Abo ba sheikh se bari kwiga ni idini bari kwiga cg Muyindi qor an itari nkiyisanzwe kuburyo uvuga ngo bari kwiga byose bizajya hanze nimutuze haracyari kare Amur RMC izarundumuka.
Ismaile mbere yabyose banza usabe Allah imbabazi kuko udakosa ni Allah Koko Rasul yaravuzati twese turabanya makosa ariko umwiza mubanya makosa ni wawundi ugarukira Allah vuba. Ati watinze kuvuka warikuba intumwa.😂😂😂 Kweli ubwose yarikuba intumwa gute kd Rasul ariwe wasojereje intumwa na bahanuzi. Wowe aba Islam barakangutse kd twamaze kumenya byinshi kubera social media. Uribuka igihe Sindayigaya na gatsiko ke barwanyaga Gahutu Abdul karim iyo za social media ziba zarageze mu Rwanda icyo gihe ubu mwarikuba muvuga iki.byarangiye avuyeho. Ubuse tuvuze kuri ya Ayaa igira iti kama taduunnu tudaniiii. Kunjye ntacyiza uyo mugabo yageza kuba Islam kuberako imyaka amaze mubuyobozi nta kintu na kimwe aba Islam twateyemo imbere. Ex:Ese na mashuri angahe yitwa ya kislam apafoming ? Ese nirihe shuri RMC yari yubaka tuvugeko bafite ishuri ryabo. *Reba clinic cg Hsp zitwa ko Ari iza RMC zose bazeguriye Reta kubera incapacite yo kubicunga . Ariko murebe Aba Docteri dufite baba islam nka ba Swafu na bandi bifitiye za clinic zabo kd zigenda neza . Nibindi bikorwa nuko Igihari nuko Ako gatsiko kose kaba sindayigaya ba kwemera bakareka ibyubuyobozi . Bakavaho tukareba abana bato bakirangiza ishuri bashaka gukorera Islam na ba Islam . Namategeko yabo agahindurwa kuko bafite ibitegeko bya zamani
niba ko muri kumurong wa Allah ,ntabwo azabasuguza kd mwihanga itabaro riri hafi ibyo mutwigisha byiza imana izabibahembera hano ku isi no kumunsi wimperuka
Sheikh don't worry people came and go so remember this Wallah only Allah knows yassin uwo ntibazatinda kumwereka abo aribo woe mwihirere agende wasanga ari Allah umugaragaje ubuse ashirafu arihe wese yaje gacye tuza nuwo mwihirere gusa aragaragaye
Umuyobozi vs Umuhagararizi. @Sheikh Ndabishoboye Ally, uzadukorere inyigisho zivuga kuri abo bantu babiri, itandukaniro ryabo n' inshingano zabo muri Islam. Uduhe na reference ya Ayat na Hadith. Mbajije nshaka gusobanukirwa. Murakoze.
Ariko ko dufite abasheik bize kandi basobanukiwe idini. Hari abize, Sharia, Islamic studies, Quran na Hadith, Arabic language n'abandi bize ibindi : badufashije bakicara hamwe bagashyira ku murongo uko idini rigomba guhagararirwa bakurikije uko Quaran na Hadith z' intumwa y'Imana (SAW).
@@nihasingizwimanavalens9037 ibyo nibyo bari bakwiye kuba bigisha bakanatanga umusanzu mukugarura abantu kunzira nziza yaba abayoborwa na abayobozi ,Guhuza abantu nibyo byagira akamaro kuruta kugumura abantu kubuyobozi ese muri aba bavuga hari urimo ufite ubwo bumenyi ngo nubwo buhanga baba baguga ngo yiyamamaze aba islam bamutore abayobore , ibi biva kumashyari abamenyi bacu bubatse muribo nigute uvugako uri umumenyi uka miss courting amagambo yavuzwe nundi kugirango gusa umusebye ese twe tubumva bumva ko turi injiji tutazi kumva ukuri ?
