Wamugabo we uri mu buyobe kdi ujye usaba imana (Allah) ikuyobore Ikindi ntukavuge ibyo utazi cyane cyane ku buislam Ndi umwe mu banyeshuri b'abanyarwanda biga Saudi Arabia 🇸🇦
My Bishop Augustine, may God bless you so much for sharing this incredible powerful word of life, keep being the light and the salt of the world. Nishimiye iyi ntambwe yo gusangiza ubu butumwa bw'ingirakamaro ku baremwe.
Yesu ntiyakubiswe gusa, yavuye mu ijuru asize ubwiza bwe, avukira mu bukene kandi ijuru ritunze, ndetse no mu isi hari abatunzi, ariko ntiyashimye kubavukiramo, Yesu yahungishijwe ari agahinja, kandi Imana ntiyari inaniwe kumurwanirira... Rero ibyo Imana yakoze ngo icungure umuntu ni byinshi, kugira ngo imukize ibyaha, ntibyakumvwa n'utamurikiwe n'Umwuka w'Imana. Uzabe ari ko usubiza abakubajije.
Reka kubesha wanjiji we uvuga ngo imana ni jini wowe reka kuyoba abantu wanjiji gatabazi ari he wamuvumo wimana cyokora ntaho utanie ninyamaswa reka kubesha guseba Islam wanjiji we
Akazi ko kubwiriza gatangiye kukunanira mzee. Guharabika Islam ntawe bijya bihira. Islam iri kuyindi level. Next time uzabanze ukore ubucukumbuzi mbere yo kuza gushaka like hano kuri u2be. Uwu shaka kumenya the real Islam karibu ku masjid amarembo arafunguye. Ntimugatamikwe ibintu ngo mu bimire bunguri Kuberi iki Islam igumya kuyobokwa n'abantu benshi kw'isi buri munsi??? UKURI Assalam aleikum warahmatulahi wabarakat
Wamugabo we uri mu buyobe kdi ujye usaba imana (Allah) ikuyobore
Ikindi ntukavuge ibyo utazi cyane cyane ku buislam
Ndi umwe mu banyeshuri b'abanyarwanda biga Saudi Arabia 🇸🇦
Iyo Mana uvuze nikigirwa Mana si Imana
Exactly. He is so ignorant
Amen
Yesu niwe nzira yukuri nibugingo,
Ntawe uzanjya kwase atamunyuzeho❤💜✝️💜
My Bishop Augustine, may God bless you so much for sharing this incredible powerful word of life, keep being the light and the salt of the world. Nishimiye iyi ntambwe yo gusangiza ubu butumwa bw'ingirakamaro ku baremwe.
Nezezwa cyane nubutumwa bwizabwose bubucakuli alayon tv
Cyanecyane bishop webirandenze
Mukeneyeho impuguro
Ntugatosore ingiga iri mujisho ryuwundi banza utosore.. Menya idini nyakuri nuwufasha impfuvyi abafakazi.narek isamaza
Nukuri wamugabo we uwiteka aguhe umugisha kubwubu butumwa
Nange ibi vyasomye ngiye kuvyandika nzobibereke abaislam kubera nabantu bakunda guharira cyane. Yesu Kristo niyo nzira nimumwizere abarokore niwe nzira yukuri. Bita abakristo ngo a makafiri Kandi aribo makafiri.
Ndabakunda cyane nkunda inyigisho zanyu
Information is very important
Ikibazo cyanyu mwemera bimwe ibindi mukabihakana.
Aah asante xaana paster kutupa ukweli wote,wa Islam mujinyonge this z totally truth
Injiji nkawe
@@Nono-mf9ou sha uriyo naw tuu coz dini yanyu z fake just know it
Uwo n'umusazi akwije amaconditions
Allah akubabari urukubesha
Yesu niyamamare niwe Mwami wacu umwizera wese ntazabura ahubwo azamutwara mwijuru arko abizera allah azabatwara ijana(mumuriro)
Johovah/Yahweh =Jah/Yah =Moon=Ukwezi igisengwa cabanya Canaan bazanye muri misiri
Yemwe Basilamuweee🗣🗣🗣🗣 ni Muve mumwijima mwemere Yesu nk'umwami n'umukiza ntayindi nzira Itari Yesu Christu
Yesu niki ?
