Pastor Mutesi Yasabye Imbabazi Abana be// Divorce Nyuma y'Imyaka 8//Umugabo Ntacyo Dupfa! Twaganiriy
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 7 มิ.ย. 2021
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- บันเทิง
th-cam.com/users/results?search_query=giraneza+tv kurikira ibindi biganiro bya Pastor Mutesi
Ikiganiro ciza cane,kirimwo ukuri n’ubwenge cane.Imana ibe hafi abavyeyi ntituze turaruhisha abana twavyaye atavyo badutumye kubavyara.
Mute Ntamakuru ufite
Pastor Mutesi urakoze cyane ibyo byambayeho umugore yantereye abana babiri umwe umuhungu yarafite imyaka itatu umukobwa afite umwaka umwe,mba umugore mumugabo,ndera bana ubu umwe numugabo afite umugore na bana babiri,umukobwa nawe afite umwana umukobwa,wimyaka ine narapatikanye ariko imana nijyitangaza Hallelujah Amen amena
ndakunda Mutesi ntiwokumva numunyabwenge cane nu Mudame Mu Rwanda nemera🇧🇮🇧🇮
Pastor Mutesi weee❤❤❤❤ Imana ijye ikumpera imigisha iguhe kurama nta jambo ujya uvuga ngo rye kutanyubaka
Pastor Mutesi ndagukunda, hahirwa abagufite nk'umushumba wabo! Imana iguhe umugisha.
Roza wakoze kutuzanira Paster Mutesi, ndamukunda cyane! Yuzuye inema yo kuvuga amagambo y'ubwenge!! God bless you Paster Mutesi 🙏
uyu mugore afite phylosophie naturelle iri hejuru cyane,ubwenge bwawe ubukoresha neza komerezaho.
Ikiganiro cyiza , Rose utuzanira abatumirwa beza👌👌👌
Vision ya pastor Mutesi iyo aba maman bose abayifite, i muryango abari paradiso. Pastor Mutesi azi ubwenge. Imana umuhe umugisha
Témoignages de pastor Mutesi dirige la ingo Nyarwanda. Très inspiré
Beautiful message by Pastor Mutesi wubahwe kandi imana ikomeze ikwagure 😇😇💕👌
Be blessed pastor ibikomere nicyo kintu gihindura imitekerereze. Bigatuma uhora ukora amakosa azatuma ukomeza gukomereka
Mbega umudamu w'umuhanga kandi ucishije make!!! Imana iguhe umugisha Pastor mutesi
Pasteur Mutesi ,que DIEU te benisse. Tu enseignes et tu donnes de bons conseils.
Intelligent rwandese woman 😍😍😍😍
Ndagukunda caaane Pasteur Mutesi,nkwigiriho vyinshi cane Imana iguhezagire
Nubwa mbere ndebye iyi channel Kweri Ubanza ari nziza
Kuko muzanye Mutesi Ubwo ndaje nimuke
Hanyuma uwo munyamakuru Nawe ndamukunze mbonye yubaha kdi akunda kumvaaaaa
Yego rwose
Umwigishwa wa pastor mutesi rwihishwa ndahari.
Past ndagukunda cyaneee Uwiteka agumye akugwize muri byose nkwatuyeho kuzaba umu ministre wumuryango kuko wubaka benshi🙏🙏🙏
Yeerees Mutesi wubahwee
Ndagukunda bya hatari
Uzatuzanire na Past Hortense
God job 🌹your guest is the best the one and only Pastor Mutesi ❤️
Mubyeyi wUbahwe ndagukunda😍✋ Ros Cher uzamugarure keshi gashoboka numu byeyi udasanzwe😘👌
Rose rwose uransekeje simbyihanganiye! Hhh ngo "Oya sha" hhhh! Nihitiraga ndagutashya✋✋
Pastor Mutesi urimo umwuka w'Imana rwose!Impuguro uduha,ziranyubaka cyane kuko nsanze hari aho duhuje amateka na none! Njye sinabyaye,ariko mfite abana ndera kandi koko barakomeretse kubera ibibazo bahuye nabyo nk'ibyo murimo kuvuga muri iki kiganiro! Kubafasha kubaka ubuzima mu bibazo byo kububura ababyeyi bamwe babafite,biragoye cyane,ariko kwihangana no kubagirira urukundo biradufasha! Ikindi gutandukana nubwo bibaho,ni ikintu gikomeye cyane,kuba muri ubwo buzima nabyo ni urugendo rugoye kdi rufite ingorane zarwo,nkunda ko nabyo ubivugaho,bikadusubizamo imbaraga! God bless you so much! Rose Tv mwakoze!