Ariko ubwo mwumva nta soni mufite?mwirirwa muterana amagambo ku karubanda ngo mushimwe nande?, ubundi ko kera twavutse mutwigisha Ko ibibazo byabaslam bikemukira mukicaro,ibyo byo kwirirwa muhanganira ku karubanda mwabizanye gute?,ko Rasuuru ya twigishije guhishirana no kugirirana impuhwe,mwe ibi murimo ni ibiki?,murashaka kudukuramo idini kabsa kuko nibyo mwatwigishije turi kugenda tubitesha agaciro,
Sheikh Ally mfite ikibazo: ko urimo kuveba sheikh Yasin? Ese birakwiye ko witura inabi uwakugiriye nabi cg ikibi gisubizwa ikiza!? Kuba baramufungishije sibyo byatuma atavuga ukuri, ndakwibutsa ayah Allah avuga ati abagira ubugugu bakanakangurira abandi kugira ubugugu, sheikh ahamagariye gutanga swadaka wowe uti wapi!!? Hii dawa ni hatari ubujije abantu gutanga swadaka undi akaza ati niyo utajya imaka ntakibazo kuberako kujyana na RMC ari ikibazo kuri mwebwe!! hii daawa ya namna Gani!!? Inama nabagira mwihuza ivuga butumwa ninzangano
Assalam alaikum Rwose mugabanye gushaka I indonke zishingiye kuri views. Rwose ibi bintu ntabwo bikwiye muri rubanda nyamwishi. Twe turi bashya pe, ariko nimuce mu gikare, mwicare ku gacece, gacaca igaruke iwacu. Rwose uretse no mu idini y'Imana, no mu muco nyarwanda ntabwo bikwiye rwose. Mugabanye peeee.
Sheikh wacu , erega abumva ukuri barakumva cyane, kuko hari natwe bitugaragarira amaso yacu.
Njye nyimara kubona sindayigaya bamwakiriza imiziki nahise numirwa pe😢
Si wowe wenyine nanjye arumiwe!
Uwiyumvishako
Ntamakosa agira
Niwemunyamakosa
Ese uwomuvandimwe
Yahindura ibimaze imyaka
Ntazi
Mureke amagambo
Mwebwe ibitekerezo
Byanyu nibyo byogusebanya
Mugabanye
Urusaku
Muharagaze ibitekerezo
Bizima
Uwabagira abayobozi
Tuvugeko mwahita murangiza ibibazo murikuvuga
NB:mugabanye gusebanya 😠
Ibyo ubuze nibyo nta muntu utakosa pe. Kdi kuvuga kukosa sukwigira umwere pe, naho we atarigwamo,
ahubwo burya umukunzi wawe wambere icyo utazi, nuwakugaragariza Aho uri gukoza cg akakugaragariza Aho bitagenza neza.
Hanyuma gukosorera kumbuga.
1. Nuko biba byabereye kuri kamera kdi bishobora koreka uma.
2. Hari gihe biba wakosorewe mugikari ukanangira
3. Gukora dawa no kubandi bakoresha imbuga.
Erega burigihe cyose abumva ukuri burya kumva nabake cg gukurikirwa nabacye.
Allah aduhe kuba mubanyakuri no kuvuga ukuri
Njye singendera kuri munyangire pe ku mande zombi, ahubwo nkumuntu aracecura agakurikira ukuri.
Ikindi nyamuneka erega kuriya sugusebanya, kdi cyaba ikinyabupfura gike batahiturana kuruhande.
None nkibaza Koko umwe yahitura undi kuruhande kdi mwarabirukanye mu misigiti y Allah😢.
Ariko Uzi UBURYO aba ba sheikh tubakunda cyane kubera Allah, kuko Babaye impamvu yo dukundisha nk iswala, kwihanganira ingo zacu...... ,
Mbesee naracecuye mbona bavuga QOR' ANI na Sunna.
Simbona abasebya nabo baca kumacano yabo. Kuki bo mutababwira ngo muhave. Noneho mubarushe ikinyabupfura.
