ขนาดวิดีโอ: 1280 X 720853 X 480640 X 360
แสดงแผงควบคุมโปรแกรมเล่น
เล่นอัตโนมัติ
เล่นใหม่
Wamuntu wigeze kuvuma zuzi ngo azaba umukene muracyamwibuka niba mumwibuka mumpe like
Ahubwo se uriya musore yagiyehe ko batamugaruye
@@user-nj6ow4gt8wntawamenya pee
Shn nanjye nshaka kubona Suzi byamucanze gs nizerk azakena wenyine family bitazayigeraho
Bigiye kubasha gusa mbabajwe na Adolphe
@@ntihindukaeric5720 Yego shn azakene wenyine
Cyakora benitta azi gukunda kbx abamufana mumpe like
Nyishyura sabscribe
@@Niyindebaeric angahe x
Jojo urambabaje ubundi ubwo wavuye kuri kasha 😢❤niba namwe ari uko nkandira ku ifoto ❤
Mwambabariye mukampa utu like niba Dady ahemba nanjye nkaryaho koko
Nyambo kowarakaye mukurongorwa nubwambere🤭
Devu guma murukundo na benita bela umureke kuko igihe warumukeneye yarakwigaritse muveho ejo atazongera kukuvangira
shn ntawamenye nakugira inama yokubagarir hose
Ariko koko ngewe mumpora iki 😢uziko mutajya mumpa Like 😢
Nasabye Dady none aratwongeyewe noneho ndahaga nabaye uwambere mume like
Vuguti turahaga kuko turibeshi
Dady❤❤❤❤niwe wambere
Turahaga chr ❤
Ndabakunda❤❤❤❤❤
ARIKO NINDE WITWA DADY
Muze mwongeza akavorime mwobamukoze ndabakunda cyane killaman I love you so much ❤❤❤❤❤
Abantu numva ko nyambo yataha akagaruk murugo murihe
Rwose natahe kujya Kuba Ku musore si sawa
Natahe pe
Hoy arakabij biriy sibyo 😡 nuko abasore nk Yannick baba hake ubund yamwerek iby amukora p
Noneho Najye mpageze mubambere mumpe like abakunzi ba my ❤️ banyabyo mubinyereke tunashimira daddy utwongeye 😊❤
Ramba ramba papa umubyeyi mwiza amenya igihe abana bagomba kongerwa aba abibonako badahaze❤❤❤❤❤❤
Murabana babi komutambwiye ko babongeje Dady urakoze turagukunda cyane❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Ubundi wowe ngukunda cyane ntaburyo utari kutugaburira byinshi uyu munsi kuri twese ni mwiza mu gihugu no muri my heart ❤️❤️❤️❤️
Number one guys please najye mwamaye like koko munziza icyi 🎉.. thanks dad god bless your hands ❤ and family
F
Daddy uzajyire mubikorwa naraye ndose Daddy na Nyambo bajyiye gusura Suzi na Adoruf mumbabarire mukabye inzozi kuko ukuntu nabonye Suzi yahise yifata byashimishijwe ❤❤❤❤
Niyompamvu tugukunda cyane nawe utwitaho kbx tukarya tugahaga thank you dady
Sha ntababeshye ya Nick mukunda cyane pe bikunze (.......)nawe azambaze gusa narambe kd turamushyigikiye akomerezeho
Killa iyimitima yacu unezeza Imana ijye ikomeza ikuzamure rwose❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto ❤
Aba chou like hano hanyuma daddy urakoze gutanga iposho ihagije
Asante dady wacu uyu munsi numvaga turarya tukijuta rwose ❤❤❤❤❤
Uyumu bebi mucuti wa benitha mumubwire ajyavuga cyane twumveneza ibyavuga ndamwikundira pe mbambona cyitonda disi❤
Ariko pe killa man (super heroe) umwanditsi wumuhanga mu rwanda hose
Uwambere mubambere ❤❤ nikumutima
Hahiye kko 😂😂😂😂 thank you daddy, komeza ube papa mwiza kbs tukurinyuma🇺🇬🇺🇬🇺🇬🇺🇬
Ariko Daddy wacu dukunda cyane B's thank you so much ❤❤❤❤ utumenyera igikwiye so ilove you so much my Daddy
❤❤❤❤❤ thanks daddy mwiza Number 1 urakoze p ese daddy iriya ep p ese buriya Kelly na zaza agahura na cher we umuriro p
Dady thank you ndabakunda❤❤❤🙏🙏🙏🙏🖐️🖐️ mume like ❤❤
aba jo❤❤ mwamfashije kwivana mubushomeri kanda kwifoto yange wowe ubikoze IMANA iguhe imigisha kd uzagwize amafaranga❤❤❤uzaramehappy weekend mi pipo
Jyewe MB zimaze kushiraho pe gusa nkurinyuma paka pfuye kd ndagukunda❤❤❤