Paster uradufasha!!!udukura ikuzimu ukadushyira ibuzima pe!ndagushimiye cyane pe
Urakoze cyane Pastor Mutesi ntabwo umwana aba yarahisemo aho avukira rwose
Pastor mutesi numuhanga cyanee pee we need part 2 🙏 please
Urimfura mubyeyi😘wubahwe🙏
Uyumumama ndamukunda cyana mwazampaye nimeroye koko
Umwana warezwe numubyeyi umwe yarangiza akaba uwo society yifuza nje mwita ntarwamaze abatabazi
Pasteur Mutesi mukunda cane
Ndagukunze pe !!! Kuko ndakumenye !!!!! Umwana ni umutware !!! Kdi abadamu benshi ntibabishobora ndetse nabitwa abakristo God bless you my friend......
beatrice nibyo rwose umwana yisanga avuka ntabuzwe uburenganzira bwe gusa biragoye cyane kuko haramagambo mabi umugabo avuga nukuri ntuhite ugira uwo mutima umuntu yaba atagusabye imbabazi yaragukoreshereje akakubwira ko uwo babyaranye ariwe yiyumvamo nubundi ariho yibera uhorana agahinda wabarerera unezerewe koko gusa harabagabo babyara hanze bagasaba imbabazi uwo warera uwo yabyaye rwose yitwaye neza abagore iyo dufashwe neza dutanga imbabazi rwose
Rose wacu sh 🥰🥰 uri mukazi kbs, abatumirwa urikuzana 👍🏼👍🏼
Rugendo rwokugukunda rulacyakomeje cyane Imana ikomeze kukugirira neza much ♥❤
Wakoze cyane Rose Cherie , ndagukunda cyane pee umuhate wawe suwubusa , nabona gute pastor ? Nkeneye inama ze nanjye nukuri
Merci sana
Pasteur ufise impano Imana yagushizemwo kugira natwe tugukurikira dukomere muvyadukomerekeje nigake numvuriza ibiganiro vyawe ngo birangire ntarize kubra uburemere bw, amajambo uvuga🙏🙏😭😭
Mutesi Imana igukomeze kunda ukuntu uvuga pe uranyubaka rwose.Jye nawe duhuje amateka kumivukire yacu
😀😀😀😀😀😀😀😀😀😀 uyumugore numuzungu mumutwe kbs ntakindi navuga, you're so intelligent ♥
Na wewe uzi kugira analyse zikomeye 👍🏾🙏🏾uyu muvyeyi Imana imuhezagire muri vyose na hose 💗💗
Sha watweretse benshi ariko noneho urarenze kbs ukoze umuti rwose
Mutesi ndagukunda cyane uranshimisha ibiganiro byawe sinjya ndambirwa kubyumva gusa noneho urantembagaje uti harigihe wiriza ukitetesha uwo uririra afite ibikomere biruta ibyawe nibyo rwose ibyuvuga p
Ndakunze cyane umusatsi wawe Madam....urasa neza pe
Mbega amasomo 😍ndize pe kandi ndanyuzwe 🙏🏽Imana Ishimwe kubwa Mutesi
Ivyonivyo nanje nakuze uko ndabizi cane uko bibabaza ❤️Imana iguhe umugisha maman ndagukunda cane 🇧🇮
No hari aho warengeye akazi ukora , nukuri ge tuti kumwe nagusobanuza kuko , kuvuga ko umwana atizanye ku isi ni byo pe, ariko se uretse kugira urukundo dutozwa ns yesu, byanditse he ko uwo muntu akuzanira abana abatesheje nyina? Nti mugakabye
Uyu mubyeyi ndamukunda cn peeeee imana iguhumugisha mwishi 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Abantu Bose bagira umutima mwiza nku wawe isi yaba Paradiso
Ndagukunda 😍mubyeyi uranyubaka
Yooo Mama Pasteri umvugiye ibintu neza neza Imana iguhe umugisha ese nabona namber zawe gute ? Izanjye ni 0781876455 ndifuza kuvugana namwe murakoze
Ndakunda uyu mubyeyi numutima wanjye woose nta kindi nkwipfurije Imana izaguhe Ijuru numva aricyo cyiza nakwipfuriza
Imana ige iguha umugisha nukuri❤️❤️
Yewe Pastor niwowe ukwiye kwigisha umuryango! Imana iguhe umugisha
Uwiteka aguhe umugisha Mubyeyi mwiza ❤️❤️❤️💋💋
Ntaba ari umwana wawe. Ariko nk, umuntu wemera Imana kandi ugira imbabazi za kibyeyi ugomba kumufata, kumukunda nk, uwo wakuye munda yawe. Naho ubundi aba ari uwuwundi mugore
Byaterwa n umugore yamubyayeho burya inda ibyara umuntu niyo yambere yo kwibandwaho kuko amubyaranye n umuvandimwe wawe ahoho rwose wamukunda nk uwawe birashoboka ariko se ubwo yamubyara ku mugore wanga ukamukunda nkuwo wibyariye ute?namwe abantu muvuga ko musenga mujya mubeshya cyane nkaho mutari abantu mugahunga ukuri kw ibintu bibaho kubera karemano.