Nuko ukaniriza impumyi
Imana ibahe umugisha kubwo kujya mukura abantu mu rujijo
Niba yesu aliwe nzira yukuri nu bugingo kd bakaba batamwemera bazajya muijuru baciyehe ko inzira batayemera
These people love lying just ignore then
Ndabashimira cyane uburyo mukoresha kugirango imitima yabantu itazacyirwaho iteka bakarimbuka bazirako batamenye Imana ihumugisha abatumirwa nabategura ibiganiro biradufasha cyane rwose naho abakomeza kujyimpakabo ntibazabura kdi nubundi Ijuru ntirizajyamo abantu bose.
Ijuru niryabizeye Christo nkumwami numukiza
@@medianekamikazi2070 lo
Yesu niwe nzira nukuri,umwizera wese agakora ibyo gukiranuka azabona ubugingo buhoraho🙏✍️🙌
Pastor Rutagengwa God bless you watangiye kera kbsa uri urugero rwiza rw,abasize ibyabo
Bacabarambaza ati'wew wumvawotanga
Umwana wawengakubitwe kandi'umukunda mumpumuco urakoze muhezagirwe challom🙏🙏Amen Amen 🙏🙏🇧🇮🇧🇮
Yesu ntiyakubiswe gusa, yavuye mu ijuru asize ubwiza bwe, avukira mu bukene kandi ijuru ritunze, ndetse no mu isi hari abatunzi, ariko ntiyashimye kubavukiramo, Yesu yahungishijwe ari agahinja, kandi Imana ntiyari inaniwe kumurwanirira... Rero ibyo Imana yakoze ngo icungure umuntu ni byinshi, kugira ngo imukize ibyaha, ntibyakumvwa n'utamurikiwe n'Umwuka w'Imana. Uzabe ari ko usubiza abakubajije.
mukomere cyane nubwo bisomwe nyu bishop adufashishe caneva ya dufasha kuja natwe tuba tsinda .yari marundi julien
Mr Marundi, fata korowani usome wibonere ibinyoma vya Bishop Augustin.
Soma igice 19/71 yamara uhereye haruguru gato kuva 38 gushika 72 urumva neza amahopa ya bishop
Amena amena and amen ubarikiwe sn kiongozi ejobundi nabajije umwislam nti kibura nik nubu ntaransubiza ngo baracyakora ubushaka shatsi
Nari narababuze ❤❤❤❤🙌🙌🙌🙌🙌
Yesu numwami wabami abezera christo✋
Mukomere mukomere kuduhugura ncuti za Yesu,
Reka kubesha wanjiji we uvuga ngo imana ni jini wowe reka kuyoba abantu wanjiji gatabazi ari he wamuvumo wimana cyokora ntaho utanie ninyamaswa reka kubesha guseba Islam wanjiji we
Imana yaba islam yitwa
Hi Baal Allah, nukuri ntibasenga Imana nyakuri.
Iyimana bayihisememo kuko yari ikomeye iri kumwanya wambere mumana zirindwi zabarabu.
Toka😂😂😂 konunva bikomeye sha erega nibareke kwinangira rwose nibashishoze neza!
@@nyambochristelle7640 ,nukuri wifuza kumenya byinshi kuri Islam wambwira nkagufasha rwose
Ikigoryi gusa
Imana ibahe imigisha myinshi 🥰😘😘
Twabona he ibitabo cyangwa inyigisho z'uyu mushumba ku buryo burambuye.
Amen lmana izadushoboze muri byose
Uwiteka imana nyirijuru nisiikonge rereimigisha mwizina ryaYesu Amen
Murakoze Yesu abahe umugisha
Akazi ko kubwiriza gatangiye kukunanira mzee.
Guharabika Islam ntawe bijya bihira.
Islam iri kuyindi level.
Next time uzabanze ukore ubucukumbuzi mbere yo kuza gushaka like hano kuri u2be.
Uwu shaka kumenya the real Islam karibu ku masjid amarembo arafunguye.
Ntimugatamikwe ibintu ngo mu bimire bunguri
Kuberi iki Islam igumya kuyobokwa n'abantu benshi kw'isi buri munsi???