Kubera ukuntu nishimiye kurya 2 mwese mbahaye like ❤❤❤ Dady hejuru cyane❤❤❤
❤❤Sha Yannick kabyara narinshiriwe mbuze ibyondeba
Wawuuu merci beaucoup Daddy wacuu kutwongera ndizerako noneho turibuhage
Abantu bashaka kubona na Navy ar nurukundo mumpe like 👍
Abishimiye ko daddy aduhaye Indi mundemere ubundi hashye❤❤❤🎉🎉🎉🎉
Ubundi Daddy nyawe amenyako Abana badahaze akabongera urakoze cyane Imana ikongerere imbaraga turagukunda cyane
Mrc daddy gutanga ifunguro ryuzuye imana iguhe umugisha urusheho kugira ibitekerezo byiza🙏🙏♥️
Muri film zose Yves akinamo mbona muri my heart ariho akina neza pé kdi bigahura sana🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉 haba mu kazi and relationship
Ureba kure kbs👍🏻👍🏻
Nahageze nanjye pe!ubanza ya like ya Daddy ndi buyiboneho,nimundemere pe numve uko bimera
Mbega surprise ❤❤❤❤❤❤Urakoze Daddy wacu tugukunda birenze
ariko mubyeyi ❤❤❤ twahaze pee ejo tuzaba twashonje uzazane gas turye kare thanks be blessed
Mbega Jojo ntawujya kwanyirabukwe imbokoboko wokanyagwawe!gusa ndagukunda cyane 💐🍓 ariko vakugiti dore Sankara 💃💃💃💃
Wallah umuntu wishimiye kurya kabiri Again nantemo like 👍🏽 thanks daddy ❤
Wahhah
Igitekerezo cyanjye ni iki bijiyobijya nagabanye kurajya abwira foromina nabi amuhe agaciro akwiye rwose kuko mbabazwa nokubona uburyo amutuka murakoze
Abaku nda yanick mumpe like
Thank you Dad kuduha iposho kabiri 🎉❤
Thanks daddy murakoze kuduha ipura ebyiri kumunsi
My heart hejuru ndagukunda cyane killaman ❤❤❤❤
Musaza urakoze kutunezeza mubyukuri udukurera amanywa nijoro Kandi Daddy urumuhanga peeeeeeeeeew❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Njyewe mbona nyambo iriya shati yambaye yumugabo wiwe 😋😋😋😋😋ngo kunva agahumuro 😂😂😂nureba nabi azagutere inda maze wibyarire mukobwa mwiza mubane karamata maze dutere impundu nukuri ❤️❤️❤️👏👏👏👏👏💪💪💪🔥🔥🔥🔥🔥
Hello nyishyura sabscribe nanjye nayiguhaye
Kelly iyaba waruzi ivyushaka gukora vyoguhuza Willy na Chris vyaramaze kwikora ahubwo uzotangara niwasanga barikumwe Merci Yanick kudukorera umuti kandi❤❤❤🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Wawuu ntureba rata daddy wibare kugabura
Ubundi ni wowe gusa mu isi nzima Yannick we❤
Mbaye uwamberw mume like nyinshii
Ndabakunda cyane mukomereze ahongaho
Number One mumpe like
Daddy urakoze cyane imana ikurinde biguhe imi gisha❤❤
Mbaye uwambere murakoze kutwongera
Bavandimwe niba like zihemba koko mwazimpaye nanjye nkirira ku mafaranga ya daddy mwamfashije koko ndabinginze 👏👏👏👏
Ariko disi urukundo rwa dev nana rwarirwiza cyane kubarwibuka peee
Thank you Daddy nukuri Imana iguhe umugisha utagabanyije
Mwiriwe neza abantu nabona ko devu Ari umujyanama muzima mumpe utu like nukuri kuko Kelly Ari gukina nibyo atazi kbx ❤❤❤❤❤
Nyambo atuma nshaka urukundo koko nyambo yannick we ndabakunda gusa musegere ndumva nifuza urukundo rwose nyambo unkozeho rwose❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Wadukoreye umuti ibyishimo bikomeje kwiyogera urakoze guhuza abavandimwe ndabona nishimye lik ❤❤❤❤❤❤😂❤❤❤😂😂😂😂
Mungu wangu 😮 Nyambo ashaka ko bagurutsa ibinyoni 😂😂 SHIDA 😂😂😂😂😂
Cyaze nsabi nibyiza ko yabaye serie kbs birashimishije knd courage nsabi ugomba gutsinzira umutima WA Claudia ❤️ kuko urumusore mwiza burya nigityo uberwa waranyemeje kbs uziko nanjye nkwikundira we❤
Nkumbuye 😘 Bobo
Number one musige aka like mn
Waooow nakandi kaje sasa nacikanwe,arko Daddy ujye wongera amajwi haraho bigera ukumva amajwi aragiye burundu pe kdi thxs cyane udukoreye umunsi!
