CHERI akora muri MINISTERE ariko Agendana UBUROZI😳KU MUNSI W'UBUKWE Mabukwe Yaraye mu Cyumba Cyacu😭
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 2 ก.ค. 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR) - บันเทิง
Egera Imana cyane izakugirira neza kandi igihe cyose utarabona igisimbura amafaranga aguha ntuzamurege
Ujye wumva Kanguka , usengane n,umukozi w,Imana Chris Ndikumana
Birababaje cane ariko wizere Imana wongere usengere muri kanguka iyo myuka mibi izobavako mwizina rya Yesu kristo .amen
Mbaye uwambere abakunzi ba Zaburi nshya nimumpe like
Uzatugarurire Aline[Mama Linda]
Uwomwana bamujyanye mumyuka mibi uzajye umusengera cyane kdi uve mubutesi usenge ushikamye babateje imyuka mibi.
Komera komera Mwijuru hari lmana! Imyuka mibi ibaho cyane! Nange byambayeho nabana bange !
Sanga numukozi w'IMANA meshake agusengere asengere numwana usabe nagatanya uhabwe imitungo gusa usenge cyane mwijuru hari IMANA humura kdi komera
Nasenge cyane
Uzatubwire namakuru ya mama Linda turamukumbuye
Jya ku ihumure uramenya amakuru ye
Yoooo uwomubyeyi nasenge cyane umugishawe, uwo mugabo wawe arawukoresha muri ministeri nuwumudamuwe.nasengacyane umugishawe bazawuvamo.
Umva mugore mwiza uwo mugabo ishyiremo ko yapfuye noneho ubeho utamwishingikirijeho nabusa. Sinon uzasarira mu mujyi pe! Komera kandi ushikame umwana umwe rwose wamwirerera humura Imana izabana nawe❤
Ihangane wa mubyeyi we! Ndabyumva cyane wahisemo nabi ugwa ku gipfunyika cy'amabyi
Komera Imana izabihindura, Saba imbaraga ntibiba byoroshye😢😢😢😢😢😢😢😢😢
Aline mama Rinda turamukumbuye
J'ai kw'IHURE TV murebe ikiganiro yahakoreye twarakoze groupe ya watsap nawe turikumwe❤😊
Imana igukize mu izina rya Yesu
Yesu Kristo wabambwe kumusaraba igorogota uziko abantu benshi bashize Yesu Kristo wogahekawe uri inshuti umukiza umurengezi ubuhungiro Yesu Kristo weeee ubehafi yuyu mukobwa wawe waviriye wamuvo wamaraso hallelujah hallelujah🙌
Wowe ugomba kuyoboka inzira yisengesho nutinjira mu Mana ngo abariyo uhungiraho no kubura ubuzima uzabutakaza ibyo kuvugango ntusenga cgane ugomba gusenga cyane niho harimo igisubizo
Amahoro cane Plaisir.
Uduha ibiganiro vyiza Yesu abahe umugisha.
Ndi umurundi kubw'agahinda kenshi Aline Maman Lynda yagize inyuma y'ibiganiro mwagiranye ntusubire kumuraba, unamusabe imbabazi, vyoba vyiza cane.
Hama tugusabe uzomudusabire ikiganiro yivyabaye nyuma kk twaramusengeye ntitwamenye ivyakurikiyeho.
Murakoze.
Nukuri plaisir afite urubanza rwa Aline ku Mana ashatse yazabikemura kuko gusaba imbabazi si ububwa
@@ingabiremariegrace3922nukuri pe
Yakizi iki
Ko numva ihiganiro byose nabikurikiye
Ni mbazi ziki
Mumbwire ?
