwaribwije ntasetse arko kubera muzehe bijiyobija ndanezerewe pe😂😂😂,,, yannick urimfura kbx imana ijye ikumpera umugisha mubyukora byose kuko udutecyerezaho cyane,,,my heart ndacyekako burimunyarwanda wese uyireba akuramo icyijyisho pe,,warakoze kuyizana🙏
Nsabi kuva yaza muri my❤mbanza Iyi scene ariyo yakunze Cyanee muri zose ❤❤ Reka wishyure rwose niwowe wabiriye wenyine pee😂😂😂nsabi we
Birashimishije p 🎉🎉🎉🎉 nsabi aratunguye p 😅😅😅 pis bor ndabakunda 🇰🇪🇰🇪🇷🇼🇰🇪🇷🇼🇰🇪🇷🇼
Bit daddiy wanjye wiriwe neza yesu aduhane umugish ndabakunda❤❤❤cyanee gusa urarenze vyukuri iyi fillim niyamber kl sha ndifuza kukubona wanampa akazi gs imana igja ikurinda ahucyahose❤❤❤
Mana weeee!!!!! Nsabi doucement svp😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 Claudia uzamurira munzu😅
My heart is the top cyaze killa sinzicyo twaguhemba pee gusa imana ijye ikumpera imigisha myinshi cyneee❤❤❤❤
Ayiwee mbega inzara ngize nyuma yo kureba nsabi mana weee ndashonje Koko 😭😭😭
😂😂😂😂😂😂😂nanjye sha😂😂😂
Uwanyereka behind the scene😂😂😂 Nsabi ashobora kuba yabirutse nakwambiya😂😂😂😂
Jojo umunwa we warumunaniye vyarikumbabaza gusa mbabazwa na nsabi ukuntu afungura nabi ntanukuba lomatic wallah❤❤❤❤❤
Nsabi yaduteye isoni 😂😂😂😂😂😂😮😮😮❤❤❤❤
Sha noneho ndemeyepe! Nabonaga Nsabi akinaneza ariko noneho mbonyeko Nsabi akina ibintu bimurimo nkunze enjoyment yiweeee,
Dr Nsabi hejuruuuuuu!,umunsi yabuze ntibiAkundapee!
Bijiyobija arandijije 😢😢😢😢 disi yibutse nae ineza yajyiriwe nae ayiturundi ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Whao daddy nkr uraduchimich kwel Imana uguhe imigich myinch cane ❤️❤️❤️❤️❤️
Thank you Daddy uratugaburira pé kdi utanga iposho ritubutse .ubundi uri umubyeyi mwiza umenya ibihaza abana be🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉 gusa wabyaye beshi cyaneeee nukuri 🌹🌹🌹🌹🌹🌹
Abantumwakunze aka EP kuyumunsinkange musige like❤❤❤❤❤❤❤
nsabi nguciye amande uradusebeje aba Zambia 😂😂😂❤❤ ngonaringizengo nibyotwaryaga muri Zambia kikikikiki
Umuntu wakunze nsabi kwatihishiye kwagira appetite imbere ya cloudia mumpe like❤
Ooooooh daddy ❤❤❤❤❤
Buriya nukutabizi amatsiko abayanyishe p bantu mufite amatsiko ya clodia bamubwiye ijambo like muzime
Bijyiyobijya ndamukunze cyanee kubayibutse uwamugiriyeneza ❤❤gusabaravugango giraneza wigendere knd giraso yiturwindi
Mana we nsabi aransekeje pe yewe ntanokwiha akabanga ❤❤
Ubuse Koko nsabi nubwamber koko❤❤😂😂
Clodia ndabona yumiwee ibyo nsabi arikumukorera sibyinaha kbx gx ndabakunda Kandi nice song mwashyize muri flm
Sh numiwe pe! Nonese nomubisanzwe Niko arya😮😮
Waaooo geregwari disi yibutse gushima❤❤
Ntakichimihije nka Claudia na Nsabi ❤❤😂😂😂😂, Bijiyobija ukoyeshimye Aribuka nabamugiriye neza 😂😂 Bijiyobija na foromina kubo umuzungu😂😂❤❤
Mbega nsabi kwiyishyurira so emotional ❤❤❤❤ ndabikunze pe
Mwakoze kugaruramo iyi ndirimbo dukunda nange like Badi.