Ikindi uvuga ukuri naho atinya kukuvuga igihe biri ngobwa.
Gusa njye ntabwo nashirika isoni ngo umuntu mwambure ukuri kwe agomba. Ariko bigeze kw'idini ngomba kumuha ukuri biciye muburyo bwabyo. yashaka akababara.
Erega na Rasulu yiswe umusazi , ....... Kdi mubigaragararira amaso y'abantu aba bagabo Nakindi bapfa uretse idini.
Gusa dusabe Allah nyirimuhwe, ku muhwe ze, twese tuzasubire iwe atwishimiye mubakoze neza.
Mama wowe wumva Akira ubusabe bwacu.
Sheikh wetu komerezaho❤❤❤❤❤ Turagukunda Allah akorohereze Kandi akurinde akomeze aguhe gushikama wowe na sheikh faradj
Nukuri dushigikire aba sheikh bacu❤❤
Assalamu alykum walahimatulilah wabarakatu,mbasabiye kumvikana ,kuko twebwe abaslamu tudafite ubumenyi muduca intege. Allah abahe kumvikana n'ubuyobozi buriho .
Sheikh turagukunda kubera Allah ❤❤❤
Walaikumsalam warahmatullahi wabarakatuh jazakallahu khair sheikh wetu Allah aendeleye kukuhifadhi🙏🙏🙏
@@Amina_NY yego raa ngo ni sheikh mufti
Al hadji rubagisa sulaiman Allah anjye akonjyerere kubyiza utunjyezaho Allah azabinguhembere hano kwisi no kumunsi wimperuka 🤲
Allah akwishimire sheikh turagukunda
Allah ajye akomeza abakomeze wa sheikh wacu pepe jyubankosorera wenda bazajya ku murongo
Ally pp turakwemera jyurababomora wangu❤❤❤
Ma Sha Allah hano birimo kugenda bisobanuka ni mutirinda rubangisa na sudi bazabata mu rwobo ubu pepe nka Sheikh twemera bimaze kugaragarira abaslam. Ko inyigisho ze zishingiye kuri munyangire ukoresheje ayat na hadith abantu bagenda babavaho gake gake hari amakuru dufite aba Sheikh saudia barimo kwiga bagiye kuzasohoka mwese bagaragaze ibinyoma byanyu bishingiye ku kwangisha abaslam ubuyobozi Subhanallah byumwihariko rubangisa reka gukomeza guteranya abamenyi kunyungu zawe bwite
Abo ba sheikh se bari kwiga ni idini bari kwiga cg Muyindi qor an itari nkiyisanzwe kuburyo uvuga ngo bari kwiga byose bizajya hanze nimutuze haracyari kare Amur RMC izarundumuka.
Ese ivangura ryabasheikh rizakemuka ryari kuki se utabona ko Ari agatsiko kize hamwe kishyize hamwe kagaheza abize ahandi mn jya ukurikira ntago rukiri mubihe byubujiji
Ubwo se uvuze iki ntavuge ukuri se
Turabazi ikibagenza
Muvandimwe ubwose urabona abasiramu babanyarwanda ubwenge bafite ni myaka dufite ndetse nubushishozi dufite wowe uruwo kutwerekako barikutuyobya batwangisha abayobozi ??abo bayobozi Bazi kuvuga no kwivugira kukurusha nabo baba babizi ko arukuri ibivugwa niyo mamvu barucya barumira dalili baba bafite tujijuke ahubwo tureke ubufana kbs,
Baaarakallahu fik sheikh duhora tugushimira byumwihariko
