Yerusalemu warumurwa mwiza ariko uguzwe mubi kubwa bantu, wa muntu w'Imana we sindi umu Islam, ariko nkurikije ibyo uvuga urimo gusebanya pe , Muhammad nintumwa y'Imana ariko utaravutse nkuko Yesu Kristo yavutse Yesu Kristo yavutse muburyo buri special, Allah bisobanura Imana, Nyasani , nyiribihe , niba udasebenya koko zana iyo mirongo tuzisomere.
@shabani Issa !muvandimwe Ntekereza ko kumuseka nawe ntacyo umurushije imbere y’Imana!naho ibyo kwinjira idini byo ari benshi iyo ariyo yose sicyo cyemeza idini yukuri,kuko nubundi ngo inzira ijya kurimbuka iragutse ariko ijya ku Mana irafunganye!ntabwo kuba abasilamu baba benshi cg irindi dini aribyo bisobanura ko ariho hari ukuri.
Ariko mwagiye mushaka abayoboke neza mudasebanyije??iyo usebya idini ryabandi uba wibaza iki??idini ntago riteye ubwoba ahubwo wowe uteye ubwoba,bwiriza ibyo wemera wibabwira ibyabandi,umuntu afite amahitamo yahitamo islam cg irindi dini ibyo biba ari ibye,what are u exactly,a bishop or an anti muslim?i wonder if u get a good sleep after this ridiculous and nonsense.subira gusoma maybe wasomye nabi.gusebanya ntibikubereye,udafite icyo kwigisha guma iwawe uryame.SUCH A WASTE OF TIME😖
Urakoze cane,kwigisha,kuvyerekeye ibinyoma vya islamu. Urakoze bishop
ALLAH AKBAR MANA YANJE UMUPASITER ARAHO WE URASHOBORA KUBESHA NKUKO KWER NAHONYENE UBESHERA INTUMWA YIMANA KWER SHA NDASABA ABASHEHE BOMUGWANDA MUZE MUMUKOSORE KWIZO NYANDIKO ARIKO ARAVUGA KUKO ARABESHA CANE MUZE MUMUNYISHURIRE NDABISAVYE KWER ARAMBABAJE NDANAKOROYE NAMOSOZI UKUNTU ARIKO ABESHERA INTUMWA YIMANA NUKUR NIMUMUNKOSORERE ABASHEHE BOMUGWANDA
Yerusalemu warumurwa mwiza ariko uguzwe mubi kubwa bantu, wa muntu w'Imana we sindi umu Islam, ariko nkurikije ibyo uvuga urimo gusebanya pe , Muhammad nintumwa y'Imana ariko utaravutse nkuko Yesu Kristo yavutse Yesu Kristo yavutse muburyo buri special, Allah bisobanura Imana, Nyasani , nyiribihe , niba udasebenya koko zana iyo mirongo tuzisomere.
Urimuntu wumugabo utinyutse kwigisha kuri isiramu imana ikurimde
Mujye mutubwira ari iyihe surat mwe kuvuga imirongo gusa
Murakoze
Murakoze kukiganiro mutugezaho
Imana ibahe umugisha please Muzamutumire kenshi kuko ndumva rwose hari aba ariko rwa nubumenyiImana yamuhaye !!
Imana ikomeze kugushigikira mukozi w'Imana,ibyo utugezaho biratubaka cyane
Ibyo Imana yakumbwiye komeza ubisohoze.
Turagukunda
Uyu mugabo turamuzi arakorana ni ikuzimu .arashaka kuyobya abantu.nimukude ibyisi ariko haligihe umusi wanyu uzagera.
cyokora urumubeshyi bs,
yemwe mwabantu mwe mukurikira umuntu urajwe inshinga no gusebanya murabe maso kuko ntakuri nakumwe kurimo
*Ubutaha muzatumire **#Bishop_Rutagengwa** na **#Sheikh_Yousufu** bakorane ikiganiro kuko bizatuma tuzarusheho gusobanukirwa ibya Isilamu na Muhamadi wayo.*
Barazimiye inzira, Nivyiza mwizere Yesu Kristo abarokore na jehanam ya moto.
Yemwe murakora cyane YESU azabahembe ibihembo bishimishije 🙏
Tubabarire utuzanira Yusuf rwose iyi mirongo agire icyo ayivugaho kuko yatwemeje ko Muhammad Ari intumwa y'lmana.
Asanti sana Pastor Augustin, keep it up.
b
Impamvu abasilam batayimenya ibyanditswemo, nuko bayisoma mu cyarabu, ntibamenye ibyo basoma.
Komeza utwigishe mukozi w' Imana. Ibi twari tubikeneye cyane. Turabakunda cyane🙏
Ukuri kose hanze. Bizeye ivyobatazi Yesu Kristo Ubarokore.
Bishop ajye aza buri munsi atwigishe Islam kuko ni idini riteye ubwoba, rizamara benshi, nafurahi sana.