Mwakoze kugaruramo iyi ndirimbo dukunda .nange like Badi.
Nshaka Kureba bihind the scenes ya hano nsabi arimo kurya❤😂😂😂
Nsabi unteye ubwoba mumirire pe 😂😂😂😂😂
Ahwiiiii😂😂😂😂 ndahwereye nsabi weee ❤❤❤❤
Mahera sabi yabitse ayabikurije mugusohokana Claudia sabi ndagushimiye
DOGITERI NSABI nagabanye kuza aramaramaza Claudia !!! We love you from 🇧🇮🇧🇮
😂😂😂 Egoko Claudia, ufite akazi kenshi😂😂😂❤
💗if💗you💗 Love 💗 this 💗 movie 💗 give me 💗 like 💗 and 💗 Love 💗 you 💗 guys
❤
Bantu bimana ñanjye nahageze mwampaye like koko
Nsabi kbx uratwemej cyane
Umukobwa rata nakagusuzugure ngo yishure murikumwe❤
Sha uyumunsi nabyutse ntishyimye ark nsabi ankoreye umunsi thank you killaman, blessing kbs😅😅❤❤
❤
Sha Nsabi ashobora no kuba ameze uku mu buzima busanzwe! eeeeeeeee mbega we😂😂😂
Nubundi ntabwo warya gutya utameze gtya
Gs umuntu urya cyaneeee amenya no gukora
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😅
Imana irankoye mvamukazi kare umutima wanjye nahandi waruri ntaripfite amansiko ya episodi yuyu munsi ark umuntu atabonye my heart uyumunsi ntabyishimo ateze kubona mubuza nsabi urarenze❤❤urukundo rwawe na korodiya nimuzashwa basi❤❤❤
🤣🤣🤣🤣nsabinuwamberep ❤❤❤❤❤❤❤gusa my heart niyamber
Ibi binyereka ko ubuzima bwose bwahinduka kubera Imana, turabakubda cyane my heart 💞
My heart nasanze ariyo yambere mu rwanda ikunzwe nabantubeshi cyane ❤nsabi ndamufana sana
Couple ya nsabi na cloudia igiye kundyohera kuruta ahandi
Bas bwa rimwe koko nsabi wambabariye ukaba seriye, gusa ibihe byanyu biteye emotion urukundo rwanyu nzisiga namarange💕💕💕💕💕💕
Ukivamo ntikukuvamo kbx, Nana yaruhiye ubusa kuri nsabi 😂😂😂😂😂😂😂😂❤️❤️❤️❤️❤️
Igosha
Umuntu urebye scene ya nsabi nkange akanageho❤
Cyaze Nsabi na Claudia nibo banjye❤.My Heart on the top🔥
Abumvako Kelly yabwiza ukuri papa Yannick ko arimuzima musige Like 👍👍👍👍👍
nsabi vs claudia nice couple in my ❤❤❤ like my comment!!
Claudia wariye ntukomeze kurebera
Hhhhhhh nsabi we❤❤❤❤
Arikose. Ubu nsabi yakwihaye ibanga😂😂😂😂
Waooo cyz bijiyobija adukorey umunsi yibutx uwamuhiriye neza❤❤❤❤
Ese ubu abakobwa nka Claudia baracyabaho cg ndebe ibindeba!
Awaoooo uburyo Claudia ari kwitegereza Nsabi biraryoshye ukuntu,Imana idufashe Nsabi amubwire akajambo kubwenge