Abavandimwe baba cheih bakorera RMC bajye bafasha aba islam ☪️ basobanurire abantu ubuyobozi DAWA RWANDA TV 📺 yangisha aba islam ☪️ kko icyo aba islam ☪️ basaba nimpinduka kubuyobozi bwabamaze imyaka iruta abana bavutse muri 2005 ariko ntampinduka yiterambere rya ba islam ☪️ muri rusange kko sina ba islam gusa ahubwo nigihugu cyacu kko niba ntaterambere ry'umu islam ☪️ burwa numunyarwanda uharenganira kko turabana bu RWANDA 🇷🇼 URUGERO: Amashuri arafungwa ntazongere gufungurwa, imisigiti nayo irubakwa ntirangira, azan (UMUHAMAGARO mutagatifu) warahagaze ntuvuganirwa ngo nurusaku ese Muri RAMADAN aba islam mubona biba bitabashyize mugihirahiro rero uko aba islam ☪️ tubibona RMC Niba haribyo ibona itacyemura birashobokako hari izindi COMPANY yareka nazo zigakora nkuko bavugako ari ishyira hamwe cg Umuryango bareke nindi miryango ikore mukuri aba vungwa nabitwako bahagarariye aba islam ☪️ aribo RMC nyamara haboneka ibitanjyenda neza hirya nohino hakibazwa ese umpamvu bidindira suko usanga UMUNTU UMWE YIKUBIRA IBINTU NKA 5 WENYINE ESE NTABANDI BIZE CG BABIFITIYE UBUMENYI KUBUBYO YAYOBORA CYIMWE AKAGIHUGIRAHO AKACYINOZA NEZA NUNDI AGAKORA ICYE GUTYO rero mbona mucyemuye ibyo mukareka Nabandi bashoboye bakora ibyo muboherezamo kwiga byakoroha Idini ya Allah igakomeza urumuri rwayo nahano iwacu Mu Rwanda 🇷🇼 Ibyari byarangiritse byacyemuka kubera ALLAH
Comedown dawa tv ntabwo yankisha abantu idini
Allah akwishimire aguhe gukomeza kumuvuganira
yitwa Ally pepe umusheik wambere wize kurusha abandi ubarusha gutinya Allah udakosa uzi gusobanura idini kurusha abandi ,muri make nuko watinze kuvuka wari kuba intumwa sibyo raa ndabona ufite nabayoboke bazi idini kbsa.... ese kujya mugatsiko kawe bisaba kuba twujuje ibiki ko mbona mwakosze cooperative yabazi Allah kurusha abandi ....
SubukhnaAllah ngo udakosa ntamuntu udakosa ubaho gusa hari amakosa uba ubona ukabona yakoreka imbaga kubivuga nibyiza kuri we natwe ahubwo nawe urabibonauretse ko kumuganiwe indonye kuri twe irigutuma tworeka imbaga Allah azabiguhembere sheikh wancu hano kwisi no kumunsi wimperuka
Ismaile mbere yabyose banza usabe Allah imbabazi kuko udakosa ni Allah Koko Rasul yaravuzati twese turabanya makosa ariko umwiza mubanya makosa ni wawundi ugarukira Allah vuba.
Ati watinze kuvuka warikuba intumwa.😂😂😂 Kweli ubwose yarikuba intumwa gute kd Rasul ariwe wasojereje intumwa na bahanuzi.
Wowe aba Islam barakangutse kd twamaze kumenya byinshi kubera social media.
Uribuka igihe Sindayigaya na gatsiko ke barwanyaga Gahutu Abdul karim iyo za social media ziba zarageze mu Rwanda icyo gihe ubu mwarikuba muvuga iki.byarangiye avuyeho.
Ubuse tuvuze kuri ya Ayaa igira iti kama taduunnu tudaniiii.
Kunjye ntacyiza uyo mugabo yageza kuba Islam kuberako imyaka amaze mubuyobozi nta kintu na kimwe aba Islam twateyemo imbere.
Ex:Ese na mashuri angahe yitwa ya kislam apafoming ?
Ese nirihe shuri RMC yari yubaka tuvugeko bafite ishuri ryabo.
*Reba clinic cg Hsp zitwa ko Ari iza RMC zose bazeguriye Reta kubera incapacite yo kubicunga .
Ariko murebe Aba Docteri dufite baba islam nka ba Swafu na bandi bifitiye za clinic zabo kd zigenda neza .