Umva muvandi iyo ushaka kumenya ikintu ntago wakiga kumuntu wanga ibyo ushaka kwiga wumvishe neza
Abaslamu ndabakunda bagira ibyo abakirisutu mudakora bazi gukorera Imana mwica Imanza iyabahamagaye niba ari babi niyo azahana buri wese abachristu nabaslamu
Mwijuru ntamadini azabayo inama nagira abantu bave mubya ha bakore ibyiza Imana izaba hembera kutayibabaza
ariko yesu yavuzeko ntawujya kwadata atamujyanye
Sinagenda ntabashimiye kubw umusanzu wanyu mutanze ahari hari benci bazumva bagahindukira,bakihana bagasanga Yesu ntibarimbuke kuko aracyicaye kuntebe y imbabazi
NB: harigihe azava kuntebe yimbabazi akajya kuntebe yurubanza turabinginga ngo nimuze vuba mumwizere kuko bigaragara ko hasigaye igihe gito.
Mudufotorere iyo mirongo yose ya colowani musomera muyidushyirire kuri camera kugirango izadufashe .
Why don’t you just do your own research?
Ndahari narabibonye icyigihugu bazarimbuka
Wamugabowe ndagusetse islam ntacuzayihinduraho uzopfa iyisiga icuzuye Abantu bakibwinjiraaa
@shabani Issa !muvandimwe Ntekereza ko kumuseka nawe ntacyo umurushije imbere y’Imana!naho ibyo kwinjira idini byo ari benshi iyo ariyo yose sicyo cyemeza idini yukuri,kuko nubundi ngo inzira ijya kurimbuka iragutse ariko ijya ku Mana irafunganye!ntabwo kuba abasilamu baba benshi cg irindi dini aribyo bisobanura ko ariho hari ukuri.
Igihe roho izakugera mungoto uzabyibuka
Komeza turakumva cane
Numva umuntu usebanya ari uvuga ibintu bibi ku bandi kd abeshya none niba Pastor atanga imirongo muri Qor'an mukaba mutavuga ko iyo mirongo itari muri Qor'an mushingira he muvuga ko asebanya kd avuga ukuri kwanditse? Ibihamya birahari kd biragaragara ahubwo ukuri kuraryana Pastor komeza umurimo Imana y'amahoro iguhe umugisha
babwire wenda babyumvako yesu uramwami
Yesu weee
The way Muslims are very strong on their dark religion 😱😱😱
Mu kuri ako kantu karababaje cyane.
Niyompamvu iyo uvuze nabi Imana yabo bakwica. Nibyo Koko barayobejwe Satani niwe kinywamaraso. Bavandimwe ba islamu muhindukire bigishoboka.
Uwiteka akubabalire nukuri .
C'est bizarre cet histoire de mahomet mais interressant à savoir! Que Le vrai Dieu Roi de la terre et du ciel vous bénisse .
julien marundi:
dukeneye kaneva ya gukoresha mubiganiro .uzaduhe numero
Wamugabo ibyuvuga nukuri nashatse umu islam ariko bakomera kumyemerere yabo kuburyo yahasiga nubuzima
Hano Omani bararongora bashikibabo
Erega abisim beshi ntibasoma pe beshi ntamwanya bafise wogusoma
wowe.kuri.qor.ani.ntiwakataho nubwowagorekagute islamu.izahora.irihejuru
@Abdallah tanga ukuri kwawe twumve.
A
Uremera ko ibyo ari gusoma byanditswe muri korowani?
Njye n'iy'ikinyarwanda ndayifite.
Allah si imana jy'Ijuru
Ijuru rya ALA ntaryo nshaka 😳😳
Kbs babwire bapinga kubi
😂😂😂 sha sinigeze mbona umunyabinyoma nkuyu pasteur
Mbere yo gutangaza ikiganiro bajye babanza basesengure barebe niba ibyo bambwira abantu byubaka. Naho ubundi akazi bakora bashaka guca imanza zitabareba rwose
Why doesn’t he bring an actual scholar that’s Muslim? This is so misleading 🤦🏽♀️
Arimo gutukana nabera mbonye umusaza ufite ibinyoma utagira isoni zo kubeshya
Ibyobyosebarabikora
Ibyo uyumugabo avuga ntakuri kurimo arigusebanya ibyo yavuze byose namurongo arigusobanura uko uvuga
Uyu Mugabo ni umunyabinyoma ibyo ari gusoma si Quran kbx ahubwo nibyo yihimbiye
Gahorogahoro ndigusubizwa ibibazo nibazaga. Ese kuki aba islamu henshi uvuze nabi Imana yabo basara bakanica uyitunze urutoki? Niryo dini nzi ryica abantu bataryemera rikumva ryakoze umurimo w'Imana🤔. Yewe abantu twajwemo ntitwabimenya. Satani burya koko ariyoberanya kugirango ajijishe abantu bazarimbukane nawe. Bavandimwe twese turusheho gusengerana. Yesu atwiyereke maze azadusohoze kwa se Imana yaremye isi n'ijuru.
tumia lugha ya kiswahili dunia ikusikie, ili mtengeneze hoja na walimu wenzio
Uri umujyinga gusa
Ukurikiwe ninjiji gusa
Muzabazwa Kandi ntimuzatsinda nibyo binyoma byanyu mwayobeje abantu nubu ntimuranyurwa ibyo muvuga murakora icyaha gikomeye kuruta ibindi muzi nihrami gutukana byari bikwiye kuko ntagihembi kikibi uretse ikibi nkacyo
Usigaye wigisha islam ?
