ขนาดวิดีโอ: 1280 X 720853 X 480640 X 360
แสดงแผงควบคุมโปรแกรมเล่น
เล่นอัตโนมัติ
เล่นใหม่
Abantu bari bakumbuye Lydia nkajye mumpe like!
Ariko se like zimara iki?
Twari tumukumbuye bya danger!
❤
❤💕💗
Ndamukunda cyane
Subu mwaduhaye part two Koko tukareba nyuma yaha uko bizagenda plz 🙏 abashaka part two murihe rataaa ?
Part 2 please 🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽 abashaka part 2 nkange nibande????
Please part 2
Turahari
Bayiduhe cyane rwose
Abantu bakunda Lydia na Alpha how they speak English, give me likes❤
Kbs
Nkunda ldyia cyane
Alpha harukuntu avuga icyongerezacye yihimbiye bikajyabyaryoha koko😂😂😂😂😆😆😆
He can't give her mpyikoz😂😂😂😂
@@ushershim1796 CYANE
Cobby no mubuzima busanzwe biraboneka kwafise umutima mwiza 🥺 God bless u
Abarundi mwageze hano tumenyane❤❤
Niho nibereye
❤ndihano
@BIGIRIMANAMelancedihano to
Ndumva nshaka gusubiza kobi impyiko yatanze that's true love 👌👌👌👌👌
hhhhhh yimuhe pe
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Wow! Film nziza cyane. urukundo ntago ari amafaranga, iyo mukundanye urw'ukuri Imana iruha umugisha mukazabona n'ibindi
Sha cobby ubu arabizi keanteye amarira uziko mbimubonyeho muri move dis cobby anyigisha ubumunti I love youuu more bro keep it up
Sha nkunda cobe rwose pee areba neza kd ari romantic vraiment
Abantu benshi barikwibeshya ku jyihekane mpy kandinziko bandika gutya impyiko. Abantu tubyumva cyimwe nibande?❤
Yego rwose niko byanditse😊
Umuntu wumvise alfa avuga ngo impfikos 😂😂😂 ampe like
Alufa unshimisha rwose❤
Impfio yawe hoya😂😂😂
😂😂😂😂😂
@@MembiJosiane ahaha
@@MembiJosiane ngo?
Waoooo! Karibu sana Lydia. Huku Tz tunakupenda sana.❤❤❤❤❤
Ninaomba part 2.. Hii move ina mafundisho mazuri kabisa.🙏
Number one from burundi
❤ uyu yari yaragiyehe koko(wa kinnye arwaye impiko)mana! soo talented , akina neza, good mesages
Alpha rwose uri uwa 1
Reka nshimire Kobe cyane kuko nibacye bakora nkibyo yakoze gusa nabandi babirebereho
Lydie wanjeeeeeeee naringukumbuye weeeee maman Amora ❤
Lydia karibu sana, huku Tz tunakupeda sana.❤❤❤❤❤
Ridia wacu yabiiiiiiii naringukumbuye cher❤❤❤❤❤
Alpha u're good actor for sure😂😂🔥and i like it😩
Turabakunda ark mujye mudupanga neza kugirango tumenye akambere nakakabiri kuk biraducanga
Wowuu welcome lydie uzajye ukina burimunsi plz 🙏
Mwazatugejejeho part 2🙏🙏so be blessed❤
Alpha reka ubwirasi sha menya isi utuye coby urumuntu mwiza mwisi nukwicisha bugufi❤
Cobi courage ndakwemera
Ati me I can give her pyikoziiiii😂😂😂😂😂 this king of products is something else😂😂😂😂
Akantu ka mpyikoziiiiii Niko kanyishe😂😂😂😂😂
@@muhoza098 mana nange karansekeje nenda gupfa 😂 😂
Cobby imana izakomeze iguhe umugisha kbs. Ugira umutima mwiza
Nubundi ukoze uburyi pe umjntu waguhunze umuguranye uwaguhqye urugingo rwe koko nocense
Just ni byiza arko muzakore series nukur p irangira tukiyikunze
Cobby keep up you are talented
Muraho neza mwajyiye muzikurikiranya kumibare ep 1 cg ep2
Ndikumva nshaka tracy mwisi dutuye
Aliko sha wariwaragihe se uragarutse disi nda gukuda cyane mujyahe wawundi wizobe uvuga igikiga
Lyidia urambabaje ndanakwanze ubabaje cobby😢
Ngewe sinzongera no kuyireba