Nibindi bikorwa nuko
Igihari nuko Ako gatsiko kose kaba sindayigaya ba kwemera bakareka ibyubuyobozi .
Bakavaho tukareba abana bato bakirangiza ishuri bashaka gukorera Islam na ba Islam .
Namategeko yabo agahindurwa kuko bafite ibitegeko bya zamani
Umuyobozi wacu murwanda nikagame poulo wacu ,, abo basindayigaya nabahagararizi ntakindi kd lmana iturinde abazaga gutera coment zubugoryi zogusebya Ally pe na faradji na sudi hadji sulaiman❤ kuko genda mbabona bagenda bidubiramo burimunsi uko haje ikiganiro kivuga kuba kubarya umutungo wabasiramu ngo bigize abayobozi gusa Allah ntarindangare kubyo bakora
ntago mukunda ukuri ese ubwo abavugako aba basheikh Ally na Faraj arabokutwangisha ubuyobozi ubu kueli bo ntago babona ukuri ?cg nukwirengagiza!!ubu koko abantu bamara iyo myaka ibiri yose bangisha abandi ubuyobozi barwana niki 😢 niba ntacyo bitanga?tureke ukuri kwa Allah na sunah za Mtume bivugwe ubwo buri wese azihitiremo ibyo yumva aribyo kuriwe gusa iby isi tujye twibukako tubisiga tukajyana impamba izaturengera mu mva no kumunsi w imperuka!! Allah atuyobore inzira igororotse 🤲🏽
Asalaam Allahykum Warahmatullah Wabarakatuh murarushywa nubusa ibirayi biboze ni byishi p
Sindayigaya nagatsikoke bazanabicatu kuberamabangayabo mabi mushira kumugaragaro❤❤❤
niba ko muri kumurong wa Allah ,ntabwo azabasuguza kd mwihanga itabaro riri hafi ibyo mutwigisha byiza imana izabibahembera hano ku isi no kumunsi wimperuka
Nyakwubahwa SHEHE UYU UBUYOBOZI YARABURWANIYE KANDI MULI ISLAMU MUTUME SWALA ALLAHU WA SALAMA YATUGILIYE YO KUTAMWEMERERA UMUNTU NKUWO KUYOBORA NDUNVA IYO HADISI ALI SWAHIHI
Umuntu wanga cyangwa agasebya sh. Ally Pepe abayeho ate?
Afite ikibazo ahubwo nuwo nikihe kibi sh yasini yavuze koko inkunga y'umusigiti tu??😊
Hhhhh😂😂😂 abayeho nabi pe
Shekh Allah akongerere muryo uvugira idin kiberako abandi bibereye munyungu zabo
Naam Ally Niko kuri pe
Assalam alaikum warahmatullah wabarakatuh asante sheikh wetu
Mubintu majije kubona abantu bize saudia, noneho byaba ibindibindi bakanyura kucyo bita institute islamic 99% bagendana ubujiji, barize arko Alhamdulillah, arko ibyo bize ibyinshi byasigaye kuntebe yishuri rwose, gusa harimo abazima Alhamdulillah wafatiraho ubumenyi, inama nibindi nka ( Ally pepe, Faraji) ubwo namwe muzi abandi kko aba sibo bonyine babashije kuba bazima
Pepe wacuuuuuuu❤❤❤❤
Oyeeeee❤❤
Assalam Alaikum warahmatullah wabarakatuh, Allah age ahora abababarira kuko aho mugejeje musenya abayislam bo mu Rwanda Allah arabareba Kandi niwe Uzi ibiri mubituza byanyu Kandi Turasaba abantu kujya bashishoza bakareka gufana kuko dawat y'iyi tv bamaze kuyangiza bibereye mumatiku gusa
Aba ntakintu nakimwe bagamije uretse gusanya ubumwe bw' aba islam ariko ntago bazabigeraho kubera allah . nabafana bafite bagendera mukigare gusa
Nukuvuga ko namwe mukunda amatiku nkatwe turi hano turayakunda ubwo mwe ntimuzagaruke mwigendere muturekere amatiku yacu hano sibyo
Sheikh don't worry people came and go so remember this Wallah only Allah knows yassin uwo ntibazatinda kumwereka abo aribo woe mwihirere agende wasanga ari Allah umugaragaje ubuse ashirafu arihe wese yaje gacye tuza nuwo mwihirere gusa aragaragaye
Umuyobozi vs Umuhagararizi. @Sheikh Ndabishoboye Ally, uzadukorere inyigisho zivuga kuri abo bantu babiri, itandukaniro ryabo n' inshingano zabo muri Islam. Uduhe na reference ya Ayat na Hadith.