@@buregeyaalice8885jya ku Ihumure
Ariko Plaisir, woba uja wihangana gusamara uraba phone ukareka kuja uradusubiza inyuma ubaza ivyo yamaze kuvuga! Thanks
Plaisir utega amatwi umuntu usa nudahari, urarangara mu buryo bugaragara. Ngewe mbona utantega amatwi wibereye muri phone. Uri kumusubirishamo ibintu yavuze urangaye. Wabikosora ukajya uha umutumira full attention nta phone. Blessings
Ihangane Mama iyi Si iriho ibintu biteye ubwoba gusa hejuru yibyo byose hari Imana, gusa abana bari gushaka ubu barasabwa kumenya neza Aho bagiye gushaka
Ihangane shenge imyuka ya nyabingi sikintu gusa biragoye kubakana urugo nu muntu bazimurikiye ntibyoroshye.gusa izina rya yesu n'umunara umukiranutsi y'ihishamo jya usenga izagutabara Imana . nikigera
Rk rero plaisir uzatugarurire Ali ne turamukumbuye
Eg turamukumbuye😢knd natwe dushisharr tumwingingira Uhoraho🎉
Aline Maman Linda yararize cane kubona muganira nyuma ntusubireyo kumuraba basi ngo unamwandikire naka sms umubaze uko vyifashe yabivuze kwi IHUMURE TV none Plasir ubwo zambaraga zuriyamugabo wiwe ubwo sizozoba zaragutumye udasubirayo nukuri yabivuganye ikiniga aranarira gusa Plaisir uzosenge hama uje kumuraba nukuri niba harikintu camubabaje nukuba mwarakoranye ibiganiro nkabiriya ntunasubireyo ngo urabe uko bameze ndetse yavugako hari nibindi afise agomba kutubwira nanje numvise mbabaye gusa nziko ugendana nijwi ryImana ahari ngira harico ubiziko cnk harimpamvu utasubiyeyo
Buriya harimpamvu , kdi ibintu byose ntiyabivuga hano plaisir kubw,umutekano we , kuko mpamya ko plaisir ntago yanga Mama Linda
Mujye mushaka abagabo mudahubutse mubanze mumenye imyizerere y imiryango
Senga cyane mama,kd ihangane
Uyu Mubyeyi kugeza Ubu birunvika KO ataramenya imbaraga arwana nazo,kandi satani ntampuhwe amufitiye,ikibazocye ninki cya Aline,haguruka uvemumikino uhangane n'a satani usenge wejyere Elysé wunve Kanguka ya Chris Ndikumana utwike Abazimu haguruka va mubutesi wubatse urimuto ariko ibibazo bituma dukura.senga ubudasiba kandi ureke kwiruka muri ibyobyumba kuko Abaranjyi niho buzuye.
Bamwohereza amahembe
Mama ukeneye kwegera Imana cyane byumwihariko ugasengana imbaraga numwete mwinshi uzatabarwa vuba cyane humura Yesu arakuzi kdi aragukunda
Impamvu zatuma tuba mumaso y Imana( gusenga) ,wabishaka utabishaka ni nyinshi nizi zirimo,hari uwibwira ngo azajya kurega,ushobora kurega kuwo uregera 1:10:35
Pore sana mama nusenga bizahera
Solution ya vyose nugukizwa ukiyegurira Yesu .Ukanarokora n'Umwana wawe.
oooh ihangane ahubwo usenge kugiti cyawe Imana yacu irumva cyane icyambere nukuyizera Imana tubana nayo ibihe byose ntabwo ibakure yacu ibabugufi bwacu cyane ikibazo nukutabimenya kuko murikigihe ntabwo byoroshye birasaba kuba maso ukitonda kuko ushobora kugenda nabi ukayoba ahubwo banza uyigirire icyizere njye mfite ibimenyetso bibyemeza ko iyo uyizeye ntabwo ikureka.
Uyu mwana ko azi ibyo yanyuzemo agishaka kuki atigeze agira amakenga, cyangwa na babyeyi be ngo babitekerezeho. Nayoboke gusenga areke kurangara... Nubwo yatinze Imana izamugirira neza
Yoooo,pole
Ariko plasire noneho Izinkuru zakasamutwe ko mbona zivuza ubuhuha. Ubuse koko🙆🙆cyokora Yesu christo niwe buruhukiro.