Nahita njyakuyimwaka bikunda akagumana ibitaro bye
Your welcome, watching from Saudi Arabia 👍
Big up
Ubundi lyidia niwe wanjye Urwibutso pertinah❤
Byiza cyane muduhaye isomo murukundo uruho ruhire turabashyigikiye🎉
Sha kobi numwana mwiza uko yakina kose arabishobora ndamwemera
Cobe nukuri wigira umutima mwizape. Gx ukunda kugaragaza utuntu twudusoni
Ngo yariyazanye gass😂 cobby drive your bicycle, wigyendere rata nakundi😂😂😂😂
Akantu ka gaz Niko kanshekeje
Nkunda firime zirimo cobbi ufite ubudasa uratandukanye cyane
Ndabakunda nukuri mutanga ubutumwa Imana ibahe umugisha mwinshi ❤
Kobi aritonda ❤
Alpha wew😂😂😂😂 ngo me I can give her mpyikos 😂😂😂
Cobin courage mwan ndagukundabcyan p from burundi
Ooooh Lydia wariwaragiyehe umu chou Ndagukunda nukuri ntukadutere irungu ngutinde kugaruka
Toni mwana wokwivuko bigogwe hejuru cyane kwivuko havuka abakobwa beza cyane nka tonny love you lm for you❤
I'm from bigogwe too I like her
Babibone nka tony
Sha Alufa nindyarya ,Lydia uhemukiye Cobe .
Mbi cyane ninkasatani 🤣🤣🤣🤣
Urwo rukundo rwa cobby koko😅nibawararozwe
King Of product😄😄😄😄😄Ntarugingo gwamuvaha na products zimukeneye😄😄😄😄😄😄😄😄😄
Aka ´Kazungu’ niko kabi 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Lakini hamukudupaia muisho yahiyo flims tena yamapacha tuone muisho yawo ananafananfa sana oooo ❤❤❤❤
Lydia twar tugukumbuy disiiiii
Wauuuu narinkumbuy Ridia❤
Naje nihutiy kuyireba kubera Lydia
Lidia yarakumbuwe pe
Film yanj gose,❤❤❤❤
Alpha nindyarya ridia ubawara kunze cobby wamukobwa we wahemukiye cobby yemeye kuguha.urubavurwe congratulations Cobb imana izaguhe umugisha
Absolutely i real appreciate for this serie
Urukundo nirwiza pee ❤❤❤❤❤
Uru rukundo rwa Coby ruboneka muri film gusa😂😅😂 anyway my pertinah Urwibutso ubikora neza cyn kdi Coby you are good director and good actor
Eka!!!yaraguhemukiye?? Uyumutima tubona kumbe siko ateye? Ntacyo bizamukurikirana ahinduke abemwiza
Cyakoze muranyigishije!nze nsubire kwizera icyitwa umukobwa 😢😢😢
Nkunda cobby❤ ridia ndagushimiye Alpha ndagusetse😅😅😅
Tonny ngo nuburinet budashinga cyakora coby numwana mwiza abayifitiye umutima mwiza❤❤❤❤
Wallhiii coby ndakwemera mn ur sérieux sana bro
King of product noneho ni 🤫
Abakobwa nabana babandi kbs aka kanya aribagiwe
Sha ndabakunda 💐
Lydia warukumbuwe🥰
I really appreciate this episode I like
❤❤❤❤❤ndabashimiye mwese
I like the way Alpha acts 🔥🙌🙌much respect kbs i m from 🇧🇮🔥🔥🇷🇼
Thx ❤️
Mama shenge kobe❤
Ariko kweli kureka umuntu wakurwanyehoo😢😢😢akaguha ubuzima(impyiko)oooh my God😣🥹
Nanjye arambabaje
yuuuu😢ndarize disi love nyayo ❤
Wow ndabishimiye peee
Part two please 🎉❤
Mama amora courage kd nyagasani akomeze yagure intambwe zawe ndagukunda cyane❤❤❤❤😂
Gusa alpha urimwiza ❤❤❤🎉🎉
Ridia wacu sha ndagukunda umutima ukambana muto uri mwiza urakunditse ngukunda bizira ubunebwe courage mwiza wacuuuuu ❤🤍🤎💙💚
But where is Winny I miss her
What's a movie ....me I cried 😢😢cobby disii ase abantu nkaba cobby baracyahari 😂cq twifitiye ba king of products gusa??? Anyways part 2 peee tureb ukuntu ubuzima bwabo bwahindutse..namaherez ya king of products❤turabakunda
Alufa ubanza ukunda ibyana😂😂
Part 2 please 🙏🙏
Number one.
