Urakoze Mukozi w’Imana gusa wibagiwe kuvuga uwobita papa king nuwo bita Nyirapasika. Na Clode kuko baradukomerekeje cyane nuwo bita Mama mama keza bita serafina wi musha
Yesu ashimwe, Mwene data rekq nkunganire . Mu butayu bwa Kadeshi Imana yabwiye Mose kubwira igi tare kivuje amazi NB : Mose yakoze iki nyuranyo we akubita igitare 2 nta nubwo ari 3 kandi Imana ya mubwiye ku bwira igitare ( Speak to that rock) Ikosa yara kunise aho kunwira igitare bibabaza Imana .
Uyu mugabo yaba akora amakosa ariko afite ishyaka ry'umurimo w'Imana kuba yavuga abo ba nyakubahwa mu mazina nta gitangaje kirimo, kuko Imana yavuze ko ibikorerwa mu bwihisho byose bizajya ku karubanda. Urumva yabasha kuniga umwuka umurimo? Uko niko Imana yabimusohoyemo. Uyu mugabo arimo neza, Imana nimushyigikire
Ndi umupasteur ngerageza gushishoza ibivugwa.. Theogene ngusabiye umugisha wo kutazashukwa na satani ukava muruwo murongo byambabaza cyane ..satani abantu nkamwe abarwanya cyane.. habwa umugisha kd ubigumemo .
❤ uyu muvuga butumwa bwiza bw'Uwiteka Imana. Afite umwuka wera uturutse k'Uwiteka Imana
Imana iguhe umugisha Theo izaguhe ubugingo buhoraho Kandi ukiri mwisi isubize kwifuza kwawe🙏
Oya sikombibona wowe uvuga ngo asange za korale wemerako ubu ujya gutanga message bakabanza kukubanza ibyuzanye wereswe cyangwa wahawe urumva iyi message bayakira ntibamucecetse lyi ni mana yihagarariye kukarubanda kuramo ibyawe wigendere aya nandi mahirwe yesu aduhaye mureke twihane twirinde dushishoze ucung’izamu ryawe
Imigisha y' Uwiteka Imana ikomeho ibihe n' ibihe knd mu mperezo zawe ntihakaburemo amavuta 🙏
Babwire mukoziwimana ibyo ubahanuriye.babyihane barakomera niba agiye kwitahira byambabaza cyane atabonye urusengero.rwi.gasave rugeretse kane atabonanye na nsanzurwimo agarutse murwanda atabonye usabimana samuel ayoboye paroise gasave mukozi Imana ikomeze ikuzurize amavuta kandi ukomeze gusengera abadakomeye nkatwe
Imana ikurinde iguhe imbaraga nubwenge nkabumwe yahaye saromo
Imana ni nziza,yesu yaratsinze Kandi ibyanditswe byose bizasohora.Amen.Imana ihimbazwe ibihe n,ibihe.ndashima Imana ko yantabaye nkabyara nkaba ndiho amahoro,nitwa Mukandayisenga
Reka guhamagara reta kuko nibo bajura bambere ahubwo mutabaze Imana. Mukozi w'Imana ndakwinginze ntukavange ibintu vuga ubutumwa ukuremo reta cyaba icyibi cg icyiza niba ushaka kutirukana Umwuka wera kura reta mukanywa kawe
Urimukozi wimanape imana ijye igukomereza ubutumwa kuko uba wadushimiye ahaturya kandi ibyo tudashoboye uba wabivuze
Ndigusetswa nukuntu arikubwira yongwe ngo natihana IMANA araje imwanike,ngo gongwe ngo YESU atakuziye,yewe isai yishe itorero byorwose YESU naze ,ngo yakijije isai imvunja none yituye YESU kumuzanira abatinganyi,ezekiyeri,na justin ngonibatihana YESU arabaziye,urimo neza rwose uri mumavute.
Uyu aravuga ibyo Imana Yamutumye! Avuze amazina numvise mo Ezekiel bimpa kwemera ibyo avuze kuko nanjye umuntu witwa Ezekiel Imana yamumbwiyeho akabije gukora Imana my jisho ashatse yahinduka agahinduka agashakishiruza mu bundi buryo Kandi Imana yamubabarira ikamuha nubundi buryo bwo kubaho
Yongwe akwiye gukizwa rwose ni ukuri nta Mana irya amafaranga y'abantu yitwaje kubasengera sibyo Ari kubabaza Imana
Babwire abari mumwuka barabyumva ibyo uvuga Imana ikuzamure
Haleluya icyonzicyo aboyoborwa n’umwukawera nibobana bimana , komera mukozi wimana urimo uragenda udukanda kubikomere imana ikomeze igusige amavuta y’umwukawera.