Mbega ubuzima ihangane mama
Uyu mugore ni umwana pe!!!
Subwo ukabajyana mucyumba cyawe koko??? Egooooko christo😢😢
Abo nabazimu bazamwica uzamunjyane kwa papa king
Abo nabadayimoni bo mumiryango wowe iyegurire imana byose irabishoboye
Uracyari umwana koko! Haguruka usenge n'ayo mafaranga jya uyasengera.
Umva chérie, senga uwiteka ace imigozi iguhambiranyije nawe, uce iyo migozi imuhuza n'umwana.
Nukuri Imana izabikora ajye abyohereza bikubite swata.
Senga wongere usenge kdi ugabanye kwiruka mu banyamase gesho ,abenshi nabo baravangiwe.
Fata gahunda ujye usoma Bible,uyisengeremo , usabe Imana ubuyobozi,ukiranuke ureke ibyaha.
Nukuri Uwiteka azagusubiza utangare.
Nanjye ndagusengera nukuri.
Warangiza ukifuza kumera nkuriya muntu ubonye?nyurwa nuko uri kdi usenge.
Iga kubaho Nkutamufite niyonama nakugira kd ushake Abakozi nimana batari Babatubuzi Bagusengere kda wige Kuzigama uwo sumugabo nanjye u wanjye Yajyagankubita nimbere yabakozi na ba client nindaya Azijyamo Ukwabishaka duhora Muntonganya Zidashira nyuma naje Kwihagararaho Mubwirako Niyongera Kunkubita Nzamurega Arabigabanya nubwo Yakomeje ingesoze ariko Singikubitwa
Kdi uve kubaganga bagakondo kuko uba wegera abazimu umwanzi akahagutegera sengera mumbaraga no mumwuka
Ihangane najyenashatse nkawe kd jyedufitanye 4 jyenogutahabyaranze kukontababyeyingira gusadusengetwizere IMANA gusa
Iricasame pe wubatse ukiri umwana koko nigute yodyama nyokobukwe mucimba canyu?!!
Plaisir urarikoze pe ntabwo abakozi Bose ba ministries bahabwa ibyo kwakiriza abashyitsi murugo,,, babaha amata namazi byo kunywa kukazi ariko sibyo gutahana pe kdi hagati yamazi namata uhitamo kinwe kumukozi usanzwe😮 Wenda abayobozi babaha byombi
Ukuntu satani yikundirabantu bumva ngo badakoribyaha bya danger umva jyusenga u some na bibiliya
Madame rero ni wowe uboshye . Tangira usenge ujye utwika iyo myuka mibi. Saba gatanya mu rwego rw'amategeko ubundi uhabwe ku mitungo yawe ikindi ntazongere kugutera ubwoba ngo yahagarika amafaranga kuko agenywa n'urukiko kdi we ntari hejuru y'amategeko.
