MAZE IMYAKA 27 MURI CANADAðKOZA ABAKECURU NI UMWUGA WIGWAðNTA NZOZI UTAKABYA UBISHATSEðOdette
āļāļąāļ
- āđāļāļĒāđāļāļĢāđāđāļĄāļ·āđāļ 20 āļ.āļ. 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Ako kazi mwita ako koza abakecuru, ni kamwe mubuzi buhemba kurusha nabakozi bo muma office . Umukozi wa bank ashobora guhembwa $17-18/h. mugihe umu Health Care ahembwa hagati ya 23-32/h. Cga anarenga.
Mwibuke no kuronka diploma yako bitoroshy kko bitwara asaga $12 000 mugihe kitanangana n umwaka. Mujye mwiririra rero kko ako kazi mukeka ko gasuzuguritse no kukabona byaguhenda. N abana bavukiy hano b amoko yose abenshi barangiza high school bahita bajya kubyigira kdi bagakora bagakunzeâĶ.I am so proud to be one of Health Care/ Personal Support Worker ðŠðŋ
Ubujiji bwacu se abirabura bukazarangira ryari ni akazi keza ariko birirwa baseka ubujiji gusa
Aide soignant muri français, Belgique et France etc.
Niba nawe sha wabonye uko ugerayo, basi mujye mudusengera kuko inaha ubuzima buragoye cyane icyo wakora cyose mfakuba cyikubeshejeho kdi kitagusuzuguza
Usibye nokoza abakecuru nimirambo twayoza ariko ubushomeri ukabuvamo.uzi kubaho udakora
Nanjye ntyo
I am proud to personal support woker âĪ and i like it
Ndabashimiye cyane kubwi nama nziza.none mwatufashije mukampa nimero ya Odette.ndabibasabye.
Ikintu nakundiye hano Canada nuko umuntu wese areba ubuzima bwe, kandi akazi kose gafite valeur. Abazungu bateye imbere mu mutwe ntibazi gukengera akazi baha acaciro ikintu umuntu akora cose. Example: umuntu ukora muri restaurant yoza amasahani ashobora kugura inzu hano bank ikamuha inguzanyo itarebye aho akora ahubwo ifatiye kukureba ko afite akazi gahoraho kandi ashobora kwishura buri kwezi.
Kabisa
Rose ni mwiza weee
Icyo mukundira nta nibiganiro by amatiku akoresha
Ibereho neza muvandimweâĪâĪâĪ
Mugirira amatsiko yo kumenya ese agira abana?
Ikiganiro kiza cyane; ubupfura n'ingenzi. Bless you indeed!
Mubyeyi uri mwiza ufite indangagaciro nyarwanda;Imana iguhe umugisha.
Good job Odette babwire nimvugo zabo kuko batuka abadiaspra cyane, ubujiji gusa tu
Imana izaguhe iherezo ryiza mubyeyi mwiza
Uri imfura mubyeyi,ese ugirango kugira Canada biroroshye shenge.
Rose ,usa nezaaa, nkunda izo kanzu zawe zi rezire, numva no zi kwiba zoseee âĪ
Mwiriwe neza nibyiza cyane Uwambaye urumubyeyi mwiza cyane jyewe ndadsba no yawe ukoresha zombi
Murakoze 29:02
Wow!Odette nishimye ikiganiro ugizeðĪgira ugaruke ibibazo byinshi nzabikubaza liveðumbwire ibanga rya 21yrs pe! Birashimishije
cyane rwose
â@@rwandacentreottawa5894
Gira amahoro mubyeyi.
Wakoze ku nama nziza.
Byakunda ko umuntu yakubona ko nifuzaga ko ungira inama mu buryo bwihariye?
Odeth we wakoze gusura Rose ndamukundaâĪubutaha ntunzansige
Komereza aho mubyeyi Imana yo mu ijuru izakwibukire Ku mirimo myiza ukorera abantu
Ndabasuhuje my other family from Rose TV show.
Rose wakoze cyaneeeee kutuzanira uyu mubyeyi. âĪâĪâĪ
Rose ndagukanda cyane nanjye ndi canada.
Uyumuntu nâumwana mwiza cyane! Very social kandi akunda nabantu cyane. Narinaramubuze kubera umwete mucye ngira ariko nzamusura nagaruka inoâĪ
Ngaho se uzansure,nzakuzanire iki nubwo ntazi city utuyemo.Kandi urakoze.
Merci uzamusure cyane
Muraho neza ndagushimye cyaneeeee ur Umubyeyi mwiza cyaneeeee Nitwa tuyisenge Anathalie Umubyeyi wabana batatu uwazamuza nawe Ndakwishimiye cyaneeeeee
Wow
Muribi bihugu tubona Amafaranga ariko nibintu byaha birahenda.Gutanga nimpano umuntu avukana.
urakoze wowe utuye muhe mugi ni Odette.
