UMUGABO WA ROSE AMUKOYE BWA KABIRI KURI ST VALENTIN❤️… |AIME avuze ibanga ryatumye amuhitamo|
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 10 ก.พ. 2025
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Igisubizo ni kimwe. Rose yakoze résumé, Aimé ara detaillant. Knd ni ukuri koko umuntu wese wabashije kuganira na rose ni yo yaba ari 2 minutes , Rose aca bugufi pe cyane, ari polie, éduquée, sympatique,ni umukristu,...... imana ibakomereze urukundo.
Uravuga ukuri
Nanjye ndi umuhamya
Nanjye mbona Ari humble cyaneee ndanamukunda rwose
@@lolitaimena9782❤❤❤❤0ppolpp we are 😂llllq1plp😊😊
Cyakoze Rose uri mwiza nukuri ndagukunda cyane mpora nsaba Imana ngo nanjye izampe urugo rwiza you're my role model nukuri warahiriwe💙😘
WOWW IKI KIGANIRO KIRARYOSHYE 🤗🤗 Ste VALENTIN nziza kuri ROSE ❤❤🌹 AIME
😂😂😂😂
Uwo iki kiganiro kirangiye atabishaka nampe like nyamuna😂😂👌👌❤❤❤❤❤love you gusa!😂sha ijisho ryantukuriyeho ariko ntaribi ndaye nuzuye(nishimye)🙏
🤣🤣🤣🤣 Rose mukobwa wanjye, mfite 53 ans ariko nanjye ayo maboubou n'amaribaya ntabyo nambara nta n'ubwo ndabigura n'iri rimwe. Cyakora hari ibitenge bibiri bampayemo cadeau ku bukwe n'ubu ndacyabifite mu kabati 24 ans après. Rero iyambarire ibyawe burakubera bya sana.
Ndimo ndagerageza kukwimajina mu iribaya nkumva ntakubona pe🤣🤣🤣
Gusa byakubera kuko uteye neza kandi umuntu umeze utyo n'iyo yambaye igunira ubona imubereye. Bigufi byo wambara rwose ni byiza ntibagabye.
I appreciate this guy @isimbitv his attitude is strong. He is a special man, a professional journalist, and human by nature.
Correct!
Incwi Rosa nkundaaaa❤ Imana ibyumve izabahe umwana Nukuri 🧎♀️🙏
Amenaaaa🙏🙏🙏🙏
Amen cyane. Tuzashima Imana.
Rosé is really a human being!!! Nanjy ubwanjy namwigiyeho byinsh afite ikinyabupfura bigaragara ,bigaragar ko ar umuntu utuje knd uhora witeguye kwigira ibyiza kubandi.
Mbega mbega nkukunda kubi rose nabonye waraje ibujumbura iwacu karibu kandi Imana izoduhuze nkubone imbona nkubone numva nokwishima pe! Imana izoguhe icumutima wanyu ushaka muraryoheye ijosho bantu bacu❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤🇧🇮
Rose uri mwiza kandi Ufite igikundiro! You deserve love🥰🥰🥰
Igisubizo Nikimwe.Rose yavuze mubuke,Aime Asubizaa mubwinshi Bravoooo Kandi Ndabakundaaa ndanabifuriza ibyiza
Rose ndagukunda ndumubyeyi nkwifurije kuzabyara hungu na kobwa nyagasani anyumve ❤
Ubundi ubwiza bwanyu sijya mbuhaga Rose urimwiza imbere ninyuma urumugisha wabagiriwe ubuntu bwokukumenya ibyiza nyagasani atanga nibyo mpora mbifuriza my family nziza 🤍🤍❤
Waw mbega byiza iyi couple 💑 yubahwe ya rose sabin turakwakiriye kuri rose Tv show yooooo nabishimiye mwese wananiwe kwigana madamu wawe pe!
Rose ukwiriyr ibyiza BYOSE ndagukunda PE urimwiza imbere & inyuma ugira urukundo nurugwiro💯😇👌🌷
Mbasabiye imigisha kumana izabahe urubyaro urukondo mukundana rurankomeza💞
Igisubizo ni kimwe ariko Rose ntiyashatse kwivuga ameza, kdi Asa nkaho azi umugabo ko azi kumutaka. Nakunze ko biremye MO kwizerana kdi bose ni beza cyane!
