Mpano ya shetan Koko ni Daimon Koko arakanganye na Rib yaramutinye umuntu urikwigamba urupfu rwa Dorimbogo ntafungwe Kandi uwigambye urupfu rwa Pastor Theogene baramufunze
Yesu kristo wabambwe k'umusaraba ariho yarazutse muze tumwizere kandi ijamno riravugango niwemera ko Yesu kristo ari Umwami n'umucunguzi w'ubugingo bwawe uzakizwa ❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤, much for you guys to come in on good Friday you guys are doing well and I don't know why but I love you too 💞 you have,mubemaso the way home now and watch movies for you guys,mubemaso,turimibihebya nyuma, much for you guys and then,muhoremwejejwe,
Mpereye ku kunywa amaraso kandi amaraso ari ubugingo, no kuba ukora Maggie yo gutubura amafaranga ndetse no kwivugira ko wavuye ikuzimu kandi ko wemera conditions zaho, njye nkwemeje nka daimoni yuzuye
Cyakoze uvuze ukuri ko ikuzimu habaho kd ariho mukura amafranga njye nti mukampe kwayo mafranga Mwizina ry Yesu njye mpisemo inzira yukuri y'Imana.
Ahubwo arikubakusanya mwana Kandi none arikukwivugira ko ikuzimu hahari ubwose urumva atatumaze
Urebe ikibazo cye we ajyendera kumana kugira afate benshi abarimburehamwe mwabanyamakurumwe uyu muntu muba mukoresha mufite ibibazo
Mpano y'imana ndashaka amafaranga miriyoni mirongotanu murakoze
Igiteye agahinda nuko muri intumwa za satani mukigira abahanuzi b'Imana arik uti Yesu araje kd nukuri araje weeeeee
Komeza ubigishe wenda bahumuka mpano y'Imana
Mpano.yimana.komeza.ufashe.abantu.abagupi.ngabihorere.wowetanga.umujyisha.kuryimana.yaguhaye.ndagukunda.cyane
Mpano ya shetan Koko ni Daimon Koko arakanganye na Rib yaramutinye umuntu urikwigamba urupfu rwa Dorimbogo ntafungwe Kandi uwigambye urupfu rwa Pastor Theogene baramufunze
Iconshimiye Imana nuko uyumuntu arikubabwizukuri ko amahera abaha arayava ikuzimu ntihazehagire uvugango yagiye muvyatazi😮inzira nizibiri Hariya Yesu Kristo Niya satani guhitamwo niwewe😢
Anti chrisito bagenzi mureke tube maso bavandimwe
Nukuri imana iduhe ubwenge ndetse numwukawera 3:34
1Yohana 4.4 bana bato murabimaba kandi babandi mwarabanesheje kuko urimurimwe aruta urimubisi
Yesu kristo wabambwe k'umusaraba ariho yarazutse muze tumwizere kandi ijamno riravugango niwemera ko Yesu kristo ari Umwami n'umucunguzi w'ubugingo bwawe uzakizwa ❤
nones duhe number yawe mn uzadutemo man
Mpan y'imana jye nkeneye kumugisha wawe,ndasaba ko mwampindurira ubuzima kuko ubukene bumeze nabi
ukuri kwange kuri mpano yimana ngew mbona avugisha ukuri kuko iyaba akora ibitemewe hari inzego zibishinzwe yarikuba yarihanijwe
Oya ubwo wasanga bitagize icyaha
Waduhaye umugisha nkabona icyompa abana ndashonje
Mana nzarindira imbabazi zaweeee
Amen turindire umwamiwacu nukuri iyo asezeranye arasohoza, tumwizere yesuwacu azibyodukeneye
Mpano yimana njyewe nkunda gukurikirana impano uha abantu .none wampayimpano ko amadeni amereye nabi .kdi ntihakagire ukuvugaho amagambo menshi kuko ntawe uhamagara.
Aduhamagare urimwo bangahe imana ninyishiii bamwe Bose bafise iman yabo Ako Nako mwisi kwel
Impano y'Imana inzira ija kumana ndayishaka
Slm musaza? Wampaye umugisha ko amadeni nubukene binyishe mbabarira kuko ndashonje!