burya ikibi ni ukugirira nabi umuntu ibyo nta burenganzira uba ubifitiye ariko kutamwiyumvamo ubifitiye uburenganzira 100%biterwa nyine n inda yamubyaye ninacyo gituma buriya ba nyirabukwe b umukobwa bakara cyane kurusha ba nyirabukwe b umuhungu kuko buriya ba nyirabukwe b umukobwa iyo babonye umuhungu wabo azanye umugore badashaka ko iyo nda izabyarira umuhungu wabo bakamubwira akica amatwi ntibashobora no kuziyumvamo abo bana biba birangiye kuko baturutse muri iyo nda banze naho ba nyirabukwe b umuhungu bo niyo bataba bamushaka umukobwa wabo akicira ibiti mu matwi hari ubwo bageraho bakakira abana be kuko bavuye mu nda y umwana wabo nabwo ariko biterwa n impamvu ki bangaga uwo muhungu kuko hari nubwo batabakira ariko hagomba kuba hari impamvu mbi rurangiza.
Gusa Pastor Mutesi ni umuhanga muri byose .Habwa umugisha mubyeyi .
Pastor Mutesi uri umuhanga,wubaka imitima yabenshi.
Ndagukunda
Ariko disi ibyo byemeza byo gutsindwa bifatwa nabantu benshi kereka ugize lmana ukabona umuntu ukwereka ko na nyuma ya zéro lmana ikora igahindura ibintu. Yezu asange abari mu bibagoye bose .murakoze ikiganiro kirubakitse
Rose buri munsi nda kubona ariko numva i mana yazaguha umwana kuko mbona urumugore mwiza ibereye guheka aka bebe. Imana yumve amasengesho ngusengera pee.
Bambe Yesu aragukunda Kandi urumukozi wayo mwiza
Shawamubyeyiwe. Imananitaguhijuru. Sinzicyo. Izaba. Ireberaho. Kbs
Urumunyabwenge wa Mubyeyi we😍
Uvuze ukuri Pastor
Ikiganiro c’agaciro!👏🏿👏🏿👏🏿
Ndagukunda nuko ntacyo mfite naguha gs Imana iguhe umugisha muribyose.
Je t'aime bcp,tu es une belle maman à l'intérieur et à l'extérieur
Ok you are right thanks 👍👍👍😍
😃
Imana Ige iguha umugisha
Imana iguhumugisha ndagukunda cyane
Pastor Mutesi ndagukunda rwose
Paster ndagukunda ariko ibyo
Imana iguhe umugisha mubyeyi mwiza.
Urumunyabwenge wamubyeyi we urintwarikazi ibikomere byaragukomeje cyane inama zawe ningirakaro
Bravo
Mubyeyi urakoze cyane kd ni wubahwe kabisa.
Pastor Mutesi ndagukunda pe ibiganiro byawe birantubaka kandi binyungura byinshi
Imana ikomeze kukuturindira mubyeyi uzubwenge Imana iguhebyose ukeneye
Mute ndakunva cyane kandi ndagukunda nkunda inyigisho nimpuguro zawe
Imana ijyiguhumugisha
Uvuga ukuri nkagukunda mubyeyi
Amen 🙏
Ndanyuzwe pe
Icyo pasteur mutesi avuze nibyo 100/100
hari ikindi ukunda kuvuga nkunda,Bimwe cumi uvuga urongeraho Uti uraharura Kabiri imbere ko incyurira icyatumye dutana na se w'abana Kuko nakubwiye icicumi cabyo!!!!