Hahirwa uwumva akanumvira uwo niwe uzarya kuri manu yahishwe.
Komerezaho rata hamwe numwuka uri murinjye hari ubugingo bwabenshi muri kurokora, kandi utumvira umwukawera ngo ave mungeso mbi ntakabuza inkota y’uwiteka izamurya
Gumamo papa urikumvugira IMana neza❤
Iragukoresha pee,Inda nama vunja disi. Nihaguruke rwose birakaze
Imana iguhe umugisha nukuri kandi ntawutibonamo nabari bajenjetse twasubijwemo imbaraga komerezaho burimuntu yunveko ubutumwa bumureba twongere dukizwe nkuko twatangiye njyewe kugiti cyanjye nongeye gukizwa bundi busha 🙇♀️
Yesu araje mu Rwanda koko. Nanje Yesu aherutse ku mbarira ko agiye kuza kubagendera.
Nanjye pe😢😢😢 umve aha
Nukuri nanje Imana yambwiye kwijekugendera aboroshe nabakomeye buriwese mumurimo yamuhaye irabe abakora bakiranuka penamasengesho ndimwo sindayasoza Rerovyukuri Imana idutabare
Ndakwemeye rwose Uwiteka aguhagarareho nange ibya Gatabazi Meshake njyaga mbyinazaho
Imana iguhe umugisha , izinyigisho zo kwihana no kwitegura kugaruka kwa Yesu zaribagiranye, abantu ngo baziziba amatwi badashaka kumva ijambo ry' Imana, YEMMWEEEE DORE IMPURUZA ITURUTSE KURIYOO MWIHANE MAZA MUHINDUKIRIRE UWITEKA
Theoge, ndi muri canada , iyo uvuga ikiganiro ndakireka Kirangiye , Kuko iyo uvuga Imana , ndayumva Ijana kwijana nkaniga nibintu vyishi Kuko ufise ubwenge bwimana nubwonko bwihuta gusubiza ibibazo Kandi ugasanga ni inyishu ivuye kumana pe! Pe! Humura kwipfuhe ugira , biragaragara ko utaba ushaka kwifuza no guharabika ahubwo urukundo nagahinda kitakara ryagakiza mwitorero , ndagukunda cane muvandimwe , nziko ko wakuze wihatira gukomera, Kandi nubu nkwifurije gukomera kumwami yesu muvandi!
Igihe kirageze ndetse kirasohoye ,haribyaha byakorwaga mwitorero bigahishirwa, ariko umwuka w,lMANA arimo gushyira ibyaha kumugaragaro namazina yabyo kugirango ushoboye yihane inzira zikigendwa, VA kubya you to be kuko icyimana ishaka nuko ubutumwa bugera hose...
Théo imana igukomez cane kuko dufise ubwoba beshi baza bavugimana bamara kabiri bakavuga imatiku turagusengera imana ugumemwo.
Komerezaho uburire turagushyigikiye
Imana iguhe umugisha kubwo kurwanira ishyaka umurimo wayo no kuyivugira ushize amanga, ibisigaye Uwiteka adushoboze kwita kumiburo ye dukiranuke kugeza kwiherezo
Imanigukomeze nanjye ndagushyigikiye
Iyo Imana yaguciye ikuvugira kukarubanda ntago Imana ipfa kwanika umu pasteur ahubwo biba byayirenze
Urakoze Mukozi w’Imana gusa wibagiwe kuvuga uwobita papa king nuwo bita Nyirapasika. Na Clode kuko baradukomerekeje cyane nuwo bita Mama mama keza bita serafina wi musha
Nimukomerere mu Mana se wa Yesu Kristo, Mwuka wera akomeze imirino muri mwe
hari ibyo umuntu abona bikamucanga.
Nigute umuntu witwa apotre ,pasteri, asebanya agahimba ibinyoma,akaba umunyamakuru umusesenguzi agasigara Yitwa umunyamakuru aho kwitwa umushumba😢😢
Ibaze nawe! Birababaje kabisa
Nukuri . Yehova arı bugufi.