Nakwatse amafaranga urayanyima Kandi ndumukene unwise imano urihe Koko umugisha
Mpanoyimana kuki twakenye Kandi uhari? Waduhaye kumafaranga
Muraho.nagusabye.umugisha
Nturawumpa.
Mpanoyimana Babwize ukuri kbsa Nubwo harimo abatumva woe babwire nurangiza wikomereze nubundi amatwi arimurupfu yumva ahiye gusa jyuremera abantu kbsa
Mpano wambabariye ukamfasha Koko wakoreye umugisha ukamfasha
Mpanoyimana wampaye umugisha
Nonese KO umubwira ngo tugusabe umugisha nzaguhamagara ntiwitabe
Mpano yimana ndashakako tuzahura ukampa umugisha
Icyongukundira uvuze ukuripe👍
Mpanoyimana ndakwemera ndashakaumugisha wamiriyoni5 ndakwemera❤❤❤
Kuki nkawe batagufunga koko
Uruchira mukaso rugatwara nyoko.ww urinde kumuchira urubanza?
Ibi akora byaba bigize icyaha?
Nimumwihorere nicyogihecyiwe.kd ntimwibagirweyuko imananayo irimukazi bavandimwe nshutizumusaraba
Jew ikimbabaza nuko ukoresha izina Rya Yesu Murabe anti kristo yashitse ikizira cinjiy ahera
Abanyarwanda please iyo nimyuka mibi ntimukangwe namafranga azabajyana ikuzimu
❤❤❤❤❤❤❤❤❤, much for you guys to come in on good Friday you guys are doing well and I don't know why but I love you too 💞 you have,mubemaso the way home now and watch movies for you guys,mubemaso,turimibihebya nyuma, much for you guys and then,muhoremwejejwe,
Mwizina rya Yesu Kristo
Utubwizukuri nuko tutumva 😢 abandi nguri umuteka mutwe ? Kdi uri vugira uti harinzira ebyiri buriwese ahitemo iyo ashaka😢😢
Ndashaka amafaranga munfashe mumpe kumugisha
Yesu n'umwami wabami
Ese u bwo Imana uvuga ni iyihe mwa? cyakora isi yaraziwe.
Ndashaka umugishi impano yimana ndakwemera cane
Cyakoze ndakwemera bro njyukomeza ubatamwo imojyisha❤❤❤❤❤❤❤🎉🎉🎉🎉😮😮😮😮😮😮
Haricyo nibaza kuraya mafrang mpano atanga aba arimashya gusa gusa,ikuzimu habayo inote nshyashya gusa 😅
Hhhh azabeshya abandi ubukene bafite hariho bashirirayo 😢
Hi mpano y'imana najye ndashaka umugisha . Murakoze
Wanyihereye umugisha nkishura ideni ringoye
Nonese kuki ubakukarwa kabakobwa? Mpanoyimanawe imana ihoraho ikwitehope😢😢
Yesuwe manayomwijuru tabarabana bawe
Ariko wagiye inzira imwe?cyikora abatekamutwe baragwiriye?
Mpanoyimana,ayomafaranga,twayabonadute
Good kabix bigup
Gusa ubabwizukur bagukurikir babona 😅😅ngujan abant mwijur nokwaasatan ntukina pee guxa wew urababwir bakuj inyum babon uteyubwob😢😢😢
Iri ni ijyini ryihishe mubantu🤔
Uzapfanabi woe impano yashitani komeza ubayobye😢😢😢😂😂
Iyo migisha ya 100M turawukeneye
Nonec waduhaye umugisha twe twabuze ubuzima dufashe nkurubyiruko.
Impano y lmana umuntu yakubonagute ngo umuhe umugisha
Mwiriwe ndashaka umugisha wamafranga
Mpanoyimana komerezaho abacyemye ubahekumugisha ntubawabakiyemurugorwabo barakwizanira buriwesenicyoyahisemo abantu bakureke abajyakuyareba ntabaz liki ❤❤❤❤❤🎉🎉🎉
ngiyekujyanisekera naho ibyamafarangabyo nabonye mubeshya mwakabaye mwarantumiye nanjye nkabyibonera
Njyewe ndagukunda cyane, nanjye nyeneye umugisha.