Rekasha rekasha kuza muca muca imanza kumadini
Simbona se aribyeze kumbuga nkoranya mbaga aho amatorero namadini amwe yibasiwe.
Ariko nugukomeza gutakambira Nyagasani akarengera abantu bayo yiremeye
Iyi chanel niyo mission ishobora kuba ifite kurenza izindi. Ntawamenya
570 nibwo Muhamed yavutse
Birumvikana ko umwanzi wa marayika ni satani
Ariko ubundi ntategeko rihana amaterevisition nk'aya abura gukora ibyubaka agasebanya gusa .
Si ugusebanya shaka korowani aho wayikura hose, ibyo asoma ni ko byanditswe muri korowani.
Uyumugabo yiyita bishop ndamusetse ndamushinyitse islam izokwama irimbere Muhammed nintumwa yi mana gushika kumuhero wisiii
Abantu dukanguke twegere Imana data watwese. Yesu Christo niwe nzira.
Erega beshi mwebwe mukunda mwemera idini vyahi islam ubwanyu mwebwe baracuritse ubwenge bwanyu kuko korowani iri mucarabu muzoronka mwoyisoma gute?irimumisho
Imana nayo ikeneye kuryaho 🤣🤣🤣
Ubundi SATANI niwe yamwiyeretse
ntakindi muricyo uretse.kuba.ibivume
Soma neza korowani mu kinyarwanda niba hari iyo utunze, urasanga ibyo ariko gusoma ariko byanditswe muri korowani.
Ikibazo abenshi muri mwe mufite, bake muri mwe batunze korowani, bafite iz'icyarabu , kandi ntimuzi urwo rurimi. Impamvu ikomeye ni iyooo!
Zana ibyanditse ureke amarangamutima
*Ngo Satani niwe ubuza abasilamu kujya ku rugamba.🤔🤔*
*Eeeh ibi bivuze ko muri Korowani Satani ni umunyamahoro.🤔🙄*
mwigekubusilam neza.musobanukirwe ubusilam.bwagiye.kumugaragaro.mumwaka.6.mbere.uwabaga.umusilamu.yaricwaga.nyima.imana.imanura.umurongo.uvuga.ko.nibabarwanyanamwe.muzabarwanye
muriwamwanya.wokurwana.munzirayimana shitani yabatezaga.ubwoba.bamwe.bakanga.kujya.kurugamba musobanukirw
mwabakakirimwe
Ariko jye mba natangaye uziko impumyi iyo zihuye ari ebyiri ipfuye ijisho rimwe niyo iyobora ibintu rutagengwa avuga byumvwa ni mpumyi ariko abanyabwenge bumvako ibyo uvuga ni ubukobanyi bwubuhezanguni
Inama natanga mwahamagara aba shekh ba islamu mukaganira imbonankubone
Gusa mubigaragara uyu bishop ni injinji cyane kuko arivuguruza ibintu avuga nawe ubwe ntabyumva ntibinyura ubwenge
@@pulanaabdulkarim5527 ahubwo ni umusesenguzi muzima. Ibyo asomye se ntibiri muri kolowani? Niwe wayihimbye se? Ahubwo soma neza kolowani nawe umuvuguruze
Ariko mwagiye mushaka abayoboke neza mudasebanyije??iyo usebya idini ryabandi uba wibaza iki??idini ntago riteye ubwoba ahubwo wowe uteye ubwoba,bwiriza ibyo wemera wibabwira ibyabandi,umuntu afite amahitamo yahitamo islam cg irindi dini ibyo biba ari ibye,what are u exactly,a bishop or an anti muslim?i wonder if u get a good sleep after this ridiculous and nonsense.subira gusoma maybe wasomye nabi.gusebanya ntibikubereye,udafite icyo kwigisha guma iwawe uryame.SUCH A WASTE OF TIME😖
😂😂😂😂 Allah muramumanutse koko , Gusa umunsi muzamenya noneho Imana ya Israel { Yahweh } iyo ariyo nukuntu bayitambiraga inyama zabantu zokeje ikazirya ntimuzongera kuvuga 😁😁😆😁 izo mana zose { Allah/Yahweh/Baal... } ni Ibigirwamana mwirirwamo mutanabizi ntaho zihuriye ni IMANA y'irwanda reka reka .
Kandi Yesu we yise iyomana Yahweh musenga { Sekibi/Satani } baranabimuziza kandi dore iyo mana Yahweh niyo mwirirwa mubyinira ngo Imana ya Abraham,isaka na yakobo .. mutanabizi 😂😂😂 muzasome {Yohana 8:40-44} mwitonze mubanze mwumve iyo satani musenga mutabizi . Naho Allah yo nubundi yitwaga Hubal / Baal mbere yuko bayihindura Allah nyuma cyane .