Ibirikubera kwisi. Birakaje lmana'. Tudukwiriye gutungurwa
Tewo numvise ujya kuvugijambo ubanzakwisegura ngosiwowewivuga nababaye mbazimananti ubundi ibyubwirubwimanabimezegute gusakomeramuvandimwe Imana yaragucuraga ngukomere ubone ukouzakomezaabandi yivuge izaguhemba
Uvugira Imana neza ❤
amavuta mukozi w'Imana Imana ikomeze igushyigikire cyane
Imana Itweze ni ukuri
Imana yamahoro iguhe umugisha mukoziwimana kubwo kuyemerera ugasohoza ubutumwa yagutumye
Mukozi w'Imana ko ndeba ariwe wasimbuye wa muhanuzi batinyaga witwa mikaya uyu mwanya bisohoreye kuri apotre yongwe koko
Gumamo Theo, ijuru rigushyigikire cyane
Teogene ujye unsengera cyane ninye ku marawii
Ndikumwe Namwe ndabakunda Nshuti za Kristo nanjye Umusalaba
N Ibendera ya Ryanjye Nkunda Kristo
Imbaraga n, amavuta bivuge benshi barabitinye Imana igushyigikire ndagukunda
Imana ikumpere Umugisha mwishi kuko ubutumwa utambutsa bwuzuye ubwenge bwImana
Imana ihimbazwe .imana imana yongere kwatsa inyenyeri yange
Imbaraga namavuta Yesu akonjyerere umugisha
Amen Imana igukomereze amaboko❤❤
Imana igushigikire kdi biragaragara ko urwanira ishaka umurimo wayo❤
Niwe muhanuzi IMANA yahagurukije wahagurutse uravugira itorero YESU AKWONGEREREZE IMBARAGA
Uwiteka Imana Yera ikwagure kandi inezeze umutima wawe.
Yesu ashimwe, Mwene data rekq nkunganire . Mu butayu bwa Kadeshi
Imana yabwiye Mose kubwira igi tare kivuje amazi
NB : Mose yakoze iki nyuranyo we akubita igitare 2 nta nubwo ari 3
kandi Imana ya mubwiye ku bwira igitare ( Speak to that rock)
Ikosa yara kunise aho kunwira igitare
bibabaza Imana .
Ikosa Mose yakoze Yakubise igitare
aho kukibwira ngo kizane amazi . nkuko Imana yari ya mu bwiye
ndavuga hariya i Kadeshi
Imana ikomeze intambwe zaww
Uravuga Ukuri pe urumukozi w’Imana pe. Amavuta Amavuta ❤❤❤❤❤❤ babwire pe
Imana igushyigikire n'ubwo bitoroshye mubihe turimo ariko ntugire ubwoba Yesu arikumwe nawe.
IMANA Iguhe umugisha
Nyamara theogene aravugisha ukuri ,nange nakomerekejwe numwe mubahanuzi yavuze amazina bikomeye
Uyu niwe muhanuzi mbonye ureke babandi ba fire ... 😢 Imana igukomeze wamfura we
Imana iguhe zagira cana
arko intego ikomeye Ya Elia yo guhagarika imvura yayigezeho yariyo kwica abahanuzi ba bayali bagera kuli 450 urumva ko guhagarika imvura kwa Elia byahesheje Imana icyubahiro , ikigirwa mana bayari cyarasenyutse, nabahanuzi bacyo Bose,
Imana yasabye mozes gukubita kugitare rimwe akubitaho kabiri si gatatu
Mukozi w'IMANA amavuta rwose.
Nukuri Imana nize Itabare Idukize Amabandi Yitwaje Bibiriya
Nayitwaje Amazina Afite nicyubahiro
Abanyarwanda Bararushye
Papa Bitangaza.Justin.Yongwe.nabandi rwose ntabwo ubabeshyeye ni ingegera ni ibisambo pe.kuko nka Yongwe we ubanza no gutera Kaci yabikora
Imana iguhe umugisha Theo,gumamo,Imana iguhe imbaraga,ikwongerere amavuta
Gumamo mwana w'Imana nukuba maso kuko kuza Kwa yesu kuragaragara rwose pe
Imana iguhe umugishamukozi wImana
Komera komera mukozi w'lmana ,lmana ikomeze igushyigikire.