Twongeye twariye!!!!
Ndashimira Imana konanjye ndumwe mubagirie amahirwe yo kureba movie ya MY HEART guys nyikunda bimwe byo Gupta peuhh Murambire kuduha ibyiza 💖💖💖💖
Nyambo taha rwose namukobwa umara amezi arenga atatu ari kumusore mugihe utarashaka
Ubundi mwampaye Bella nkamwiteretera ko ari mwiza nkaba mbona batamwiteza ❤...!
Urakoze Dady wacu turaha❤ uyumunsipe
Mushicyi waravi kugirango ikomeze iryohe mushicyi wa Raviagasubirana numunyaburayi
❤❤❤❤ papa merc pe
Number one from 🇧🇮🇧🇮
Cyakoze icyo maze kubona muri my ❤ harimo udusore twutujajwa udashobora kubitsa ibanga 😂😂 nka davi , na yve
Turahabaye 🇿🇲🇿🇲🇿🇲
Ewana Daddy noneho biramucanze shyirumwana murugo Nyambo wanjye ndakwemeye❤❤❤
Mwese uziko nabahaye like nanjye muyimpe❤❤❤❤
Wooow👏👏👏👏unkoreye Umunsi Kbx!reka nicare ndebe
Ndakukunda. Numutimawangewose uzampakazi nibaharumuntu muzira waguramoto nkaba nayipatana wampuzanawe umuhanda ndawumenyeye nibyangombwa ndabifite
Abishimiye Urukundo rwa Nsabi na Claudia mumpe like
Davu rwose waretse gutendeka ko ntacyiza cyabyo Koko🤔🤔🤔Wowe Kunda Bella setu.😊
Nyabo yamenye ibyokurongorwa😁😁😁🥰🥰🥰
Guys ❤❤❤❤❤❤ thank you so much 🙏
Kabisa ndazindutse❤❤❤
Ndongora ugire umugore hhhhh iyi role ndayikunze nyambowe eeee yanikeweeeee ndabapendasana😂❤❤❤❤
Nabera mbaye 1
Wow merci Daddy👏👏
Yewee Nukuri ndanezerewe cyane nyambo Devi Aranejeje Arko zuzi Arambabaje cyane Papa Yannick. Nafatire hafi umungore wee kuku Vubaha biraza kuba Amarira 😭 meshi Ndabakunda Cyane Murabarimu beza cyane..!
Icyakoze killaman wkoze umuti kuzana nyine wa kasha pe ararenze🎉
Mwarimuraho arko Ariko murazinduka weeee gusa ndabikundira ❤❤❤❤❤❤
Devu ndakwinginze Bella ntaguteshe umurongo cyane ko njye na Benita ntamwizera pe!