Mbajije nshaka gusobanukirwa. Murakoze.
DjazakaLlahu Khayran Sheikh ❤
Wibeshya kuzi ubwenge nubumenyi bwibshi kurusha aband arko????😊
Assalam alaikum walahmatullah wabarakatuh BAVANDIMWE
Muhe abayobozi umwanya bakore
Ese Twemerewe kwanga umuntu
Niyo umuntu yaba yaraguhemukiye?
Inzira nziza nugusabira umuntu kuyoboka ,Imana ikamuha gukora ibyiza
Naho amagambo yurwango ,Rasulu yaba yaranze abantu
Beshi kuko yahemukiwe nabeshi
Twese tugendere kumurongo mwiza wokubabarira
Nibyo byiza
Uzasome kuri wahshi na hindu
Muri mu biki?!!!
Cheh Allah akwishimire❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Kabisa Sheikhe Ally pepe Allah akongerere Iminsi yo kubaho kuko Abaslamu baragukeneye ngo bahumuke bave mu bujiji!
Mufti ntacyo yica ntanicyo akiza ntibakavange Ibintu kdi n'Abo baslamu Mufti ahagarariye ntacyo abamariye na kimwe niba Imisigiti ifungwa ikaba idashobora gufungurwa keretse Abaslamu bitanze ubwo batubwira ko Mufti na Comté ye bamariye iki Idini kweli?
Na Athana ubwayo yarabananiye kuyivuganira ngo itorwe!
Ubuse nkuyu Sheikhe Yassini we ntaba ajijisha😊?
Abansobanurira ku mico yaranze umuyobozi wa baslam nyuma ya Ally, yewe na ba Yazid🤔 abaslam bategetswe bigishwa kububaha! Kuko umuyobozi ngo agomba kubahwa, nonese buriya naba bariho ntitwakwiye kububaha ! Mumbwire
Ariko ko dufite abasheik bize kandi basobanukiwe idini. Hari abize, Sharia, Islamic studies, Quran na Hadith, Arabic language n'abandi bize ibindi : badufashije bakicara hamwe bagashyira ku murongo uko idini rigomba guhagararirwa bakurikije uko Quaran na Hadith z' intumwa y'Imana (SAW).
Mwatwigishaga ko umuyobozi yubahwa kabone nubwo yaba ari umucakara ubayoboye,ariko mwigize nkamasake mwirirwa mwitera mubicu mushotora,musebya,muharabika umuyobozi wanyu,kubwibyo rero twe abaslam turambiwe ibyo mwabashekhe mwe mujye kubivugira mungo zanyu,ahubwo ubuyobozi bwigihugu bubiteho noko biza ngo nimarariya, nitureba nabi muratuzanira iterabwoba
Ahubwose icyo yavuze kitarukuri nicyihe?
Walayikumusalam warahamatululahi wabarakatuh
Kagame niwe muyobozi Sindayigaya abandi nabahagararizi babaslam
Shekhe Ali pepa tutagukunda kuk abandi bencimurimwe baharanira indazabo
Icyampa ubumenyi bwanyu,ariko andinda umutima nama wanyu,mwa bashekhe mwe.mwayobotse abayobozi banyu mu kareka kwiridwa mwicuraguraho?ko mwamurwanyije ataratorwa se nti yatowe?,ibyo twe kubitubwira nyacyo bitumarira,mujye muvana ayo matiku yanyu aho
Ahubwo vuga uti ataragura umwanya. Naho gutorwa byo ntiwabihamya ntanubwo uzi ikipe ikina nindi! Burya gukuraho ikitagenda neza nibya buri muyislam wese!