Ibyo nyokobukwe yakubwiye birigusohora none bivuguruze usenga ahinduke(umugabo) niyo ntsinzi kuko umugabo aragukunda"yarakuburaniye muri cya cyumba
Nyabyaha byoroshye nibyo byoroshye bireke usenge
Nizereko iyi photo atariye mwashyizeho kdi iyo avuga atagaragara tubonako yasabye ko mutamwerekana
Ntago ariwe
Njyewe narozwe numuntu ukora ku karere numugabo.uburozi buri hose yize no kuri campus i Butare
Ihangane mama
Ihangane nanjye nurwo nashatse ariko fata igihe cyo gusenga
Ihangane warahuritse ariko unyemerere kwite ninjiji nigute ubuzinezako umugabowawe muvugana umwana agahita aremba bikaba rimwe kabiri ntuzibukire ubu wakabaye waramu block muri 4ne uwomugabo mwibagirwe nkaho mutamenyanye ikindi igagusenga ntagokudakoribyaha aribyobisobanuye gukizwa senga igagusengarwose nicyokizagufasha kikagufashiriza umwana ikindi iyomitungo nimunayigabana ushoborakuzayigwamo cy ikakubera inyatsi rero shakibyawe jye nkubwiyeko utabura 30k yogushora jye ndabikubwira kukonabikoze natangije igishoro cy 15000 ndangurimbuto ariko zaraphashije rero nawe ndizera mubushovozi buke utaburuko witunga numwana
Igisubizo n'ugusenga
Plaisir urarikoze pe ntabwo abakozi Bose ba ministries bahabwa ibyo kwakiriza abashyitsi murugo,,, babaha amata namazi byo kunywa kukazi ariko sibyo gutahana pe kdi hagati ya jus i namata uhitamo kinwe kumukozi usanzwe😮 Wenda abayobozi babaha byombi
Yewe nanjye nayobewe aho yakuye aya makuru. Uziko byatuma abantu bagirana ibibazo mu rugo bagirango umwe acura undi!!
Uzaze dusenge ubohoke mukobwa wa Yesu
Bambe ihangane nanjye byambayeho p
Mamawe nie wamushize agatunzi
Ihangane usengimana niyo yonyine izakurengera,ndunva uri mugenzi wange.
Izahindure nimero kuburyo umwo mugabo atazongera kuguhamagara kandi uhagarike kwitaba nimero utazi atazaguhamagaza izindi nimero hanyuma ujyusenga cyane kandi ayo mafranga aguha uzayamurekere uyakureho amaso wirerere umwana umwe ntazakunanira aho kugirango azagucike ureba kubera utwo dufaranga aguha natwo ntuyugiriremo amahoro kandi uve mubutesi wamugore we mujye mureka ubutesi niba uzinezako ariwe ubateza uburwayi ugirana nawe communication gute?
Ariko Aline yaheze he?
Jya ku Ihumure
Mama Aline wa 2
Ese uyumuntu kwafite ubutesi bwinshi niba abona umwana arwaye imyuka mibi yamujyanye mumasengesho nawe akisengera ubwo Ari mubiki?
Ahubwo ajya kuuga nka wa mwana wa Aline adedemanga gusa birababaje gusa yajya kukazi bakajya bayakata yo gatsindwa n,lmana uwo murozi mubi
Plaisir uransekeje ndatembagagaye! Ngo abakozi ba ministre zose babaha ibiki? Uvuze amakuru utazi pe. Uzasubire ubaze!
@ Plaisir ayo makuru y'uko abakozi ba Minisiteri ko babaha ibyo bakiriza abashyitsi sibyo. Babaha amazi n'amata yo kunywa bari mu kazi.
Ndabakund😅
Uzegere meshake asengere umwana. Yasengeye umuntu amashitani amusohokamo ako kanya nyuma y imyaka 35 mbibona nkibiri kuba akakanya uko nabibonye kandi kugeza aka kanya ntibyongeye kumufata ukundi!!
Ababantu bariho
Nonese kumwitaba ukamererwa nabi wamuretse kumwitaba,amafranga ataguha amahoro amaziki?
Mujye mureka kuba abasama
Reka mbakurikire
Washatse mu barozi
Urarwaye mada uhite Depression cyane uzashake abaganga indera ese maman aba umurozi gute kumwana yabyaye ngo mubukwe wowe ntasoni baguturumbure kare ahubwo wanjijiwe
Plaisir bite imbaraga zapapa linda sha zirakora zakwangishije m linda kweli huuuum nawe koko usenga
Nukur azomutugarurire yatuberey umugisha kur zabur nsha abamukumbuy nkatwe mukande like💃
Dukumbuye aline kdi uzamuhuze nuyu Mubyeyi bizamufasha
Jya ku Ihumure chr