Ngaho da! Nyambo yakaniye ngarashaka kuhaguma ntabyo gutaha ngacyeneye gushaka
Noeh Kelly zimwumiyeho pe ariko Devu yaba umujyanama mwiza pe Suzi we amaherezoye ndabona Ari mabi pe ndabakunda cyane 🥰🥰🥰🥰
Daddy Thank You So Much ❤️❤️
Namber 1 daddy urakoze kutwongera nukuri muze twi enjoying weekend
Thank you Dady wacu
Abakunda Kelly murihe ko ageze aho bikomeye
Wamuntu wigeze kuvuma zuzi ngo azaba umukene muracyamwibuka niba mumwibuka mumpe like
Ahubwo se uriya musore yagiyehe ko batamugaruye
@@user-nj6ow4gt8wntawamenya pee
Shn nanjye nshaka kubona Suzi byamucanze gs nizerk azakena wenyine family bitazayigeraho
Bigiye kubasha gusa mbabajwe na Adolphe
@@ntihindukaeric5720 Yego shn azakene wenyine
Cyakora benitta azi gukunda kbx abamufana mumpe like
Nyishyura sabscribe
@@Niyindebaeric angahe x
Jojo urambabaje ubundi ubwo wavuye kuri kasha 😢❤niba namwe ari uko nkandira ku ifoto ❤
Mwambabariye mukampa utu like niba Dady ahemba nanjye nkaryaho koko
Nyambo kowarakaye mukurongorwa nubwambere🤭
Devu guma murukundo na benita bela umureke kuko igihe warumukeneye yarakwigaritse muveho ejo atazongera kukuvangira
shn ntawamenye nakugira inama yokubagarir hose
Ariko koko ngewe mumpora iki 😢uziko mutajya mumpa Like 😢
Nasabye Dady none aratwongeyewe noneho ndahaga nabaye uwambere mume like
Vuguti turahaga kuko turibeshi
Dady❤❤❤❤niwe wambere
Turahaga chr ❤
Ndabakunda❤❤❤❤❤
ARIKO NINDE WITWA DADY
Muze mwongeza akavorime mwobamukoze ndabakunda cyane killaman I love you so much ❤❤❤❤❤
Abantu numva ko nyambo yataha akagaruk murugo murihe
Rwose natahe kujya Kuba Ku musore si sawa
Natahe pe
Hoy arakabij biriy sibyo 😡 nuko abasore nk Yannick baba hake ubund yamwerek iby amukora p
Noneho Najye mpageze mubambere mumpe like abakunzi ba my ❤️ banyabyo mubinyereke tunashimira daddy utwongeye 😊❤
Nyishyura sabscribe
Ramba ramba papa umubyeyi mwiza amenya igihe abana bagomba kongerwa aba abibonako badahaze❤❤❤❤❤❤
Murabana babi komutambwiye ko babongeje Dady urakoze turagukunda cyane❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Ubundi wowe ngukunda cyane ntaburyo utari kutugaburira byinshi uyu munsi kuri twese ni mwiza mu gihugu no muri my heart ❤️❤️❤️❤️
Number one guys please najye mwamaye like koko munziza icyi 🎉.. thanks dad god bless your hands ❤ and family
F
Daddy uzajyire mubikorwa naraye ndose Daddy na Nyambo bajyiye gusura Suzi na Adoruf mumbabarire mukabye inzozi kuko ukuntu nabonye Suzi yahise yifata byashimishijwe ❤❤❤❤
Niyompamvu tugukunda cyane nawe utwitaho kbx tukarya tugahaga thank you dady
Sha ntababeshye ya Nick mukunda cyane pe bikunze (.......)nawe azambaze gusa narambe kd turamushyigikiye akomerezeho
Killa iyimitima yacu unezeza Imana ijye ikomeza ikuzamure rwose❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto ❤
Aba chou like hano hanyuma daddy urakoze gutanga iposho ihagije
Asante dady wacu uyu munsi numvaga turarya tukijuta rwose ❤❤❤❤❤
Uyumu bebi mucuti wa benitha mumubwire ajyavuga cyane twumveneza ibyavuga ndamwikundira pe mbambona cyitonda disi❤
Ariko pe killa man (super heroe) umwanditsi wumuhanga mu rwanda hose
Uwambere mubambere ❤❤ nikumutima
Hahiye kko 😂😂😂😂 thank you daddy, komeza ube papa mwiza kbs tukurinyuma🇺🇬🇺🇬🇺🇬🇺🇬
Ariko Daddy wacu dukunda cyane B's thank you so much ❤❤❤❤ utumenyera igikwiye so ilove you so much my Daddy
❤❤❤❤❤ thanks daddy mwiza
Number 1 urakoze p ese daddy iriya ep p ese buriya Kelly na zaza agahura na cher we umuriro p
Dady thank you ndabakunda❤❤❤🙏🙏🙏🙏🖐️🖐️ mume like ❤❤
aba jo❤❤ mwamfashije kwivana mubushomeri kanda kwifoto yange wowe ubikoze IMANA iguhe imigisha kd uzagwize amafaranga❤❤❤uzarame