Number 1
asalam aleykum nukuri turabakund muhari cg mudahari tuzabakunda kd naho twe tuzakurikira utubwira ukuri kuko natwe dufite ubwenge ,
Ndibuka sheikh Idrisa ukuntu bamugeretseho gufata umwana kungufu. Na sheikh Nyakwigendera ………… Na sheikh Gahutu abdulkarim bamushirishamo bakamufunga hafi amezi 4 Arengana Allah yaramurenganuye nabandi azabarenganura. Nta kindi twarenzaho
❤❤❤❤
Eseni sindayidaya wafunze uwo musigiti
Inda nini yishe ukuze😊
Asalam alaikum warahmatullah wabarakat
Wa alaikumssalam warahmatullah wabarakatuh
Abaoslamu ntacyabananira arko harimo abajurabeshi nibo baducinetge dukeneye abayobozi bazima mazurebe robine zamafr zirisuka kbs
Baramukanze mureke mwa
Abamenyi bacu bafite ubujiji mubyo batangaza , ni uwuhe musanzu wanyu mukubaka idini no kubaka aba islam usibye gusa gusenya no gutandukanya abantu ? birababaje kubona umumenyi widini nkawe urimo gusoma Ayat na Hadith warangiza ukananirwa Gusubiramo amagambo mugenzi wawe yavuze ahubwo ukihimbira ibyawe , Birashobokako waba uzi gusoma Quran Neza ariko udafite ubumenyi kubuvuzi cg mukuyobora abantu ubujiji butuma wumvako ntamuyobozi aba islam bakwiye , ndimo kwibaza igitekerezo cyawe uko wumva byagenda ?
Ndumva ibyo avuga byumvikana arko abariho ni money collectors kugiti cyabo bitwaje ko Ari abayobozi babaislam ubuse uretse mumujyi ugiye mubyaro ubona ko dawa iherukayo imisigiti icyubakwayo ese ubwo buyobozi burahari koko cg haribindi buhugiyemo biruta kwigisha ubuislam
@@nihasingizwimanavalens9037 ibyo nibyo bari bakwiye kuba bigisha bakanatanga umusanzu mukugarura abantu kunzira nziza yaba abayoborwa na abayobozi ,Guhuza abantu nibyo byagira akamaro kuruta kugumura abantu kubuyobozi ese muri aba bavuga hari urimo ufite ubwo bumenyi ngo nubwo buhanga baba baguga ngo yiyamamaze aba islam bamutore abayobore , ibi biva kumashyari abamenyi bacu bubatse muribo nigute uvugako uri umumenyi uka miss courting amagambo yavuzwe nundi kugirango gusa umusebye ese twe tubumva bumva ko turi injiji tutazi kumva ukuri ?
Ariko ubwo mwumva nta soni mufite?mwirirwa muterana amagambo ku karubanda ngo mushimwe nande?, ubundi ko kera twavutse mutwigisha Ko ibibazo byabaslam bikemukira mukicaro,ibyo byo kwirirwa muhanganira ku karubanda mwabizanye gute?,ko Rasuuru ya twigishije guhishirana no kugirirana impuhwe,mwe ibi murimo ni ibiki?,murashaka kudukuramo idini kabsa kuko nibyo mwatwigishije turi kugenda tubitesha agaciro,
Nikweri❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Nyagasani ange abongerera abahe gushikama kuri Allah
Sheikh ntibazi gutandukanya Umuyobozi no (guserucyira) itsinda runaka
Burya Koko ururimi ni uburozi, Dawa Rwanda iraza koreka benshi.
KUBERA IKI BURIYA UVUZE GUTYO????