@@rwandacentreottawa5894 ntuye mu Budage
Twaragukunze Mma Odette waduhaye ikiganiro cyiza.â@@rwandacentreottawa5894
Uyu mubyeyi avuze ibintu byi ingenzi. Nugushyira ho service muma diaspora yose yokwakira abana kugirango bababe hafi, bamwereke inzira nziza zi kuhaba. Amahanga nama hano.Ababyeyi ntibabimenya kuko biva na relation, ubwisanzure afitanye ababyeyi be. Hari nabatinya ababyeyi babo batababwira byose. Ni byiza ko abana banajya baza barangije licences.Akaza muri master. Ari mukuru byibuze.
Rose sha ibyo uwo mubyeyi akubwira nibyo peee! Kurerera inaha mugihugu by'iburayi leta nta mikino igira ku mwana wawe! Baramutwara ukumirwa neza na neza! Ugasigara uburana na leta
Seriously Rose munsabire invitation ya visit Canada ubundi nzirwarize kuko avuze ko akunda gufasha, nshaka kujya Canada ngerageze amahirwe
Ayinyaaaaa
Hari benshi binyegeza kubera community zaba Rwanda na Burundi bagira insaku nyiinshii
Bigatuma umuntu ata envie yogu socialisinga nabo agira
Ibyo nibintu tugomba kurwanya cyane kuko ntabwo byubaka cg bifafasha our youth
Yemwe hari abanyarwanda bataturutse direct mu Rwanda bagiye bava za Tanzania, Malawi, CongoâĶ iyo muhuye ukabisanzuraho ngo ni uko muvuga ururimi rumwe , iyo bamenyeko wowe wavuye Kigali barakwanga bakajya birirwa bagutuka, bagucyurira. Bafite mind iteye ubwoba. Njyewe mba Granby/ QuÃĐbec ariko hari umugi duturanye sinanatinyuka kujyayo pe.
Warakoze gufasha abakeneye Mutuelle. âĪâĪâĪ
Tuzarwubaka dufatanyije.
Uje ukenewe mubyeyi muduhe Numero yanyu
Iki kiganiro nikiza cyane kuba byeyi nukuriððð
Nkunda Canada
Aliko rero mujye musobanulira abantu; iyo milimo icililitse ni iyacu tutigiye hano; aliko abana bacu iyo baje bakajya mu mashuli biga imilimo mwita yo hejuru; uwanze kwiga cg n'umuzungu wananiwe kwiga yibera muli za warehouse ntabwo azajya muli healthcare(nursing ,pharmacy or any kind of engineering etc...). Ubwo rero kubwira abanyarwanda ngo abantu baba muli Amerika baterura amakarito cg boza abasaza ni ukubayobya. Ukuli ni uko niyo waza ukuze aliko ukiga umwuga ubona akazi keza; aliko abaza bafite abana ntibiborohera bahitamo guterura amakarito bakarera abana !! Koko ibyo yababwiye ko ibyo ushaka byose wabibona aliko AT A PRiCe !!!
Sha nimba imana ibaho nanjye nzanjyayo nukuri âĪâĪâĪâĪ
Oya mama kujyayo uzajyayo ariko sicyo kigaragaza ko Imana Ibaho. Imana Iriho kdi uko ibihe byaba bimeze kose Izahora ari Imana .
@@chrischristinemj6572 Amen ðððð
Ubivuze neza Odette! Koza abakecuru nta kinegu kirimo. Akazi ni akazi kakagutunga. Jye nzagir'Imana mu masaziro yanjye nzabon'unyoza. Rose ndamukunda nishimiye kubona ko wamuntanze! God bless you ððŋ Louise from Quebec City ð
Rose ninfura cyane nuza uzamushake
Ndimo ndashaka ka gatebe kanjye Ro reka nze gato gusa ni waneððâĪ
Uwo mu mama yuje urukundo, umuco, n'uburere. Rurema imuhaze uburame, kandi, ishya n'ihirwe niryo tumwifurije.
urakoze ma
Ubivuze neza cane wubahwe ððð
Abantu mushaka akazi mu Budage mushake aho bigisha ikidage aho mu Rwanda hari Niveau hano bagusaba rero nukora Examen ukayitsinda uhita utangira kwaka Visa birihuta cyanee. Naho abantu mwumvako ibibihugu mwapfa kubona invitation ntibyoroshye peeee.Kdi abantu barimo umuntu wese afite uburyo azamo.ntago bose baza kimwe.Rero ushaka Ubudage nukwiga Ikidage kdi ukaza gusa nuwibagiwe ko ufite za Diplom zaho.Iyo waba ufite yose PHD...Utangira hasi bareba ururimi rwabo ubundi niba ushaka gukomeza muri Donaine yawe ubwo uzakora indi Examen yikidage bita C1 niyo iguha amahirwe yogukomeza muri University. So Niveau zikidage ni A1,A2,B1,B2,hakaza rero C1.ariko wize aho mu Rwanda bigusaba kugera kuri B1.âĪâĪâĪ
Nikimwe na Scandinavia
Mukeshimana ubaze s byukuri
Rose munsabire invitation ubundi nzirwarize ibindi
@@alianemusabyemariya9488 ca mu gikari
N'umugore mwiza IN &out
Uyu mubyeyi ni mwiza, atanze ninama nziza kabisa.