happy weekend mi pipo
Jyewe MB zimaze kushiraho pe gusa nkurinyuma paka pfuye kd ndagukunda❤❤❤
Kubera ukuntu nishimiye kurya 2 mwese mbahaye like ❤❤❤ Dady hejuru cyane❤❤❤
❤❤Sha Yannick kabyara narinshiriwe mbuze ibyondeba
Wawuuu merci beaucoup Daddy wacuu kutwongera ndizerako noneho turibuhage
Abantu bashaka kubona na Navy ar nurukundo mumpe like 👍
Abishimiye ko daddy aduhaye Indi mundemere ubundi hashye❤❤❤🎉🎉🎉🎉
Ubundi Daddy nyawe amenyako Abana badahaze akabongera urakoze cyane Imana ikongerere imbaraga turagukunda cyane
Mrc daddy gutanga ifunguro ryuzuye imana iguhe umugisha urusheho kugira ibitekerezo byiza🙏🙏♥️
Muri film zose Yves akinamo mbona muri my heart ariho akina neza pé kdi bigahura sana🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉 haba mu kazi and relationship
Ureba kure kbs👍🏻👍🏻
Nahageze nanjye pe!ubanza ya like ya Daddy ndi buyiboneho,nimundemere pe numve uko bimera
Mbega surprise ❤❤❤❤❤❤
Urakoze Daddy wacu tugukunda birenze
ariko mubyeyi ❤❤❤ twahaze pee ejo tuzaba twashonje uzazane gas turye kare thanks be blessed
Mbega Jojo ntawujya kwanyirabukwe imbokoboko wokanyagwawe!gusa ndagukunda cyane 💐🍓 ariko vakugiti dore Sankara 💃💃💃💃
Wallah umuntu wishimiye kurya kabiri Again nantemo like 👍🏽 thanks daddy ❤
Wahhah
Igitekerezo cyanjye ni iki bijiyobijya nagabanye kurajya abwira foromina nabi amuhe agaciro akwiye rwose kuko mbabazwa nokubona uburyo amutuka murakoze
Abaku nda yanick mumpe like
Thank you Dad kuduha iposho kabiri 🎉❤
Thanks daddy murakoze kuduha ipura ebyiri kumunsi
My heart hejuru ndagukunda cyane killaman ❤❤❤❤
Musaza urakoze kutunezeza mubyukuri udukurera amanywa nijoro Kandi Daddy urumuhanga peeeeeeeeeew❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Njyewe mbona nyambo iriya shati yambaye yumugabo wiwe 😋😋😋😋😋ngo kunva agahumuro 😂😂😂nureba nabi azagutere inda maze wibyarire mukobwa mwiza mubane karamata maze dutere impundu nukuri ❤️❤️❤️👏👏👏👏👏💪💪💪🔥🔥🔥🔥🔥
Hello nyishyura sabscribe nanjye nayiguhaye
Kelly iyaba waruzi ivyushaka gukora vyoguhuza Willy na Chris vyaramaze kwikora ahubwo uzotangara niwasanga barikumwe
Merci Yanick kudukorera umuti kandi❤❤❤🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Wawuu ntureba rata daddy wibare kugabura
Ubundi ni wowe gusa mu isi nzima Yannick we❤
Mbaye uwamberw mume like nyinshii
Ndabakunda cyane mukomereze ahongaho
Number One mumpe like
Daddy urakoze cyane imana ikurinde biguhe imi gisha❤❤
Mbaye uwambere murakoze kutwongera
Bavandimwe niba like zihemba koko mwazimpaye nanjye nkirira ku mafaranga ya daddy mwamfashije koko ndabinginze 👏👏👏👏
Ariko disi urukundo rwa dev nana rwarirwiza cyane kubarwibuka peee
Thank you Daddy nukuri Imana iguhe umugisha utagabanyije
Mwiriwe neza abantu nabona ko devu Ari umujyanama muzima mumpe utu like nukuri kuko Kelly Ari gukina nibyo atazi kbx ❤❤❤❤❤
Nyambo atuma nshaka urukundo koko nyambo yannick we ndabakunda gusa musegere ndumva nifuza urukundo rwose nyambo unkozeho rwose❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Wadukoreye umuti ibyishimo bikomeje kwiyogera urakoze guhuza abavandimwe ndabona nishimye lik ❤❤❤❤❤❤😂❤❤❤😂😂😂😂
Mungu wangu 😮 Nyambo ashaka ko bagurutsa ibinyoni 😂😂 SHIDA 😂😂😂😂😂
Cyaze nsabi nibyiza ko yabaye serie kbs birashimishije knd courage nsabi ugomba gutsinzira umutima WA Claudia ❤️ kuko urumusore mwiza burya nigityo uberwa waranyemeje kbs uziko nanjye nkwikundira we❤
Nkumbuye 😘 Bobo
Number one musige aka like mn
Waooow nakandi kaje sasa nacikanwe,arko Daddy ujye wongera amajwi haraho bigera ukumva amajwi aragiye burundu pe kdi thxs cyane udukoreye umunsi!