Murahoneza komerezaho paster Imana igihe umvugisha turagukunda cyane hano Oregon USA❤❤
Imana ikongere imbaraga ,!!
Igukomeze unsengere lmana ikomeze intambwe zange
Genda wabwa we uratubeshya woe uvugana n,Imana
Nidushakashake ibyumwami ashima
Ezekiyeli rata yarabivangavanze ibyo uvuganibyo reka nicyumbacye gisenyuke ndetse na yongwe Sha Ntamana ikimukoreramo rwose yewe na just ahubwo harinabandi Sha ibikomere bateye abantu kubyomora bizagorana
Imana iguhe imigisha nyinshi Mukozi. W’Imana
Bambe wagize ifuhe ry'umurimo w'Imana
Unva ibya meshake nange nagiye mbibona ko ari kugenda abivanga kandi kubushake
U muvuga butumwa wumwuka w'Imana uramwibwira.
UWITEKA AGUHE UMUGISHA.
Umuhamagaro uhera gute
Uyu mugabo yaba akora amakosa ariko afite ishyaka ry'umurimo w'Imana kuba yavuga abo ba nyakubahwa mu mazina nta gitangaje kirimo, kuko Imana yavuze ko ibikorerwa mu bwihisho byose bizajya ku karubanda. Urumva yabasha kuniga umwuka umurimo? Uko niko Imana yabimusohoyemo. Uyu mugabo arimo neza, Imana nimushyigikire
Ntago bakibona bahumye amaso Imana itabare abantu bayo peee!!!
Ntinyi iyo Mana ikurimwo ark izai we wamuziye nibagushake
Throne komerezaho imwana ikomeze ikongerere Amavuta
Mikaya wo muri bibiliya yahanuriye Umwami witwaga Ahabu ibyo yamuvuzeho byaje guhita bimusohorera ho
Yehova. Ndagutakambiye . Nambaka imbaraga.
Imana ihora ihoze pe❤❤❤❤
Amen Amen gumamo❤
Amen imana niguhumugisha mukoziwimana duhe namba zawe
Habwa umugisha
Komera Yesu aragushyigikiye😊
Amen lmana uduhe ubwenge bow
kukumenya
Nangemunsengere cngeneye kwihana yes I ampegucyizwanyabyo
Ikigihugu nubundi gisanzwe ari cya Kristu Mwami. Ubwose arakizamo kd agisanzwemo? Iyonisekibi irigusaba amatakirangoyi sekibi waratsinzwe genda ujye munyenga yirimbukiro niho waciriwe kuba ,ngo uraje mugihugu cy'Urwanda ,ntakicaro wahabona Yezu yaragutsinze,nanjye ndakirimbuye Mwamizinarye.
Wamenye ukuri pee.Abantu hanzaha barashize,Mbega business idahom ba biboneye,,Twabaye ,(WAJINGA NDIO WALIWAO KWELI.).😢
Amen 🙏 imbaraga z lmana gumamo hhhh byarasohoye
Komeza umvugire Imana neza rata
Erega gupfa sikibazo! Hahirwa Abapfa ba pfira mumwami umuka Atiye go baruhuke!;
Nukuri turikumwe kandi imana ikomeze ikwambike imbaraga
Gumamo neza
Iri jambo riraremesha,Imana Ishimwe
Mwami Yesu dutabare
Uwiteka we uduhishe amennnn
Imana iguhe umugisha. Arikose bantubima ko abahanuzi bimana murikwivananamo bimezebite? Ababoseko wabasha kubasanga mukavugana ibyimana yagutumye niki cyaguteye kubashyira hanze? Imana irengere ubwoko bwayo kuko byabihe byakarindahiza tubisohoyemo.
Niba Imana ariyo yamubwiye kubivugira kukaribanda se!
@@bernadetteboudvillain3795 ygo Ra!
Theo vuga Imana witurize
IMANA Y'AMAHORO IKUMPERE UMUGISHA
Ayiiiiiii mana. Turejyere.
Nongeye gusubira kumva iyi nkuru kubera kumva ko byasohoreye kuri Yongwe nabandi barye Bari menge birakomeye ,Imana ni Serieux
Theogene ndagukunda iyo usetse kuko keshi iyo uvuga ndumva ubwoba kuko umengo wama ushavuye .