Muri beza cyane imbere ninyuma Imana yo mwijuru izabubakire ibahe kubyara hungu na kobwa muzaba ababyeyi beza cyane
Ndabakunda ❤ kandi Imana icyumutima wanyu wifuza kirimumutima wanyu.
Couple nziza cane.Imana izi guhuza abeza kabisa.Sabin ivyo bisubizo nibimwe kabisa.yesu abakomeze
Bjr,nice couple ndabakunda,ibibazo nabaza Mrs Aime waba warigeze ukora ikiganiro kikaba kibi cg kitaryoshye ukumva utagitangariza twebwe cg wakidutangariza ukumva uradutubiriye?hari Habaye iki?, ese ko tujya tukubona yo ukora ibiganiro
ubabarana nuwo waganiriye nawe mukiganiro ese ntabwo bijya bihungabanya ubuzima bwawe cg ubuzima bwurugo rwawe?niba bidahungabanya wowe cg urugo rwawe ubigenza gute ubyitwaramo gute?ese ujya utekerezako ushobora kwakira umuntu ufite inkuru cg ubuhamya bukomeye kuburyo bishobora gutuma ikiganiri kidakomeza kubera Wenda agize crise runaka ese bibaye wabyitwaramo gute?,uzadutumirire n'urubyiruko ruze rudusangize success story zabo kugirango urubyiruko rurusheho kumvako ubuzima bushoboka, ibiganiro utugezaho turabikunda biratwubaka biradufasha cyane ndagukunda😍nkunda ukuntu utaba ushaka gutwika ahubwo Uba ugirango wubake abanyarwanda ndetse nisi yose udushimirire na isimbi tv ukuntu agira imikoranire myiza nabandi barikumwe mukibuga turabibona azabitoze nabandi 🙏
Urabona ko Rose afite umugabo uri humble Kd gentleman kbsa
Igisubizo ni kimwe rwose♥️. Ariko mbega couple nziza cyane incwi Mana we God bless you ♥️♥️♥️♥️nukuri muraberanye cyane
Ntiwakunda abantu,umuryango nibindi bijyanye nibyo bitubakiye ku burere n'ubumuntu ufite(imico)👌
Nikundiye ukuntu bafatana mubiganza 🥰
Imana ibahe kwicarana nkuyumunsi mwishimiye urukundo rwanyu , Imyaka myinshi cyaneee 💘🙏🏾
Nibyo rwose relation itubakiye kuri confiance ntaho yagera 🤷🏼♀️Heureusement que Mufite Imana kandi mukaba mwaramenye secret yurugo ariyo confiance 👌
igisubizo nikimwe rwose 👌🤝 urukundo nirwogere bantu nkunda
Ibyo bisubizo byombi ni kimwe umwe yavuze mumagambo arambuye undi abishyira mwijambo rimwe
Ndabakunda cyane mukomeze urukundo
Rose kuba ukunda famille y umugabo birongera bikakugira uwagaciro gakomeye
Vraiment jyewe igihe cyose basohoye ikiganiro nticyancika
Aimé ni imfura cyane kandi na Nishimwe ni imfura cyane
Mu iribayaaa! Rose, wowe nanjye tuzabyambarira igihe tuzabihitiramo! Rose ntusanzwe rwose! warezwe ku buryo budasanzwe! nukuzatumira ababyeyi bawe bagakopeza abandi kuri Rose Tv Show!
Ndabakunda cyane. Mukomeze mutubere urugero rwiza. Muri couple nziza. Igisubizo mwahuje cyaneeee.
Rose na Emmy turabakunda,Imana ikomeze kubagura muribyose God bless you 🙏
Mwa bana mwe ndabikundira shenge. Mugira ni ikinyabupfura . Bravo....