UKURI
Assalam aleikum warahmatulahi wabarakat
Part 2 azavuge kuri Muhammad
Uti ntibaheruka kuntumira uti ariko bantumiye nagenda: Ntabwo bazongera kugutumira kuko barakumenye ko ubatsinda!
Uwiteka akongerere umugisha kuduhumura amaso.
Manza uzuja mumusarani namazi nduje wambarikoti ubesha Abandu namabyi mumapantalo.
Wowese kd ko utukana?
Kandi yaba Imana canke Allah vyose bikomoka muri misiri.
jya kubanya mateka wongere ufungure ibitabo maze usesengure neza uzamenya ubukristu uwa butangije neza una menye igihe bwatangiriye nu mwaka una menye nubwo buislam igihe bwatangiriye
Yesu ni Bwana kweli
Imana nikubabarire kuko korowani siko itoza abasilam. Kuko usobanura ukurikwawe udatukanye
Challom challom umpumuco kurikikintu
Aba'isiramu bavuga
Muwarahezagiwe kabisa mukomere ncuti zanje
Amen 🙏🙏🙏
Yoooo!!
Rutagengwa Yesu aguhe umvugishe
Naguheraka mumyaka 20 ishize
Bishop Augustine numuswa cyane ibyasobanura ntabyo Azi,Islam yizerera mu mama imwe rukumbi arinayo nzira yukuri nubugingo.soma Yohana 17:1.............10,cyangwa urangize icyogice.umusilam numukristo Ninde wubahiriza icyogice?.
Alla xnuruhe rurimi
Kucyi x mudasenga mureba mwijuru
Ariko ubundi kucyi basubira mwisengesho bahawe nabarabu???ese kuki badasenga mururimi rwabo bavuga ?uzi guhora usengera mwisengesho ryundi muntu??!ahubwo imbabazi z’Imana ni nyinshi koko kuko nibaza uko batabarwa batewe badafite Yesu na mwuka wera!!!
Thx
Ubujuju bwaramye
Mbese ko mutararangiza uru rugendo rujya mu ijuru,mwishyana mutararangiza ahubwo abagenzi beza barahugurana bagakomezanya.umujinya ,gutukana, ntibyasobanura iyo nzira ijya mu ijuru ahubwo buri wese nasonanure ukuri kwe kumvikane atuje
Erega mwabakozi b'Imana mwe abantu nti bavu niyo havugwa ibinganiki kuko bafite amatwi ariko ntibumva ariko icyo nemera ni uko uwo ubugingo azajya arokoka nibyo .
Yesu abatabare Abi slamu nta mana basenga
Nukuri uriko uvuga ibinyoma ubantu mwiyita abakinzwa ufise ikibazo ndi fuza ko iyo tv muzoze mutumira na bislam muragerageza kucafuza ubwi islam ariko nidini ryukuri uvuga ivyo utazi turasavye uzotumire umwisiramu imana inatahuze
Wamubeshi
Ndagukuriye NDI muri Asia 🌏
Waba ufite gihamya y'ibikorerwa uwapfuye?nk'iyo wihandagaza ukavug ibyo utahagazeho wibukako hari iherezo ry'ububuzima?IMANA iguhe gusobanukirwa.
.
Ukwezi n' inyenyeri ku musigiti bisobanurwa ngo:" Hano ni mwicuraburindi ry'umwijima,uwinjiramwo nta bwenge agira". Umunsi w'abasiramu utangira bwije (18h) ijoro ryabo rigatangira bucyeye (06h) n'abumwijima gusa, nonese wayoborwa n'ukwezi n'inyenyeri atari mu mwijima?
Ese yewe munyamakuru niba koko ibyo avuga aribyo wazamitumije ugatumiza nabayislam bakanyomozanya tukamenya ukuri
Allah niwe Elohim:Al/El mukirimi cahimbwe nabadage uyumusi bita igiheburayo (Yiddish language).
Wowe wigize ko uzi ibyubusilamu uzasabe ikiganiro mpaka nabasilamu uze utwereke ukuntu abasilamu basenga amajini
Erega ukuri murakuzi nuko ayo majini ababoha
None wemereko Imana yaremye amajini n'abantu?