King of product noneho ni 🤫umunyonzi wee🙆♀️🙆♀️
Good job
Ridia naringukumbuye 😍
Family fluerry and Bahavu ndabakunda cyane muduha impanuro nziza Imana ijye ibaba umugisha
Yeweee Dina yagaruste disi narinkukumbuye cyane Dina kd ndabakunda
Umuntu yumvise ko Alpha yavuze impfyikos aze hano 😂😂😂
Cobi uzi gutereta ❤
Nkumbuye muzehe rwego arihese
pertinah💕💕💕
Cyokoza ridia urambabaje kubabarira alfa koko nimpyiko ya cobi uramubabaje😢😢
Erega alpha azi gutereta ntamukobwa wapfa kumucika gutyo😂😂
Alpha rwose Uzi gukina kbs amagambo ajyanye na role sinzi aho uyakura
Alpha weee akunda kwiryohereza isi dutuye irimo amasomo kweli
Cobby azi kwandika pe 👌Respect to him
Part 2plz
Uyu mukobwa arambabaje😭
muduha amasomo meza❤❤❤❤
Ariko mwatubabariye, mukaduha Impanga
Lydia i like d way you talk ❤❤❤
Abantu bari bakumbuye Lydia nkajye mumpe like!
Ariko se like zimara iki?
Twari tumukumbuye bya danger!
❤
❤💕💗
Ndamukunda cyane
Subu mwaduhaye part two Koko tukareba nyuma yaha uko bizagenda plz 🙏 abashaka part two murihe rataaa ?
Part 2 please 🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽 abashaka part 2 nkange nibande????
Please part 2
Turahari
Turahari
Bayiduhe cyane rwose
Abantu bakunda Lydia na Alpha how they speak English, give me likes❤
Kbs
Nkunda ldyia cyane
Alpha harukuntu avuga icyongerezacye yihimbiye bikajyabyaryoha koko😂😂😂😂😆😆😆
He can't give her mpyikoz😂😂😂😂
@@ushershim1796 CYANE
Cobby no mubuzima busanzwe biraboneka kwafise umutima mwiza 🥺 God bless u
Abarundi mwageze hano tumenyane❤❤
Niho nibereye
❤ndihano
@BIGIRIMANAMelancedihano to
Ndumva nshaka gusubiza kobi impyiko yatanze that's true love 👌👌👌👌👌
hhhhhh yimuhe pe
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Wow! Film nziza cyane. urukundo ntago ari amafaranga, iyo mukundanye urw'ukuri Imana iruha umugisha mukazabona n'ibindi
Sha cobby ubu arabizi keanteye amarira uziko mbimubonyeho muri move dis cobby anyigisha ubumunti I love youuu more bro keep it up
Sha nkunda cobe rwose pee areba neza kd ari romantic vraiment
Abantu benshi barikwibeshya ku jyihekane mpy kandinziko bandika gutya impyiko. Abantu tubyumva cyimwe nibande?❤
Yego rwose niko byanditse😊
Umuntu wumvise alfa avuga ngo impfikos 😂😂😂 ampe like
Alufa unshimisha rwose❤
Impfio yawe hoya😂😂😂
😂😂😂😂😂
@@MembiJosiane ahaha
@@MembiJosiane ngo?