Iroreka Bande? Abayobozi bacu tutabazi kandi bahabwa ukuri kwabo. Naho abitwikira ubuslam ku nyungu zabo bwite ntawe uhagaze kukuri uzabaha agaciro
Ese imyaka bamaze baduhagarariye bakwirase IByiza batugejejeho tukabakundira icyo wowe ubavugira se bitari indonke wavuze igituma ubavugira.
Ally namaze kubonako uta dukanyabantu kubwishyari nurwango wifitiye mumutima watuje kowabonye rizki
@Iddi Icyo wita ishyari ni iki? Ese ishyari wowe uripimirahe?
Waba waribonye ute? Ibyo nibibazo 3 nkubajije kandi ubisubize.
Ikindi RMC iyobowe na H.Em ubona arinde wayifuza ubungubu koko wenda nyuma ye abantu bashobora kuzayifuza.
Kuko Nyirubutungane niwe wagize ishyari imyaka 20 yose birangira yishyize kubutegetse nyuma yo kubugura agatubutse
Ibi ntabyo waruzi😂
Nibindi urimunzira zo kubimenya ibi byose byatumye Allah akura umugisha mubutegetsi bwe azarinda avaho ntacyo akoze ahubwo yirirwa yirukankana igitabo cye.
Ikindi abo bafatanyije ubu batangiye kuvamo umwe kurumwe tegereza gato n'abandi bagiye kugenda
Abasheikh b'inkozi z'ibibi ntibagomba gukomeza kugaragara muri society y'abaislam
Nyagasani ATI nimundinda najye nzabarinda
Sheikh Ally mfite ikibazo: ko urimo kuveba sheikh Yasin? Ese birakwiye ko witura inabi uwakugiriye nabi cg ikibi gisubizwa ikiza!? Kuba baramufungishije sibyo byatuma atavuga ukuri, ndakwibutsa ayah Allah avuga ati abagira ubugugu bakanakangurira abandi kugira ubugugu, sheikh ahamagariye gutanga swadaka wowe uti wapi!!? Hii dawa ni hatari ubujije abantu gutanga swadaka undi akaza ati niyo utajya imaka ntakibazo kuberako kujyana na RMC ari ikibazo kuri mwebwe!! hii daawa ya namna Gani!!? Inama nabagira mwihuza ivuga butumwa ninzangano
Hhh ni khatari nukri ibyu riya mugabo !!
😂😂😂😂😂😂😂
Umvugiye ibintu
@RukundoKarim nibyo erega dufite akababaro abasiramu twese ariko Allah azadukiza agahinda katwihangane
Nawe urahaka kurayomafaranga
Assalam alaikum
Rwose mugabanye gushaka I indonke zishingiye kuri views.
Rwose ibi bintu ntabwo bikwiye muri rubanda nyamwishi.
Twe turi bashya pe, ariko nimuce mu gikare, mwicare ku gacece, gacaca igaruke iwacu.
Rwose uretse no mu idini y'Imana, no mu muco nyarwanda ntabwo bikwiye rwose.
Mugabanye peeee.
Ally nkugiriyinama wahagarika ishyari nurwango ufitemumutimawaee ngendakuxi mbere warumvaga sigahorero dore uracyarimuto
Ibaze abantu batarenze 5 nimwe muvugira RMC nuko namwe hari icyo munyunyuza mukaba mubona mugiye gufirisika
Kuyobora biraryobha niyompanvu amaraso ajyameneka
Kuyobora biraryobha
Ntabwo urumuyobozi wabayisiramu numuhagararizi akayobora r mc umuyobozi ni kagame
Ariko se ubutiku bwateye muri Islam nibuki ra
Sheikh Fatakumavuta Ally Pepe AKA matiku😂😂😂
Dutegereje indi episode 🚀🚀🚀😂😂😂
Baguhembe ukoze akazi bagutumye. Sobuja ahemba neza cyane.
Harigihe nawe azakweguza.
Wasanga nawe urumulilubyuwa sindayigaya
Niki adafite wowe ufite
Asalam alaykum warahmatullah wabarakatuh
Assalam alaikum walahmatullah wabarakatuh BAVANDIMWE