Mwiriwe twakwijiramwo dute??
Ibyo uvuga ntago uzi korowani ntago bayisoma nkimvaho poster we uzatumire abasilamu baze hano mutwereke ukuri aho kuri ureke kubeshya abantu
Hano muli uganda uyobora ilyo vuga butumwa n,uwitwa paster Wayiswa yali emamu w,umusigiti wambare
ritangizwa inyuguti Nkuru naho ibigirwa mana nibyo batangiza inyuguti ntoya
Wewe wanvizehe islaam irwanya kumshirisha mungu acha ujinga mpumbavu shetani wee
Ewe Mana dutabar abawe🧎🧎🧎
Uyu munyamakuru abaza neza kbsa
Izina imana risobanura iki abayisiramu bavuga imana abemera kirisitu bavuga imana bitadukaniyehe musobanitire
ntukandike iman gutya ushaka kuvuga uwiteka IMANA ya remye ijuru nisi. imana like this nibigirwa mana so kosora
Ngiyi indorerwamo ya buri wese ushaka kumenya ukuri.
th-cam.com/video/I3xEwDai7UU/w-d-xo.html
th-cam.com/video/I3xEwDai7UU/w-d-xo.html
Ni Imana non (imana yikigirwa mana!)
Yesu nashimwe cyaneee
Wa mubishop we Imana ikurinde amajini y abayisilamu kubera ko ibyabo ubishize ku ka rubanda!
@@bernardmuligande2036 sha buriya babataye hanze kera urebye ibiganiro byabatanzaniya hamaze kuvamo aba shehi benshi pe barasobanura imikorere yabo ukumirwa!!mbega ababaje nabo bayobora bagendera mukigare!!!
Murararaba.mugikate.umutwe
Naho kuvga ngo abaislama barazimiye urategura inyigusho ubatumire ubereke uko bazimiye apana ivyo vyogusoma imirongo uyisigura nabi quor Ani ninyanja ndende utorwoga wewe ngo uvemwo
nagirango dukosore izina Imana
Natwe twabivuyemwo kuk twatahuye ukuri icokintu ngo muzaja mwijur kubwimirimo ahaaa Imana nibagenderere ibatahuze ukuri kose kabisa
Ahubwo niwe wambere wumukafiri kuruta abandi
Wa bi shop mureke kubesha akazi ni gusambanya abakobwa no kubesha kuyoba abantu ntaho utanie ni nyamatswa gatabazi ari he
Kumusaraba ngontakuntu yarigutanga
Umwanawe ngabariwe
Akubitwa ngakincwa kandi'amukunda
Pasta ubwenge bwawe ntabwo bukora neza vrt
Inabidi usome kaka usisemi usoyajuwa unatiya fujo tu huna lolote msenge weeee....
Ngo yesu'ngontiyakubinswe ngo'arajakumusaraba bobavugango
Gushyira ukuri ahagaragara
Allah yasezeranyije abagabo baba silimu abagore 72, 2mulibo mamenze nka squeleton, nabahungu bakili bato bo kurongora munyo
Yampayinka rugambarara !!! Kabaye!!!! Ndumiwe pe singiye kubabeshya isi irashaje pe!!!!!
@@ndashimyeemmanuel7481 hhhhhhha
It’s the ignorance for me. Clearly you don’t know anything you are talking about.
Mururyamwanya ngoyaciye'ajanwa mwijuru ngobacabazana
Uwundingamusubirira mukiringociwe
Rwabariwakubitwa arabambwa
julien
pasta ntakundu cyiza ngo kwiga ngusabye ko wakongera kwiga neza ukujya nokwiga amateka
Yooo ahantu mwana zimiriye ABA slam ngo muzinjira mwijur kuberimirimo myiza ahaaa umuntu azinjiramwijuru kuk yatuye akakira Yesu nkumbu Mwami numukiza ikindi nuko mwihanye ukava muvyaha nubw imirimo yawe izogukwirikira ntabwo imirimo izabanza wapi muribesha cane
Namaze imyaka28muk'Islamu ntaramenya Imana nsenga najekwibaliza Imana ngoniba aliwowe Manansenga uzampe ubumenyi bwubwenge bwokumenya Yesu n'ubumanabwe n'bumana bwumwuka wera nanjyenza gukolera.