Ndamukunze, urakoze cyane ð
subwiza gusa turi kureba afite numutima mwiza cyane bitarabaho.âĪâĪâĪâĪâĪ
Burya iyo umuntu azi icyo ashaka akigeraho tu
Hano muri Canada abahaza babanza kuraba ibyo biga kuko ibyo byama universitÃĐs na masters bihemba ama $ make ugereranyije nuwize umwuga. Twe twize ama universitÃĐs hano dukora mubya gouvernement ariko urebye ama $ tubona ari hasi par rapport yabize za ÃĐcoles professionnelles.
Imyuga ihemba neza no muri USA!
â@@Blandine-eb7wnimyuga ihemba neza no muri Europe. Akazi ka office wapi bigirira
@@Blandine-eb7wnkabisa Imwuga niyo ihemba offices ,Ni mingara
Erega niyo mpamvu abana barangiza high school, ntibakomeze kwiga bakifatira umwuga
Mubyeyi cyeretse udashonje nibwo wateka ntulye. Ikindi abanya Rwanda batera ibibazo nibacye batanga ibisubizo, ababyeyi basunika abana babo mukinyarwanda nibyiza ko bamenya umwirabura uvugana cg; aho umwana wawe agenda, wowe ufite umutima mwiza, aliko hali abagome bakwangiliza kandi abana ntibabimenya! Koko bajye babohereza baciye akenge kugira ngo bimenye. Abanyarwanda baragoye numuvandimwe ntibyoroshye kubana nawe ahubwo uba wishakira umwanzi, no kurerera undi ntibyoroshye!
Uzandandire akazi turitiranwa notes Odetteð
Ikintu gitandukanya ingo muri Canada nakazi ko murugo 80%
Egoko ndumiwe pee
Canada na USA system nizimwe. Akazi kose nakazi ko gatanga $!Kandi biterwa ni umuhamagaro w'umuntu. Urugero Nutritionist bo mu Rwanda baba bicaye muri bureau ariko USA ni feet to feet! Nibyombo barabyoza iyo dishwasher atabonetse! Ibisobanuye neza Madame Odette.
Ako kantu k,amasogisiiii karansekejeððððð Sha murakavuze,nibuka ukuntu,iyo byanze upfa kumuha isogisi ubonye hafi.
Ongeraho nako gutinda gato yagera aho afata ð yakererwa 2mins agasanga iramusize. Ibintu ni kumurongo ndakurahiye.
Ibihugu biteyimbere bibayeho neza, inaha bus imara amasa 3 itarahaguruka ukibaza igihe umuntu azakorera bikagushobera
ðĪĢ
Ndagushimiye kuko wavuze ukuri abantu baza kuvuga amagambure ya buraya baze bunve iki kiganiro. Ushaka kuzamuka iburayi arazamuka ushaka kuba imbwa nawe amarembo arafunguye. Ndagushimiye mbikuye kumutima. Gufasha ni umutima ukunda kuko no mu Rwanda hari abamillionaire kurusha I burayi ariko ibintu tuzabisiga
Erega ikibazo cyabagabo bacu kubera,uko bakuze bumva ngo umugore niwe ukora imirimo yose yo murugo banze guhinduka pe,niyo mpamvu kubatihangana baratana rwose, kuko abagabo benshi iyo yakoze akazi kamafranga abayumva byose birangiye ntumubaze ibindi
Uko ni ukuri umuco wacu wagize umugabo umuntu wo kwicara ibintu byose akabikorerwa, kenshi ugasanga imvune zose z'urugo ziri ku mugore. Ibi rero iyo bageze za burayi umugabo agakomeza wamuco yakuriyemo ugasanga umugore yikoreye responsibilitÃĐ zose z'urugo iyo bikunaniye niho atangira kuvuga ko umugore yamusuzuguye kubera ko amubwiye ati koropa inzu nanjye nteke. ngizo za divorces nyinshi zibera iburayi.
Hello, Rose byashoboka kumpa number za Odette, ndamushaka cyane!