Waoooo! Karibu sana Lydia. Huku Tz tunakupenda sana.❤❤❤❤❤
Ninaomba part 2.. Hii move ina mafundisho mazuri kabisa.🙏
Number one from burundi
❤ uyu yari yaragiyehe koko(wa kinnye arwaye impiko)mana! soo talented , akina neza, good mesages
Alpha rwose uri uwa 1
Reka nshimire Kobe cyane kuko nibacye bakora nkibyo yakoze gusa nabandi babirebereho
Lydie wanjeeeeeeee naringukumbuye weeeee maman Amora ❤
Lydia karibu sana, huku Tz tunakupeda sana.❤❤❤❤❤
Ridia wacu yabiiiiiiii naringukumbuye cher❤❤❤❤❤
Alpha u're good actor for sure😂😂🔥and i like it😩
Turabakunda ark mujye mudupanga neza kugirango tumenye akambere nakakabiri kuk biraducanga
Wowuu welcome lydie uzajye ukina burimunsi plz 🙏
Mwazatugejejeho part 2🙏🙏so be blessed❤
Alpha reka ubwirasi sha menya isi utuye coby urumuntu mwiza mwisi nukwicisha bugufi❤
Cobi courage ndakwemera
Ati me I can give her pyikoziiiii😂😂😂😂😂 this king of products is something else😂😂😂😂
Akantu ka mpyikoziiiiii Niko kanyishe😂😂😂😂😂
@@muhoza098 mana nange karansekeje nenda gupfa 😂 😂
Cobby imana izakomeze iguhe umugisha kbs. Ugira umutima mwiza
Nubundi ukoze uburyi pe umjntu waguhunze umuguranye uwaguhqye urugingo rwe koko nocense
Just ni byiza arko muzakore series nukur p irangira tukiyikunze
Cobby keep up you are talented
Muraho neza mwajyiye muzikurikiranya kumibare ep 1 cg ep2
Ndikumva nshaka tracy mwisi dutuye
Aliko sha wariwaragihe se uragarutse disi nda gukuda cyane mujyahe wawundi wizobe uvuga igikiga
Lyidia urambabaje ndanakwanze ubabaje cobby😢
Ngewe sinzongera no kuyireba
Nahita njyakuyimwaka bikunda akagumana ibitaro bye
Your welcome, watching from Saudi Arabia 👍
Big up
Ubundi lyidia niwe wanjye Urwibutso pertinah❤
Byiza cyane muduhaye isomo murukundo uruho ruhire turabashyigikiye🎉
Sha kobi numwana mwiza uko yakina kose arabishobora ndamwemera
Cobe nukuri wigira umutima mwizape. Gx ukunda kugaragaza utuntu twudusoni
Ngo yariyazanye gass😂 cobby drive your bicycle, wigyendere rata nakundi😂😂😂😂
Akantu ka gaz Niko kanshekeje
Nkunda firime zirimo cobbi ufite ubudasa uratandukanye cyane
Ndabakunda nukuri mutanga ubutumwa Imana ibahe umugisha mwinshi ❤
Kobi aritonda ❤
Alpha wew😂😂😂😂 ngo me I can give her mpyikos 😂😂😂
Cobin courage mwan ndagukundabcyan p from burundi
Ooooh Lydia wariwaragiyehe umu chou Ndagukunda nukuri ntukadutere irungu ngutinde kugaruka
Toni mwana wokwivuko bigogwe hejuru cyane kwivuko havuka abakobwa beza cyane nka tonny love you lm for you❤
I'm from bigogwe too I like her
Babibone nka tony
Sha Alufa nindyarya ,Lydia uhemukiye Cobe .