Rose nukuzakora Ikiganiro next time wambaye ibitenge😂 kndi byakubera❤
Anyway i love you and Aime and wish you all the best from God 😊 Happy V day
Byo turabikenteye yambaye ibitenge
My couple Rose kuri st valentine reka nkwibutse ko ngukunda ❤️❤️🌹
Mana weee ! Murankorey umusi kbsa🤣🤣🤣🤣🤣 iyi couple yubahwe caaane Que Dieu protège votre amour 😘😘😘 Sabin we rr numuntu wacu 😘😘😘🇧🇮🇧🇮 so Happy valentin's day. Kd ibisubizo batanze nivyo birasa Aimé yagize détails
Sabin icyo gisubizo batanze ni kimwe ahubwo Rose yagitanze muri make naho umugabowe yagiye muri details
Woooooooow lovable couple!!!May the Almighty God bless you abundantly, your love shines forevermore 🙏❤️🍓
Thanks so much
@@ROSETVSHOW ndagukunda cyaneeeee.impano yokubsho niyo nsabye imana koyaguha numuryango wae❤️❤️❤️❤️❤️❤️✍️
Igisubizo ni kimwe nuko Rose yabikubiye mwijambo rimwe naho Cheri we akabirambura
Oooh! Nubwambere ndebye iyi interview gusa nzahora nyireba! I love your family!!!!
Hahaaah Cyakora Nanjye muri 15 ans de Mariage sindambara igitenge 😂😂 Nishyize mo ko aricyabantu bafite namabuno 😂😂😂😂Kandi rwose ndimuto ntahombona cyafata 🤦🏽🙇🏾Wenda ahomba ntabihaba mais
Rose uzambare igitenge urebe ukocyakubaho,natwe twirebere 🥰🥰🥰
Basubije bimwe cyane 👌👌
Mi abantu bato baravyambara bakaberwa
Nzagerageza rekantegereze Rose abyambare d’abord 🤣🤣🤣
Rose ugize ngw'iki???? Ngo wakabaye ummwambika nka Barafinda kweli ubwo koko ubitekerejeho igihe kingana iki🤣🤣🤣💌
Muzatuma nshaka imburagihe ndaki!!!
By the way you are the best Imana ibahe umugisha
Kabsa imana yurukundo nimbabazi izabahe umwana pfashe ikifuzo❤❤
Nanjye sinkunda indabyo, haba kuzimpa cg kuzitegura by'umwihariko kuko indabo aho ziva zikagera zintera alergie.
Noneho ubana n'ihungabana ry'indabo?😂😂
Ndabakunda bavandimwe, Aimé uri umuntu w'umugabo. Rose nawe uri umugore mwiza, Sabin ndagufana, mbese mwese muri abantu nemera Imana ikomeze ibahundagazeho imigisha. Mwese couples zanyu Imana ikomeze izubake mu rukundo.
Muribeza hose bakundwa gusa sabe nawe azazane umugorewe barikumwe tubabone
Wawoooooooooooo family nkunda cyane Aime & Rose. Happy Valentine's day fam
Nice couple ariko nibyo one day rose uzambare igutenge no just iribaya wakwambara naga kanzu kigiryi tenge too we wanted 😊❤🤝
Ndabakunda cyane, umuntu yakireba miles fois !!!!
Igisubizo nikimwe Rose afise imico mwiza harimwo nivyo vyose umugabo yavuze
Sabin nahise menya ijwi rye. HAPPY ST VALENTIN MWESE
Igisubizo baguhaye nikimwe kandi ningenzi, kubantu bakundana urukundo nyakuri, God bless u all
Yego igisubizo nikimwe nuko umwe yashatse kubishyira muri details Rose akabivuga mwi ijambo rimwe
Rose yabaye mwiza cyane rwose ❣️❤️ ark disi urukundo ni rwiza 🙄muzarenze 🙏💯
Rose & Sabin nukuri ndabakunda rwose.
Rose ufite umugabo mwiza .
Yegi nibimwe itandukanuro aime we yanjiye mugusobanura imico yamukundiy, ark ndikumva Bose Ari imico bakundaniyeh.
Wawuuuuuu we love you Rose turagushaka wambaye igitenge chou
Mwahuye mwese muribeza ❤
Manshallah nyagasani abahe umugisha mu rugo rwanyu lov❤❤❤❤❤❤
Ikiganiro ciza caane.
Kabisa azambare aga Super Waxi basi agishoneshe muri Nice dress and modele nziza.Kandi atapendeza kabisa.