Ibyo uyu mubyeyi avuga rwose
Oooo mbega ikiganiro kiza âĪ
Ibyo uvuga ni ukuri. Gusa koza abakecuru nzagushaka ubinshiremo neza njye ntabwo biranzamo nubwo najye arivyo nkora.
Impore shenge
Jewel maze 27 nubatse rero birashoboka
Odette turagusuhuje
Murasa neza babyeyiðĨ°ðĨ°ððūððū
Umvugiye ibintu pe, barasa neza, bambaye nezaðð
Maze hano muri Belgique kubyiga ni 2 ans kandi DiplÃīme ibona umugabo igasiba undi!
Na Finland ni ibiri ni gice
Twebwe hano Germany ni imyaka itatu kubyiga ariko Iyo umuntu asoje ifranga riba rijejeta
Ibaze disi nigihe kinini pe, ariko hano USA uziko nabyize amezi atatu, iyo utsinzwe usubiramo kandi yo ni CNA, ufasha umu nurse, haribindi bita DSP cg caregiver gufasha abantu bakuze, disability wiga hasi yayo mezi
Hano Norway ni 2yrs kumuntu yamaze amashuri 12,
Uwutayafise ni 4yrs.
Utigeze uja mwishuri ugomba kuba warakoze muri vyo i myaka 5 100% kugira bakwemerere gukora exam
Ibyo uyu umubyeyi avuga nikobimeze canada ðĻðĶ yose pe, Cyane ku ubabyeyi bohereza abana bato kwiga nibyo mubakurikiranepe, canada ðĻðĶ nta mikuno.muri beza mwembi mwakoze kutuganiriza âĪïļâĪïļ
Ubushuhe wabuhunze twebwe buraturembeje ðimbeho iragutegerejeð
sha nzabusanga nsigaje iminsi mike
Nuko arimibereho yo gushaka frw naho depression yo yagusaza pe Rwanda yacu uri nziza
Imodoka ningenzi kuko bus zitesha umwanya
Ooooh urumubyeyi mwiza mama.mpafite umwana nari kubahuza,nta number bashyizeho ariko.
Duhe numÃĐro ye rosÃĐ tv
Canada oyeeeee
Ubwo mubyeyi naduhe number ze
Turakurikiyeð
Ubwo mubyeyi naduhe number ze 15:43 15:46
That's nice conversation from classic women mindsetââ.
ððððððððð
Uwo Mubyeyi Odette turamushimiye. Immana. Imukomereze Ingabire. Yamuhaye
Abagore bakunda kuyikubira kuko nibo aba yanditseho bakayima abagabo bakabipfa rero
ðð unyibukije amasogisi yabana hano muri Amerika iyo bagiye ku ishuli ntawubona umwanya wo kwambara amasogisi asa ikisekeje nukuntu umuntu abimenyera ð
ðĪĢ
âĪâĪâĪ
Hari abirirwa badu critiqua ngo twoza abakecuru nâabasaza bakagirango wararyamye urabyuka uhita ujya gukora ako kazi. Ntibazi imvune umuntu anyuramo abyiga na budget yabyo.
Igisekeje ni uko usanga uguseka arinawe ukubwira ngo ko bimeze nabi wanyoherereje kugafaranga kdi we ari umukozi wa lâÃĐtat wicara muri bureau Kigali. Mujye mwubaha akazi kadutunze turi benci kdi gatinze nabo twasize Kigali.
Suko se . Kandi barabgiza bakagusaba amafaranga
Yoooo pole nimba basuzugura akazi kawe . Ark nibaza ko abo arabatesi kuo kurijye akazi ni akazi
@munezerojosiane sha byihorere. Ariko nanjye iyo hagize uvuga ngo nywe nywe nywe abana nukuri ndabona minerval bitazavamo mbabarira undwaneho. Mpita mvuga nti: ubuse wakoza abakecuru ukagira icyo usigarana muvandi? Ahita yivugisha ngo sha ni ukuri burya sinabivugaga nkomeje pe. Nanjye nti njyewe narabikomeje rwose.
@layla ntukabahe rwose ni abanenganenzi kdi bo ntacyo bibereyeho.
Yooo uri umubyeyi mwiza ko nifuza gushaka ikintu nakora wampaye igishoro
ngo, aguhe igishoro? uabona ari banki se
ntubona ko inama aguhaye ari igishoro. muvane amabiko mu mpuzu.
ððððððððð
Nuwa university ya mbere nimuto keretse nibura masters
Na masters wapi ntakigenda biraterwa na domaine. Ni benshi twazigize dusanga bisanzwe sana, abize ibintu bya formation professionnelle usanga bari muma 75$/h mugihe benshi bafite masters usanga turi between 30-45$/h.
â@@Twese.01ð si urwumwe
BAKUNDA GUPFA AMAFARANGA YABANA CYANE
So crazy ubwo se kweri izo money ko umuntu azisiga! Birababaje!