Asalam alaikum w w bavandimwe nkurikirana cyane ibiganiro byanyu ndavuga kuri iki cya yohana kuba atarabonanye na yezu muri bibiriya ariko muri surat mariyamu bavuganezako yezu na yohani bakuranye nabyumvise no mukiganiro cya cheikh rubona Hamad muri que sasuul ambian mubuzima bwabo muzumve icyo kiganiro cyubuzima bwabo barabonanye hari namagambo bavuganye knd nkunda cyane ibiganiro byawe rubangisa na Seguin ALLAH nanshoboza nzatanga inkunga ndabakunda kubera ALLAH Asante sana
Njye ni ubwa numvise iriya mvugo aho Yesu asubiza abantu bari bavuye kwa Yohana, nyuma yo kubabwira ibitangaza yari ari gukora yasoje ababwira ngo ariko abanyagihombo ni abazagwishwa n'ibyo bikorwa bye, Uko mbyumva ni uko nyuma y'ibikorwa bye hari ababigendeyeho babona ko ari igitangaza batangira kumwita umwana w'Imana cg Imana Ibyo rero yari yaranabiteguje abantu ko bazabyirinda none niryo kosa abayobye baguyemo Allah Atuyobore inzira Ye igororotse
Asalaam aalaykum wa rahmatullah wa barakatuh Allah abongerere ubumenyi no gusobanukirwa nogukurikira ukuri kuva ku Imana Ndanasaba abavandimwe babakristu gufata neza iyo mirongo muri kwigisha bayigeho batagendeye kumaranga mutima
Ariko buriya koko intego ni iyihe muri iri dini rya Islam nugushaka kuyobya abantu gusa Soma mariko1:9 Matayo 3:13 ibyanditswe ni byinshi reka kubeshya abantu seguin😂😂😂😂😂
Inshallah ibinibyiz cyaneee abantu bari barahishwe byishi kuko jyewe namaze gusobanukirwa.
Ubu nitwa Mugisha Issa.
Inshallah Allah
Ikintu gitangaje ntari naritayeho ni uko nsanze shahadu yambere ari iya Yesu. Sege urakoze cyane Imana iguhe umugisha
Allihmudullillah ya Rabbi
Seque turagukunda jazakallah khair
Asalam alaikum w w bavandimwe nkurikirana cyane ibiganiro byanyu ndavuga kuri iki cya yohana kuba atarabonanye na yezu muri bibiriya ariko muri surat mariyamu bavuganezako yezu na yohani bakuranye nabyumvise no mukiganiro cya cheikh rubona Hamad muri que sasuul ambian mubuzima bwabo muzumve icyo kiganiro cyubuzima bwabo barabonanye hari namagambo bavuganye knd nkunda cyane ibiganiro byawe rubangisa na Seguin ALLAH nanshoboza nzatanga inkunga ndabakunda kubera ALLAH Asante sana
Nyagasani yoroshye imitima yabavandimwe batarabadilam bamenye ukuri namwe Allah abaterinkunga
Hano Ari muri bible muvandi ntago Ari muri Quran kuko aba kristu bemera bible ntago mera Quran
Manshaa'Allah Jazakallah Khell Birasobanutse Allah abishimire Mwese
Barabara mumpe num ya sege Imana lmuhe umugisha
❤❤❤❤
Ndamukunda sege Imana izamumpere ijuru ❤
Amiina
Ijuru azarikurahe@atarizera yesu?
Assalamualaikum Warahamatullah wabaraktuh , ManshAllah izinyigisho ninziza peee,mwazatwigishije niba yesu yarapfuye cyangwe yarabambwe
cyane kbx
Icyoniikibazo gukomeye👌
Njye ni ubwa numvise iriya mvugo aho Yesu asubiza abantu bari bavuye kwa Yohana, nyuma yo kubabwira ibitangaza yari ari gukora yasoje ababwira ngo ariko abanyagihombo ni abazagwishwa n'ibyo bikorwa bye,
Uko mbyumva ni uko nyuma y'ibikorwa bye hari ababigendeyeho babona ko ari igitangaza batangira kumwita umwana w'Imana cg Imana
Ibyo rero yari yaranabiteguje abantu ko bazabyirinda none niryo kosa abayobye baguyemo
Allah Atuyobore inzira Ye igororotse
Naam byumvikanye shekh nukuri urakoz cyaan
Asalamwaleku warhamatulha wabarakatu ahubgo ibibiganiro bizajye biba keshi niyo dawa yuzuye kurusha ibindi Alha abahe umugisha
Asallamu Allayikum wallahamatururah waballakatuh. Kamana surayimn sege ndamwemera Azadukorere bibiriya yimirongo micye yifashanyigisho. Tumufashe gukora dawa ahoturi kubavandimwe bacu tudahuje kwemera
Ukonikokuri☝️👍
Mariko 1:9
Muri iyo minsi Yezu ava i Nazareti ho muri Galileya, aza kubatizwa na Yohani muri Yorudani.
asalla mu alayikum wallah maturur wabbrak tuh,nibyo ntaho yohani yabatije yezu
Salamuwalayku walahmaturulahiwabalakatuh esemwazaza gutanga ubutumwa hano irubavu mahoko murakoze
Matayo3:13
Mugisubizo Yesu yahaya Yohana muritiranya gusohoza gukiranuka kose no gusoza umubatizo mukoreshe ikinyarwanda neza.