Twongeye twariye!!!!
Ndashimira Imana konanjye ndumwe mubagirie amahirwe yo kureba movie ya MY HEART guys nyikunda bimwe byo Gupta peuhh Murambire kuduha ibyiza 💖💖💖💖
Nyambo taha rwose namukobwa umara amezi arenga atatu ari kumusore mugihe utarashaka
Ubundi mwampaye Bella nkamwiteretera ko ari mwiza nkaba mbona batamwiteza ❤...!
Urakoze Dady wacu turaha❤ uyumunsipe
Mushicyi waravi kugirango ikomeze iryohe mushicyi wa Raviagasubirana numunyaburayi
❤❤❤❤ papa merc pe
Number one from 🇧🇮🇧🇮
Cyakoze icyo maze kubona muri my ❤ harimo udusore twutujajwa udashobora kubitsa ibanga 😂😂 nka davi , na yve
Turahabaye 🇿🇲🇿🇲🇿🇲
Ewana Daddy noneho biramucanze shyirumwana murugo Nyambo wanjye ndakwemeye❤❤❤
Mwese uziko nabahaye like nanjye muyimpe❤❤❤❤
Wooow👏👏👏👏unkoreye Umunsi Kbx!reka nicare ndebe
Ndakukunda. Numutimawangewose uzampakazi nibaharumuntu muzira waguramoto nkaba nayipatana wampuzanawe umuhanda ndawumenyeye nibyangombwa ndabifite
Abishimiye Urukundo rwa Nsabi na Claudia mumpe like
Davu rwose waretse gutendeka ko ntacyiza cyabyo Koko🤔🤔🤔Wowe Kunda Bella setu.😊
Nyabo yamenye ibyokurongorwa😁😁😁🥰🥰🥰
Guys ❤❤❤❤❤❤ thank you so much 🙏
Kabisa ndazindutse❤❤❤
Ndongora ugire umugore hhhhh iyi role ndayikunze nyambowe eeee yanikeweeeee ndabapendasana😂❤❤❤❤
Nabera mbaye 1
Wow merci Daddy👏👏
Yewee Nukuri ndanezerewe cyane nyambo
Devi Aranejeje
Arko zuzi Arambabaje cyane
Papa Yannick. Nafatire hafi umungore wee kuku Vubaha biraza kuba Amarira 😭 meshi
Ndabakunda Cyane Murabarimu beza cyane..!
Icyakoze killaman wkoze umuti kuzana nyine wa kasha pe ararenze🎉
Mwarimuraho arko Ariko murazinduka weeee gusa ndabikundira ❤❤❤❤❤❤
Devu ndakwinginze Bella ntaguteshe umurongo cyane ko njye na Benita ntamwizera pe!
Ngaho da! Nyambo yakaniye ngarashaka kuhaguma ntabyo gutaha ngacyeneye gushaka
Noeh Kelly zimwumiyeho pe ariko Devu yaba umujyanama mwiza pe Suzi we amaherezoye ndabona Ari mabi pe ndabakunda cyane 🥰🥰🥰🥰
Daddy Thank You So Much ❤️❤️
Namber 1 daddy urakoze kutwongera nukuri muze twi enjoying weekend
Thank you Dady wacu
Abakunda Kelly murihe ko ageze aho bikomeye