Mbi cyane ninkasatani 🤣🤣🤣🤣
Urwo rukundo rwa cobby koko😅nibawararozwe
King Of product😄😄😄😄😄Ntarugingo gwamuvaha na products zimukeneye😄😄😄😄😄😄😄😄😄
Aka ´Kazungu’ niko kabi 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Lakini hamukudupaia muisho yahiyo flims tena yamapacha tuone muisho yawo ananafananfa sana oooo ❤❤❤❤
Lydia twar tugukumbuy disiiiii
Wauuuu narinkumbuy Ridia❤
Naje nihutiy kuyireba kubera Lydia
Lidia yarakumbuwe pe
Film yanj gose,❤❤❤❤
Alpha nindyarya ridia ubawara kunze cobby wamukobwa we wahemukiye cobby yemeye kuguha.urubavurwe congratulations Cobb imana izaguhe umugisha
Absolutely i real appreciate for this serie
Urukundo nirwiza pee ❤❤❤❤❤
Uru rukundo rwa Coby ruboneka muri film gusa😂😅😂 anyway my pertinah Urwibutso ubikora neza cyn kdi Coby you are good director and good actor
Eka!!!yaraguhemukiye?? Uyumutima tubona kumbe siko ateye? Ntacyo bizamukurikirana ahinduke abemwiza
Cyakoze muranyigishije!nze nsubire kwizera icyitwa umukobwa 😢😢😢
Nkunda cobby❤ ridia ndagushimiye Alpha ndagusetse😅😅😅
Tonny ngo nuburinet budashinga cyakora coby numwana mwiza abayifitiye umutima mwiza❤❤❤❤
Wallhiii coby ndakwemera mn ur sérieux sana bro
King of product noneho ni 🤫
Abakobwa nabana babandi kbs aka kanya aribagiwe
Sha ndabakunda 💐
Lydia warukumbuwe🥰
I really appreciate this episode I like
❤❤❤❤❤ndabashimiye mwese
I like the way Alpha acts 🔥🙌🙌much respect kbs i m from 🇧🇮🔥🔥🇷🇼
Thx ❤️
Mama shenge kobe❤
Ariko kweli kureka umuntu wakurwanyehoo😢😢😢akaguha ubuzima(impyiko)oooh my God😣🥹
Nanjye arambabaje
yuuuu😢ndarize disi love nyayo ❤
Wow ndabishimiye peee
Part two please 🎉❤
Mama amora courage kd nyagasani akomeze yagure intambwe zawe ndagukunda cyane❤❤❤❤😂
Gusa alpha urimwiza ❤❤❤🎉🎉
Ridia wacu sha ndagukunda umutima ukambana muto uri mwiza urakunditse ngukunda bizira ubunebwe courage mwiza wacuuuuu ❤🤍🤎💙💚
But where is Winny I miss her
What's a movie ....me I cried 😢😢cobby disii ase abantu nkaba cobby baracyahari 😂cq twifitiye ba king of products gusa??? Anyways part 2 peee tureb ukuntu ubuzima bwabo bwahindutse..namaherez ya king of products❤turabakunda
Alufa ubanza ukunda ibyana😂😂
Part 2 please 🙏🙏
Number one.
King of product noneho ni 🤫umunyonzi wee🙆♀️🙆♀️
Good job
Ridia naringukumbuye 😍
Family fluerry and Bahavu ndabakunda cyane muduha impanuro nziza Imana ijye ibaba umugisha
Yeweee Dina yagaruste disi narinkukumbuye cyane Dina kd ndabakunda
Umuntu yumvise ko Alpha yavuze impfyikos aze hano 😂😂😂
Cobi uzi gutereta ❤
Nkumbuye muzehe rwego arihese
pertinah💕💕💕
Cyokoza ridia urambabaje kubabarira alfa koko nimpyiko ya cobi uramubabaje😢😢
Erega alpha azi gutereta ntamukobwa wapfa kumucika gutyo😂😂
Alpha rwose Uzi gukina kbs amagambo ajyanye na role sinzi aho uyakura
Alpha weee akunda kwiryohereza isi dutuye irimo amasomo kweli
Cobby azi kwandika pe 👌
Respect to him
Part 2plz
Uyu mukobwa arambabaje😭
muduha amasomo meza❤❤❤❤
Ariko mwatubabariye, mukaduha Impanga
Lydia i like d way you talk ❤❤❤