Ndabasuhuje bavandimwe buriya nagirango mbagaragarize neza ko ibi bintu bitangaje cyane. Nyuma yuko tubanye muri byinshi Ba Hajji Rubangisa na Seguin mwese twabanye neza ndetse tuziranye kuri byinshi ariko nyuma yabyose naje gusobanukirwa ubu kristo mba umukristo kandi ndanyuzwe nsigaye nezerewe kubwo gusobanukirwa Kristo. Niyo mpamvu mwambuze
None tugufashe iki??
Guma muri we muvandimwe kandi uzabona byinshi bimuturutseho kuba ubasha kumuhamiriza hagati y'abatamwemera nk'umukiza wabo nukuri nawe ntazabura kuguhamiriza imbere y'abamarayika be ndakwishimiye mwene data❤
Allah akuyobore
Ya Allah uzatugarurire ibi biganiro nukuri turabikumbuye
Allah akomeze akwagure muri byose
Asalaam aalaykum wa rahmatullah wa barakatuh
Allah abongerere ubumenyi no gusobanukirwa nogukurikira ukuri kuva ku Imana
Ndanasaba abavandimwe babakristu gufata neza iyo mirongo muri kwigisha bayigeho batagendeye kumaranga mutima
Ndabashimiye Allah Abishimire,
Muraho!
Rero mwabagabo mwe ukuri iteka kuzahora ar'ukuri kukurwanya cyangwa kukuvuga ukutariko ntibiguhindura ikinyoma.
Ndabakurikira cyne ariko uyu mugabo niba ibyo avuga abiterwa nokutamenya Imana imubabarirane n'abamwumva kuko bitabaye ibyo y'aba ari gutera umugeri mumuhunda w'icumu
Wirengagijese matayo 3.13,17 ?
Kamana ashyize ukuri ahagaragara
Ikikiganiri maze kucumviriza incuro mirongo itatu kiraryoshepe je ndi Burundi
Ese koko yesu yariswe canke yarababwe azadusigurire
Kabisa urebyeneza n"ukuri uvuze.abaslimu bakora imigenzo ya yes ariko abarokore ntanumwe
Njyewe sege ndamwikundira pe kd nkundako azana ibimenyetso byanditswemuri bibiliya
Yesu yabatijwe na yohana soma mariko igice 1 umurongo wa 9 ubundi ntuzongere kubeshya abanyarwanda
Ariko buriya koko intego ni iyihe muri iri dini rya Islam nugushaka kuyobya abantu gusa
Soma mariko1:9
Matayo 3:13 ibyanditswe ni byinshi reka kubeshya abantu seguin😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂
Serge asoma amagombo yayesu sayabanditsi babibiliya ujye usobanukirwa
Bivuze ngo nawe wamaze kumva ko wayobye?
Garuka munzira yanyayo
Shekh avuze ukuri kabisa abumva nibumve
Hhhhhh aca agashya.ryutwihera ubumenyi
Ukurikose kuri Islam mureb kuri iyi link
Wamugabowe naragukurikiranye nsanga wirengagiza byinshi byanditswe ukabihindura ibinyoma kandi ibisobanukiwe bivuzengo urikuyobya abantu ese ntiwarekeraho kurimbura imbaga yabantu Imana itaraguhana igihano gikome???
@@user-jz8kd4te7wBIHOYIKI uri tayari tugutumire mukiganiro?
Hanyuma se iyo si bibiriya wemera asoma keretse niba bible yanyu yofitemo kwivuguruza yo ubwayo ,
So , Niba wumva ko rero iyo bibiriya yivuguruza nakugira inama yo gushaka ikindi gitabo kizewe akaba aricyo kikuyobora kuko icyo wizeye cyarakuyobeje
Nibicarebige
Amazi ntacyo ahindura ni ikimenyetso.
th-cam.com/video/KKFiE6Fyxgw/w-d-xo.html
QOR-AN 2:221 NIHARAMU URUKUNDO th-cam.com/video/w0vzYHfdHUU/w-d-xo.htmlsi=X5PwCtDWKmuTXGrN
Kweri
Ese sege yazavuze kuri Palestine na Israel middle East niba Israel yaribye ubutaka
Erega segui ibyo ababwira nibyo yize theology ,ahubwo ikiba tera intimba nuko mwigishwa numusilamu atari umuchrist.mwumve ibyo ababwira kuko bamwe murimwe mugendana bible ariko ntabwo muyisobanukiwe ,gusa ukuri kurababaza
Konunva bigoyese
Izi ni vews muba mushaka kbsa mu mutima wa sege nawe aziko abeshya
Garagaza ukuri kwawe
Ese sege yazavuze kuri Palestine na Israel middle East niba Israel yaribye ubutaka