Amaher azokor ibara 😮bamusab umugish kumana ushak umugish utungany ja kumavi 😢😢
mivandimwe komerezaho nukuri arko nkeneye umugisha nukuri ndakwinginze
Mpano y'Imana nange unsengere nibonere umugisha
Mwizina rya yesu kirisito
Mwami mana dutabare
Gukena.nibi.kuko.haricyo.mfite.nabasha.kukubona
Santa ni, yajyeyapfuye, kutavuga you have nice weather today in the mood for anything else
Wazampaye umugisha wamafranga niba bikunda
Ntamugisha numwaku
Wiriwe neza mpano yimana
Ndakwinginze ndashaka umugisha
Hahaha bigishe bageyo papawange nubwo ibinyamakuru biduteranya ndakwe mera kbs
Nanjye ndashaka umugishA😊
Mpereye ku kunywa amaraso kandi amaraso ari ubugingo, no kuba ukora Maggie yo gutubura amafaranga ndetse no kwivugira ko wavuye ikuzimu kandi ko wemera conditions zaho, njye nkwemeje nka daimoni yuzuye
Mpano yimana ndashaka umugisha
None kwavuga Yesu gusa adashirako Kristo 😢😢😢😢😢
Ariko MANA weeeeee
Kubera. iki????
Koko
Turemere rero wavuze ko aba koze sub urabaremere kanda akanyenyeri rero
None banyagwanda Koko aranywa amaraso mubona ntaco mwibaza kwel ivyo gusa birahagije gwandaaaa mucunge neza
Wàvuzeko abafashe amafaranga ntibakurikize conditions bazahura nibibazo nka dorimbogo kuko yabivuze akamena amabanga kuri camera.
Turemere rero wavuze ko aba koze sub urabaremere kanda akanyenyeri rero.
ARIKO NINDE WABAROZE MWABAPFAPFAMWE UBWO IRIJAMBO MWARARUSOMYE KOKO EZEKIYERI 12:2 ibiguzi biranze bibahumye amasope bakiristo bavandimwe murasenge niba waravomye zigama ayo wavomye birakomeye
Abantu dukundamafranga ntibareka kumukurikira😮😮😮😮😮
Mpano y imana nange ndashakako upfasha nange
Iyina mba iriwatsap
Nonese kowatimyenfata amadeni shaka mitsingi nguha basi wandemeye nkayishyura
Iyi koment yisone wowe Mano yiman kuki utavuga izina ryayesu vuga yesu kirisito twu move niba use nga vuga yesu niba use nga 😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
NGO numu adeperi 😂Yewe inzakubawe mbandivuyemo
Ngo agiye mukazi akahe kazi akora? Agomba asubire mukuzimu
Aba star baca mukuzimu kugira baronke amafaranga menshi kandi bakundwe baronke ama succe
Mube maso ibibyoze imana yarabivize turimu minsi yimperuka
Harya pasta Claude yarondera urushengero gwiza?
ISI igeze kumusozo 😢
Ese kuki batemera ko uzana inzoka
Wambabariye nanjye ukampa amafranga
Jya uremera abanyarwanda❤
Wambabariye tugahura naragushatse ndakubura kandindagukeneye kukondagukurikiranaburimusi ariko narakubuze
Numutareba neza natwe aradutwarara nukuri ubu yu mubona Ari umuntu cyangwa ni umuzimu murabe maso
Ndashaka umugisha
Mubwire avuge Yesu kristu wa nazalet.... yurabe?? Bayesu nibeshi
HAHAHAHAHAHH R.I.B wagira ngo ntikiba murwandape barya abadayimoni bateyubwoba koko tubwizanye ukuri nyamara iyaba Ari past ubwiriza ubutumwa bwiza aba irimuri gereza murabe maso bakiristo bavandimwe abihe birakaze
Amen
Wamurezi wantwariye amafranga ndakubwira ukuri ntiduhura Yaba ryari nzakwera ko umunyarwanda yiyahira Sha nzakugwa hejuru Kandi nzaguha nyoko uzabibona ko burya kwiheba bibaho ngo ufite imbaraga nzaguha nyoko
Wayamuheraga iki? Katanga amafranga arayafata
Yakuriye angahe
Ndashaka umugisha kuko waziye igihe
Mpano umezute nshaka amafaranga pee mfite u ubukene nibibazo pee