Vyukuri Ndagutahuye Cane Kukibazocaban Nihatar😔🙏❤
Ndagukunda ubyumve Mutesi
Pr Mutesi Imana ikumpere umugisha uramfasha cyane. Nabona gute number yawe?
Disi Mutesi ufite ibikomere bikomeye cyane !
Ibyonukuri pe ,lmaniguhumugisha.
Ahaa,ntacyo mvuze.uvuga aba atarabona,gusa nshimiye Mutesi nuwo batandukanye kuko birumvikana ko bafite ubwenge.ureke wawundi sha
Uvuze ukuri
Nange ntyo iryo utavuze ntiriguteranya ninshuti nihitiraga
Reka nyirebe ryamye wakoze kumutuzanira rose uzamukoreshe ikinganiro cyurubyiruko
Ngo umwana avuga ijambo, uravuze neza
Ndagukunda pe ariko rimwe narimwe ibyuvuga wagirango nturi Ku isi Niba wowe ubishobora Imana ishaka Abana bikigihe byihorere
Ikikiganiro kije gikenewe🙏🙏🙏
NGO NUJYA KUVUGA INKURU Z’AHANTU UTARAGERA UJYE UVUGA BIKE UTAZABURA ICYO UVUGA UGEZEYO » UBAHWA MUTESI
Wowe ngukunda kubi ugira amagambo yubwenge
🙏🙏🙏
Ndagukunze Mutesi kubwa magambo uvuze.
NIBYO RWOSE PASTOR IMANA IKOEZE IKUNGURE UBWENGE UTUBEREYE UMUGISHA
Warakoze kutuzanira umutumirwa mwiza
Ndagunda pats mutesi
Birangiza cyane abagabo cg abagore bajye bavuga ukuri mbere yo gushaka niba wumva nta bumuntu ugira wivuna mugenzi wawe umwemerera kubana no kuzabyara abana utazamenya .abantu benshi ni aba égoïste none se kujya kwakira neza uwo hanze kandi murugo barakubuze .agahinda si uguhora urira disi
Ayiweeeeee!pole rwose uvuganye amarangamutima akomeye niba hari situation urimo Imana niyo uyizi,uwiteka akugirire neza!!!!
Nta maranga mutima iyo uzengurutse ahantu henshi ubona byinshi wakumva nibyo banyiri ubwite bavuga divorce zadutse hato nahato wibaza ko niba umuntu yarasize se nanyina akiyemeza kuza ngo mûrement mube nkutumana duto .wasobanura ute uko utinyuka akabindi wibumbiye washaka kukamena uziko kamenetse utumene twako twakomeretsa abakwegereye.ababyeyi abavandimwe n incuti .musigeho dushake uko sosiyete turimo yava muri aka kaga tugezemo.tujye twishyira mu mwanya wumuntu uri mubuzima burushya .tukome ingashya dukome n ingasire .abzna barahababarira pe.ababyeyi tujye twihangana
Mutés nkurikira inkuru ze ni intwari pe afite nubwenge buva ku mana ahubwo mwese mwigane lmbaraga afite maze turebeko ibyaturushayaga bidashira .komeza mubyeyi utange lmpanuro.
😍😍😍😍😍
Pastor Mutesi 🙋 Jtm Jtm Jtm Jtm..💖
Pastor Mutesi ibyo uvuga nukuri ariko iyo hajemo Divorce ntabwo ingaruka zabura uko byagendakose kuko umwana arabyuka aho guhamagara mama akamubura cyagwa Papa yewe divorce nimbi cyane uko byagenda kose ingaruka zirahari cyane murakoze
Ingaruka ziba kubana nibo babizi ni mubyihorere abana barabogoza
Nibyo ariko se ko mbona wiculpabilisa kuki wongeye gushaka?
Wafashe icyemezo cyo gushaka
Undi mugabo assumes.
Ndibaza niba uri heureuse muri mariage yawe.
Mujye mutubwirira ababyeyi badukomeretsa kd tutaragize uruhare ngo tubyarwe nabo