Iyo mirimo myiza se yo igirwa na bangahe???? Toka madjini kwa jina la Yesu.
Nukuri! imirimo iziyongera ho iduheshe amakamba ,ariko udakiranutse ngo wakize Yesu nk’inzira yukuri izakugeza ku Mana ntacyo nkwijeje!!!
wubahe cane tuba dukeneye imvuga kuri nkizi
Islamu ntabyo twahishe
Yesu turamuzi neza
Aburahamu waba uziurugamba yarwanye yigisha gusenga IMANA imwe?biribigirwamana Niko byitwaga.muhamad(saw)hagatiye na ibrahimu haciyemo intumenyinshi.none birangiye ubyitiriye muhamadi kugiran o ukunde uduharabike?lMANA ikuyobore.
Mbega ikintu kibabaje kandi kinashecyeje. Umukristo wukuri afite umwuka wera naho umuyisiramu mwiza nabura igini
Hanyuma wabona amateka ya Islam mbere ya ablaham mbere yumwuzure kubwa nowa?
kuko yajyaga atambutsa ibiganiro mpaka nasiramu kuri radio Ubuntu butangaje
Sha tubaze twebwe tubana nabo amajini barayorora
Aba Islam bazakwica wirinde usenge,nta gakiza bafite nta mikino
Nigute twabona icyo gitabo ariho akoresha(Cya corr'an)
Mwagiye mureka gusebya idini yabantu mukamenya ibyanyu ko muri mwese ntanumwe uzi aho azajya woe kiranukira Imana yawee ibyabandi ubireke kuko siwoe utanga ijuru 😏
Mujye muvana ubugoryi hano
Muratsindwa mugatangira gusebya abandi HHhH
Nonese icyo kiganiro ko mutabikoze mwatumiye abayisilamu
Nkuko babikora ntibabavuga batabatumiye
Islam yatangiriye kuri Ibrahim
Mbega ntacyo wize pe
Ahubwo wowe,urikugaragaza uwo ukorera,no gutukana wabishyizemo kweli
@@maduduesther3771 Hoya nukuri harinkibiganiro wumva ukumva arugusebanya
Hahaha
Muhame hamwe
Munyitiriki mwiza knd umwiza arimna abazavuga mwami mwami sibo bazarijyamo uretse abazakora icyo dada ashaka ariwe sowanyu
Ibyo birimuri bibiriya
Jengira.nitange.nze.ndagice.umutwe
Ndasaba uwari wese wabonye ubu butumwa niba koko yifuza kumenya ukuri kutavangiye musabe uyu urimo kubaza nyiri channel atumire n'umuslam navugako yamubuze azambwire nange nzaza ariko ntatabikora bizaba ari bimwe byo gushaka amaronko kugira yiyuzurize umufuka gusa naho ukuri ko akuri kure. Uziko uyu Bishop abeshya kandi abizi neza ko abeshya ubwo se koko aziko azava kwisi yabishaka cg atabishaka? Rwose isi hariho ibibazo byinshi kandi iherezo rya byose cg twese tuzarangira tuvuyemo umwuka. Imana ituyobore
Uzajye mugiterane cyo murwanda kuko ntiturakubona mubiterane
ubwo nibwo uzabasha kumenya neza amateka yamadini ubukristu ubuislam
Uwo murongo uvga ko ngo amahoro yimana ari kuriwe kuva aho yavukiye kugeza igihe azopfira ntabwo havuga ngo kugeza igihe yafiriye ba umenya gusoma no gusigura
Amajini yose abislamu barayemera kuko baravuga ko badafite ubushobozi bwo kumenya ijini ribi niryiza
Uyumugabo ahubwo nawe aza traininge ibyayo mariganya yaba chehe kuko haraba pastor basebya izina ryumukiza wacu. Iyo mirongo ya korohani ayishyire mukinyarwana
Kuki yasize iryo buye ese ryavuye he ? Byo ko utabisobanuye
Uyu mugabo arigukoreshwa nindambi bityo ntawamubuza kuvuga ibyo ashaka gusa nzanse bigaragarakobari mwicuraburindi gusa