Sha ndabakunda rwose🌹
Imana ibahaze uburame, biragaragara ko nta buryarya hagati yanyu
Sha Rose ndagukunda mbona ucabu bugufi ♥️♥️
Bavandi mfise akabazo igihe nahereye ndaba Rose sindumva uvuga abana ,mbaze yaravyaye?cg ubizi ambwire
Rose uri mwiza nagataille ka top Aimé agushakire super udodeshe libaya sur mesure ubundi uzatwemeze,uzaberwa nkibisanzwe.
Imana izakomeze ibubakire nta muntu utabakunda❤️
Ndakunze couple yanyu pe ariko vyumwihariko ndakunda Sabin nkumviriza igihe cose
Ndabakunda nukuri muri couple nziza cyane 🥰
Imana ibakomereze umugisha.
Muradushimishije
Murakoze.
Murasa neza disiii.murambe mutarambiranye❤❤❤
Couple nkunda cyane IMANA ikomeze kubanezeza.
Ikiganiro kiza. Ntampamvu yo kwibaza kumyambarire ya Rose rwose kuko yambara neza. Gusa uzaduhe show yo mwiribaya cyangwa boubou😂
Umuntu ukunda abantu nkanjyye nampe👍
Igisubizo ni kimwe rwose,nuko umwe yakoze resumé undi agatanga details
Whaouu. Ndabanezerewe cyane ma Rose d'amour 🌹
Rose,umugabo wawe abisiguye neza,saint-valentin ubundi ntiyarikwiye kuba umunsi w,ama cadeaux,ni aha geste umuntu agira,un petit mot d,amour,un bouquet de fleurs,ukuntu kitdasaba amahera menshi.Malheureusement vyabaye commercial abantu bagatanga ama cadeaux azimvye,barishe la signification y,iyo munsi,ugasanga bagiye mu ma restaurant azimvye,aha muri Occident ho biteye isoni,biri commercial nta rukundo rurimwo,,jewe umugabo sta na rimwe agira ikinyu romantique akarindirra le 14-02,nta valeur nobiha,aba abigize kuko ari oblige,abona abandi babigize,ntibiba bivuye ku mutima
Igisubizo ni kimwe rwose
Imico Rose yakundiye Aimé niyo yo kwicisha bugufi gukunda abantu,..........
Urukundo hejuruuu 🥰🥰🥰🥰🥰 Turabemera bantu beza
Ni kimwe rwose nuko buri wese yasubiye nkawe muburyo bwe kurijye bisobanuye kimwe
Ndakunda iyi couple caane,Imana izibahe ivyo bipfuza vyoose
Muri Imfura mwabantu mwe mbakunda byuzuye Rose uzambare igitenge nubwo wakwifotoza gusa birahagije
Barasa disi.Rose azi guhitamo.
Turabakunda cyane peee mwanyarukira kuri flora250 tv tubafitiye ibiganiro byiza
Mbega ikiganiro kiryoshye. Rose na Aime muri couple nziza. Imana ibakomereze urukundo rwanyu
Igisubizo ni kimwe! Bravo à vous deux!
Rose uri imfura cyane ndagukunda ubyumve mbona utandukanye peuh
Sha ngize amatsiko yokubona rose mugitenge rwose umunsi umwe azabidukorere 😋😋😋🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Ntuzambare ibyo bitenge p ntabwo byakubera rwose
Sabin Iyo ubushize Chit yarakurijije.Kuri Gift Madamu wawe ya Guhaye!!!
Ibyo byose umugabo yavuze bikorwa nufite imico myiza
Imana izabahe umwana nicyomubura cyonyine.
Sabin Ndagukunda wagiyugaragara kuri camerakoko please ❤
Rose afite amasoni disi 😀🥰🥰🥰🥰
God is a best perfect-match maker
Sha we yarwihumurije pe, nimurebe igihe Aime yarumuhaga ateye ivi
Igisubizo ni kimwe pe❤️
Ndabakunda cyaneeeee💚💚💚💚
Yarwihumurije nabibonye, Rose afite umutima nk,uw,umugabo we!
I like this couple, never get tired of doing good things Rose, Galatians 6:9
Murasa neza rose ufise umugabo mwiza 🇧🇮🇧🇮